Amateka ya Maj. Gen. Momoh wahiritswe n’abasore bari bayobowe n’uw’imyaka 25

Major General Joseph Saidu Momoh yavutse ku itariki ya 26 Mutarama 1937, apfa muri Kamena 2003. Yabaye Perezida wa Sierra Leone guhera mu Gushyingo 1985 ahirikwa ku butegetsi ku wa 29 Mata 1992 n’itsinda ry’abasore bakiri bato bari bayobowe n’umusore wari ufite imyaka 25 gusa y’amavuko, Captain Valentine Strasser. Mu gihe cy’ubutegetsi bwa Maj. Gen. […]

Marketing Oficer at BRD

Vacancy Announcement The Development Bank of Rwanda is Rwanda’s only National Development Bank mandated to support Rwanda’s development goals. Over the last years, the bank has undergone substantial re-organization aimed at positioning it as an ā€œinnovative and sustainable provider of development finance for socio-economic impactā€. To achieve this vision, the bank’s new strategic plan (2018-2024) […]

RDC: Guverinoma yabwiye abaturage ko umwanzi wabo ari M23 aho kuba MONUSCO

Guverinoma ya Congo Kinshasa yakebuye abaturage bayo, ibabwira ko umwanzi bafite atari MONUSCO ko ahubwo ari umutwe wa M23. Ni ibyatangajwe n’Umuvugizi wayo, Patrick Muyaya, nyuma y’inama y’umutekano kuri uyu wa Gatatu yayobowe na Minisitiri w’Intebe, Sama Lukonde. Iyi nama yabaye mu gihe ibintu bikomeje kudogera mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa, kubera imvururu z’abaturage bakomeje […]

Perezida Kagame yitabiriye inama idasanzwe yayobowe na mugenzi we wa Sierra Leone

Perezida Kagame kuri uyu wa Kane yitabiriye inama idasanzwe ya kabiri ya komite y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bahuriye mu rwego rushinzwe kugenzura imiterere y’Imiyoborere muri Afurika, Iyi nama yabaye hakoreshejwe ikoranabuhanga, yayobowe na Perezida wa Sierra Leone, Julius Maada Wonie Bio, yari yanitabiriwe na Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta. Perezida Kagame yashimiye Kenya ku […]

U Burundi buravugwaho kohereza mu ibanga ingabo muri Congo

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi witwa Human Rights Initiative (BHI), uvuga ko kuva mu mpera z’umwaka wa 2021, iki gihugu cyohereje abasirikare bacyo muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo kugira ngo bahangane n’inyeshyamba zirwanya Gitega. Uretse abasirikare, BHI ivuga ko muribo harimo n’urubyiruko rwo mu ishyaka riri ku butegetsi ruzwi nk’Imbonerakure, rwagiye muri […]

Biravugwa ko hari abasirikare ba MONUSCO bahungiye mu Rwanda

Hari amakuru avuga ko bamwe mu basirikare ba MONUSCO bahunze ibikorwa by’urugomo by’i Goma muri DRC baba barahungiye mu Rwanda. Mu bice bitandukanye bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hakomeje kubera ibikorwa by’imyigaragambyo yo kwamagana MONUSCO bashinja kuba ntacyo yakoze kuva yagera muri iki Gihugu aho iri mu butumwa bwo kugarura amahoro. Ni imyigaragambyo yagiye […]

Rutahizamu Rayon Sports yari yarahaye amafaranga yerekeje muri mukeba wa TP Mazembe

Ikipe ya St Eloi Lupopo y’i Lubumbashi muri Congo Kinshasa, yamaze gusinyisha rutahizamu HĆ©ritier Mongo Lompala Bokamba Mbala wifuzwaga na Rayon Sports. Ku wa Kabiri w’iki cyumweru ni bwo uyu rutahizamu wahoze akinira Premeiro do Agosto yo muri Angola yagombaga kugera i Kigali aje gusinyira Rayon Sports, gusa ntiyigera aza. Uyu mukinnyi usanzwe afitanye isano […]

