Imihanda yo muri Kigali yatangiye gushyirwamo imirongo izwi nka “yellow box”

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 6 Nzeri, Polisi yâu Rwanda ku bufatanye na Minisiteri yâibikorwaremezo nâikigo cyâigihugu gishinzwe iterambere ryâubwikorezi (RTDA) batangije ubukangurambaga bwâumutekano wo mu muhanda bugamije gusobanurira abakoresha umuhanda kubahiriza imirongo yâumuhondo inyuranamo izwi nka âYellow Boxâ mu rurimi rwâicyongereza ishyirwa mu masangano yâimihanda, nâikoranabuhanga ryifashishwa mu kugenzura iyubahirizwa ryâamategeko agenga umuhanda. […]
Kinshasa: Abadepite 14 batawe muri yombi baranacucurwa

Umudepite ku rwego rw’igihugu, wavuganye na ACTUALITE.CD, utifuje ko amazina ye amenyekana yavuze kuri uyu wa Gatandatu ko yatawe muri yombi ndetse na bagenzi be cumi na batatu, barimo abagore batatu, ku wa Gatanu nyuma ya saa sita i Kinshasa. Yavuze ko bafashwe ahagana mu ma saa kumi igihe bari barimo gukusanya imikono kugirango basabe […]
Bitakwira ntiyumva ukuntu abasirikare bafatanwe Bunagana kugeza Bukavu bazamurwa bakanoherezwa Uvira

Uwahoze ari umudepite wa Kivu y’Amajyepfo, Justin Bitakwira, yatanze umuhamagaro kuri Perezida FĂ©lix Tshisekedi na guverinoma ye ku bijyanye n’iki kibazo avuga ko ari “ingorabahizi” mu Mujyi wa Uvira, nyuma y’iminsi itatu yikurikiranye ubuzima bwarahagaze muri uyu mujyi nta gikorwa cy’ubukungu, nta rujya n’uruza, n’amasoko afunze. Ni nyuma y’imyigaragambyo imaze iminsi muri Uvira yatewe n’inyeshyamba […]
FARDC iremeza ko ishyigikiye byimazeyo Gen. Gasita wanzwe na Wazalendo

Igisirikare cya Congo, kibinyujije ku muvugizi wacyo Maj. Gen. Sylvain Ekenge, cyemeje ko Brig. Gen. Olivier Gasita, umaze iminsi yarabujijwe n’Abawazalendo gukora inshingano ze bamwita icyitso cya M23, yagizwe Umuyobozi w’Akarere ka 33 ka gisirikare muri Uvira mbere y’uko Goma na Bukavu bifatwa. Gen. Sylvain Ekenge yasabye Abanyekongo kumva amabwire y’abashaka gucamo ibice Abanyekongo, by’umwihariko […]
Putin aravuga ko azarimbura ingabo z’u Burayi zizoherezwa muri Ukraine

Kuri uyu wa Gatanu, Perezida wâu Burusiya yavuze ko “bidashoboka” kugirana amasezerano na Ukraine ku bibazo byâingenzi, anashimangira kandi ko Moscou itazigera yemera ko Ukraine iba umunyamuryango wa NATO. Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko Moscou izafata ingabo zâamahanga zose zizoherezwa ku butaka bwa Ukraine nk’ âibipimo byemewe byo kurimburaâ. Mu ijambo rye, mu […]
Uganda: Kandida depite wa NRM wakubise minisitiri w’intebe ari mu mazi abira

Urukiko rwo muri Uganda rwagumishije muri gereza Onesmas Twinamasiko, umukandida depite wâishyaka National Resistance Movement (NRM) riri ku butegetsi muri Uganda wiyamamarizaga guhagararira Bugangaizi East mu nteko, azira gukubita Minisitiri w’Intebe, Robinah Nabbanja, igihe habaga amakimbirane ya politiki mu Karere ka Kakumiro. Urukiko rukuru rwa Kibaale kuwa Gatatu rwashinje Twinamasiko icyaha cyo gukubita no kubabaza […]
Ebola yongeye kwaduka muri RDC imaze guhitana abarenga 15 muri Kasai

Inzego zâubuzima muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zatangaje ko icyorezo cya Ebola cyongeye kwaduka, aho Minisiteri yâubuzima ivuga ko byibuze kuva mu mpera za Kanama nibura abantu cumi na batandatu bamaze gupfa. Iki cyorezo gishya cyibasiye Intara ya Kasai, hagati mu gihugu. Biravugwa ko iki cyorezo cya Ebola cyagaragaye bwa mbere muri RDC ku […]
Abatwara abagenzi mu buryo bwa rusange basabwe korohereza abanyeshuri basubira ku mashuri

