Ibintu 6 Tshisekedi yasezeranyije abanye-Congo mu myaka 5 iri imbere

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahaye abaturage b’igihugu cye amasezerano atandatu y’ibyo agomba kubakorera mu myaka itanu iri imbere. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama ni bwo Tshisekedi yarahiriye kuyobora RDC muri manda ye ya kabiri izamara imyaka itanu. Ni umuhango wabereye muri Stade des Martyrs i Kinshasa, […]

Tshisekedi yarahiriye kuyobora RDC muri manda ya 2

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama yarahiriye kuyobora iki gihugu muri manda ye ya kabiri izamara imyaka itanu. Ni umuhango wabereye muri Stade des Martyrs i Kinshasa, witabirwa n’abanyacyubahiro batandukanye barimo ba Perezida b’ibihugu 18 bya Afurika. Imbere y’abanye-Congo barenga 60,000 bari buzuye […]

Umuhanda Prince House -Giporoso ugana Masaka ugiye kwagurwa

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yavuze ku ishusho ngari yo gukemura ikibazo cy’ingendo rusange. Yashimangiye ko muri uyu mwaka nk’Umuhanda wa Giporoso [Prince House] ugana i Masaka ugiye gutangira kwagurwa ukagira ibisate bine mu kugabanya umuvundo w’imodoka ziwukoresha. Yabigarutseho ubwo yaganiraga na RBA , kuri uyu wa Gatandatu taliki 20 Mutarama 2024, agaragaza uko gahunda […]

Gakenke: Umunyeshuri yishwe n’inkongi y’umuriro yibasiye ishuri yigagaho

Umunyeshuri w’umuhugu yapfuye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama, nyuma y’inkongi y’umuriro yibasiye ishuri rya EAV Rushashi ryo mu karere ka Gakenke yigagaho. Umuyobozi w’akarere ka Gakenke, Mukandayisenga Vestine, yavuze ko umunyeshuri wishwe n’iriya nkongi yabaye mu ma saa cyenda z’ijoro ari uwo yagezeho mbere. Yabwiye Kigali Today ko “Byabaye saa cyenda z’ijoro, […]

M23 yongeye gukorogana na SADC hitabazwa indege zivanwe i Kinshasa

Ibintu bikomeje gufata indi ntera hagati y’umutwe wa M23 na SADC ifatanyije na FARDC, aho imirwano ikomeje gufata indi ntera by’umwihariko mu duce twa Masisi. Amakuru abyutse ajya hanze muri iki gitondo, ni uko izi ngabo za SADC na FARDC zongeye kurashisha indege zintambara zitagira abapilote na Soukho௠mu duce M23 irimo. Ni imirwano yatangiye […]

Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha

Abashakashatsi bemeza ko hari ibimenyetso bishobora kwereka umuntu wakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye ko ashobora kuba yaramaze kwandura agakoko gatera SIDA, n’ubwo mu busanzwe bizwi ko ako gakoko kataboneshwa amaso. Urubuga Health.com twifashishije, ruvuga ko mu gihe agakoko gatera SIDA kamaze byibura ukwezi kumwe cyangwa abiri kari mu mubiri w’umuntu, abantu 40% kugeza kuri 90% bashobora […]

Umutoza mushya Rayon Sports yakiriye ayihishiye iki?

Rayon Sports mu ijoro ryacyeye yaraye yakiriye Umufaransa Julien Mette waje kuyibera umutoza mukuru. Uyu mugabo yaje asimbura umunya-Tunisia Yamen Zelfani watandukanye n’iyi kipe mu mwaka ushize. Julien Mette w’imyaka 42 y’amavuko, yari asanzwe ari umutoza wa AS Otohô yo muri Congo-Brazzaville. Nyuma yo kugera i Kigali yabwiye itangazamakuru ko yahisemo gutandukana na yo kubera […]

Pte muri UPDF afunzwe azira kwizamura mu ntera akigira Major

Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko gifunze umusirikare wacyo ufite ipeti rya Private, nyuma yo kwizamura mu ntera akiha irya Major. Private ni ryo peti rito kurusha andi muri UPDF, mu gihe Major riza ku mwanya wa karindwi mu yakomeye; inyuma y’irya Lieutenant Colonel, Colonel, Brigadier General, Major General, Lieutenant General na General. UPDF yemeje ko […]

Bombori bombori mu ishyaka UDPS rya Tshisekedi

Ibintu ntibyifashe neza mu ishyaka UDPS rya Tshisekedi nyuma y’uko batavuga rumwe ku byavuye mu matora. Uyu mwuka wo kutumvikana watangijwe n’umunyamabanga mukuru w’i Shyaka rya Udps Augustun Kabuya Tshilumba, aho avuga ko atemera ibyavuye mu matora aherutse kuba muri RDC. Ni nyuma yo gushyira itangazo hanze rimenyesha ko amatora aheruka kuba muri Repubulika ya […]

Rayon Sports yabonye umutoza ukomoka mu Bufaransa

Ikipe ya Rayon Sports yabonye umutoza mushya w’Umufaransa, aho yaje asimbura Mohamed Wade uherutse kwirukanwa . Uyu Mufaransa, Julien Mette, ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe yashimangiye ko agiye kusa ikivi abandi bari baratangiye.Yongeyeho ko kandi atewe ishema no gutoza ikipe y’ubukombe. Ni mu gihe nyuma y’uko imikino ibiri ishize Rayon Sports […]