Abashakashatsi bemeza ko hari ibimenyetso bishobora kwereka umuntu wakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye ko ashobora kuba yaramaze kwandura agakoko gatera SIDA, n’ubwo mu busanzwe bizwi ko ako gakoko kataboneshwa amaso.
Urubuga Health.com twifashishije, ruvuga ko mu gihe agakoko gatera SIDA kamaze byibura ukwezi kumwe cyangwa abiri kari mu mubiri w’umuntu, abantu 40% kugeza kuri 90% bashobora guhura n’ibimenyetso bizwi nka ARS (Acute Retroviral syndrome).
Cyakora nanone ubushakashatsi bwerekana ko ubwandu bwa SIDA bushobora kumara igihe kinini mu mubiri nta kimenyetso na kimwe bugaragaza, ku buryo uwabwanduye ashobora no kumara imyaka icumi nta n’igicurane ararwara.
Mu bimenyetso uwanduye Virusi itera SIDA ashobora kugaragaza mbere y’uko yipimisha harimo:
1. Guhindagurika k’ukwezi k’umugore (ku bagore)
Mu busanzwe guhindagurika k’ukwezi k’umugore biterwa n’impamvu nyinshi zinyuranye, ariko iki ni ikimenyetso gitangwa n’izi nzobere. Umugore cyangwa umukobwa ukunda gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye, nyuma ukwezi kwe kukaza guhindagurika, akwiriye kujya kwipimisha akareba niba ataranduye agakoko gatera SIDA.
Iyo aka gakoko kageze mu mubiri w’umugore, gatera bamwe na bamwe kugira imihango mike kandi iza rimwe na rimwe, ugereranyije n’igihe cyahise.
2. Guhinda Umuriro
Kimwe bimenyetso bya ARS, umuriro mwinshi na wo urimo. Niba usigaye uhorana umuriro uri hejuru ya degree celcius 38.88 kandi ugakurikirwa no kumva wacitse intege, kandi ukaba uzi ko hari aho waba warahuriye n’imwe mu nzira zicamo aka gakoko ihutire kugana muganga akurebere niba utaranduye.
Iki gihe virusi iba iri kwinjira mu maraso, itangiye kwigabanyamo uduce twinshi cyane; nk’uko byemezwa na Carlos Malvestutto ushinzwe ishami ry’ubuganga muri kaminuza ya New York.
3. Gutakaza ubushobozi bwo kwibuka no gufata mu mutwe
Umuntu wanduye aka gakoko agenda atakaza ubushobozi yari asangwanywe bwo gufata mu mutwe ndetse no kwibuka. Niba usanzwe uzi gufata mu mutwe, kwibuka ukaba usanzwe udategwa ariko bikaba bisigaye bikugora, kandi ukaba uzi ko hari aho wahuriye n’imwe mu nzira aka gakoko kacamo gira bwangu ujye kwipimisha urebe uko ubuzima bwawe buhagaze. Wasanga ibyo ukeka ari byo, waranduye agakoko gatera SIDA.
4. Umunaniro udashira
Iyo agakoko gatera SIDA kamaze kwinjira mu mubiri, umubiri utangira gukoresha ingufu zidasanzwe urwana n’uwo mwanzi uwinjiyemo bityo bikaba ngombwa ko intege zicika bitewe n’uko mu mubiri intambara ica ibintu. Ibi bitangira kunaniza umubiri wawe ukumva ucitse intege. Niba warakoze imibonano idakingiye, cyangwa ukaba hari ahantu wahuriye n’inzira aka gakoko kanyuramo ukaba wumva usigaye uhorana umunaniro, ihutire kwa muganga wipimishe urebe uko uhagaze.
