Ibintu 5 umukobwa yakora agatindana n’umusore mu rukundo

Abakobwa benshi usanga baba baganira n’abagenzi babo babagisha inama y’icyo bakora ngo biyegurire umutima w’abasore baba bakundana , nyamara ntibamenye ko hari inama zihariye zishobora kubafasha ntibabasige. 1.Uburyo umusore yiyumva akuri iruhande Ubundi umukobwa urikumwe n’umusore runaka yirinda gutuma yifunga akaba uwo ariwe.Sibyiza kumubuza amahoro ngo yisanishe n’uko wowe ubishaka.Urugero niba akunda gusaragurika, guceceka, guseka […]

Hateguwe amarushanwa y’umuganda

Ibihembo bizatangwa hashingiwe ku gaciro k'umuganda wakozwe

Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yateguye amarushanwa y’umuganda mu rwego rwo gukomeza gushishikariza abaturarwanda kuwitabira kurushaho, no kuwukoramo ibikorwa bisubiza ibibazo by’abaturage mu bukungu no mu mibereho myiza hagamijwe guhanga udushya. Iyi Minisiteri yabitangarije mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Twitter ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 12 Kamena 2023. Yavuze ko igikorwa gihatana gikomba kuba hari […]

Malawi yoherereje u Rwanda ukekwaho Jenoside yakorewe Abatutsi

Leta y’u Rwanda yatangaje ko yakiriye Niyongira Théoneste uzwi nka Kanyoni, nyuma yo kwirukanwa ku butaka bwa Malawi. Niyongera akekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu mugabo ari mu mpunzi z’Abanyarwanda n’Abarundi zikabakaba 400 Minisiteri y’Umutekano w’Imbere muri Malawi iheruka kwirukana muri iki gihugu, kuko zahabaga mu buryo butemewe n’amategeko. U Rwanda […]

Zaidi ya 40 wameuawa katika kambi ya watu waliokimbia makazi yao mashariki mwa DR Congo

Wanamgambo wa kundi linalojulikana kwa jina la Codeco (Cooperative for Development of the Congo) leo wamelaumiwa kwa shambulio kwenye kambi ya watu waliokimbia makazi yao mashariki mwa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo na kusababisha zaidi ya watu 40 kuuawa. Maafisa wa eneo hilo walisema kundi hilo lilivamia kambi ya Lala mapema Jumatatu; waliwafyatulia risasi wakazi […]

Goma: Jean-Pierre Bemba ameomba makundi yenye silaha kuziweka chini

Jean-Pierre Bemba Gombo aliwasili Jumatatu hii huko Goma (Kivu Kaskazini). Naibu Waziri Mkuu wa Ulinzi wa Kitaifa yuko kwenye misheni, ambayo maelezo yake hayajafichuliwa kwa waandishi wa habari. Baraza lake la mawaziri lilisema kuwa ajenda yake inajumuisha shughuli kadhaa katika kanda. Akizungumzia hali ya usalama katika eneo hili la nchi, wakati wa mkutano wa Baraza […]

Ukosefu wa usalama umeenea nchini DRC

Hali katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) inadhihirishwa na kiwango cha kutisha cha ukosefu wa usalama, hali ambayo kwa bahati mbaya inazidi kuwa mbaya zaidi baada ya muda. Mashariki mwa DRC, Vikosi vya Wanajeshi wa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (FARDC) na wasaidizi wao wanashutumiwa kwa uhalifu wa kutisha kama vile utekaji nyara kwa […]

Munyenyezi uregwa uruhare muri jenoside yashinjuwe

Munyenyezi Beatrice ukekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu yahoze ari Perefegitura ya Butare, yashinjuwe na Habyarabatuma Cyriaque wayoboraga jandarumori yaho muri icyo gihe. Uyu mufungwa yoherejwe i Kigali na Leta zunze ubumwe za Amerika muri Gicurasi 2021 kugira ngo aburanishwe ibyaha bya jenoside akurikiranweho n’ubushinjacyaha bw’u Rwanda. Munyenyezi, umukobwa wa Nyiramasuhuko Pauline […]

Ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 14,1%- NISR

capture-92.png

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kiratanga ko ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 14,1% mu kwezi gushize kwa Gicurasi ugereranyije no mu kwezi nk’uku mu mwaka ushize, bivuye kuri 17,8% byari byiyongereyeho muri Mata. Ibi ikigo cy’Igihugu cy’ibarurishamibare cyabitangaje kuri uyu wa Gatandatu ushize ubwo cyashyiraga ahagaragara igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi kwa Gicurasi 2023. […]