Kuva ku wa Gatanu, tariki ya 5 Nzeri, abanyeshuri bazaba barimo gusubira ku bigo by’amashuri, gutangira igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri wa 2025/2026, hirya no hino mu turere dutandukanye tw’igihugu. Polisi y’u Rwanda yaboneyeho gushishikariza abo bireba bose byâumwihariko ibigo bitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, abayobozi b’ibigo byâamashuri n’ababyeyi b’abana, kubahiriza ibyo basabwa bijyanye […]
Ingendo (zo mu kirere) ntizikwiye kuba iz’abakire gusa – Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yagaragaje ko nubwo umugabane wa Afurika wagize iterambere mu bijyanye n’urwego rw’ingendo zo mu kirere, ukomeje guhura n’imbogamizi z’igiciro kiri hejuru ndetse no kubura ibikorwaremezo bijyanye nazo, mu gihe ashimangira ko ingendo zo mu kirere zitagakwiye kuba iz’abifite gusa. Ibi Perezida Kagame yabivuze ubwo yatangizaga ku mugaragaro inama ya Aviation […]
Dore ubwirinzi bw’ikirere 5 bwa mbere buhambaye ku Isi

Ibihugu birimo gushora imari igaragara muri sisitemu z’ubwirinzi bw’ibitero byo mu kirere mu gihe ubwoba bw’ibitero nk’ibi bugenda bwiyongera. Indege, drone, misile zo mu bwoko bwa cruise missile, missile ballistique ni bike mu byago ubu buryo bw’ubwirinzi bwakorewe mu kuvumbura, gukurikirana, no gusenya. Ukurikije ubushobozi bwabwo, urwego, hamwe n’ikoranabuhanga rigezweho, dore sisitemu 10 za mbere […]
Umunyamabanga wungirije wa Monusco agarutse muri RDC ku nshuro ya 3 mu mwaka

Umunyamabanga wungirije wâUmuryango wâAbibumbye ushinzwe Ibikorwa byo Kubungabunga Amahoro, Jean-Pierre Lacroix, ari muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuva kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 3 Nzeri nk’uko byatangajwe na MONUSCO. Uru ruzinduko rw’akazi rukurikira uruzinduko yakoze muri iki gihugu muri Gashyantare na Werurwe kandi bivugwa ko rugamije gushimangira ubushake bw’Umuryango wâAbibumbye mu gushyigikira inzira […]
Burkina Faso: Abafaransa bakomeje gufatirwa mu burengerazuba bwa Afurika bashinjwa ubutasi

Nyuma ya Mali, muri Burkinafaso na ho Umufaransa yatawe muri yombi ku itariki ya 28 Nyakanga n’inzego z’ubutasi. Kuva icyo gihe yafungiwe ahantu hatazwi. Jean-Christophe PĂ©gon ni umuyobozi wa ONG ikorera muri Burkina Faso yitwa Inso, itanga amakuru yâumutekano ku miryango itabara imbabare. Uyu mwenegihugu wâu Bufaransa arakekwaho gukora ibikorwa by’ubutasi nâubutegetsi bwa gisirikare buriho. […]
Cabo Delgado: Inzego z’Umutekano z’u Rwanda zahaye ba mudugudu amagare

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 3 Nzeri 2025, abashinzwe umutekano bo mu Rwanda (RSF) muri Mozambique batanze amagare ku bayobozi b’imidugudu mu karere ka MocĂmboa da Praia, mu Ntara ya Cabo Delgado, mu rwego rwo gukomeza guharanira kurwanya iterabwoba, gushyigikira iterambere ryâabaturage, no gushimangira imiyoborere yâibanze. Umuhango wo gutanga aya magare wabereye kuri pavilion ya […]
SANDF ntizi igihe kajugujugu 5 za yo zakwamiye muri RDC zizahavira

Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) cyabwiye ikinyamakuru Janes ko nta tariki gifite y’igihe kajugujugu zacyo eshanu za Oryx kuri ubu zaheze muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zizahavira. Umuvugizi wa SANDF yagize ati: “Ntabwo dufite itariki, ariko turimo kubikoraho.” Nyamara, ku itariki ya 22 Kanama, SANDF yahakanye ko kajugujugu eshatu zari mu butumwa bwâUmuryango wâAbibumbye […]
Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi wa ASECNA witabiriye Aviation Africa Summit 2025

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu, itariki 3 Nzeri 2025, Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Prosper Zo’o Minto’o, Umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe umutekano w’ingendo zo mu kirere muri Afurika na Madagascar (ASECNA) uri mu Rwanda aho yitabiriye ya Aviation Africa Summit 2025 izabera i Kigali muri Radisson Blu kuva ku itariki ya 4-5 […]
Ikinyoma kimaze ibinyejana ku ngano nyayo y’Umugabane wa Afurika