Burundi secretly sent troops to DR Congo – rights group

BY AFP Burundi has secretly sent hundreds of troops and members of a youth militia into neighbouring Democratic Republic of Congo since the end of 2021 to fight an armed rebel group, a Burundian human rights group said Wednesday. The main target of the operation is the RED-Tabara, the Burundi Human Rights Initiative said, referring […]

Museveni yafunguye uruganda rwa Nakasongola rukora imodoka z’imitamenwa zirimo iz’intambara

Iyi ni imwe mu z'intambara zamuritswe

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yafunguye ku mugaragaro uruganda rukora rukanateranya imodoka z’imitamenwa zirimo iz’intambara zizwi nk’ibifaru, ruherereye mu gace ka Nakasongola. Muri uyu muhango wabaye kuri uyu wa 27 Nyakanga 2022, uyu Mukuru w’Igihugu yashimiye ikigo Streit Group cyubatse uru ruganda, hamwe n’umuyobozi w’ikigo NEC gifite mu nshingano inganda z’igisirikare cya Uganda, Lt […]

Perezida w’u Bufaransa yashinje Afurika kugaragaza uburyarya ku bitero by’u Burusiya muri Ukraine

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yashinje ibihugu byo ku mugabane wa Afurika kugaragaza uburyarya ku ā€˜ntambara’ iri kubera muri Ukraine kuva muri Gashyantare 2022. Uyu Mukuru w’Igihugu yashinje ibi bihugu ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru muri Cameroon, ubwo yahagiriraga uruzinduko rw’akazi rugamije gushimangira umubano w’impande zombi. Macron yavuze ko ibihugu bya Afurika byagaragaje uburyarya, bihakana […]

Donald Trump aravuga ko agiye guhagurukira ibinyamakuru byose byamusebeje

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kuri uyu wa Gatatu, yatangaje ko yamenyesheje CNN ko afite umugambi wo kuyirega icyaha cyo kubera ko yanze gushyigikira amagambo ye atarahawe agaciro ko uburiganya mu matora bwatumye atsindwa na Joe Biden mu 2020. Mu magambo ye Trump yagize ati: “Namenyesheje CNN ko nshaka […]

USA izareba niba yahagarika cyangwa ntihagarike inkunga igenera u Rwanda

Ibiro bya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) bishinzwe ububanyi n’amahanga bivuga ko bizaganira n’inteko ishinga amategeko iherutse gusaba ko politiki y’iki gihugu irebana n’inkunga gihe u Rwanda yasubirwamo. Perezida wa komisiyo ya Sena ya USA ishinzwe ububanyi n’amahanga, Robert Menendez, aherutse kwandikira Umunyamabanga w’iki gihugu, Antony Blinken, amusobanurira ko u Rwanda ruteza umutekano muke […]

Umukinnyi wabiciye bigacika muri APR FC yerekeje muri Espoir FC

Ikipe ya Espoir FC yo mu karere ka Rusizi, yemeje ko yamaze gusinyisha rutahizamu Issa Bigirimana wanyuze mu makipe atandukanye hano mu Rwanda. Issa Bigirimana ukomoka mu gihugu cy’u Burundi yamenyakanye mu kipe ya APR FC, by’umwihariko mu mikino y’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu na mukeba wayo Rayon Sports. Issa Bigirimana azwiho kuba umwe mu bakinnyi […]

Ubuyobozi bushya bwa INES-Ruhengeri bwiyemeje kongera igitsure mu banyeshuri, bagahindura imyitwarire

Guverineri w'intara y'Amajyaruguru, Nyirarugero Dancilla

Ubuyobozi bushya bw’ishuri rikuru ry’ubumenyingiro rya INES-Ruhengeri bwiyemeje kongera ikibatsi mu myitwarire, imyifatire n’imyigire y’abanyeshuri bayo muri gahunda yo kugira abanyeshuri bazima cyane cyane imyifatire ihindura abaturage baturiye iri shuri riherereye mu karere ka Musanze, mu ntara y’amajyaruguru. Umuyobozi wa INES- Ruhengeri ucyuye igihe, Padiri Dr Hagenimana Fabien yavuze icyamushimishije mu myaka 8 yose irangiye […]