RDC: Igitero cy’inyeshyamba ku nkambi y’impunzi cyahitanye abasaga 40

Kuri uyu wa Mbere, itariki 12 Kamena, abasivili barenga 40 baguye mu gitero cy’inyeshyamba ku nkambi y’abavanwe mu byabo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu ntara ya Ituri, nk’uko umuyobozi waho akaba n’umuyobozi w’umuryango utegamiye kuri Leta yabitangaje. Bavuze ko umutwe wa CODECO, umwe mu mitwe yitwara gisirikare ikorera mu burasirazuba bwa […]

Seninga n’umwungiriza we bubikiwe imbehe

Umutoza Seninga Innocent n’umwungiriza we birukanywe mu ikipe ya Sunrise nyuma yo kutagaragaza umusaruro bari bitezweho.Ubuyobozi bw’iyi kipe, bwatangaje ko bwirukanye uyu mutoza n’umwungiriza we Tugirimana Gilbert uzwi nka Cannavaro, kuko ntacyo bakoze ngo Sunrise itaza mu myanya ya nyuma. Amasezerano aba bombi bagiranye na Sunrise harimo ingingo ko aba batoza bagomba kuyizana mu makipe […]

Minisitiri Bemba umaze iminsi yikoma u Rwanda yageze i Goma

Bemba yari ashagawe ku kibuga cy'indege cya Goma

Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), Jean Pierre Bemba, yasesekaye mu mujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko Minisiteri ayobora yabitangaje, Bemba yageze i Goma kuri uyu wa 12 Kamena 2023, yakirwa n’abarimo Umugaba Mukuru w’ingabo za RDC, Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa gisirikare n’abandi […]

Tshisekedi yaba agiye guhuriza muri RDC abarwanya u Rwanda bo ku Isi yose

Abanyapolitiki barwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bo mu bihugu bitandukanye byo hirya no hino ku Isi, barateganya guhurira mu nama izabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu kwezi gushize ni bwo byatangajwe ko aba barwanya Leta y’u Rwanda bari batangaje ko bateganya guhurira muri kimwe mu bihugu by’umugabane wa Afurika mu kwezi gutaha kwa Nyakanga. […]

Abakunda kurya imyembe baba bafite ubwirinzi bwo kudasaza imburagihe

Umwembe ni urubuto rukungahaye ku ku ntungamubiri zikomeye kuko harimo harimo no kurinda uruhu gusaza. Inshamake Umwembe ni urubuto rukundwa na benshi kandi ruryoha cyane ariko by’ umwihariko rw ’ ingirakamaro cyane ku buzima bw’ umuntu ndetse rukaba rugizwe n ’ ubwoko bw ’ intungamubiri zirenga 20 zifasha umubiri kumererwa neza cyane. Muri iyi nkuru […]

Rusizi: Bashengurwa n’uko Nsabimana Callixte ataboneka ngo afungwe

Habimana Casimir yagaragaje ko Nsabimana ari mu bakongeje Jenoside mu cyari Cyangugu yose

Abarokokeye jenoside yakorewe Abatutsi mu ruganda rw’icyayi rwa Shagasha, bavuga ko bakomeje gushengurwa n’intimba ikomeye yo kutamenya amakuru y’uwabahekuye, abandi akabasigira ubumuga budakira n’ubukene bukabije kubera kubasahura no kubatwikira, Nsabimana Callixte waruyoboraga, bifuza ko yafatwa akabiryozwa. Nsabimana wayoboraga uru ruganda ruri mu murenge wa Giheke, akarere ka Rusizi, yongeye gushyirwa mu majwi cyane ubwo muri […]

Musanze: Covid-19 is still around

At a time when many think that the epidemic has been completely eradicated and it appears that the people have become weak in strengthening measures against Covid-19, in Musanze region 2 patients have been found. Information from the Musanze General Hospital confirms that on the evening of this Wednesday, June 5, 2023, 2 patients were […]

Urukiko rwatangiye kumva ubujurire bwa Maj. (Rtd) Mudhatiru na bagenzi be

Nyuma y’imyaka ibiri bakatiwe imyaka 25 y’igifungo nyuma yo guhamwa n’ibyaha birimo kwinjira mu mitwe yitwaje intwaro no kugambirira gukuraho ubutegetsi buriho, Maj (Rtd) Mudathiru Habib na bagenzi, basubiye mu Rukiko rw’Ubujurire aho basaba kugabanyirizwa ibihano bahawe. Mu mpera za 2019, ni bwo abantu 31 barimo Maj. (Rtd) Habib Mudathiru bagejejwe bwa mbere mu rukiko […]

