RDC yasobanuye impamvu itatumiye Mushikiwabo mu mikino ya OIF
Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo yasobanuye impamvu itatumiye Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, mu mikino y’uyu muryango izabera i Kinshasa. Nyuma y’amasaha make guverinoma ya RDC itangaje ko Mushikiwabo azitabira iyi mikino, Umuvugizi we, Oria Vande Weghe, kuri uyu wa 25 Nyakanga 2023 yatangaje ko atazajya i Kinshasa […]
Irari no gufuha burya biri mu bituma uwo mwahoze mukundana akugarukira
Ni kenshi umuntu abona abantu batandukana igihe bakundanaga ariko nyuma y’igihe ugasanga basubiranye.Ubushakashatsi bugaragaza ko burya haba hari impamvu nyinshi zituma abakundanye basubirana by’umwihariko abatari bagashakanye nk’umugore n’umugabo n’ubwo nabo bibabaho cyane. Nkuko bitangazwa n’urubuga psychologytoday rwandika ku mibanire , hari impamvu zinyuranye zituma abo mwahoze mukundana cyangwa uwo mwakundanaga bakugarukira. 1.Irari Iyi niyo mpamvu […]
Le Rwanda remet en question la décision de la Belgique sur Ambassadeur Karéga
La dĂ©cision du gouvernement belge de rejeter la nomination de Vincent Karega comme ambassadeur dĂ©signĂ© auprès du Royaume est regrettable et n’augure rien de bon pour les relations bilatĂ©rales entre le Rwanda et la Belgique, a dĂ©clarĂ© Yolande Makolo, porte-parole du gouvernement . “Il est regrettable que le gouvernement belge semble avoir capitulĂ© face aux […]
Perezida Samia abona Afurika itazakira, nitita ku rubyiruko

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yavuze ko ibihugu biri ku mugabane wa Afurika bitazigobotora ingoyi y’ubukene mu gihe bitashora imbaraga zihagije mu babituye, by’umwihariko urubyiruko. Ibi yabitangarije mu nama y’abakuru b’ibihugu bya Afurika yiga ku buryo abatuye kuri uyu mugabane bawuteza imbere, yabereye i Dar es Salaam muri Tanzania kuri uyu wa 26 Nyakanga […]
Mbelgiji kuzaliwa Rwanda alipatikana na hatia katika kesi ya ugaidi nchini Ubelgiji
HervĂ© Bayingana Muhirwa, ambaye alikuwa ameweka magaidi wawili walioteuliwa kama washambuliaji wa kujitoa mhanga katika nyumba yake kabla na baada ya mashambulizi, hakushiriki katika mashambulizi ya Machi 22, 2016 yaliyotekelezwa huko Zaventem na Maelbeek, mahakama ya Brussels ilihitimisha Jumanne . Kwa upande mwingine, majaji hao 12 walimkuta raia huyo Mbelgiji kuzaliwa Rwanda mwenye umri wa […]
Dr Frank Habineza joins the Global Advisory council of G 100 Denim Club’s security and Defence wing
The chairman of the Democratic Green Party of Rwanda and Member of Parliament, Dr Frank Habineza, has joined the esteemed Global Advisory Council of G100 Denim Club’s Security and Defence wing. Being one of the He-for-She Champions globally, Dr Habineza reveals his leadership skills and advocacy in promotion of gender parity and equality globally. In […]
Buruseli: Umubiligi ukomoka mu Rwanda akurikiranweho uruhare mu bitero by’iterabwoba
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Nyakanga, Urukiko rw’i Buruseli rwasanze HervĂ© Bayingana Muhirwa, umuturage w’Umubiligi w’imyaka 38 ukomoka mu Rwanda, ahamwa n’icyaha cyo kugira uruhare mu bikorwa by’umutwe w’iterabwoba. Nk’uko byatangajwe na Radiyo na Televiziyo by’u Bubiligi, RTBF, Urukiko rw’i Buruseli rwasanze batandatu mu 10 bakekwaho icyaha cy’ubwicanyi bw’iterabwoba mu bitero by’i Buruseli […]
MINISPORTS ntiramenya niba koko umutoza w’Amavubi yaba yarasezeye
Hashize iminsi havugwa ko umutoza w’Amavubi Carlos Ferrer yaba yaraseshe amasezerano yo gutoza iyi kipe nyuma y’uko ngo yaba yaramaze kubona indi kipe agiye kuzatoza n’ubwo andi makuru avuga ko yibereye mu biruhuko iwabo mu gihugu cya Espagne. Iki kibazo cyagarutsweho ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri ubwo umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, […]
