Kenya yashyize ibiri kubera muri Sudani ku mutwe w’abarimo u Burusiya
Leta ya yatangaje ko kuba u Burusiya ndetse n’ibihugu byo mu kigobe [byo mu burasirazuba bwo hagati] byivanga muri Politiki yo muri Sudani, biri mu biri gutuma muri iki gihugu hatarangwamo amahoro. Ni ibyatangajwe n’Umunyamabanga wa Kenya ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Alfred Mutua, ubwo yari kumwe na mugenzi we Anthony Blinken wa Leta Zunze Ubumwe za […]
Huye: Batandatu baguye mu kirombe baracyashakishwa, nyiracyo yabaye iyobera

Abantu batandatu, barimo abanyeshuri 3 bigaga mu mashuri yisumbuye baguye mu kirombe cyâamabuye yâagaciro cyacukurwaga mu buryo butemewe tariki ya 20 Mata 2023, nâubu baracyashakishwa, nyirâikirombe na we yakomeje kugirwa ibanga. Imashini zisanzwe zikora umuhanda ni zo zimaze iminsi zishakisha aba bantu binjiye munsi yâumusozi banyuze mu mwobo ufite ubujyakuzimu bivugwa ko buri gahati ya […]
Ushinja Trump kumusambanya ku ngufu mu myaka irenga 20 ishize yongeye kubura Dossier

Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, aregwa gufata umugore ku ngufu mu myaka irenga 20 ishize . E. Jean Carroll wahoze ari umujyanama w’ikinyamakuru ELLE akaba n’umwanditsi, yongeye kugeza ikirego cye mu rukiko rwa Manhattan i New York ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho ashinja Donald Trump kumusambanya ku […]
Muri Gereza ya Bukavu humvikanye urusaku rw’amasasu
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Mata 2023, urusaku rw’amasasu rwumvikanye muri Gereza Nkuru ya Bukavu, muri Kivu yâAmajyepfo, bitera ubwoba mu baturanye nâiyi gereza . Umwotsi waturukaga imbere muri gereza wagaragaye, nkâuko videwo irimo kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga ibigaragaza. Ibi ngo bikaba byatewe nâuko imfungwa zagerageje gutoroka iyi gereza. Ishami rishinzwe itumanaho mu […]
Museveni yashinze Gen Muhoozi kuyobora Operasiyo yo guhungisha Abagande bari muri Sudani
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yashinze umuhungu we Gen Muhoozi Kainerugaba kuyobora Operasiyo yo gucyura abanya-Uganda bahejejwe muri Sudani n’intambara ikomeje kuhabera. Abagande babarirwa muri 300 barimo abadipolomate, abacuruzi ndetse n’abanyeshuri ni bo baheze muri Sudani. Umuvugizi wa Guverinoma ya Uganda, Ofwono Opondo, yatangaje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni yamaze gutegeka Joseph Ocwet ukuriye […]
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BYAFATIWE MURI MAGENDU

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Fungura urebe ibicuruzwa byose bigaragara muri uyu mugereka
Kigali: Wafanyabiashara wametozwa faini kwa kuongeza bei za vyakula
Takriban wafanyabiashara 20 katika Jiji la Kigali wametozwa faini kwa kuongeza bei ya mahindi, viazi na mchele isivyostahili . Ukaguzi huo ulifuatia uamuzi wa serikali, uliotangazwa wiki jana, wa kuondoa VAT kwenye unga wa mahindi na mchele, na kudhibiti bei ya viazi ili kusaidia kudhibiti mfumuko wa bei ya chakula nchini Rwanda. Kwa mujibu wa […]
Arteta yaburiye abakomeje kumutega Guardiola ku mukino wa Arsenal na Man.City

Muri Shampiyona yo mu Bwongereza, nta gikomeje kuvugisha benshi nk’umukino utegerejwe kuri uyu wa Gatatu, uretse umukino uzahuza ikipe ya Arsenal itozwa na Arteta na Manchester City itozwa na Guardiola . N’ubwo hakibura imukino irenga itanu ngo Premier League iyi sezo(season), benshi bavuga ko uzagaragaza ubukaka bwa Arsenal niba isatira gutwara igikombe cyangwa niba igomba […]
Kenya: Ten new bodies exhumed in the “Shakahola massacre”
The macabre tally continues in the Shakahola forest in eastern Kenya: ten new bodies of suspected members of a cult advocating extreme fasting were found on Tuesday. These new discoveries bring the death toll from the “Shakahola forest massacre” to 83 . Monday evening, police sources reported 73 dead since the search began on April […]
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE AHAKORERA DP World

