Donald Trump yarahiriye kuyobora Amerika

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 yarahiriye kuyobora iki gihugu nka Perezida wacyo wa 47. Ibirori byo kumurahiza byabereye mu nyubako ya Capitol isanzwe ikoreramo Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Byitabiriwe n’abantu b’ingeri zinyuranye, barimo Barack Obama na Joe Biden babaye […]
Rutsiro: Barashima uruhare rw’abanyeshuri n’abarezi mu kugabanya imirire mibi n’igwingira

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro buvuga ko bushima uruhare rw’abanyeshuri n’abarezi bo mu kigo cy’amashuri abanza cya Francophone cy’i Kayove na Kivu Hills Academy ku ruhare bikomeje kugaragaza mu guhangana n’imirire mibi n’igwingira byugarije abana bagatuye. Ni mu gihe aka karere kaza ku mwanya wa mbere mu ntara y’iburengerazuba ku kugira abana bafite igwingira ku gipimo […]
Kagame na Tshisekedi: Nyakati Zilikuwa Nzuri (Picha).

Alhamisi, tarehe 16 Januari, Rais Kagame alizungumza tena kwa maneno mabaya kuhusu mwenzake Félix Antoine Tshisekedi wa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC), akionyesha kuwa uhusiano wao unaendelea kuzorota.
Kagame et Tshisekedi : Quand les temps étaient bons (Photos).

Le jeudi 16 janvier, le prĂ©sident Kagame a de nouveau tenu des propos nĂ©gatifs Ă l’Ă©gard de son homologue FĂ©lix Antoine Tshisekedi de la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo (RDC), indiquant que leurs relations continuent de se dĂ©tĂ©riorer.
Kagame and Tshisekedi: When Times Were Good (Photos)

On Thursday, January 16, President Kagame once again spoke negatively about his counterpart FĂ©lix Antoine Tshisekedi of the Democratic Republic of Congo (DRC), signaling that their relationship is worsening. While hosting diplomats representing their countries and various international organizations in Rwanda, President Kagame alluded to Tshisekedi, stating that some leaders appear foolish to him. He […]
Kagame na Tshisekedi iminsi ikiri myiza (Amafoto)

Perezida Kagame ku wa Kane tariki 16 Mutarama yongeye kuvuga nabi mugenzi we FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo; ibyaciye amarenga y’uko umubano w’aba bombi ukomeje kugana ahabi. Umukuru w’Igihugu ubwo yakiraga mu musangiro abadipolomate bahagarariye ibihugu byabo ndetse n’imiryango mpuzamahanga itandukanye mu Rwanda, asa n’ukomoza kuri Tshisekedi yavuze ko hari abayobozi […]
Nyamagabe: Umugabo arakekwaho icyaha cyo kwica nyirabukwe

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe bwakiriye dosiye y’umugabo wishe nyirabukwe amuteye icyuma. Icyaha akurikiranyweho biravugwa ko yagikoze ku itariki ya 13 Mutarama 2025, mu Mudugudu wa Munanira, Akagari ka Ngambi, Umurenge wa Mbazi, mu Karere ka Nyamagabe mu Ntara y’Amajyepfo. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko kuri uwo munsi uregwa yagiye kwa nyirabukwe, […]
RIB yafunze Emelyne na bagenzi be bagaragara mu mashusho y’urukozasoni yatigishije umujyi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu icyenda barimo Kwizera Emelyne n’itsinda ry’abandi umunani bahuriye mu rubuga rwa WhatsApp rwitwa Rich Gang aho bakurikiranyweho gufata no gusakaza amashusho agaragaza imibonano mpuzabitsina. Nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry aba bantu bafashwe ku itariki ya 17 Mutarama 2025. Ati: ” “Nibyo koko, […]
Bujumbura: Umurambo w’umupolisi wasanzwe mu muferege

Kuri iki Cyumweru gishize mu gitondo, umurambo wa Claude, umukozi wa PNB (Polisi y’u Burundi), wabonetse mu muferege wo mu murwa mukuru w’ubucuruzi, Bujumbura, ariko impamvu y’urupfu rwe ntiramenyekana neza. Mu muferege uri hagati ya Avenue ya 11 mu gace ka Buyenzi (rwagati mu mujyi w’ubucuruzi Bujumbura) n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima rusange, INSP, niho habonetse […]
RDC: Imirwano hagati ya M23 na FARDC yasubukuwe i Sake na Kalehe

Kuri uyu wa Mbere, itariki 20 Mutarama 2025, imirwano yongeye gusubukurwa hagati y’inyeshyamba za M23 n’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zishyigikiwe n’inyeshyamba za Wazalendo hafi ya Sake, nko mu birometero makumyabiri mu burengerazuba bwa Goma nk’uko amakuru agera kuri Kivu Morning Post avuga. Urusaku rw’imbunda ziremereye rwumvikanye muri Sake no mu burengerazuba bwa […]
Umumyamakuru Fatakumavuta yabatirijwe muri gereza

Umunyamakuru Fatakumavuta ufungiwe muri gereza ya Mageragere yatangaje ko amaze igihe yarihindutse mu buzima bwe nyuma yo kwakira Yesu Kristo nk’Umwami n’Umukiza akanabatizwe mu mazi menshi mu Ukuboza 2024 mu itorero ry’Abadivantiste b’Umunsi wa Karindwi. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru b’Isibo Radio bamusuye, Fatakumavuta yavuze ko ubu ari umuntu mushya kandi abayeho neza aho afungiwe. Fatakumavuta […]
Amnesty irashinja FARDC na M23 gukoresha ibisasu bya rutura mu duce dutuwe cyane