Ikarita ya Mercator, yakozwe bwa mbere mu kinyejana cya 16, imaze igihe kinini ari yo karita igenderwaho mu kugenda no mu burezi, ariko ukuri kwayo gukomeje gushidikanwaho. Urugero, Greenland ikunze kugaragara ari nini nka Afurika, mu gihe mu by’ukuri Afurika iyikubye inshuro 14. Ibindi bihugu byinshi byo mu majyaruguru bigaragazwa nk’aho byenda kungana n’umugabane wa […]
RDC: Mbeki ntakibonwa nk’umuhuza utabogamye nubwo bemera uruhare rwe mu biganiro bya Sun City

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 2 Nzeri, kuri Radio na Televiziyo bya Congo (RTNC), Minisitiri wâitumanaho nâitangazamakuru, akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya, yongeye gusobanura aho Guverinoma ya Congo ihagaze ku kijyanye nâibiganiro byâamahoro byateguwe na Fondasiyo ya Thabo Mbeki wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo. Mu gihe yemera uruhare […]
Igisirikare cy’u Burundi gikomeje kohereza ingabo n’ibikoresho byinshi muri Kivu y’Amajyepfo

Uruhererekane rw’imodoka nyinshi zuzuye Abasirikare bâAbarundi n’ibikoresho zimaze iminsi zigaragara mu gace ka Kaburantwa, mu Ntara ya Cibitoke, mu majyaruguru yâuburengerazuba bwâu Burundi, zerekeza muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Bivugwa ko abo basirikare bitwaje intwaro nyinshi boherejwe kongerera ingufu Ingabo z’u Burundi ziri mu Karere ka Minembwe, muri Kivu y’Amajyepfo, aho zikorana nâIngabo zâigihugu […]
Juba: Umugaba wungirije wa UNMISS yasezeye Ingabo za RDF

Umuyobozi mukuru wungirije ushinzwe ibikorwa na gahunda mu butumwa bwâUmuryango wâAbibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), Brig Gen. Kanobayire; akaba anakora nk’Intumwa Nkuru y’igihugu; kuri uyu wa Kabiri yasuye abashinzwe kubungabunga amahoro b’Abanyarwanda babarizwa muri RWANBATT3 iherereye i Durupi, mu nkengero za Juba, mu rwego rwo kubasezeraho. Yakiriwe nâumuyobozi wâIngabo za RWANBATT3, Colonel Leodomir Uwizeyimana, ahabwa […]
RDC: Umunyapolitiki Kibala yabujijwe kwitabira ibiganiro byateguwe na Thabo Mbeki

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 2 Nzeri, umuyobozi wâabatavuga rumwe nâubutegetsi Jean-Claude Kibala ntiyashoboye kujya muri Afurika y’Epfo mu biganiro byateguwe na Thabo Mbeki, byatumiwemo abanyapolitiki batandukanye bo muri RDC barimo na Corneille Nangaa. Uyu wahoze ari Minisitiri wâabakozi ba Leta yafatiriwe pasiporo ye y’abadipolomate ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cya Ndjili nâubuyobozi bukuru bushinzwe […]
Ubushinjacyaha bwagaragaje ibyagezweho mu mwaka w’ubucamanza 2024-2025

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 1 Nzeri 2025, mu Ngoro yâInteko Ishinga Amategeko habereye igikorwa cyo gutangiza Umwaka wâUbucamanza wa 2025-2026. Ni igikorwa cyari kiyobowe na Nyakubahwa Perezida wâUrukiko rwâIkirenga, Rt. Hon. MUKANTAGANZWA Domitilla cyitabiriwe nâabagize inzego zâ Urunana rwâUbutabera. Mu ijambo rye, Umushinjacyaha Mukuru HABYARIMANA AngĂ©lique yagaragaje ko Ubushinjacyaha bwakiriye amadosiye 78.489 mu […]
RDC: Urugo rwa Mutamba rwagabweho igitero mbere gato y’uko akatirwa

Mbere y’icyemezo cy’urukiko mu rubanza rwâuwahoze ari Minisitiri wâubutabera, Constant Mutamba, mu ijoro ryo ku wa Mbere rishyira kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 2 Nzeri 2025, urugo rwe rwagabweho igitero n’inzego z’umutekano. Nkâuko byatangajwe nâishyaka Nogec, abereye perezida, abasirikare nâabapolisi bateye mu rugo rwe ahagana mu ma saa cyenda z’urukerera, batatanya abamushyigikiye kandi bata […]
Burkina Faso: Hatowe itegeko rihana ubutinganyi