5. Kugira ibyunzwe nijoro
Nkuko byemezwa ba Dr. Malvestutto, agakoko iyo kamaze kugera mu mubiri, gatangira gukora cyane kanakoresha umubiri wawe mu buryo budasanzwe ku buryo urara ubira ibyuya ijoro ryose. Icyumba cyawe gisanzwe kirimo amafu n’ubuhehere, ntusanzwe urangwa no kubira ibyuya byinshi mu ijoro, ariko niba usigaye ubira ibyuya bikanatosa ibyo uramiye cyangwa imyenda wararanye, tangira kugira amakenga kuko ushobora kuba waranduye niba uzi ko hari aho wahuriye n’inzira agakoko gacamo nko gukora imibonano idakingiye.
6. Kugira ubugendakanwa
Kubyuka ugasanga mu kanwa hajemo ibisa umweru no ku rurimi ari uko, wakoza ntibishireho, ni icyerekana ko ubudahangarwa bw’umubiri wawe bwatangiye kugabanyuka. Mikorobe itera ubugendakanwa twese mu kanwa kacu ibamo ariko ubudahangarwa butuma itadutera indwara.
Iyo bugabanyutseho gato, nko mu gihe nyine wanduye agakoko gatera SIDA ubwo uhita uburwara. Ku banduye SIDA akenshi ubugendakanwa buboneka iyo ufite abasirikare bari munsi ya 200.
7. Ibiheri ku mubiri bidasobanutse
Nubwo Atari kuri SIDA gusa ariko ubwandu bukunze kugendana no kuzana ibiheri biza ari bito biretsemo utuzi kandi bitukura hanyuma bikagenda bivamo kimwe kinini kubera kwegerana.
N’ubwo tuvuze ko n’izindi ndwara zabitera SIDA ho akenshi bifata igice cyo hejuru (igihimba) ndetse bikunze kugendana n’ibisebe mu kanwa no ku myanya ndangagitsina.
Ibi kandi bigendana no kugira ibimenyetso nk’iby’ibicurane kandi biba hagati y’icyumweru na bibiri nyuma yo kwandura ndetse bisaba nanone igihe nk’icyo ngo byo ubwabyo byikize.
8. Gutakaza ibiro mu buryo bwihuse
N’ubwo ibi bidakunze kuboneka ku basanzwe banduye ariko ubwandu bushya bwa SIDA bashobora gutakaza ibiro ku buryo bwihuse. Niba utakaje 10% y’ibiro wari ufite (wari ufite wenda 60 ugatakaza 6 ) mu gihe cy’ukwezi kumwe kandi bikagendana n’impiswi ushobora kuba wanduye.



104 Responses
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Uduheri dukomeye x
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
ese ninkorora ishobora kuba ikimenywtso
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
ese ninkorora ishobora kuba ikimenywtso
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ese byashobokako mwatsuzuma ntacuyemurugo nifuzaga kubobasaba murakoze
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ese byashobokako mwatsuzuma ntacuyemurugo nifuzaga kubobasaba murakoze
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Kubura inguvu
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Kubura inguvu
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ndiyumvise
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ndiyumvise
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ntabwo uduheri twanjye dukomey cyane
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ntabwo uduheri twanjye dukomey cyane
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Uduheri dukomeye x
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
KubyimbA mumihogo / mwijosho
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
KubyimbA mumihogo / mwijosho
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nukuvugako abantu beshi bafise ibihere mumaso kobaba barwaye sida?
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Shanjyendahanwako aba ntubafite igiheri mumaso aba arwaye sida ndabihak anye
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Shanjyendahanwako aba ntubafite igiheri mumaso aba arwaye sida ndabihak anye
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nukuvugako abantu beshi bafise ibihere mumaso kobaba barwaye sida?