Ubuyobozi bwa gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 5 Gicurasi 2023, saa yine zaa mu gitondo hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye biherereye mu bubiko rusange bwa DP World bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Cyamunara izabera ahakorera DP World. Abifuza kugura ibi bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko rusange bwa DP World i Masaka […]
Kigali: Des commerà §ants condamnés à  une amende pour avoir augmenté les prix des denrées alimentaires
Au moins 20 commerà §ants de la ville de Kigali ont Ă©tĂ© condamnĂ©s Ă Â une amende pour avoir augmentĂ© de maniĂšre dĂ©raisonnable les prix du maĂ ÂŻs, des pommes de terre irlandaises et du riz . L’inspection fait suite Ă Â une dĂ©cision du gouvernement, annoncĂ©e la semaine derniĂšre, de supprimer la TVA sur la farine de maĂ ÂŻs […]
Inka Perezida Kagame yagabiye Gen. Kainerugaba zimaze kubyara 7

Inka zimwe mu 10 Perezida Paul Kagame yagabiye muri Werurwe 2022 umuhungu wa Yoweri Museveni, General Muhoozi Kainerugaba, zimaze kubyara zirindwi. Ibi byavuzwe na Gen. Kainerugaba kuri uyu wa 24 Mata 2023 ubwo yari mu birori byo kwizihiza isabukuru ye yâimyaka 49 yâamavuko yateguriwe na Perezida Kagame na Jeannette Kagame. Perezida Kagame yashimiye Gen. Kainerugaba […]
Kigali: Abacuruzi bamwe batangiye guhanirwa kutubahiriza ibiciro bishya by’ibiribwa
Nibura abacuruzi 20 bo mu Mujyi wa Kigali baciwe amande kubera kuzamura ibiciro byâibigori, ibirayi, nâumuceri . Ubugenzuzi bwakurikiye icyemezo cya guverinoma, cyatangajwe mu cyumweru gishize, cyo gukuraho umusoro ku nyongeragaciro ku ifu yâibigori nâumuceri, no kugena ibiciro byâibirayi kugira ngo bifashe kugenzura izamuka ryâibiciro byâibiribwa mu Rwanda. Minisiteri yâubucuruzi nâinganda ivuga ko ubugenzuzi bwakorewe […]
Prof. Habumuremyi wabaye Minisitiri wâIntebe yasohoye igitabo ‘Ikiguzi cyâUrugo Rushaka Umunezeroâ

Prof. Pierre Damien Habumuremyi, umwanditsi wâibitabo wabaye Minisitiri wâIntebe, yasohoye igitabo yise âIkiguzi cyâUrugo Rushaka Umunezeroâ kigenewe abashaka kubaka urugo nâabamaze kurwubaka. Mu kiganiro yagiranye na BWIZA, Prof. Habumuremyi yasobanuye ko iki gitabo kigenewe gutegura abashaka kubaka urugo ibyo bagomba kwitondera kugira ngo bazagire urugo rwiza, rufite umunezero. Ku bamaze kubaka urugo, uyu mwanditsi yagize […]
Ubusesenguzi bwa Bebe Cool kuri Gen Muhoozi mu gihe yaba asimbuye Se
Bebe Cool nk’umuhanzi ukonze kugaragara ashyigikiye ishyaka NRM rya Perezida Museveni,akomeje kugaragaza amarangamutima ye, aho usanga akomeje kugaragaza amarangamutima ye kuri Jenerali Muhoozi . Bebe Cool usibye kuba agaragara mu bikorwa by’iri shyaka, asanzwe ari inshuti y’uyu mugabo aho kuri iyi nshuro atatinye no gusesengura ko mu gihe Muhoozi yaba abaye Perezida wa Uganda ariwe […]
Amafoto: Perezida Kagame na Jeannette bakiriye Gen. Kainerugaba mu birori bamuteguriye