Muri Burkinafaso hakozwe impinduka zitandukanye mu mategeko, nk’aho umuntu wese uzahamwa n’icyaha cyo kuryamana kw’abahuje igitsina azajya ahanishwa igifungo kuva ku myaka ibiri kugeza ku myaka itanu n’ihazabu, nk’uko Minisitiri wâubutabera, Edasso Rodrigue Bayala, yabisobanuye nyuma yâitegeko rishya ryatowe. Minisitiri yongeyeho ati: “Mu gihe habaye gusubiramo icyaha, niba uwabikoze atari umwenegihugu wa Burkinabe, azirukanwa mu […]
Burundi: Hatawe muri yombi uwacungaga imitungo ya General Bunyoni

Uwitwa Donatien Mbonicura, ukomoka mu mudugudu wa Matyazo mu Karere ka Mwaro mu Ntara ya Gitega (hagati mu Burundi), yatawe muri yombi ku Cyumweru, ku itariki ya 24 Kanama 2025, afatiwe i Kinindo, mu majyepfo ya Bujumbura, umurwa mukuru w’ubukungu. Uyu ufatwa nk’incuti magara ya General Alain Guillaume Bunyoni, bivugwa ko yacungaga mu ibanga imitungo […]
Sudani: Inkangu yatabye umudugudu wose 1000 bahasiga ubuzima harokoka 1

Inkangu idasanzwe mu karere ka Darfur mu burengerazuba bwa Sudani yatabye umudugudu wose hapfa abantu barenga 1000 nk’uko byatangajwe n’umutwe w’inyeshyamba uhagenzura kuri uyu wa Mbere ushize. Umudugudu wose wagiye hasi harokoka umuntu umwe Umutwe wa Sudan Liberation Movement/Army wavuze ko iyi nkangu yabaye ku Cyumweru mu Mudugudu wa Tarasin, uherereye mu misozi ya Marra […]
Senegal: Inama Kagame yagiriye urubyiruko rwa Afurika mu nama ya AFS Forum

Muri iki gitondo cyo kuwa Mbere i Dakar, muri Senegal hateraniye inama nyafurika ku kwihaza mu biribwa izwi nka “Africa Food Systems Forum” ya 2025, aho Perezida Kagame wifatanyije na Perezida Bassirou Diomaye Faye Senegal, yagiriye inama urubyiruko yo kudahunga ibibazo bagahangana nabyo kuko n’aho bahungira babisangayo. Urubyiruko hamwe nâabayobozi muri gahunda zâibiribwa bikomoka mu […]
Umuyobozi wa Komisiyo ya EU, Ursula von der Leyen, ntiyahiriwe n’uruzinduko rwe muri Bulgaria

Umuyobozi wâishyaka ryo muri Bulgaria riharanira ububyutse kandi rishyigikiye u Burusiya, Kostadin Kostadinov, yafashwe amashusho abuza imodoka kwinjira ku ruganda rwâintwaro i Sopot mu ruzinduko rwa Perezida wa Komisiyo y’u Burayi, Ursula von der Leyen, kuri iki Cyumweru, itariki 31 Kanama 2025. Iri shyaka riharanira inyungu z’abenegihugu ryagerageje kubuza Perezida wa Komisiyo yâu Burayi, Ursula […]
Maniema: Abawazalendo bitambitse abashinzwe kurinda pariki babambura intwaro

Ahitwa Lubutu, mu majyaruguru ya Maniema, itsinda ry’inyeshyamba za wazalendo riyobowe n’uwiyise Major Mbinga ryabujije abashinzwe kurinda Parike y’Igihugu ya Maiko gukora akazi bashinzwe, aho bivugwa ko babambuye intwaro zabo z’akazi nk’uko byemejwe n’abayobozi. Emile Omari, umuyobozi wungirije wa Teritwari ya Lubutu, ku Cyumweru yabwiye ACTUALITE.CD ati: “Batwaye intwaro zimwe z’abarinzi ba Parike ya Maiko. […]
Afghanistan: Abantu bagera muri 500 bishwe n’umutingito abandi 1000 barakomereka

Nibura abantu 500 bapfuye abandi 1.000 barakomereka mu mutingito wibasiye uburasirazuba bwa Afghanistan nk’uko byatangajwe na radio na televiziyo by’iki gihugu kuri uyu wa Mbere, itariki ya 1 Nzeri 2025. Abayobozi b’inzego z’ibanze kugeza ubu batangaje ko hapfuye abantu nibura abantu icumi, muri buri mudugudu umwe mu burasirazuba bwa Afghanistan, bwibasiwe n’umutingito ufite ubukana bwa […]
Israel yivuganye Umuvugizi wa Hamas