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nibyokoko Niko bigenda
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nibyokoko Niko bigenda
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nnex iyo ufite utwo duheri ugahora wishhima ark ukaba ntakind kimenyetxo harubwo waba wanduye
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nonese ushobora kuba warakoze sex idakingiye umwaka ugashira ntakimwnyetso nyuma ukazana uduheri kumubiri ubwo bivuzeko uba waranduye murakoze
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nonese ushobora kuba warakoze sex idakingiye umwaka ugashira ntakimwnyetso nyuma ukazana uduheri kumubiri ubwo bivuzeko uba waranduye murakoze
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nonese ushobora kuba warakoze sex idakingiye umwaka ugashira ntakimwnyetso nyuma ukazana uduheri kumubiri ubwo bivuzeko uba waranduye murakoze
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nonese ushobora kuba warakoze sex idakingiye umwaka ugashira ntakimwnyetso nyuma ukazana uduheri kumubiri ubwo bivuzeko uba waranduye murakoze
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nnex iyo ufite utwo duheri ugahora wishhima ark ukaba ntakind kimenyetxo harubwo waba wanduye
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nnex iyo ufite utwo duheri ugahora wishhima ark ukaba ntakind kimenyetxo harubwo waba wanduye
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
HOYA NTUGIRE UBWOBA NIBA UZIKO NTA SEX WAKOZE KUKO IBIHERI BITERWA NINDWARA NYINSHI AHAHUBWO TUZA NIBA NIBA NTAKINDI
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
HOYA NTUGIRE UBWOBA NIBA UZIKO NTA SEX WAKOZE KUKO IBIHERI BITERWA NINDWARA NYINSHI AHAHUBWO TUZA NIBA NIBA NTAKINDI
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nnex iyo ufite utwo duheri ugahora wishhima ark ukaba ntakind kimenyetxo harubwo waba wanduye
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Sha byemezwa nibyemezo byo kwa Muganga ntakindi nakimwe.Gusa kuko wabeshye inkuru yawe irakwinjiriza
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Hhhhhhhh umubwujukuri kbx gx muganga niwe utanga ibyemezo byanyabyo kuko ntipimishwa ijisho
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Hhhhhhhh umubwujukuri kbx gx muganga niwe utanga ibyemezo byanyabyo kuko ntipimishwa ijisho
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Sha byemezwa nibyemezo byo kwa Muganga ntakindi nakimwe.Gusa kuko wabeshye inkuru yawe irakwinjiriza
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
! Biratangaje kd murakoze kubwinama mutujyira
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Hy mwiriwe neza esenigute umuntuyabana numugorwe arwaye ntamwanduze kbs adakoresha agakingirizo
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Hy mwiriwe neza esenigute umuntuyabana numugorwe arwaye ntamwanduze kbs adakoresha agakingirizo
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
! Biratangaje kd murakoze kubwinama mutujyira
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ariko byashoboka mwimugira umusazi.
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Hhhhhh,Imana iturengere pe.
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Hhhhhh,Imana iturengere pe.
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Hhhhhh,Imana iturengere pe.
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Hhhhhh,Imana iturengere pe.
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ariko byashoboka mwimugira umusazi.
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
mana weee! ntibyoroshye ni ukwirinda imibonano idakingiye
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
mana weee! ntibyoroshye ni ukwirinda imibonano idakingiye
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ese uramutse usomanye n’umuntu urwaye sida wakwandura?
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ese uramutse usomanye n’umuntu urwaye sida wakwandura?
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ese iyo umuntu arwaye ubugendakanwa mugasangirira kugikombe kimweashobora kukwanduza?
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ese iyo umuntu arwaye ubugendakanwa mugasangirira kugikombe kimweashobora kukwanduza?
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ese ubimenya après 2mois mumisi mike ntibiboneka
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ese ubimenya après 2mois mumisi mike ntibiboneka
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Twagomba tubabaze akabazo tumaranye iminsi kandi vyukuri muzoba mukoze nimwakatwishura mbega iyo umukobwa agwaye umugera wa sida ngo iyo anyoye amata ntibashobora kubona umugera mu maraso yiwe??
Tubaye turabashimira ku nyishu muza kuduha
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Twagomba tubabaze akabazo tumaranye iminsi kandi vyukuri muzoba mukoze nimwakatwishura mbega iyo umukobwa agwaye umugera wa sida ngo iyo anyoye amata ntibashobora kubona umugera mu maraso yiwe??