Perezida Paul Kagame nâumufasha we, Jeannette Kagame, bakiriye umuhungu wa Yoweri Museveni akaba nâumujyanama we mu bikorwa byihariye byâigisirikare, General Muhoozi Kainerugaba, mu birori byâisabukuru yâamavuko bamuteguriye. Gen. Kainerugaba yujuje imyaka 49 yâamavuko kuri uyu wa 24 Mata 2023, akaba yarifuje kwizihiriza ibi birori i Kigali, nkâuko yabitangaje kenshi. Mu minsi yashize, Gen. Kainerugaba yatangaje […]
Colonel Doumbouya yirukanye uwari intasi nkuru ya Guinée
Perezida w’inzibacyuho wa GuinĂ©e-Conakry, Colonel Mamadi Doumbouya, ku wa Mbere tariki ya 24 Mata yirukanye ku mirimo Lt Col Ismael Keita wari ukuriye ubutasi bwa gisirikare. Iteka ry’Umukuru w’Igihugu cya GuinĂ©e ryasohotse kuri uyu wa Mbere rivuga ko Lt Col Keita yirukanwe azira “amakosa akomeye yakoze”, gusa ntirisobanura ayo makosa ayo ari yo. Uyu musirikare […]
Abapolisi nâabaturage ba Congo barashinjwa kwigarurira imidugudu yo muri Uganda
Amakimbirane ku mupaka hagati ya Uganda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo yongeye kugaragara mu mujyi wa Padea, mu karere ka West Nile, nyuma yâuko abaturage ba Congo bashyigikiwe nâabapolisi babo binjiye muri Uganda maze bakemeza ko imidugudu itatu iri imbere muri Uganda ari iyabo . Imidugudu Abanyekongo bemeza ko ari iyabo ni akagari ka […]
Dosiye ya Gen. Bunyoni ishobora guteza umwiryane weruye muri Leta

Tariki ya 22 Mata 2023, hamenyekanye inkuru yâitabwa muri yombi ryâUmurundi GĂ©nĂ©ral de Police Alain-Guillaume Bunyoni wari umaze iminsi igera kuri ine yihishe ubwo yamenyaga ko ingo ze zirimo uruherereye mu ntara ya Rutana na Bujumbura zigiye gusakwa. Impamvu yâitabwa muri yombi rye ntiyahise imenyekana kuko nâumukobwa we uba mu mahanga, Darlene Bunyoni, yatangaje ko […]
Tchad cyahakanye kugira uruhare mu bibera muri Sudani
Kuri uyu wa Mbere, Guverinoma ya Tchad yamaganye ibyo yita âibinyomaâ bivugwa mu itangazamakuru bivuga ko iki gihugu cyateye inkunga rumwe mu mpande zihanganye mu ntambara yo muri Sudani . Iyo nkuru ivuga ko amakuru yavuye kuri umwe mu badipolomate ba Tchad yagiye ahagaragara ku Cyumweru. Itangazo ryashyizwe ahagaragara ryagize riti: “Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga … […]
Komeza wibere ingaragu niba utarabona umukunzi wujuje izi ndangagaciro 5

Bajya bavuga ko uwo urukundo rushatse rumusanga ruramusanga aho usanga umuntu runaka akunda umuntu runaka nta kintu kidasanzwe mu bigaragara inyuma amukurikiyeho, nyamara buriya witegereje usanga amarangamutima ye afite icyayakuruye . 1. Ugutega amatwi Igihe cyose umusore cyangwa umukobwa agize uwo abengutse, ni byiza ko agenzura niba amutega amatwi ibyo amubwira kandi akabasha ku musangiza […]
U Rwanda rurateganyiriza iki Abanyarwanda babarirwa muri 70 bari muri Sudani?
Leta yâu Rwanda yatangaje ko iri gukora ibishoboka ngo ihungishe Abanyarwanda babarirwa muri 70 bari i Khartoum muri Sudani hakomeje kubera intambara. Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yabwiye BBC ko mu Banyarwanda bari muri Sudani harimo abakozi bâUmuryango wâAbibumbye, abikorera ku giti cyabo ndetse n’abanyeshuri. Yavuze ko “abo bose ambasade yâu Rwanda […]
Ituri: Abadepite barasaba Leta gukurikirana abasirikare bitwikiriye ijoro, bakica abaturage
Abadepite bahagarariye intara ya Ituri mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demukarasi ya Congo barasaba Leta gukurikirana abasirikare baherutse kwirara mu baturage batuye muri teritwari ya Aru, bakica bamwe muri bo. Aba badepite kuri uyu wa 24 Mata 2023 batangaje ko ubu bwicanyi bwakozwe ku wa Kane, ku wa Gatanu, ku wa Gatandatu, ku […]
Museveni yatangiye kuganira n’abo bahoranye muri NRA ku bijyanye no kuba Gen. Muhoozi yamusimbura
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatangiye ibiganiro n’abantu ba hafi ye bafatanyije urugamba rwo kubohora Uganda, aho bari kuganira ku ngingo zerekeye ahazaza h’igihugu by’umwihariko ijyanye no kuba Gen. Muhoozi Kainerugaba yamusimbura ku butegetsi. Inama za Perezida Museveni na bariya bantu biganjemo abo babanye muri NRA (National Resistance Amry), ziri kubera mu nzuri ze […]