Gen. Makenga yasuye umuhanda M23 iri kubakaÂ

Umugaba Mukuru w’Ingabo za ARC (Igisirikare cy’umutwe wa M23), GĂ©nĂ©ral-Major Sultani Makenga, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Kamena yasuye umuhanda M23 iri kubaka uhuza intara za Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo. GĂ©n. Makenga yasuye imirimo yo kubaka uyu muhanda i Nyabibwe ho muri Teritwari ya Kalehe, muri Kivu y’Amajyepfo. Yari aherekejwe n’Umugaba Mukuru […]
Yaretse konka umugore we nyuma yo guhabwa inkwenene

Rachel Bailey, umugore wâimyaka 32 wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wigeze kwamamara ku mbuga nkoranyambaga ubwo yatangazaga ko yonse umugabo we Alexander, yongeye kuvuga uko abyumva nyuma yo kubihagarika. Mu 2016, ubwo bari mu biruhuko, Rachel yibagiwe ipompo yo gukama amashereka ye maze umugabo we amusaba kumwonsa kugira ngo amufashe gukemura ububabare yari […]
Nyirakuru wa Chriss Eazy nawe yapfuye

Umuhanzi Rukundo Christian, wamamaye nka Chriss Eazy ari mu gahinda nyuma yâuko nyirakuru yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki 24 Kamena 2025. Amakuru yemejwe nâumwe mu bo mu muryango we, avuga ko nyirakuru wa Chriss Eazy yazize uburwayi bwa diyabete yari amaranye igihe, kandi yari amaze igihe yitabwaho nâabaganga bamukurikirana hafi. […]
Burundi: Hospitali ya Ngozi Yapoteza Madaktari Bingwa Zaidi ya Wanane Kila Mwaka

Hospitali kuu ya Ngozi, iliyoko katika mkoa wa Ngozi nchini Burundi, inakabiliwa na hali ngumu kutokana na upungufu mkubwa wa madaktari â huku waliopo nao wakihama kutafuta kazi kwingineko. Tatizo hili linasababishwa na ukosefu wa uwezo wa serikali kuwalipa madaktari bingwa mshahara unaolingana na kazi wanayofanya, pamoja na uhaba wa vifaa muhimu vya tiba vinavyowawezesha […]
Burundi : HĂ©morragie de MĂ©decins SpĂ©cialistes Ă lâHĂŽpital de Ngozi

LâhĂŽpital rĂ©gional de Ngozi, situĂ© dans la province de Ngozi au Burundi, traverse une crise grave en raison du manque de mĂ©decins â et ceux encore en poste quittent Ă©galement lâĂ©tablissement pour chercher du travail ailleurs. Cette situation dĂ©coule du fait que lâĂtat nâa pas les moyens de verser aux mĂ©decins spĂ©cialistes expĂ©rimentĂ©s un salaire […]
Crisis in Burundi: Ngozi Hospital Loses Over 8 Specialist Doctors Every Year

Ngozi Regional Hospital, located in Ngozi Province, Burundi, is facing a severe crisis due to a shortage of doctors â with the few remaining also leaving in search of better opportunities elsewhere. The root cause, according to sources, is the government’s limited capacity to offer specialist doctors a salary that matches their workload, coupled with […]
Burundi: Mu bitaro bya Ngozi abaganga b’ inzobere 8 buri mwaka bata akazi

Ibitaro bikuru bya Ngozi biri mu ntara ya Ngozi mu gihugu cyâ u Burundi biri mu bihe bikomeye, kubera ikibazo cy’ibura ry’abaganga nâ abahari na bo bakaba barimo kuhava bakigira gushakira akazi ahandi. Ibi ngo bigaterwa n’ uko leta ntabushobozi ifite bwo guhemba abaganga binzobere bamenyereye akazi umushahara ujyanye n’ akazi baba bakoze ndetse no […]
Perezida Kagame yakiriye Obasanjo

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Kamena, yahuye anagirana ibiganiro na Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria. Umukuru w’Igihugu na Obasanjo baganiriye ku ngingo zitandukanye. Mu byo baganiriyeho nk’uko Perezidansi y’u Rwanda yabitangaje mu butumwa yanditse ku rubuga rwayo rwa X, harimo “uko ibintu byifashe mu karere ndetse no ku […]
Dao yavuze ku byo gusinya muri APR FC na Singida icyarimwe