Minisitiri wâingabo muri Israel, Israel Katz, yatangaje ko Umuvugizi wa Hamas, Abu Obeida, yiciwe mu gitero cyâindege cya Israel. Abu Obeida w’imyaka 40, ni we muntu uheruka muri Hamas uzwi cyane wishwe na Israel, nyuma y’uko igisirikare cyayo kishe abayobozi ba Hamas, Yahya Sinwar na Ismail Haniyeh. Hagati aho nk’uko tubikesha DW, Impirimbanyi yo muri […]
U Bufaransa buhangayikishijwe n’umudipolomate wabwo umaze iminsi afungiwe muri Mali

Hagati muri Kanama, ubuyobozi bwa Mali bwatangaje ko bwaburijemo “kugerageza guhungabanya inzego za Repubulika.” Abasirikare benshi, barimo abajenerali babiri, barafashwe. Mu bashinjwa kugira uruhare muri uku “kugerageza” guhungabanya ubutegetsi, harimo nâUmufaransa wavuzwe nk’umwe mu batangije iki gikorwa. Paris irabihakana kandi igaragaza ko ihangayikishijwe n’uyu mudiplomate wabwo. I Paris, ngo hari impungenge zikomeye z’umwenegihugu wâu Bufaransa […]
Mu Rwanda hatangiye kubakwa ikiyaga cy’igihangano kizava i Kigali kikagera muri Vunga

Mu Rwanda hatangiye kubakwa ikiyaga cy’igihangano kizaba gikubye kabiri Ikiyaga cya Muhazi kizaturuka i Kigali kikagera mu Ntara y’Iburengerazuba. Aya makuru yashyizwe ahagaragara kuri iki Cyumweru, itariki 31 Kanama 2025, na Ambasaderi Jean de Dieu Uwihanganye, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwaremezo abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X. Amb. Uwihanganye yanditse ati: “Amakuru meza yo […]
Jeannette Kagame ni umwe mu bitabiriye amasengesho ya “Young Leaders Prayer Breakfast”

Kuri iki Cyumweru, itariki 31 Kanama 2025, muri Kigali Convention Centre hateraniye amasengesho yâurubyiruko yo gusengera Igihugu azwi nka Young Leaders Prayer Breakfast yitabiriwe nâabarenga 600 biganjemo urubyiruko, abayobozi mu nzego Nkuru zâIgihugu nâabandi. Madamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, ni umwe mu banyacyubahiro bari muri Kigali Convention Centre, aho yitabiriye aya masengesho y’abayobozi […]
Abatunze imbwa mu Rwanda bategetswe kuzibaruza no kwerekana ko zakingiwe

Abafite imbwa mu Rwanda basabwe kuzibaruza ku buyobozi bw’imidugudu no kwerekana ibimenyetso byerekana ko zakingiwe buri mwaka, mu rwego rw’ubusabe bwâIkigo cy’Igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda (RAB). Uyu muhamagaro watanzwe ku itariki ya 29 Kanama, rishingiye ku itegeko ryâubuzima bwâinyamaswa ryo mu 2008 ndetse nâitegeko rya minisitiri ryo mu 2020, yombi agamije gukumira uburangare […]
AFC/M23 iravuga ko Kinshasa yakajije umurego mu kwibasira abaturage n’ibirindiro byayo

Ihuriro rya AFC/M23 riravuga ko kuri uyu wa Gatandatu, itariki 30 Kanama 2025, ubutegetsi bwa Kinshasa bwateye indi ntambwe mu mugambi wabwo mubisha butangiza intambara yagutse, aho bushinjwa gutera amabombe ubutaruhuka mu bice bituwe cyane ndetse bukagaba ibitero ku birindiro by’ingabo zabo. Ibi byatangajwe kuri iki Cyumweru, itariki 31 Kanama n’Umuvugizi wa AFC/M23, Laurence Kanyuka, […]
Yemen: Aba-Houthi bemeye ko minisitiri w’intebe wabo yishwe na Israel

Umutwe w’inyeshyamba z’Aba-Houthi wo muri Yemeni wemeje ko uwiyise Minisitiri wâintebe Ahmed Ghaleb Nasser al-Rahawi yiciwe mu gitero cyâindege cya Israel mu ntangiriro z’iki cyumweru. Uyu mutwe ushyigikiwe na Iran wavuze ko ku wa Kane, abandi bayobozi bakuru benshi bishwe ubwo Igisirikare cya Israel (IDF) cyagabaga igitero ku murwa mukuru wa Yemeni, Sanaa. Igisirikare cya […]
Byinshi kuri CTTC Mayange ikigo gityaza abapolisi kabuhariwe mu kurwanya iterabwoba