Leta y’u Rwanda irashinja abayirwanya na RDC kugambanira Ambasaderi Karega
Guverinoma y’u Rwanda irashinja abayirwanya n’ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) kugambanira Vincent Karega ngo atemerwa ku mwanya wa Ambasaderi warwo mu bwami bw’u Bubiligi. Kwangwa kwa Karega nka Ambasaderi w’u Bubiligi guherutse gutangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye birimo radiyo na televiziyo RTBF, gusa guverinoma y’u Bubiligi yo ntacyo yigeze ibivugaho. Umuvugizi wa guverinoma y’u […]
North Kivu: The president of civil society escapes assassination
Armed and unidentified bandits have just killed a civilian this evening of July 25, 2023 in the city of Goma. According to tazamardc.net, the event happened on national road number two, in the western part of the tourist town. The president of civil society in North Kivu escaped this despicable act. “It seems that the […]
M23 yarezwe mu butabera
Abavuga ko bagizweho ingaruka n’ibikorwa by’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bagejeje mu bugenzuzi bw’igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo ikirego gisaba ko abarwanyi bawo batabwa muri yombi. Aba Banyekongo bahagarariwe n’umunyamategeko Me Jean-Claude Mwamba bajyanye iki kirego mu gitondo cyo kuri uyu wa 26 Nyakanga 2023, nk’uko byemezwa n’abanyamakuru […]
Perezida wa Sosiyete Sivile ya Kivu y’Amajyaruguru yarusimbutse
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 25 Nyakanga 2023, ibisambo byitwaje intwaro kandi bitamenyekanye byishe umusivili mu Mujyi wa Goma. Nkuko amakuru agera ku rubuga Tazama RDC abitangaza, ibi byabereye ku muhanda nimero ya kabiri, mu burengerazuba bw’umujyi. Perezida wa Sosiyete Sivile muri Kivu y’Amajyaruguru we yarusimbutse . Umuturage wo mu gace kabereyemo ibi yagize […]
Kigali: Ishyaka riyoboye u Bushinwa ryasize ubutumwa buremereye ku rwibutso rwa jenoside

Intumwa z’ishyaka Communist riri ku butegetsi mu Bushinwa zasize ubutumwa buremereye ku rwibutso rwa jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi. Izi ntumwa ziyobowe na Liu Jianchao, Minisitiri ushinzwe ishami ry’iterambere mpuzamahanga muri iri shyaka, zasuye uru rwibutso mu gitondo cyo kuri uyu wa 26 Nyakanga 2023. Nk’uko bisanzwe bigenda, Jianchao mu izina rya […]
Umuraperi Rick Ross yivumbuye kuri Hamissa Mobeto wabyaranye na Diamond
Umuraperi Rick Ross, wari usanzwe afitanye imibanire myiza n’umunyamideli Hamisa Mobeto by’umwihariko ku mbuga nkoranyambaga kuri ubu yamaze kuva mu bamukurikira ku rubuga rwa Instagram nyuma yo kwerekana umukunzi we. Hamisa Mobetto, aherutse gushyira ahagaragara imbuga nkoranyambaga amashusho y’uko yatunguwe n’umukunzi we mushya bituma uyu muraperi w’umunyamerika yivumbura ava mu bamukurikira(Unfollow). Uyu mugabo utarashyira ahagaragara […]
Muri Niger haranugwanugwa Coup d’à ‰tat
I Niamey mu murwa mukuru wa Niger hari ubwoba bw’uko hashobora kuba Coup d’à ‰tat, nyuma y’uko bamwe mu basirikare ba kiriya gihugu bagose ingoro y’umukuru wacyo. Ni amakuru Ibiro Ntaramakuru ‘Reuters’ bivuga ko bikesha bamwe mu babarizwa mu nzego zishinzwe umutekano muri Niger. Umunyamakuru w’ibi biro Ntaramakuru ukorera i Niamey, yatangaje ko yabonye imodoka za […]
Niba ubona abasirimu bavanga amata n’ubuki baba bashaka bimwe muri bintu bintu