Umukinnyi wâUmunya-Burkina Faso Raouf Merel Dao yashimangiye ko azakinira APR FC mu mwaka wâimikino utaha, nyuma yâamakuru yavugaga ko yaba yarasinye muri Singida Big Stars yo muri Tanzaniya. Dao wâimyaka 21 nâumujyanama we Damien Adam Traore bagaragaye ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cya Kigali ku mugoroba wo ku wa Mbere, tariki 23 Kamena, basubira muri Burkina […]
Trump yahaye Israel gasopo

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaburiye bikomeye Israel kuri uyu wa Kabiri, abategeka guhagarika ibitero kuri Iran no gusubiza indege zâintambara iwabo bidatinze. Ibi yabitangaje abinyujije ku rubuga rwe rwa Truth Social, aho yagize ati: “Israel, ntimutere ibyo bisasu. Nimuhite musubiza abapilote banyu inyuma.” Trump yavuze ko Israel iramutse ikomeje ibitero […]
Uganda: Col. Ahimbisibwe na Lt. Col. Byaruhanga ni bo batawe muri yombi bitegetswe na Gen. Muhoozi

Abashinzwe ubutasi babiri bakuru mu Gisirikare cya Uganda (UPDF) baherutse gutabwa muri yombi bitegetswe nâUmugaba Mukuru, Gen. Muhoozi Kainerugaba, bamenyekanye ko ari Colonel Peter Ahimbisibwe, Umuyobozi w’umutwe ushinzwe kurwanya Iterabwoba mu Butasi bwa Gisirikare na Lt. Col. Ephraim Byaruhanga, Umuyobozi wâIbikorwa Bidasanzwe. Ifatwa ryabereye ku cyicaro gikuru cyâingabo gishinzwe ubutasi bwa gisirikare nâumutekano (DIS) i […]
Joseph Kabila i Bukavu

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ari mu mujyi wa Bukavu wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo aho yageze avuye i Goma. Kabila yari amaze ukwezi kurenga aba mu mujyi wa Goma, aho yageze nyuma yo kuva mu buhungiro. Abamwegereye bavuga ko i Bukavu byitezwe ko ahahurira akanagirana ibiganiro […]
Serikali Yapinga Uvumi Kuhusu Afya ya Rais Kagame

Serikali ya Rwanda imethibitisha rasmi kuwa Rais Paul Kagame hajaumwa, kinyume na uvumi ulioenea kwenye mitandao ya kijamii hivi karibuni. Kwa wiki kadhaa zilizopita, wapinzani wa serikali ya Rwanda pamoja na baadhi ya raia wa Congo wamekuwa wakieneza taarifa kuwa Rais anaumwa, huku wengine wakieneza uvumi kuwa tayari amefariki. Wanaosambaza uvumi huu wanasema kuwa Rais […]
Le Gouvernement Rwandais Dément les Rumeurs sur la Santé du Président Kagame

Le gouvernement du Rwanda a dĂ©clarĂ© officiellement que le prĂ©sident Paul Kagame nâest pas malade, contrairement aux rumeurs qui circulent depuis quelques jours sur les rĂ©seaux sociaux. Depuis plusieurs semaines, des opposants au rĂ©gime rwandais et certains Congolais diffusent des informations selon lesquelles le chef de l’Ătat serait malade, certains allant mĂȘme jusqu’Ă prĂ©tendre quâil […]
Rwanda Denies Rumors About President Kagame’s Health

The Government of Rwanda has officially stated that President Paul Kagame is not ill, contrary to recent rumors circulating on social media. For the past few weeks, opposition figures and some Congolese individuals have been spreading claims online that the President is sickâand some even went as far as to allege that he had died. […]
Icyo Guverinoma ivuga ku buzima bwa Perezida Kagame biri guhwihwiswa ko yaba arwaye

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Perezida Paul Kagame atarwaye, ibitandukanye n’ibimaze iminsi bihwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga. Kuva mu byumweru bishize abiganjemo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda ndetse na bamwe mu banye-Congo bari gukwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga inkuru z’uko Umukuru w’Igihugu yaba arwaye, ndetse hari n’abageze n’aho bamubika. Abakwirakwiza izo nkuru babishingira ku kuba Perezida Kagame […]
Iran Yashitakiwa Kuvunja Agahenge, Israel Yatishia Kupigana Mkono

