Zuby Comedy yasenyutse

Umunyarwenya Shizirungu Seka Seth, uzwi nka Seth, yemeje ko we na Mucyo Samson (Samu) batagikorana nk’itsinda rya Zuby Comedy nyuma y’imyaka irenga ine bakorana. Nubwo batandukanye, buri umwe yakomeje ibikorwa bye ku giti cye, ariko izina Zuby Comedy ryasigaye rikoreshwa mu bitaramo bahuriramo. Seth yavuze ko impamvu yo gutandukana atari amafaranga ahubwo ari uko batari […]
Inama ku bagabo bashaka kongera amasohoro

Mu gihe ikibazo cy’ubugumba gikomeje kwiyongera ku isi, impuguke mu by’ubuzima zikomeje gutanga inama zafasha abagabo kongera ubwinshi n’ubwiza bw’amasohoro yabo. Amasohoro ni uruvange rw’ibinyabutabire bikorerwa mu myanya ndangagitsina y’umugabo, kandi akaba afite uruhare runini mu gutera inda. Kugira amasohoro make cyangwa adafite ubuzima bwiza bishobora gutuma umugabo abura ubushobozi bwo gutera inda. Ubushakashatsi bw’Ishami […]
FERWAFA ntikozwa ibyo kugabana na Rayon Sports na APR FC

Perezida wa FERWAFA, Munyentwari Alphonse, yahakanye icyifuzo cya Rayon Sports na APR FC zasabaga ko amafaranga azinjira ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro yagabanywa hagati y’izo kipe na FERWAFA ku kigero cya 50/50. Ni nyuma y’inama rusange idasanzwe ya FERWAFA yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 4 Gicurasi 2025, aho havuguruwe amategeko hagendewe ku mabwiriza […]
U Rwanda mu biganiro byo kwakira abantu Amerika iteganya kwirukana

Guverinoma y’u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bari mu biganiro bigamije kurebera hamwe uko u Rwanda rwakwakira Abanyafurika n’abandi bantu batari Abanyarwanda Amerika iteganya kwirukana ku butaka bwayo. CBS News ivuga ko hari umwe mu bayobozi b’u Rwanda wayibwiye ibijyanye n’amafaranga Amerika igomba kurwishyura ndetse n’izindi ngingo zizaba zikubiye mu masezerano bizaganirwaho birambuye […]
Drones za Urusi Zashambulia Zaporizhzhia: Watu 29 Wajeruhiwa Ikiwemo Mtoto Baada ya Mkataba Mpya wa Ukraine na Marekani

Ijumaa hii, siku moja baada ya Kyiv na Washington kusaini makubaliano muhimu ya madini, mashambulizi ya ndege zisizo na rubani (drones) kutoka Urusi yamewajeruhi watu wasiopungua 29 — wakiwemo watoto — katika mji wa Zaporizhzhia ulioko kusini-mashariki mwa Ukraine. Gavana wa eneo la Zaporizhzhia, Ivan Fedorov, alisema kwamba “watu 29 walijeruhiwa kufuatia shambulio la usiku […]
Attaque de drones russes à Zaporizhzhia : 29 blessés dont un enfant après un nouvel accord entre l’Ukraine et les États-Unis

Ce vendredi, au lendemain de la signature d’un accord majeur sur les ressources minières entre Kyiv et Washington, une attaque de drones russes a fait au moins 29 blessĂ©s — dont un enfant — dans la ville de Zaporizhzhia, situĂ©e au sud-est de l’Ukraine. Le gouverneur de la rĂ©gion de Zaporizhzhia, Ivan Fedorov, a dĂ©clarĂ© […]
Russian Drone Strike Injures 29, Including Child, in Zaporizhzhia After Ukraine-US Agreement

On Friday, just a day after Kyiv and Washington signed a landmark minerals agreement, a Russian drone attack injured at least 29 people — including a child — in the southeastern Ukrainian city of Zaporizhzhia. Ivan Fedorov, Governor of the Zaporizhzhia region, reported that “29 people were injured as a result of the enemy’s overnight […]
Umuhuro w’ibanga wa Kabila na Obasanjo

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahuye mu ibanga na Olegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria. Obasanjo asanzwe ari Hailemariam Desalegn wabaye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia na Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya, mu kwezi gushize bagizwe abahuza mu biganiro bya Luanda na Nairobi byahurijwe hamwe, bigamije gushakira amahoro uburasirazuba […]
“Ataniua!” – Jenerali Muhoozi Achekesha Kuhusu Kumuoa Miss Jolly Mutesi kama Mke wa Pili

