Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
Jadon Sancho yirukanwe mu bigo byose byâikipe ya mbere muri Manchester United, harimo nâicyumba cyo kuriramo(Retaurent). Amakuru atangazwa na The Mirror, avuga ko Sancho yabujijwe kwinjira ahantu hose habarizwa ikipe ya Manchester ibanzamo haba ku kibuga cyâimyitozo no gusangira nâabakinnyi bagenzi be bakinana.Ten Hag usanzwe atoza iyi kipe yasobanuye neza ko Sancho agomba gusaba imbabazi […]
Kazungu Denis yoherejwe mu igororero
Urukiko rwâibanze rwa Kicukiro rumaze gutegeka ko Kazungu Denis ukurikiranweho ibyaha bigera mu 10 afungwa iminsi 30 yâagateganyo, akazajya aburana mu mizi ataha mu igororero (ryitwaga gereza). Icyemezo cyo kohereza Kazungu mu igororero kirashingira ku buremere bwâibyaha aregwa ndetse no kuba hari ibikomenyetso bikomeye bituma akekwaho kubikora, cyane ko na we yemereye mu rukiko ko […]
U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga
U Burusiya bwashyize Piotr Hofmanski ukuriye Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha (CPI) ku rutonde rw’abo rushakisha, nyuma y’amezi make uru rukiko rukorera i La Haye mu Buholandi rusohoye impapuro zo guta muri yombi Perezida Vladimir Putin. Itangazo ry’uko Hofmanski yamaze gushyirwa mu bahigishwa uruhindu n’u Burusiya ryagaragaye mu bubiko bw’amakuru (database) bwa Minisiteri y’Umutekano muri kiriya gihugu, […]
A photo purporting to show the hidden side of Rwanda’s capital was taken in Iran

A photo purporting to show the hidden side of Rwanda’s capital is circulating virally on Facebook. Internet users who share this photo, where we see traditional houses built on the side of a mountain evoking a certain deprivation, accuse the “Western media” of hiding this aspect of Rwanda. Please note, this image has no link […]
L’ancien patron de l’Agence rwandaise des coopĂ©ratives sera au tribunal mercredi
Le tribunal de premiĂšre instance de Nyarugenge doit ouvrir mercredi 27 septembre l’audience prĂ©alable Ă Â la dĂ©tention dans l’affaire Jean-Bosco Harelimana, l’ancien patron de l’Agence rwandaise des coopĂ©ratives (RCA). Harelimana est soupà §onnĂ© de crimes, notamment de non-respect des procĂ©dures d’appel d’offres et d’abus de ressources publiques. Selon Thierry Murangira, porte-parole du Bureau d’enquĂ ÂȘte du Rwanda […]
Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama

Umuyobozi wâingabo zirwanira mu mazi z’u Burusiya zikorera ku Nyanja y’Umukara akaba nâumwe mu bayobozi b’igisirikare cyo mu mazi cyâu Burusiya, Admiral Viktor Sokolov, yagaragaye kuri uyu wa Kabiri yitabiriye inama yakozwe hifashishijwe ikoranabuhanga, nyuma yâumunsi umwe ingabo zidasanzwe za Ukraine zivuze ko zamwishe. Mu mashusho n’amafoto yashyizwe ahagaragara na minisiteri yâingabo yâu Burusiya, bigaragara […]
Nyarugenge: Uwahoze ari Umuyobozi wa RCA aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Gatatu
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Nzeri, urukiko rwibanze rwa Nyarugenge ruratangira kuburanisha Jean-Bosco Harelimana wahoze ari umuyobozi w’ikigo gishinzwe amakoperative mu Rwanda (RCA) ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Harelimana akekwaho ibyaha birimo kutubahiriza amabwiriza agenga itangwa ry’amasoko ya leta no gukoresha nabi umutungo wa Leta. Nkâuko byatangajwe na Thierry Murangira, umuvugizi w’ikigo gishinzwe ubugenzacyaha […]
Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru
Umunyamakuru Ngoboka Sylvain wigeze kumara iminsi 45 mu kigo cyâinzererezi cya Tongati mu karere ka Karongi yagaragaje uburyo mu bihe bitandukanye yagiye âagerekwaho ibyahaâ, azira uburyo yakoragamo umwuga w’itangazamakuru. Ngoboka mu kiganiro yagiriye kuri Radio/TV 10, yasobanuye ko byatangiye ashinjwa gukora ubucukuzi bwâamabuye yâagaciro mu buryo butemewe. Ati: âNjyewe baraje iwanjye, barankomangira, bambwira bati âSohoka!â, […]