Waziri wa Ulinzi wa Israel amewatisha Iran kuwa imevunja agahenge muda wa masaa mawili tu baada ya makubaliano yaliyopangwa chini ya uratibu wa Donald Trump na Qatar. Waziri wa Ulinzi wa Israel, Israel Katz, amesema watapatia âmajibu yenye nguvuâ na kufanya mashambulizi makali dhidi ya Iran mjini Tehran. Huo ni msimamo wa Israel baada ya […]
Accord de cessez-le-feu rompu ? LâIran accusĂ©e, IsraĂ«l menace de riposter

Le ministĂšre israĂ©lien de la DĂ©fense accuse lâIran dâavoir violĂ© lâaccord de cessez-le-feu seulement deux heures aprĂšs sa signature, dans un accord nĂ©gociĂ© par Donald Trump et le Qatar. Le ministre israĂ©lien de la DĂ©fense, Israel Katz, a dĂ©clarĂ© quâIsraĂ«l rĂ©pondra âavec forceâ et mĂšnera des frappes massives contre lâIran Ă TĂ©hĂ©ran. IsraĂ«l affirme que […]
Iran Accused of Breaking Ceasefire, Israel Threatens Retaliation

Israelâs Ministry of Defense has accused Iran of violating a ceasefire agreement just two hours after it was agreed upon under a deal brokered by Donald Trump and Qatar. Israelâs Defense Minister, Israel Katz, stated that they will ârespond with forceâ and carry out heavy strikes against Iran in Tehran. This follows Israeli claims that […]
Iran yashinjwe kurasa Israel nyuma yâamasezerano yâagahenge

Minisiteri yâingabo ya Israel yatangaje ko Iran yishe amasezerano yâagahenge nyuma yâamasaha abiri gusa bemeranyije kuyubahiriza, amasezerano yari yabayeho ku bufatanye bwa Donald Trump na Qatar. Minisitiri wâingabo wa Israel, Israel Katz yavuze ko bagiye gusubizanya “imbaraga” bagakora ibitero bikomeye kuri Iran mu mujyi wa Tehran. Ni nyuma yâuko Israel ivuze ko yamenye ko Iran […]
Jessie J Afanyiwa Upasuaji wa Matiti Kufuatia Ugonjwa wa Saratani

Mwanamuziki wa Uingereza, Jessie J, ametangaza kuwa amefanyiwa upasuaji wa matiti baada ya kugundulika kuwa na saratani. Msanii huyo mwenye umri wa miaka 37 amesema kwa sasa yuko nyumbani akipumzika akisubiri majibu ya upasuaji huo. Kupitia mitandao ya kijamii, Jessie J aliwashukuru madaktari na wauguzi waliomhudumia, na akashiriki picha na video zinazoonyesha alivyotumia siku mbili […]
Jessie J opĂ©rĂ©e dâun sein aprĂšs un diagnostic de cancer

La chanteuse britannique Jessie J a rĂ©vĂ©lĂ© avoir subi une opĂ©ration du sein aprĂšs avoir Ă©tĂ© diagnostiquĂ©e dâun cancer. Lâartiste de 37 ans a indiquĂ© quâelle se repose actuellement chez elle en attendant les rĂ©sultats de lâintervention. Sur ses rĂ©seaux sociaux, Jessie J a remerciĂ© les mĂ©decins et les infirmiers qui se sont occupĂ©s dâelle, […]
Jessie J Undergoes Breast Surgery After Cancer Diagnosis

British singer Jessie J has revealed that she underwent breast surgery following a cancer diagnosis. The 37-year-old artist shared that she is now resting at home as she awaits the results of the operation. Posting on social media, Jessie J thanked the doctors and nurses who cared for her and shared photos and videos showing […]
Umuhanzi Jessie J yabazwe ibere

Umuhanzikazi wâUmwongerezakazi Jessie J yatangaje ko yabazwe ibere nyuma yo gusanganwa kanseri. Uyu muhanzi wâimyaka 37 yavuze ko ubu ari kuryama mu rugo, arimo gutegereza ibisubizo byâiyo opeÌrasiyo. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Jessie J yashimiye abaganga nâabaforomo bamwitayeho, ndetse asangiza abamukurikira amafoto nâamashusho yerekana uko iminsi ibiri ishize yagenze, harimo nâamashusho aririmba ari mu bitaro […]
Je, Ulaji wa Tufaha Kila Siku Ni na Faida? Majibu ya Kisayansi Haya Hapa