Polisi y’u Rwanda ni rumwe mu nzego z’umutekano zihatiye kubaka ubushobozi bwihariye bujyanye no kurwanya iterabwoba. Mu ngamba zafashwe nâuru rwego, ku ikubitiro hashinzwe ikigo cyihariye gishinzwe gutanga amahugurwa yo kurwanya iterabwoba. Nguko uko ikigo cyâamahugurwa yo kurwanya iterabwoba (Counterterrorism Training Center-CTTC) cya Mayange cyavutse. Iki kigo giherereye mu Karere ka Bugesera cyashinzwe mu mwaka […]
Thailande: Minisitiri w’Intebe yirukanwe azira kunenga igisirikare cy’igihugu cye

Minisitiri wâIntebe wa Thailande yakuwe ku mirimo ye nâUrukiko rushinzwe Kurinda Itegeko Nshinga, azira kunenga igisirikare cy’igihugu cye. Paetongtarn Shinawatra yirukanwe kurenga ku mabwiriza agenga imyitwarire y’umuyobozi nyuma y’uko ikiganiro yagiriye kuri telefoni gishyizwe ku karubanda muri Kamena, aho yumvikanye ahamagara nyirarume w’uwahoze ari umuyobozi wa Cambodge, Hun Sen, anenga Ingabo za Thailande, mu gihe […]
Ibihugu 10 bya mbere ku Isi bifite aba “millionaires” benshi mu madolari

Leta Zunze Ubumwe za Amerika nk’igihugu cya mbere gikize kurusha ibindi ku Isi, kiyoboye urutonde rw’ibihugu 10 bya mbere bifite abaturage benshi batunze amafaranga ari hejuru ya miliyoni y’amadolari nk’uko biherutse gushyirwa ahagaragara na Credit Suisse. Dore ibihugu 10 bya mbere bifite aba millionaires benshi: 1.USA: 21,951,319 2.U Bushinwa: 6,013,282 3.U Bwongereza: 3,061,553 4.U Bufaransa: […]
RDC yateye utwatsi ubutumire bwa Mbeki mu nama yatumiwemo Kabila na Corneille Nangaa

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, yateye utwatsi ubutumire bw’uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo mu nama ku mahoro n’umutekano bizabera mu gihugu cye, byatumiwemo na bamwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, kuva ku itariki ya 3 kugeza ku ya 6 Nzeri 2025. Mu bantu bo muri Guverinoma ya Congo bari batumiwe bivugwa […]
Ibigo byâabikorera bitanga serivisi zâumutekano byasabwe kongera ubunyamwuga

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 28 Kanama, ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, Polisi yâu Rwanda ku bufatanye na Minisiteri yâAbakozi ba Leta nâUmurimo (MIFOTRA), bagiranye inama nâabayobozi bâibigo byigenga bitanga serivisi zâumutekano hagamijwe kurebera hamwe uko bakomeza kuzuza inshingano zabo kinyamwuga no gukorera mu mucyo. Iyi nama yibanze ku kongera imbaraga mu […]
Pologne: Umupilote wa F-16 wari mu myitozo yahuye n’uruva gusenya

Indege y’intambara yo mu bwoko bwa F-16 y’ingabo zirwanira mu kirere za Pologne yakoze impanuka mu myitozo yo mu kirere kuri uyu wa Kane ushize i Radom. Ibitangazamakuru byaho byavuze ko indege yaguye nabi aho indege zihagurukira ahagana saa 19:30 CET. Umuvugizi wa guverinoma, Adam Szlapka, yemeje ko umuderevu w’indege yaguye muri iyo mpanuka ku […]
Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi wa UNHCR, Filippo Grandi

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, itariki, 28 Kanama, muri Village Urugwiro, Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Impunzi, Filippo Grandi. Ibiganiro byabo byibanze ku gushimangira ubufatanye bwâu Rwanda na UNHCR, harimo uruhare runini rwâu Rwanda mu gushyira imbere kurengera impunzi, kwishyira hamwe, no gushaka ibisubizo birambye. Filippo Grandi yageze mu Rwanda […]
Huye: Hatangiye amatora ya komite y’ihuriro ryâabana

Mu Karere ka Huye hatangiye amatora yâabagize ihuriro ryâabana kuri buri rwego. Aya matora akorwa hahereye ku rwego rwâUmudugudu kugeza ku rwego rwâIntara, akitabirwa nâabana kuva ku myaka 6 kugeza kuri 17 yâamavuko. Kuri uyu wa 28 Kanama 2025, hakozwe amatora ya Komite yâihuriro ryâabana. Ni amatora yakozwe ku rwego rwa buri mudugudu no ku […]
U Rwanda rwemeje ko rwakiriye abimukira boherejwe na Guverinoma ya Amerika

