Imbamutima za Arsene nyuma yo kurata penaliti yabujije APR FC igikombe
Umukinnyi mushya wa APR FC, Tuyisenge Arsene warase penaliti ku mukino wa nyuma muri Cecafa Kagame Cup bigatuma ikipe ye itakaza igikombe, yagize icyo atangariza itangazamakuru ubwo yageraga mu Rwanda. Arsene yahushije penariti yatumye APR FC ibura igikombe cya CECAFA Kagame Cup cyaberaga muri Tanzania, mu mukino wa nyuma wabaye ku cyumweru gishize aho batsinzwe […]
Kiyovu Sports yisubije uwari umukinnyi wayo imukuye muri APR FC
Ikipe ya Kiyovu Sports yisubije umukinnyi Rwabuhihi Placide wari umaze imyaka ine muri APR FC. Uyu mukinnyi yasubiye muri Kiyovu Sports yubakiyemo izina nyuma y’uko atandukanye na APR FC. Placide yasubiye muri Kiyovu Sports ahita asinya amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe yambara umweru n’icyatsi. Nyuma yo gusanga Kiyovu Sports yujuje ibyangombwa bisabwa n’Ishyirahamwe rya […]
Robertinho yamaze kumvikana na Rayon Sports
Umutoza ukomoka muri Brazil, Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo bakunze kwita Robertinho yamaze kumvikana n’ikipe ya Rayon Sports. Robertinho wanyuze muri Rayon agiye kuyigarukamo mu gihe cy’umwaka umwe. Nyuma y’uko batandukanye n’umutoza mukuru Julien Mette, Rayon Sports yahise itangira ibiganiro na Robertinho na we utari ufite akazi. Amakuru avuga ko Robertinho azizanira umutoza wungirije uziyongera […]
Perezida Kagame yakiriye abagize uruhare mu bikorwa byo kwiyamamaza

Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, Perezida Kagame akaba na Chairman wa FPR Inkotanyi na Madame Jeannette Kagame bakiriye abantu bari mu ngeri zinyuranye bagize uruhare mu migendekere myiza y’ibikorwa byo kwiyamamaza. Uyu muhango waranzwe n’umugoroba wo gusangira wabereye kuri Kigali Convention Centre ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru. Mu ijambo rye Perezida Paul Kagame […]
Rutahizamu w’Umunye-Congo wijunditse KNC yagaragaye muri TP Mazembe
Rutahizamu w’umunye-Congo (DRC) Cedric Lisele wahoze akinira Gasogi United akaza gutandukana nayo bitameze neza yagaragaye mu myitozo y’ikipe ya TP Mazembe i Lubumbashi. Uyu rutahizamu yagaragaye mu myitozo yo muri iki cyumweru ndetse bikekwa ko yaba yamaze kuyisinyira. Goma Sportif itangaza ko ubuyobozi bwa TP Mazembe nta mwanzuro bwari bwafata kuri uyu mugabo bityo ko […]
Shaiboub wakiniraga APR FC yaguzwe miliyoni 131 Frw

Umunya-Sudan Sharaf Eldin Shaiboub Ali uherutse gutandukana n’ikipe ya APR FC kuri ubu iri kubarizwa muri Tanzania yasinye mu ikipe ya Al Hilal Benghaz yo muri Libya. Uyu mukinnyi yasinye muri iyi kipe amasezerano y’imyaka ibiri avuye muri APR FC yagezemo umwaka ushize akayifasha kwegukana igikombe cya Shampiyona idatsinzwe. Ikinyamakuru Africa Transfer Market gitangaza ko […]
Umunyamakuru Tijara Kabendera yapfushije nyina
Umunyamakuru Tijara Kabendera wanyuze ndetse amenyekana kuri Radio na Televiziyo Rwanda, yapfushije umubyeyi we [Mama] yari asigaranye. Uyu mubyeyi wari ugeze mu zabukuru yapfuye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Nyakanga 2024. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Tijara Kabendera yatangaje ko yababajwe no kubura umubyeyi mu buryo butunguranye. Yagize ati: “Mbabajwe […]
Urukiko rwemeje gatanya n’uko Platini atabyaranye na Olivia
Umuhanzi Nemeye Platini yatandukanye byemewe n’amategeko na Ingabire Olivia bari barashakanye nk’uko Urukiko rwemeje. Uyu mwanzuro wo gutandukana wemejwe nyuma y’ikirego cy’abo bombi cyatanzwe mu Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata ku wa 11 Mutarama 2024, cyakirwa ku wa 15 Mutarama 2024. Aba bombi basabaga Urukiko ko rwakwemeza ubwumvikane bwabo mu gutandukana burundu, rugasesa isezerano bagiranye mu […]
Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda yapfuye
Ambasaderi wari uhagarariye igihugu cya Qatar mu Rwanda, Misfer bin Faisal Mubarak Al-Ajab Al-Shahwani, yapfuye. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku wa 19 Nyakanga 2024 atangajwe na Minisitiri w’Intebe akaba n’uw’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Mohammed bin Abdulrahman Al-Thani. Abinyujije ku rukuta rwe rwa X Minisitiri w’Intebe yagize ati: “Twihanganishije twebwe ubwacu ndetse n’imiryango ya nyakwigendera Misfer […]
Bwa mbere APR FC ishobora gutwarira Cecafa hanze y’u Rwanda
Bwa mbere APR FC ishobora gutwarira Cecafa Kagame Cup hanze y’u Rwanda nyuma y’uko igeze ku mukino wa nyuma isezereye Al Hilal muri 1/2 kuri penaliti 5-4 nyuma y’uko amakipe yombi anganyije ubusa ku busa. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Nyakanga 2024 nibwo hakomezaga imikino ya 1/2 cya CECAFA Kagame Cup imaze iminsi […]
Yakoresheje Drone mu gufata umugore we wamucaga inyuma na Sebuja