Kuna methali maarufu isemayo: âTufaha moja kwa siku humuepusha mtu na daktari.â Lakini, je, ni kweli? Je, tufaha ndilo tunda lenye manufaa zaidi kiafya? Tufaha ni tunda lililojaa virutubisho vingi. Lina virutubisho vinavyoitwa polyphenols na flavanols vinavyosaidia moyo kufanya kazi vizuri, kushusha kolesteroli mbaya, na kudhibiti kiwango cha sukari kwenye damu. Pia lina nyuzi nyingi, […]
Une pomme par jour : Vraiment bonne pour la santé ? Ce que disent les experts

Il existe un cĂ©lĂšbre dicton : « Une pomme par jour Ă©loigne le mĂ©decin pour toujours. » Mais est-ce vraiment vrai ? La pomme est-elle le fruit le plus bĂ©nĂ©fique pour une bonne santĂ© ? La pomme est un fruit riche en nutriments essentiels. Elle contient des polyphĂ©nols et flavanols qui renforcent la santĂ© du […]
Is an Apple a Day Really Good for You? Here’s What Science Says

Thereâs a popular saying: âAn apple a day keeps the doctor away.â But is it really true? Is the apple truly the healthiest fruit for long-term well-being? Apples are rich in several nutrients. They contain polyphenols and flavanols, which support heart health, reduce bad cholesterol, and help regulate blood sugar levels. Apples also have a […]
Ese kurya pomme buri munsi bifite akamaro?

Hari umugani uzwi cyane uvuga ngo “Kurya pomme buri munsi bigufasha kutajya kwa muganga.” Ariko se, koko ni ukuri? Ese pomme iruta izindi mbuto mu gukomeza ubuzima bwiza? Pomme ni urubuto rukungahaye ku ntungamubiri zitandukanye. Irimo ibyitwa polyphenols na flavanols bifasha umutima gukorana neza, bikagabanya cholesterol mbi, ndetse bigafasha no kugenzura isukari yo mu maraso. […]
Jeshi la RDF Lawakana Uvumi Kuhusu Afya ya Rais Kagame

Jeshi la Ulinzi la Rwanda (RDF) limejitenga na taarifa ya uongo inayoenezwa mtandaoni ikidai kuwa Rais Paul Kagame ni mgonjwa mahututi. Tangu usiku wa Jumatatu, tarehe 23 Juni, taarifa hiyo feki imekuwa ikisambaa sana kwenye mitandao ya kijamii. Taarifa hiyo ya kughushi inadai kwamba Rais Kagame anaumwa sana, hali yake ni mbaya, na anahudumiwa na […]
Les Forces Rwandaises Démentent les Rumeurs sur la Santé du Président Kagame

Les Forces de dĂ©fense du Rwanda (RDF) ont pris leurs distances avec un communiquĂ© mensonger diffusĂ© sur les rĂ©seaux sociaux, affirmant que le prĂ©sident Paul Kagame serait gravement malade. Depuis la nuit du lundi 23 juin, cette fausse information circule largement sur les plateformes sociales. Le faux communiquĂ© indique que le prĂ©sident Paul Kagame souffrirait […]
RDF Refutes Rumors About President Kagame’s Health

The Rwanda Defence Force (RDF) has distanced itself from a false statement circulating online claiming that President Paul Kagame is seriously ill. Since the night of Monday, June 23, this fake statement has been widely shared on social media. The fabricated message claims that President Paul Kagame is suffering from a severe illness, is in […]
RDF yitandukanyije n’iby’uko Perezida Kagame arembye

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), cyitandukanyije n’itangazo ryacyitiriwe rivuga ko Perezida Paul Kagame arembye. Kuva mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 23 Kamena ni bwo iri tangazo ryatangiye gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga. Iri tangazo rihimbano rivuga ko Perezida Paul Kagame afite uburwayi bukomeye, akaba atameze neza ndetse akaba ari kwitabwaho n’abaganga b’inzobere. Risaba kandi […]
FARDC Yaituhumu M23 kwa Mauaji ya Raia Walungu