Bebe Cool na Jose Chameleone biyemeje guhangana inkundura
Inkuru nyinshi mu bitangazamakuru ziravuga ko hagiye kuba urugamba hagati yâabacuranzi bakomeye ba Uganda,aribo Moses Ssali uzwi nka Bebe Cool na Chameleone. Thomas Tayebwa umwe mu bayobozi mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda abinyujije ku rubuga rwa X yavuze ko yifuza kubona ibihanganjye bibiri aribo Chameleone na Bebe Cool bahanganye ku rubyiniro rumwe.Hatarashira umwanya bahise […]
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise âinzerereziâ
Mu minsi ishize, Umuyobozi wâagateganyo wâInkeragutabara mu ntara yâAmajyaruguru, Lieutenant Colonel Higiro Vianney, yumvikanye avuga ko âinzererezi zâabanyamahangaâ zigaragaza ko zicuruza inkweto kandi zicuruza imiti yâubugabo zigomba gufatwa. Uyu musirikare yabwiye abaturage bâi Musanze ati: “Inzererezi zâabanyamahanga zabinjiye mo hano, zirirwa zicuruza imiti zibabwira ko zitanga imiti yâubugabo. Ntimubazi? Zirirwa zitanga ngo urubyaro, bakirirwa bagendana […]
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
Umutwe mushya witwa UFPC (Union de force de la dĂ©fense patriotique congolaise) uherutse gushingirwa muri Nyiragongo ugamije gukubita inshuro M23, wakoze imirwano yawo ya mbere mu ijoro ryo kuwa Mbere rishyira kuri uyu wa Kabiri, ariko urwana n’undi mutwe w’inyeshyamba utari M23. Iyo mirwano n’ubundi yabereye muri Nyiragongo, mu majyaruguru y’Umujyi wa Goma mu ijoro […]
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya
Ingabo zidasanzwe za Ukraine zavuze ko umuyobozi w’ingabo zâu Burusiya zikoresha amato y’intambara afite ibirindiro ku cyambu cya Sevastopol ku Nyanja y’Umukara, Admiral Viktor Sokolov, nâabandi basirikare 33 baguye mu gitero cya misile cya Ukraine mu cyumweru gishize. Ukraine kuvuga ko yishe umwe mu basirikare bakuru bo mu Burusiya bakomeye mu ngabo zirwanira mu mazi […]
Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe
Umujyi wa Kigali utangaza ko mu minsi iri imbere imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zigiye kujya zishyirirwaho amasaha yihariye yo gutwara abagenzi mu mihanda yagenwe. Ni mu rwego rwokorohereza abagenzi bakoresha imodoka rusange, aho hazajya hashyirwaho amasaha runaka bus zizajya zikoresha imihanda yagenwe izindi modoka zidatwara abagenzi zikaba zikumiriwe kugeza y’amasaha yagenwe. Ku […]
Senateri Menendez yasobanuye ibyâamafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe
Perezida wa komisiyo ya sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika ishinzwe ububanyi nâamahanga, Robert Bob Menendez, yahakaniye imbere yâitangazamakuru icyaha cyo kwakira ruswa kugira ngo akoreshe ububasha afite mu buryo buryo bunyuranyije nâamategeko. Tariki ya 22 Nzeri 2023 ni bwo ubushinjacyaha bwa New York bwareze Menendez mu rukiko rwa Manhattan, nyuma yo gushyikirizwa ibyavuye […]
LIVE MU NTEKO : RURA YITABYE PAC
MAJOR WILL NGOMA NGO NTIBAZAGENDAðƞ„·ðƞÂÂżM23 NIRISWAHO IZAFATA IBICE BYINSHI! HARI ABARI KUVA MU BURAYIðƞâŸðƞ¿ðƞÂÂč
Icyo NESA itangaza ku mashuri asaga 50 bivugwa ko yahagaritswe
Ikigo cyâigihugu gishinzwe ibizamini bya leta nâubugenzuzi bwâamashuri (NESA) cyahakanye amakuru avuga ko hari amashuri 54 yahagaritswe cyemeza ko ayo makuru yumviswe nabi kandi kizeza abaturage ko amashuri avugwa agikora. Vianney Augustine Kavutse, umuyobozi wâishami ryâuburezi bwâibanze nâubuziranenge bwa TVET muri NESA, yashimangiye ko gukora igenzura ari kimwe mu bigize inshingano zabo. Yagaragaje ko mu […]
LIVE MU NTEKO : MINISANTE, RSSB, MINALOC na MINECOFIN: Ibibazo bihuriweho mu bitaro
DRC ITANGIJE INTAMBARA KURI M23IGIHE NTARENGWA NUYU MUNSI-UMUTWE MUSHYA WINJIYE MU NTAMBARA NA M23
INTAMBARA YAHUMUYE HAFI YA GOMA: FARDC YAFASHE MUSHAKI, M23 IKIBUMBA-IBINTU BIGIYE KUDOGERA
MU BURUNDI ISHYAMBA SI RYERU HAGATI YA PEREZIDA N’ABASIRIKARE BAKOMEYE|BIZAGENDA BITE NAGARUKA?