Tubaye turabashimira ku nyishu muza kuduha
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Twagomba tubabaze akabazo tumaranye iminsi kandi vyukuri muzoba mukoze nimwakatwishura mbega iyo umukobwa agwaye umugera wa sida ngo iyo anyoye amata ntibashobora kubona umugera mu maraso yiwe??
Tubaye turabashimira ku nyishu muza kuduha
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Twagomba tubabaze akabazo tumaranye iminsi kandi vyukuri muzoba mukoze nimwakatwishura mbega iyo umukobwa agwaye umugera wa sida ngo iyo anyoye amata ntibashobora kubona umugera mu maraso yiwe??
Tubaye turabashimira ku nyishu muza kuduha
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ni bihe bintu umuntu yonwa canke yofungura vyotuma sida itaboneka mu bipimo
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ni bihe bintu umuntu yonwa canke yofungura vyotuma sida itaboneka mu bipimo
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
umva imana ige itubahafi pe
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
umva imana ige itubahafi pe
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
murakoze cyane kunama nziza mutugira murabingirakamaro
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
murakoze cyane kunama nziza mutugira murabingirakamaro
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Abangorec tuzirindagute ko abangabo arubobatuzanira kndi kobatemera gukoresha agakingirizo
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Abangorec tuzirindagute ko abangabo arubobatuzanira kndi kobatemera gukoresha agakingirizo
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ahubwo twirinde sida
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ahubwo twirinde sida
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
inkorora nayo iri mubimenyetso
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
inkorora nayo iri mubimenyetso
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Konumva ndibwa munda byahatonahaoto kd kaba rarabikoze numva iseseme ubwox. Nabanaranduyex
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Konumva ndibwa munda byahatonahaoto kd kaba rarabikoze numva iseseme ubwox. Nabanaranduyex
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
ewan ndumva bitoroshy kbsa
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
ewan ndumva bitoroshy kbsa
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Birakze cyane ahubwo ,nukwirinda bikomeye.
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Birakze cyane ahubwo ,nukwirinda bikomeye.
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Birakomeye cyane ahubwo.
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Birakomeye cyane ahubwo.
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nonese ishobora kugaragara mumaraso hashyize igihe kingana Ute.
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nonese ishobora kugaragara mumaraso hashyize igihe kingana Ute.
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ese gusomana nabyo bitera SIDA utakoze SEX
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ese gusomana nabyo bitera SIDA utakoze SEX
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Mana yajye turide pe kuko birako meye
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Mana yajye turide pe kuko birako meye
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
ese ufite umugore akajya kwamuganga apasanga ubuzimabwe buruzuye ubwo nawe hari ikibazo wowe uba ufite .
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
ese ufite umugore akajya kwamuganga apasanga ubuzimabwe buruzuye ubwo nawe hari ikibazo wowe uba ufite .
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Abasambanaturagowe!
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Abasambanaturagowe!
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ese umuntu urwaye SIDA arwara Umutezi??
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ese umuntu urwaye SIDA arwara Umutezi??
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ese wakandura Umutezi na SIDA icyarimwe ?
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ese wakandura Umutezi na SIDA icyarimwe ?
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ko batabasubiza
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ko batabasubiza
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ko batabasubiza
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ko batabasubiza
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nonese ukoze imibonano idakingiye Kandi murimwe ntanumwe wanduye yaturukahe?
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Nonese ukoze imibonano idakingiye Kandi murimwe ntanumwe wanduye yaturukahe?
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ushobora kwibwira kom utabikoze, yenda waranduye ku bundi buryo. Ikiza nukwipisha kwa muganga
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Ushobora kwibwira kom utabikoze, yenda waranduye ku bundi buryo. Ikiza nukwipisha kwa muganga
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Kurwara mumuhogo ugacira gura nabyose byaba ikimenyetso
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Kurwara mumuhogo ugacira gura nabyose byaba ikimenyetso
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Mpaze umwakankoze imibonano idakingiye ariko sinakomeretse ariko ndumvantambaragapfite
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Mpaze umwakankoze imibonano idakingiye ariko sinakomeretse ariko ndumvantambaragapfite
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Imana iturine pe.
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Imana iturine pe.