Umugabo ukomoka mu Bushinwa yafashe umugore we wamucaga inyuma yifashishije akadege katagira umupilote kazwi nka Drone gakoreshwa na ‘remote’. Amazina ye ni Jing, yakoze iki gikorwa cy’ubumaneko ku mugore we nyuma yo kumucyeka ko yaba amuca inyuma. Uyu mugabo yatangiye gukeka ko umugore yaba amuca inyuma, bitewe n’uko yagendaga amuburira umwanya. Kubera imico itari myiza […]
APR FC irongera guhatanira miliyoni 39 Frw

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Nyakanga 2024 imikino ya 1/2 muri CECAFA Dar Port Kagame iri kubera muri Tanzania irakomeza. Imikino yose ko ari ibiri iteganyijwe uyu munsi i Dar es salaam, muri Tanzaniya. APR FC yo mu Rwanda iratana mu mitwe na Al Hilal (yo muri Sudani) kuri Stade KMC. Aya makipe […]
Haruna Niyonzoma yatangiye guterana amagambo n’aba-Rayon
Haruna Niyonzima uherutse gusinya muri Rayon Sports yatangiye imyitozo ye ya mbere gusa yayitangiye aterana amagambo n’abafana ba Rayon Sports. Ku wa Kane tariki ya 18 Nyakanga 2024 nibwo Haruna Niyonzoma yatangiye imyitozo nyuma y’uko agarutse muri Rayon Sports yaherukagamo mu myaka 17 ishize. Rayon Sports igitangaza ko yamusinyishije bamwe mu bafana batangiye kumutera imijugujugu […]
Rutahizamu Abeddy yasinyiye ikipe yo muri Mozambique
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” Biramahire Abeddy, yasinye mu kipe ya Clube Ferroviário de Nampula (Nampula Railway Club) yo mu cyiciro cya mbere muri Mozambique. Biramahire Abeddy yasinyiye iyi kipe avuye muri UD Songo yo mu cyiciro cya mbere muri Mozambique yagezemo muri Gashyantare 2023 nyuma y’uko yari avuye muri Al-Suwaiq Club yo muri […]
Ferwafa yavuze ku byo kwemeza abanyamahanga 12 ku mukino

