Perezida Touadéra ari mu Rwanda

Perezida Faustin-Archange TouadĂ©ra wa Repubulika ya Centrafrique, ari mu Rwanda aho kuri iki cyumweru tariki ya 23 Ugushyingo yatangiye uruzinduko rw’akazi. Ni uruzinduko azamaramo iminsi ibiri nk’uko Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda yabitangaje, mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa X. Perezida TouadĂ©ra ubwo yageraga ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali yakiriwe n’abayobozi barangajwe imbere […]
Ese FDLR ishobora gutangira kugabwaho ibitero?

I Washington, intumwa z’Abanyekongo, Abanyarwanda, Abanyamerika, na Qatar batangiye gutekereza ku bikorwa byo kugaba ibitero ku mutwe wa FDLR (urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda), umutwe wafatiwe ibihano na Loni kandi ufatwa nk’uwabajenosideri na Leta y’u Rwanda. Iyi yari ingingo nyamukuru yo kuganirwaho ku wa Gatatu no ku wa Kane, itariki ya 20 Ugushyingo, mu nama ya […]
RDC: Lt. Gen. Masunzu yasimbujwe General Major Nyembo Abdallah

General Major Nyembo Abdallah muri iki cyumweru yagizwe umuyobozi w’Akarere ka 3 k’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC ), asimbuye kuri uwo mwanya Lt. General Pacifique Masunzu uherutse gufatwa no koherezwa i Kinshasa. Akarere ka 3 ka gisirikare karimo intara za Maniema, Kivu y’Amajyaruguru, Kivu y’Amajyepfo, Bas-UĂ©lĂ©, Tshopo, Haut-UĂ©lĂ© na Ituri. Lt. Gen. […]
Igihugu cya Afurika cyabaye icya mbere ku Isi cyohererejwe n’u Burusiya za Sukhoi-57Â

U Burusiya bwoherereje AlgĂ©rie indege ebyiri z’intambara zo mu bwoko bwa Sukhoi-57, iki gihugu cyo mu majyaruguru ya Afurika kiba icya mbere cyakiriye ziriya ndege zo mu kiragano cya gatanu. U Burusiya bwemeje ko bwahaye AlgĂ©rie ziriya ndege muri iki cyumweru, mu imurikagurisha ry’indege ryabereye i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu. Umuyobozi w’u Burusiya […]
Ibitero bya hato na hato by’abantu bitwaje intwaro bihangayikishije abaturage muri Sake

Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu, rishyira kuri iki Cyumweru, itariki ya 22 Ugushyingo, abantu bitwaje intwaro babibye ubwoba mu gace ka MosquĂ©e muri Sake, ku birometero 27 mu burengerazuba bw’Umujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’ibitero byagabwe ku isaha ya saa mbiri z’ijoro ku isaha yaho. Nk’uko abaturage benshi […]
Perezida Zelenskyy yemeye ko Ukraine igeze mu mayira abiri

Kuri uyu wa Gatanu ushize Perezida wa Ukraine yagaragaje ko igihugu cye ubu kigomba guhitamo hagati y’ibintu bibiri bikomeye cyane ari byo: Gutakaza agaciro cyangwa kubura umufatanyabikorwa w’ingenzi. Yatangaje ibi akomoza ku mushinga w’amasezerano wateguwe na Amerika n’u Burusiya bigaragara ko usaba Ukraine kuzigomwa ibice bimwe by’ubutaka bwayo. Perezida Volodymyr Zelenskyy yavuze ko Ukraine igomba […]
Masisi: AFC/M23 yafashe Umujyi wa Mahanga nyuma yo kwirukansa FARDC na Wazalendo

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 22 Ugushyingo 2025, umujyi wa Mahanga muri Gurupoma ya Nyamaboko ya 1 (Teritwari ya Masisi) muri Kivu y’Amajyaruguru, waguye mu maboko y’inyeshyamba za AFC / M23, nyuma y’imirwano ikaze hagati yabo n’ingabo za leta zishyigikiwe na Wazalendo. Biravugwa ko kuva ku wa Gatanu, itariki ya 21 Ugushyingo, inyeshyamba za […]
Nigeria: Abana basaga 300 bashimutiwe mu ishuri gaturika

Abana n’abakozi barenga 300 biravugwa ko bashimuswe mu ishuri ry’Abagatolika muri Nigeria muri iki cyumweru, muri bumwe mu bushimusi bukabije bwigeze bukorwa aho hantu. Ishyirahamwe ry’Abakirisitu muri Nigeria (CAN) ryatangaje kuri uyu wa Gatandatu ushize ko ryazamuye umubare w’abavanywe mu ishuri rya St Mary muri Leta ya Niger, ku wa Gatanu, ugera kuri 315 bavuye […]
Mozambique: Umuyobozi ushinzwe Cabo Delgado yasuye Inzego z’Umutekano z’u Rwanda

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Intara ya Cabo Delgado, Fernando Bemane de Sousa, kuri uyu wa Gatandatu, itariki 22 Ugushyingo 2025, yasuye Inzego z’umutekano z’u Rwanda (RSF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Karere ka MocĂmboa da Praia. Yari aherekejwe n’Umuyobozi w’Akarere ka MocĂmboa da Praia, Sergio Domingo Cypriano, Umuyobozi ushinzwe ubukangurambaga no kwinjiza […]
Uvira: Babiri biciwe mu mirwano hagati y’imitwe 2 ya wazalendo

Abarwanyi babiri ba Wazalendo bapfuye ku gicamunsi cyo kuwa Gatandatu, itariki ya 22 Ugushyingo, nyuma y’imirwano yabaye hagati y’imitwe ibiri ya Wazalendo i Sange. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko iyi mirwano yarimo imitwe ya Wazalendo ya Ngoma Nzito na Kamama, yarwaniye rwagati muri Sange. Martin Fikiri, umuhuzabikorwa wa Sosiyete Sivile Nshya (NSCC) muri […]