Amnesty International yashyize ahagaragara raporo ishinja Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe wa M23 gukoresha ibisasu biturika mu duce dutuwe cyane two mu burasirazuba bw’igihugu. Muri raporo yashyizwe ahagaragara uyu munsi kuwa Mbere, itariki 20 Mutarama 2025, umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, wasabye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) gukora iperereza kuri […]
M23 iri gukoza imitwe y’intoki kuri Minova yigaruriye umusozi indege zikatiraho

Umutwe witwaje intwaro wa M23 waraye wigaruriye umusozi wa Buragiza wo muri Teritwari ya Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo. Umusozi wa Buragiza ni ingenzi cyane, bijyanye no kuba ari wo indege ziturutse mu bice bitandukanye bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari wo zikatiraho mbere yo kugwa ku kibuga cy’indege cya Goma. Ifatwa ry’uyu musozi risobanuye […]
Mumbai: Igipolisi cyafashe uherutse gutera icyuma umukinnyi wa filimi Saif Ali Khan

Abapolisi bo mu Mujyi wa Mumbai mu Buhinde bataye muri yombi umugabo ukekwaho gutera icyuma umukinnyi wa filimi muri Bollywood witwa Saif Ali Khan mu cyumweru gishize. Khan, umwe mu ba star bakomeye mu Buhinde, yatewe icyuma n’umucengezi winjiye iwe, mu gitero cyatunguye igihugu. Ubu arimo koroherwa nyuma yo kubagwa. Kuri iki Cyumweru, itariki 19 […]
Israel na Hamas bahererekanyije imbohe nyuma y’ihagarikwa ry’imirwano muri Gaza

Guhagarika imirwano hagati ya Isiraheli na Hamas byinjiye ku munsi wa kabiri, aho umwe mu baturage ba Gaza yabwiye BBC ko yasinziriye neza ku nshuro ya mbere kuva intambara yatangira “kubera kumva afite umutekano”. Imfungwa 90 zo muri Palesitine zaraye zifunguwe mu rwego rwa mbere rwo guhagarika imirwano, aho serivisi y’amagereza ya Israel yavuze ko […]
U Rwanda rugiye kwakira ibirori by’abafana ba Arsenal

U Rwanda rwatoranyijwe kwakira ibirori by’abafana ba Arsenal muri Afurika bizaba ku nshuro ya gatandatu hagati ya tariki ya 18 na 20 Mata 2025. Ibi ibirori bizahuza abafana b’ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal bo muri Afurika aho bazakora ibikorwa byo gufasha abatishoboye, bakine indi mikino ndetse bagire n’umwanya wo kwishimisha no gusura ubwiza nyaburanga bw’u […]
Tshisekedi yatakambiye abadipolomate asabira u Rwanda ibihano

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye gutakambira amahanga ayasaba gufatira u Rwanda ibihano. Kinshasa ishinja u Rwanda kuba ari rwo ruri inyuma y’umutwe wa M23 bamaze imyaka irenga itatu bari mu ntambara, n’ubwo rwo rwakunze gutera utwatsi ibyo birego. Tshisekedi ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ubwo yakiraga abadipolomate bahagarariye […]
U Rwanda rwanyomoje Amerika

Guverinoma y’u Rwanda yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirushinja kwitambika umushinga wa Lobito zihanganyemo n’ibihugu birimo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu Cyumweru gishize Umunyamabanga wungirije wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi na Afurika, Molly Phee, yabwiye Ibiro Ntaramakuru AFP by’Abafaransa ko u Rwanda rwanze ko uriya mushinga w’inzira ya gari ya […]
Trump yagaruye TikTok muri Amerika

TikTok yongeye gukora muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku Cyumweru nyuma y’uko Perezida Trump atangaje ko azasohora itegeko ryihariye ryo guhagarika ishyirwa mu bikorwa ry’itegeko riyihagarika. Ku wa Gatandatu tariki ya 18 Mutarama 2025, TikTok yari yahagaritse serivisi zayo muri Amerika kubera itegeko ryari ryatowe kubera impamvu z’umutekano w’igihugu. Gusa ku Cyumweru tariki 19 […]
Kaboyi watorotse Rayon Sports WFC yatangajwe muri Yanga

Umunyarwandakazi Jeanine Mukandayisenga wamenyekanye nka Kaboyi yemejwe ku mugaragaro nk’umukinnyi mushya w’ikipe ya Yanga Princess yo muri Tanzania. Uyu mukinnyi yari amaze iminsi ari mu myitozo hamwe n’iyi kipe nyuma yo kuva muri Rayon Sports Women FC yo mu Rwanda. Amakuru kandi agaragaza ko Mukandayisenga yerekeje muri Tanzania mu mwaka ushize, atorotse ikipe ya Rayon […]
Kiliziya yahagaritse umupadiri wakoze ubukwe rwihishwa muri Amerika

Kiliziya Gatolika muri Diyosezi ya Warri, muri Leta ya Delta mu gihugu cya Nigeria yahagaritse Rev. Fr. Daniel Okanatotor Oghenerukevwe ku mirimo y’ubusaserdoti nyuma y’uko bivuzwe ko yakoze ubukwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu itangazo ryashyizweho umukono na Musenyeri wa Warri, Nyiricyubahiro Anthony Ovayero Ewherido hamwe n’Umunyamabanga wa Diyosezi, Padiri Clement Abobo, tariki […]