Jeshi la Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (FARDC) limeituhumu muungano wa AFC/M23 kwa kuwaua raia 17 siku ya Jumapili, tarehe 22 Juni 2025, majira ya saa 12:30 jioni, katika kijiji cha Munzinzi, cheo cha Ngweshe, eneo la Walungu, mkoa wa Kivu Kusini. Katika taarifa iliyotolewa siku ya Jumatatu, tarehe 23 Juni 2025, FARDC iliongeza kuwa […]
Le FARDC Accuse le M23 dâAvoir MassacrĂ© des Civils Ă Walungu

Les Forces ArmĂ©es de la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo (FARDC) accusent la coalition AFC/M23 dâavoir tuĂ© 17 civils le dimanche 22 juin 2025, aux alentours de 18h30, dans le village de Munzinzi, chefferie de Ngweshe, territoire de Walungu, au Sud-Kivu. Dans un communiquĂ© publiĂ© ce lundi 23 juin 2025, les FARDC ajoutent que plusieurs maisons […]
FARDC Accuses M23 of Massacring Civilians in Walungu

The Armed Forces of the Democratic Republic of Congo (FARDC) have accused the M23/AFC coalition of killing 17 civilians on Sunday, June 22, 2025, around 6:30 PM in Munzinzi village, located in Ngweshe Chiefdom, Walungu Territory, South Kivu Province. In a statement released on Monday, June 23, 2025, FARDC added that many houses were also […]
FARDC irashinja M23 kwica abasivili muri Walungu

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) cyashinje ihuriro rya AFC / M23 kuba ngo ku Cyumweru, itariki ya 22 Kamena 2025, ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba ryarishe abasivili 17 mu Mudugudu wa Munzinzi, muri Sheferi ya Ngweshe, Teritwari ya Walungu, muri Kivu y’Amajyepfo. FARDC mu itangazo rya yo ryashyizwe […]
Burundi Hatari Kuvunjika Kwa Sababu ya Umaskini â Onyo Kutoka kwa Mchumi AndrĂ© Nikwigize

Mtaalamu mashuhuri wa uchumi kutoka Burundi, AndrĂ© Nikwigize, ameonya kwamba iwapo hakuna hatua za haraka zitakazochukuliwa, Burundi iko kwenye njia ya kuanguka kabisa kutokana na hali mbaya ya kiuchumi. Kwa mujibu wa Nikwigize, nchi inaangamia kwa sababu serikali imepuuza ushauri wa mara kwa mara kutoka kwa wataalamu wa uchumi ambao wamekuwa wakionya kuhusu hali ya […]
Le Burundi au Bord de lâEffondrement Ă Cause de la PauvretĂ© â Alerte dâAndrĂ© Nikwigize

LâĂ©conomiste burundais AndrĂ© Nikwigize avertit que si rien nâest fait rapidement, le Burundi risque de sâeffondrer totalement Ă cause de la grave dĂ©tĂ©rioration de son Ă©conomie. Selon Nikwigize, le pays sâeffondre parce que le gouvernement a ignorĂ© les conseils rĂ©pĂ©tĂ©s des experts en Ă©conomie, qui nâont cessĂ© de signaler la mauvaise gestion de lâĂ©conomie, accaparĂ©e […]
Burundi on the Brink of Collapse Due to Poverty â Warns Economist AndrĂ© Nikwigize

A prominent economist from Burundi, AndrĂ© Nikwigize, warns that unless urgent action is taken, Burundi is heading toward total collapse due to its deteriorating economic situation. According to Nikwigize, the country is collapsing because the government has continuously ignored expert advice from economists who have repeatedly raised concerns about the nationâs economy, which has largely […]
Ntagikozwe u Burundi butembagajwe n’ ubukene “Andre Nikwigize”

Umuhanga mu byâ ubukungu ukomoka mu gihugu cyâ u Burundi AndrĂ© Nikwigize aratangaza ko mu gihe ntagikozwe kandi cyihuta igihugu cyâ u Burundi kigiye gutembagara burundu bitewe nâ uko ubukungu bwâ iki guhugu bwifashe nabi.  AndrĂ© Nikwigize kubwe avuga ko igihugu kigiye gutembagazwa nuko leta itigeze yumva impanuro yagiye ihabwa nâabahanga mu byâ ubukungu […]
HABARI MPYA: Trump Atangaza Iran na Israel Wakubali Kusitisha Mapigano