Akenshi uzajya ubona abasobanukiwe ibijyanye n’imirire cyane abo twakwita abasirimu bajya kunywa amata bakabanza kuvangamo ubuki.Impamvu nta yindi n’uko baba bashaka kugira ubuzima bwiza. Amata n’ubuki, buri cyose ukwacyo gifite akamaro kanini ku buzima bwacu. Kubifata bivanze byongerera ibyiza byinshi umubiri wacu kuko bifasha byinshi byiza nko kurinda neza uruhu no kongera imbaraga. Ubuki bukoreshwa […]
Igitero cy’abantu bitwaje intwaro cyahitanye abantu 34 barimo abasirikare 7 ba Nigeria
Umuyobozi w’umutwe wo kwirwanaho ndetse n’abaturage baravuga ko byibuze abantu 34, barimo n’abasirikare barindwi, baguye mu gitero cyagabwe n’agatsiko k’abantu bitwaje intwaro mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria . Igitero cyabereye mu karere kitaruye ka Dan Gulbi gaherereye mu butegetsi bwa Maru muri Leta ya Zamfara ku gicamunsi cyo kuwa Mbere ushize, nk’uko Ismail Magaji, ukuriye […]
Mu mezi 3 amabuye y’agaciro u Rwanda rwohereje hanze yinjije miliyari zisaga 400 Frw
Ikigo cy’amabuye y’agaciro, peteroli na gaz mu Rwanda (RMB) kiratangaza ko amabuye y’agaciro yoherejwe mu mahanga hagati ya Mata na Kamena 2023 yinjije miliyoni zisaga 362 z’amadolari ya Amerika (hafi miliyari 426 z’amafaranga y’u Rwanda) . Zahabu yoherejwe mu mahanga yonyine yinjije miliyoni zisaga 302 z’amadolari (hafi miliyari 356 z’amafaranga y’u Rwanda), bigaragara ko ari […]
Uyu mwaka urarangira Umujyi wa Kigali ubonye bus 100 zo gutwara abagenzi – Min. Nsabimana
Umujyi wa Kigali urateganya kwakira bisi 100 mu mpera z’Ukuboza 2023, muri bisi 305 zasezeranijwe na guverinoma zo gukemura ikibazo cy’ibura ry’imodoka zitwara abagenzi, nk’uko Minisitiri w’Ibikorwa remezo, Ernest Nsabimana, yabitangaje . Yabitangarije Abasenateri kuri uyu wa 25 Nyakanga, aho yatanze amakuru mashya ku ngamba zo guhangana n’impanuka zo mu muhanda kandi yizeza abasenateri ko […]
Ingabo za UN zigiye kuva muri Mali nyuma yo kunengwa

Ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Mali buzwi nka MINUSMA zigiye gutaha kubera ko zitatanze umusaruro zari zitezweho mu bijyanye no gukemura ikibazo cy’umutekano muke. Iki cyemezo cyatangarijwe mu nama nkuru y’igisirikare yayobowe na Perezida w’inzibacyuho wa Mali, Colonel Assimi GoĂ ÂŻta, tariki ya 24 Nyakanga 2023. Minisitiri w’ingabo n’abari abasirikare, Colonel Sadio Camara, […]
RDC: U Bubiligi bwemeye gutanga ubufasha mu iperereza ku iyicwa rya Depite Okende
Iyicwa rya Depite ChĂ©rubin Okende ku wa Kane, itariki ya 13 Nyakanga i Kinshasa, ryarushijeho gukaza umwuka mubi mu rwego rwa politiki rusanzwe rutorohewe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho ku busabe bw’ubufasha bwa guverinoma n’ishyaka rya nyakwigendera, u Bubiligi bwamaze kwemera gufasha mu iperereza . ChĂ©rubin Okende, wari umuvugizi w’ishyaka rikomeye ritavuga rumwe […]
Ab’i Kinshasa mu myigaragambyo yo ‘kwamagana abayobozi b’u Rwanda’
Ihuriro ry’abaturage baharanira ejo heza hazaza kuri bose (RCA ASBL) ryakoze imyigaragambyo iteganyijwe kubera imbere ya Ambasade y’u Bufaransa i Kinshasa mu rwego rwo gusaba u Bufaransa “gufatira ibihano u Rwanda.” Umuyobozi wa ririya huriro, Marcelin Bacilembe yashinje u Bufaransa kuba indyarya, asaba iki gihugu gufatira u Rwanda “ibihano byo mu rwego rw’ubukungu n’imari.” Ni […]
Kiyovu Sports yegukanye Umurundi Rayon Sports yari yarabengutse
Ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje ko yamaze kugura rutahizamu w’Umurundi, Richard Kirongozi Bazombwa wakiniraga ikipe ya Bumamuru FC yo mu Burundi. Kirongozi w’imyaka 23 y’amavuko asanzwe akinira Intamba Mu Rugamba z’u Burundi, gusa afite inkomoko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu musore utaha izamu aciye ku ruhande rw’ibumoso, mu mwaka ushize w’imikino yatowe mu […]