Mu Rwanda hagiye gutangira amahugurwa ku bumenyi bwa massage no gufashwa kwihangira umurimo
Mu Rwanda, gukenera serivisi za massage z’umwuga bikomeje kwiyongera. Ariko, kubura ibigo by’amahugurwa bigenewe gukora massage byateje icyuho cyo kuzuza iki cyifuzo. Ahupa Business Network Ltd ku ibinyujije kuri Somacash.com, byiyemeje guha mahirwe yo gutanga amahugurwa ya massage ku bantu bifuza gukora uyu mwuga winjiza agatubutse.Buretse kuba wabona akazi kaguhemba neza ushobora nawe kwihangira imirimo […]
Amerika nayo yemeje ko igiye gukura ingabo zayo muri Niger
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ko zigiye gukura ingabo zayo muri Niger nyuma y’uko Ubufaransa butangaje ko bugiye kuhakura ingabo zabwo nk’uko byasabwe na Leta n’abaturage muri iki gihugu. Ibi byagarutsweho na Lloyd Austin umunyamabanga wa Leta mu bya Gisirikare, aho yavuze ko harimo gukoreshwa inzira y’ibiganiro ngo impande zombi zumvikane uko iki gikorwa […]
FIFA yahannye Rayon Sports
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), yafatiye ibihano Rayon Sports iyihora umunya-Tanzania Ramadhani Kabwili wahoze ari umunyezamu wayo. Kabwili yakiniye Rayon Sports mu mwaka ushize w’imikino, gusa biba ngombwa ko iyi kipe imusezerera adasoje amasezerano ye nyuma yo gusanga atari ku rwego yifuza. Uyu munyezamu wanyuze mu makipe arimo Young Africans byabaye ngombwa ko ahita […]
Umuyobozi wa RPPA yasabye ko abakozi ba Leta batiye amasezerano bafungwa

Umuyobozi Mukuru wâikigo cyâigihugu gishinzwe amasoko (RPPA), Uwingeneye Joyeuse, arasaba ko abakozi bo mu bigo bya Leta batiye amasezerano ashingiye ku masoko batanze ko bafungwa. Iki kibazo cyagaragaye mu ibazwa ryâabakozi bâinzego zitandukanye ubwo bitabaga komisiyo yâabadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze yâimari nâumutungo byâigihugu, PAC. Perezida wa PAC, Muhakwa Valens, yasobanuye ko ikibazo cyo gutira amasezerano […]
Ethiopia: Byibuze abantu 50 baguye mu mirwano yahuje igisirikare cya leta na FANO
Byibuze abarwanyi 50 bishwe mu gihe inzego zâumutekano za guverinoma nâinyeshyamba zo muri Amhara zarwaniraga mu karere ka Amhara mu majyaruguru ya Ethiopia nk’uko byatangajwe n’Igisirikare kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Nzeri. Iyi mirwano yibanze cyane mu mujyi wâamateka wa Gondar, yateje impungenge zâumutekano wâakarere, gaherereye mu majyaruguru ya Ethiopia, nko mu birometero 700 […]