Rais wa Marekani, Donald Trump, ametangaza kwamba makubaliano ya kusitisha mapigano âkikamilifuâ kati ya Israel na Iran âyamekubalika kabisa.â Trump alisema kuwa usitishaji huo wa mapigano unatarajiwa kuanza katika saa chache zijazo huku mataifa hayo mawili âyakipotoka na kukamilisha mashambulizi na ujumbe wao wa mwisho unaoendelea.â Trump alitoa tangazo hilo kupitia mtandao wake binafsi wa […]
URGENT : Trump Annonce un Accord de Cessez-le-feu entre l’Iran et IsraĂ«l

Le prĂ©sident des Ătats-Unis, Donald Trump, a annoncĂ© quâun cessez-le-feu âtotalâ entre IsraĂ«l et lâIran avait Ă©tĂ© âpleinement approuvĂ©â. Trump a dĂ©clarĂ© que le cessez-le-feu devrait commencer dans les prochaines heures, les deux pays sâĂ©tant âcalmĂ©s et ayant terminĂ© leur escalade et leurs derniĂšres missions en cours !â Lâannonce a Ă©tĂ© faite sur Truth Social, […]
BREAKING: Trump Announces Iran and Israel Have Agreed to a Ceasefire

U.S. President Donald Trump has announced that a “complete” ceasefire between Israel and Iran has been “fully agreed upon.” Trump stated that the ceasefire is expected to begin within the next few hours as both countries have “cooled down and completed their escalations and final ongoing missions.” The announcement was made via Trumpâs personal social […]
Trump aratangaza ko Iran na Israel byemeye guhagarika imirwano

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko ihagarikwa ry’imirwano âryuzuyeâ hagati ya Israel na Iran â ryemeranyijwe rwoseâ. Trump avuga ko biteganijwe ko imirwano itangira guhagarara mu masaha ari imbere ibihugu byombi âbimaze gucururuka no kurangiza iterambere ryabyo n’ubutumwa bugikomeje bwa nyuma!â Trump yatangaje mu butumwa yanditse ku rubuga […]
DRC: Waziri wa Ulinzi Awakumbusha Wanajeshi â âUsimsaliti Congo Kamweâ

Katika ziara yake ya kitaifa, Naibu Waziri Mkuu na Waziri wa Ulinzi wa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo, Guy Kabombo Muadiamvita, alitembelea Kota-Koli, kituo cha mafunzo cha vikosi maalum cha FARDC, kilichoko kilomita 90 kutoka Gbadolite, mji mkuu wa Nord-Ubangi. Akiwa huko, Waziri alizungumza na wanajeshi walioko mafunzoni na kuwakumbusha kauli kuu ya kijeshi: âUsimsaliti […]
RDC : Le Ministre de la DĂ©fense rappelle aux soldats le serment âNe trahis jamais le Congoâ

Dans le cadre dâune tournĂ©e nationale, le Vice-Premier ministre et ministre de la DĂ©fense de la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo, Guy Kabombo Muadiamvita, a visitĂ© Kota-Koli, un centre dâentraĂźnement des commandos des FARDC situĂ© Ă environ 90 km de Gbadolite, capitale de la province du Nord-Ubangi. Sur place, le ministre a tenu une sĂ©ance avec […]
DRC Defense Minister Reminds Soldiers: âNever Betray Congoâ

As part of his nationwide tour, the Deputy Prime Minister and Minister of Defense of the Democratic Republic of Congo, Guy Kabombo Muadiamvita, visited Kota-Koli, a training center for FARDC commandos located about 90 kilometers from Gbadolite, the capital of Nord-Ubangi Province. During this visit, the Minister held a session with soldiers in training and […]
RDC: Minisitiri w’ingabo yibukije abasirikare ihame shingiro ry’igisirikare

Mu rugendo amazemo iminsi azenguruka igihugu, Minisitiri wâintebe wungirije wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo akaba na Minisitiri w’Ingabo, yasuye Kota-Koli, ikigo cyâimyitozo yâabakomando ba FARDC, giherereye mu birometero 90 uvuye i Gbadolite, umurwa mukuru wâIntara ya Nord-Ubangi. Aho, Minisitiri Guy Kabombo Muadiamvita yagiranye ikiganiro hamwe n’abasirikare bari mu myitozo, aho yabibukije ihame shingiro […]