Ambasaderi udasanzwe w’u Burundi yashimiye Abanyarwanda bikomeye

Umwiherero wa AU wamaze iminsi ine

Ambasaderi w’u Burundi mu bihugu 6, mu muryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) no muri komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye muri Afurika ishinzwe ubukungu, Willy Nyamitwe, yashimiye Abanyarwanda mu buryo bukomeye. Nyamitwe amaze iminsi i Kigali, aho yari yaje mu mwiherero w’abagize komite ya AU iharanira impinduka mu nzego n’intego uyu muryango wiyemeje kugeraho mu mwaka w’2063, […]

Berlusconi wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani yapfuye

Silvio Berlusconi wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, yapfuye ku myaka 86 y’amavuko. Berlusconi yari umucuruzi w’umuherwe wari utunze za miliyari, mbere yo kwinjira muri Politiki. Uyu mugabo wigeze kuvugwa mu byaha byo gusambanya abagore ni we washinze sosiyete ifite ibitangazamakuru bikomeye bitandukanye mu Butaliyani, ndetse yanigeze kuba Perezida w’ikipe y’umupira w’amaguru ya AC Milan. […]

RDC: Musenyeri mukuru wa Lubumbashi yatunze urutoki ubutegetsi ashimangira ko abaturage bari maso

Muri Kongere ya gatatu y’abihaye Imana n’Abalayiki bo muri kiliziya Gaturika yateguwe n’Inama y’Abepiskopi bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (CENCO) mu mujyi wa Lubumbashi, umurwa mukuru w’intara ya Haut-Katanga, yarangiye kuri iki cyumweru, tariki ya 11 Kamena, hamwe na misa yizihirijwe kuri Stade ya TP Mazembe iyobowe n’intumwa idasanzwe ya Papa Fransisko, Karidinali […]

FERWAFA yahaye umugisha ubujurire bwa Gacinya

Akanama gashinzwe ubujurire mu ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), kemeje kandidatire ya Gacinya Chance Denis nyuma yo kujurira. Ku itariki ya 06 Kamena ni bwo Komisiyo ishinzwe amatora muri FERWAFA yasohoye urutonde rw’abakandida bemerewe kwiyamamariza kuyobora iri shyirahamwe, batari barimo Gacinya. Uyu mugabo wahoze ari Perezida wa Rayon Sports yiyamamariza kubanVisi-Perezida wa kabiri wa […]

Kabuga mu biganiro n’abacamanza bamwemereye kutaburana

Abacamanza b’urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye, IRMCT, tariki ya 6 Kamena 2023 bafashe icyemezo cy’uko Kabuga Félicien ukurikiranweho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 atagishoboye kuburana, kandi ko nta cyizere cy’uko azatora agatege mu gihe kiri imbere. Banzuye ko urubanza rwe rugomba gukomeza ariko mu bundi buryo, aho ubushinjacyaha buyobowe na Serge Brammertz buzakomeza gutanga ibimenyetso, […]

Turahirwa Moses yatakambiye Urukiko avuga ko gereza imaze kumuha isomo

Mu rukiko Moses yagaragaye yiyogoshesheje

Kuri uyu wa mbere rero taliki 12 Kamena 2023, nibwo Turahirwa wari wambaye imyenda iri mu ibara ry’iroza iranga umugororwa, nibwo yagaragaye mu rukiko ngo aburanishwe ku bujurire bwe. Moses Turahirwa washinze inzu y’imideli ya Moshoni yatakambiye urukiko Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ngo arekurwe abarane ari hanze , nyuma y’ibyaha akurikiranyweho birimo kunywa urumogi n’inyandiko […]

Kim Jon Un yaremye icyizere muri Vladimir Putin

Perezida Kim Jon Un wa Koreya ya Ruguru yamenyesheje mugenzi we Vladimir Putin w’u Burusiya ko amushyigikiye mu ntambara igihugu cye gihanganyemo na Ukraine, amuremamo icyizere cy’uko uko byagenda kose azayitsinda. Ni mu butumwa Kim yageneye Putin yifashishije umuyoboro wa Telegrame. Ibiro Ntaramakuru by’abanya-Koreya (KCNA) byasubiyemo ubutumwa bwa Perezida wa Koreya ya Ruguru agira ati: […]