Hagiye gushyirwa ahagaragara amabwiriza mashya agenga gahunda y’ibizamini bya leta

Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu kigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ishuri (NESA) igiye gushyira ahagaragara amabwiriza mashya agenga gahunda y’ibizamini bya leta. Ibi byatangajwe na Gaspard Twagirayezu, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki ya 26 Nyakanga ubwo hatangizwaga ikizamini cya leta mu mashuri yisumbuye. Ati: “Uyu mwaka twagerageje kunoza inzira […]

RDC: Bahati Lukwebo yigurukije umuriro wakijwe kuri MONUSCO ashinjwa gukongeza

Perezida sena ya Congo Kinshasa, Modeste Bahati Lukwebo, yigurukije umuriro wakijwe kuri MONUSCO ashinjwa gukongeza, avuga ko nta munye-Congo yigeze ahamagarira kwamagana buriya butumwa bwa Loni. Ni nyuma y’imyigaragambyo ikomeye yatangiye ku wa Mbere w’iki cyumweru, aho abanye-Congo bakomeje kwamagana MONUSCO bayisaba kubavira mu gihugu. Ni imyigaragambyo ahanini yaranzwe no gusahura ndetse no kwangiza ibikorwa […]

Angola: Habonetse diyama y’iroza ya mbere y’ubwo bwoko ibonetse mu myaka 300

Muri Angola havumbuwe diyama ya karat 170 yabonetse mu birombe bya diyama bya Lulo, amabuye yaho aturuka mu mugezi. Iyi diyama yagaragajwe na nyir’ikirombe, niryo buye rinini ry’agaciro ry’ubu bwoko ribonetse mu myaka 300. Umuyobozi w’ikigo cya Lucapa Diamond, Stephen Wetherall yagize ati: “Twabonye diyama nini y’iroza, diyama twizera ko itigeze iboneka mu binyejana byinshi.” […]

Antony Blinken yaba ateganya gusura u Rwanda na RDC

Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), Antony Blinken ashobora kuba ateganya gusura u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) mu kwezi gutaha. Ikinyamakuru Jeune Afrique kuri uyu wa 27 Nyakanga 2022 cyatangaje ko amakuru gikesha abo muri USA na RDC, avuga ko Blinken azasura ibi bihugu hagati mu kwezi kwa Kanama, […]

Uvira: Bane bamaganaga MONUSCO bishwe n’umuriro w’amashanyarazi

Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko abantu bane bo muri teritwari ya Uvira bari bitabiriye imyigaragambyo yo kwamagana misiyo y’amahoro y’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO), bishwe n’umuriro w’amashanyarazi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Nyakanga 2022 ni bwo abaturage bo muri Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, biyunze n’abandi Banyekongo mu myigaragambyo […]

Gov’t to recruit 12,000 teachers

The Government, through the Rwanda Basic Education Board (REB) is set to recruit over 12,000 teachers for both primary and secondary level. The move is aimed at boosting the career progression of teachers and also ensure competitiveness of schools, which will have an impact on the quality of education offered. The best teachers will be […]

Urubanza rwa Jean Twagiramungu uregwa jenoside rwahagaritswe amezi abiri

Urubanza rwa Jean Twagiramungu uregwa jenoside rurahagarara amezi hafi abiri kugira ngo bategereze umutangabuhamya wa nyuma urwaje umubyeyi we utabashije kuboneka kuri uyu wa 27 Nyakanga 2022, ubwo bari kurangiza kumva abatangabuhamya. Kuwa Gatatu mu rukiko rw’i Huye hari kumvwa abatangabuhamya batatu ba nyuma, ariko umwe ntiyaboneka. BBC yakurikiranye iri buranisha ivuga ko “Umutangabuhamya wa […]