Kamanda Mkuu wa Jeshi la Uganda (UPDF), Jenerali Muhoozi Kainerugaba, amemjibu mfuasi wake kwenye X (zamani Twitter) aliyemshauri acheze karata ya kumuoa Miss Jolly Mutesi kama mke wa pili. Akijibu kwa utani, alisema kuwa jambo hilo lingemgharimu maisha kwa mkono wa mke wake Charlotte. Kisa kilianza baada ya Muhoozi kuposti picha akiwa pamoja na Rais […]
« Elle me tuerait ! » — Le Général Muhoozi plaisante sur l’idée de prendre Miss Jolly Mutesi comme seconde épouse

Le Commandant en Chef des Forces ArmĂ©es ougandaises, le GĂ©nĂ©ral Muhoozi Kainerugaba, a rĂ©pondu Ă un de ses abonnĂ©s sur X (anciennement Twitter) qui lui avait suggĂ©rĂ© avec humour d’épouser Miss Jolly Mutesi comme seconde Ă©pouse. En plaisantant, il a dĂ©clarĂ© qu’une telle dĂ©cision lui vaudrait la mort de la part de sa femme Charlotte. […]
“She’d Kill Me!” — Uganda’s Gen Muhoozi Jokes About Taking Miss Jolly Mutesi as a Second Wife

The Commander of Uganda’s Armed Forces, General Muhoozi Kainerugaba, has responded to a fan on X (formerly Twitter) who cheekily suggested he should marry Miss Jolly Mutesi as a second wife. In a lighthearted reply, he joked that doing so would get him killed by his wife Charlotte. This happened after Gen Muhoozi posted a […]
Yafunzwe imyaka 44 aziri icyaha atakoze

Umugabo wo muri Leta ya Louisiana, Vincent Simmons yarekuwe nyuma yo kumara imyaka 44 afunzwe, nyuma y’uko urukiko rusanze atahawe ubutabera bukwiye mu rubanza yashinjwagamo gufata ku ngufu abana b’impanga b’abakobwa bafite imyaka 14 mu 1977. Ku wa mbere, umucamanza Bill Bennett yategetse ko habaho urubanza rushya, ariko ubushinjacyaha bwatangaje ko butazongera kumukurikirana. Nubwo umucamanza […]
Tiwa Savage arashinja abagabo ubugwari mu rukundo

Umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats, Tiwa Savage yatangaje amagambo yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutanga igitekerezo cye ku bagabo b’Abanya-Nijeriya mu kiganiro Thoughts in a Culli cy’urusobe rwa GRM Daily. Tiwa Savage, uzwiho kugira uburere butuma adatangaza cyane ibyiyumvo bye, yavuze ko nubwo abagabo b’Abanya-Nijeriya bafite uburyo bwo kwambara bugezweho kandi bakagira […]
Davido yahaye umufana we Miliyoni 6

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats, Davidobyongeye gutangaza benshi ubwo yahaga umusore wo muri Ghana amafaranga angana na miliyoni 6 n’igice mu manyarwanda (6,500,000 Frw), ni ukuvuga $5,000, kubera uburyo yasubiyemo indirimbo ye With You afatanyije na Omah Lay. Iyi ndirimbo iri kuri alubumu ya Davido yitwa 5ive yasohotse ku wa 18 Mata 2025, ikubiyemo […]
Cardinal Ambongo mu 10 bahabwa amahirwe yo gutorwamo Papa mushyaÂ

Umushumba wa Diyosezi ya Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Cardinal Flidorin Ambongo ari muri ba Karidinali 10 bahabwa amahirwe yo kuvamo Umushumba mushya wa Kiliziya Gatolika ku Isi. Ku wa 7 Gicurasi ni bwo hazatorwa Papa mushya wa 267 ugomba gusimbura Papa Francis witabye Imana mu kwezi gushize. Mu bahabwa amahirwe harimo Ambongo […]
Abasirikare ba FARDC M23 yatsindiye i Goma bageze i Kinshasa

Abasirikare ba mbere bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari baraheze mu mujyi wa Goma nyuma yo kuwutsindirwamo na M23, bamaze kugera i Kinshasa. Muri Mutarama ni bwo aba basirikare batsinzwe na M23 icyo gihe yafashe Goma, biba ngombwa ko bahungira mu kigo cy’ingabo za MONUSCO. Ku wa 30 ku itariki ya […]
Perezida Kagame yakiriye Gén. Doumbouya mu rwuri rwe (Amafoto)

Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu tariki ya 3 Gicurasi, yakiriye mu rwuri rwe ruherereye i Kibugabuga ho mu karere ka Bugesera Perezida w’inzibacyuho wa GuinĂ©e-Conakry, GĂ©nĂ©ral de Brigade Mamadou Doumbouya. GĂ©n. Doumbouya na Madamu we, Lauriane Doumbouya, bari mu Rwanda kuva ku itariki ya 1 Gicurasi, aho bari kugirira uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu. Ni […]