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko rwakiriye abimukira barindwi baturutse muri Amerika, mu rwego rw’amasezerano yo kwimura abantu bari muri Amerika mu buryo butemewe yasinywe hagati y’ibihugu byombi muri uyu mwaka. Umuvugizi wa Guverinoma, Yolande Makolo yavuze ko: “Itsinda rya mbere ryâabimukira barindwi basuzumwe bageze mu Rwanda hagati muri Kanama.” Yavuze ko abo bimukira bacumbikirwa nâumuryango […]
Perezida Putin na Kim Jong Un bategerejwe mu Bushinwa

Akarasisi ka gisirikare kazabera i Beijing mu rwego rwo kwibuka imyaka ishize u Buyapani bwemeye kuyamanika nyuma yo gutsindwa mu Ntambara ya Kabiri y’Isi Yose kazakurikiranwa na Kim Jong Un, Umuyobozi wa Koreya ya Ruguru ndetse na Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, nk’uko byemejwe n’u Bushinwa. Ibi birori bizaha Vladimir Putin na Kim Jong Un […]
Minembwe: Habyukiye imirwano ikaze irimo igitero cya drone cyibasiye abasivili

Kuri uyu Kane kuva mu rukerera mu Minembwe, muri Kivu y’Amajyepfo habyukiye imirwano ikaze irimo n’ibitero birimo icya drone bya FARDC, Mai-Mai, FDLR, Igisirikare cy’u Burundi n’abacanshuro bakoresheje indege itagira abaderevu mu gushyigikira ingabo ziri ku butaka imirwano ikaba yari ikomeje ubwo twandikaga iyi nkuru. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Umutwe wa Twirwaneho uvuga ko saa saba […]
Kabila, Katumbi, Nangaa na Kamerhe bagiye guhurira mu biganiro byateguwe na Thabo Mbeki

Abanyapolitiki benshi bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), barimo uwahoze ari perezida, Joseph Kabila, umunyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi, MoĂŻse Katumbi, Umuhuzabikorwa wâIhuriro rya politiki na gisirikare rirwanya ubutegetsi AFC/M23, Corneille Nangaa, na Perezida wâInteko Ishinga Amategeko ya RDC, Vital Kamerhe, batumiriwe kuzitabira icyiciro cya kabiri cyâibiganiro nyafurika ku mahoro nâumutekano biteganijwe ku itariki […]
RDC irashidikanya ku bwenegihugu n’umubare w’impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda

Kugeza ubu, imibare igaragaza ko impunzi z’Abanyekongo zahungiye mu Rwanda zigera ku 83.000, ahanini bitewe n’intambara n’urugomo bimaze imyaka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Guverinoma ya Kinshasa ivuga ko ishaka koroshya itahuka ryabo, ariko irashaka kubanza kumenya niba imibare yatanzwe na Kigali ari ukuri kandi ikanamenya niba koko ari Abanyekongo. Ku wa […]
Cabo Delgado: Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 27 Kanama, Umuyobozi wâabashinzwe umutekano b’u Rwanda (Rwanda Security Force) ziri muri Mozambique, Maj Gen Emmy K. Ruvusha, yakiriye Umugaba w’Ingabo z’iki gihugu (FADM), Maj Gen AndrĂ© Rafael Mahunguane ku cyicaro gikuru cyabo, muri Mocimboa da Praia, Intara ya Cabo Delgado. Ibiganiro byabo byibanze ku kibazo cyâumutekano mu Ntara ya […]
RDC: Abanyamerika bamaze guhabwa impushya 7 zo gucukura amabuye arimo lithium

Kuri uyu wa Gatatu, hatangajwe ko KoBold Metals, isosiyete icukura amabuye y’agaciro ishyigikiwe nâabaherwe bâAbanyamerika Jeff Bezos na Bill Gates, zabonye impushya zirindwi zo gushakisha lithium nâandi mabuye y’agaciro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Biravugwa ko igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyasinyanye amasezerano na KoBold muri Nyakanga, yemerera iyi sosiyete yâAbanyamerika gutangiza […]
U Rwanda na Mozambique byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu kurwanya iterabwoba

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki 277 Kanama 2025, muri Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yakiriye Perezida Daniel Francisco Chapo wa Repubulika ya Mozambique, ubwo yatangiraga uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda. Abakuru b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro imbonankubone ku ngingo z’ingenzi zâubufatanye bukomeje hagati yabyo. Perezida Kagame na mugenzi we wa Mozambique, Perezida Chapo, […]
RDC: Isomwa ry’urubanza rw’uwahoze ari minisitiri w’ubutabera ryimuwe

Isomwa ry’ubanza rwa Constant Muntamba, wahoze ari minisitiri w’ubutabera, ryari riteganyijwe kuri uyu wa Gatatu ryimuriwe mu kwezi gutaha. Itariki itaha yo gutanga umwanzuro muri uru rubanza izamenyeshwa ababuranyi bireba nk’uko biteganywa n’amategeko, nk’uko byatangajwe n’urukiko rw’i Kinshasa rwaburanishije uru rubanza. Mu iburanisha riheruka, umushinjacyaha yasabiye Mutamba igihano cyo kumara imyaka 10 akora imirimo y’agahato […]
Miliyari zisaga 35 z’amashilingi yaburiwe irengero muri Uganda Airlines

Ubuyobozi bukuru bwa Uganda Airlines bwongeye gucanwaho umuriro nyuma yâubugenzuzi budasanzwe bwerekanye ko miliyoni 9.2 z’Amadolari ( miliyari 35.2 Shs) zâamafaranga anyuranyije n’amategeko yishyujwe abagenzi nk’aya serivisi bahawe, abagenzuzi bavuga ko adashobora kuboneka kuri konti yâisosiyete kandi ashobora kuba yaranyerejwe. Raporo yâUbugenzuzi Budasanzwe bw’Ubugenzuzi Bukuru ku micungire yâimisoro nâimicungire yâamavuta yâindege mu mwaka wa 2021/22 […]
U Bufaransa bwasubije Madagascar uduhanga tw’abantu 3 barimo umwami bishwe mu myaka 128 ishize

U Bufaransa bwasubije muri Madagascar uduhanga dutatu twâabantu twabitswe mu nzu ndangamurage ya Paris mu gihe cy’imyaka 128, nyuma yo gusahurwa mu gihe cyâabakoloni, harimo nâako bikekwa ko ari ak’umwami wa Madagascar waciwe umutwe n’Ingabo z’Abafaransa. Agahanga, bikekwa ko ari ak’Umwami Toera, n’utundi tubiri tw’abantu bo mu bwoko bwa Sakalava, twashyikirijwe Madagascar ku mugaragaro mu […]
RDC: Imirwano hagati ya FARDC n’inyeshyamba za Mobondo yaguyemo bane

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 26 Kanama, ku muhanda wa 17, hagati yâimidugudu ya Tubakita na Limete, muri Teritwari ya Kwamouth mu Ntara ya MaĂŻ-Ndombe, mu burengerazuba bwa Congo, biravugwa ko abarwanyi bane b’umutwe witwara gisirikare wa Mobondo biciwe mu mirwano yabahuje na FARDC. Nkâuko Umuvugizi wâibikorwa bya gisirikare aho, Capt. Antony Mualushayi abitangaza, […]
Bugesera: MINALOC yakoze ubugenzuzi bw’isuku, isukura n’imitangire ya serivisi

Kuri uyu wa Mbere ushize, itsinda rya Minisiteri yâUbutegetsi bwâIgihugu (MINALOC) ryasuye Akarere riganira nâUbuyobozi ku gikorwa bajemo cyâubugenzuzi bw’ibikorwa by’isuku n’isukura, Umuganda, imikorere y’Inteko z’Abaturage n’imitangire ya serivisi. Iri tsinda ryasuye Akarere ka Bugesera, ryakiriwe n’Umuyobozi w’Akarere Mutabazi Richard ari kumwe nâabayobozi bâamashami mu karere. Umukozi ushinzwe ubugenzuzi mu nzego zâibanze muri Minisiteri yâUbutegetsi […]
Perezida Kagame yakiriye abadepite baturutse muri Amerika

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 26 Kanama 2025, muri Village Urugwiro, Perezida Kagame yakiriye Abadepite b’Abarepubulikani bo Nteko Ishinga Amategeko ya Amerika. Abo badepite ni; Austin Scott, wo muri Georgia na Salud Carbajal wo muri California bombi bakorera muri komite ishinzwe ibijyanye n’igisirikare ndetse na Jimmy Panetta wo muri Komite y’Inteko ishinzwe […]
RDC: Abasirikare bashinjwa kugerageza guhirika Tshisekedi basabiwe imyaka 15 y’igifungo

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 25 Kanama, umushinjacyaha yasabiye ibihano bikomeye abayobozi bakuru bâingabo zâigihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), baregwa kuba barateguye umugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida FĂ©lix Tshisekedi. Mu iburanisha ry’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare ryabereye nu ruhame muri Gereza ya Ndolo, umushinjacyaha wa gisirikare yasabye imyaka 15 yâigifungo […]
RDC: Abawazalendo bitambitse umuhango wo gushyingura Col. Gisore n’umugore we

Gushyingura Colonel Patrick Gisore nâumugore we, Yvonne Nyamahoro, baherutse gupfa bapfiriye mu mpanuka yâindege ya gisirikare yabereye i Kisangani ku itariki ya 16 Kanama, byavuyemo urugomo kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 25 Kanama muri Uvira, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma y’uko Inyeshyamba za Wazalendo, zishyigikiwe nâabategetsi ba Congo, zihagaritse uwo […]