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, Ferwafa ryatangaje ko ritigeze rimenyesha abanyamuryango bayo bakina ikiciro cya mbere mu Rwanda ko bongereye umubare w’Abanyamahanga bemewe ku mikino ya Shampiyona. Ibi yabitangaje nyuma y’amakuru yavugaga ko amakipe azakina shampiyona y’u Rwanda mu mwaka w’imikino 2024-2025, yamenyeshejwe ko yemerewe gukinisha abanyamahanga umunani mu kibuga ariko ku rupapuro rw’abakinnyi bakoreshwa […]
Abakobwa bazavamo Miss Uganda barwaniye mu mwiherero
Abakobwa bazatoranywamo uzaba Nyampinga wa Uganda barwaniye mu mwiherero barimo mbere y’uko batoranywa. Abakobwa batandukanye bahatanye mu Irushanwa rya Miss Uganda barwaniye mu mwiherero nk’uko bigaragara mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga. Mu mashusho aba bakobwa baba bahanganye aho bafatana mu mashati kugera ubwo bakizwa n’abari hafi aho bashinzwe iri rushanwa. Aba bakobwa barwanye mu […]
Amavubi ntiyazamutse cyangwa ngo amanuke
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yisanze ku mwa wa 131 yari iriho ku rutonde rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA). Kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Nyakanga 2024 nibwo Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryasohoye uko amakipe y’ibihugu akurikirana. Mu rutonde rwaherukaga gusohoka muri Kamena 2024 u Rwanda nabwo rwari kuri uwo mwanya […]
King Saha yikomye igipolisi cya Uganda
Ku wa gatatu tariki ya 17 Nyakanga 2024, byavuzwe ko umuhanzi King Saha wavukiye mu gace ka Ssemanda Manisul, yafungiwe i Bukoto na Polisi ya Uganda. Ku munsi w’ejo hashize King Saha yari mu bahanzi baririmbye muri Villa Restaurant iherereye i Bukoto. Ubwo uyu muhanzi yageraga ku rubyiniro atangiye gususurutsa abari aho, inzego z’umutekano zaje […]
APR FC mu ihurizo ry’abakinnyi 12 b’abanyamahanga imaze kugura
Ikipe y’Ingabo z’igihugu yujuje abakinnyi 12 b’abanyamahanga igomba gukoresha mu mwaka w’imikino uratangira muri Kamena uyu mwaka. APR FC nk’ikipe izasohokera u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League iri kwiyubaka igura abakinnyi bakomeye b’abanyamahanga. Kugeza ubu APR FC imaze kugura abakinnyi 6 b’abanyamahanga biyongera ku bandi 6 yari yasigaranye bose hamwe bakaba 12. Abakinnyi […]
Nkundineza Jean Paul yasabiwe igifungo cy’imyaka itanu
Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yasabiwe igifungo cy’imyaka itanu mu gihome mu bujurire bw’ubushinjacyaha bw’icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge. Ubujurire bw’ubushinjacyaha na Nkundineza Jean Paul bwaburanishijwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Nyakanga 2024 mu rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge. Muri uru rubanza, Ubushinjacyaha bwagaragaje ko butishimiye imikirize y’urubanza rwa Nkundineza kubera inenge zarugaragayemo aho bavuga […]
Shampiyona ya Tanzania igiye kujya ikoreshwamo VAR
Ikoranabuhanga ryunganira abasifuzi rizwi nka VAR, riratangira gukoreshwa muri shampiyona y’ikiciro cya Mbere muri Tanzania umwaka utaha w’imikino wa 2024-2025 nk’uko byemejwe na Minisitiri w’intebe w’iki gihugu gituranyi cy’u Rwanda, Kassim Majaliwa. Ku wa Mbere w’iki cyumweru tariki ya 15 Nyakanga 2024 nibwo muri Tanzania hatagajwe ku mugaragaro ko bazakoresha VAR muri shampiyona. Umuhango wo […]
APR FC yacapuye Enyimba yigeze kunyagira Rayon Sports
Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, APR FC yateye gapapu Enyimba yo muri Nigeria yegukana umukinnyi ukina asatira, Chidiebere Johnson Nwobodo wakiniraga Enugu Rangers yo muri Nigeria. APR FC yamaze kumvikana n’uyu musore wahise asanga bagenzi be muri Tanzania, aho iyi kipe iri gukinira imikino ya CECAFA Kagame Cup. Bivugwa ko nyuma yo kumvikana ibya nyuma n’ikipe […]
Gareth Southgate yeguye
Umutoza Gareth Southgate watozaga ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, yamaze kwegura kuri iyi mirimo nyuma yo gutakaza Igikombe cya Euro 2024. Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Nyakanga 2024, nibwo Gareth Southgate w’imyaka 53 yatangaje ko yamaze gusezera ku nshingano ze. Mu butumwa yashyize hanze yagize ati: “Nk’Umwongereza wishimye, byari umunezero gukinira no gutoza Ikipe […]
Kylian Mbappé yerekanwe i Madrid – Amafoto

Umukinnyi ukina asatira Kylian Mbappé ukomoka mu gihugu cy’u Bufaransa yerekanwe muri Real Madrid yo muri Espagne aherutse gusinyira. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Nyakanga 2024 muri sitade ya Real Madrid byari ibirori ubwo berekanaga Kylian Mbappé nk’umukinyi mushya baherutse kugura. Abafana b’iyi kipe y’ubukombe bari babukereye baje guha ikaze uyu rutahizamu baherutse […]
Dore uko isi izaba imeze muri 2070
Abakoresha urubuga rwa TikTok berekanye uko isi izaba imeze mu mwaka wa 2070 ni ukuvuga nyuma y’imyaka irenga 45 uherereye ubu dukoze iyi nkuru. Abahanga muri mudasobwa bifashishije ubwenge bukorano (AI) bwaremwe n’umuntu bakoze ifoto igaragaza isi yacu mu myaka 50 iri imbere. Nk’undi muntu wese, ikiremwamuntu cyifuza kumenya ejo hazaza hatari hagera. Aya matsiko […]
Ntwali Fiacre yasinye muri Kaizer Chiefs
Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Ntwari Fiacre yasinye amasezerano y’imyaka itatu muri Kaizer Chiefs yo muri Afrika y’Epfo. Kuri uyu wa Mbere taliki 15 Nyakanga 2024 nibwo Ntwali wari umaze igihe muri Afurika y’Epfo aho yakiniraga ikipe ya TS Galaxy yamaze kuyivamo yerekeza muri Kaizer Chiefs nayo yo muri icyo gihugu. Nyuma yo gusinya […]
APR FC yageze muri ½ iyoboye itsinda
Ikipe ya APR FC yamaze kugera muri ½ cy’Irushanwa rihuza Amakipe yo mu Burasirazuba bwa Afurika no Hagati, CECAFA Kagame Cup rya 2024 riri kubera muri Tanzania. Ibi yabigezeho kuri uyu wa Mbere taliki 15 Nyakanga 2024 nyuma yo kunganya na SC Villa yo muri Uganda gitego 1-1. Ibyavuye muri uyu mukino byahise bihesha APR […]
Nyina wa Bianca Baby yapfuye

Umunyamakuru Uwamwezi Mugire wamamaye nka Bianca Babe wa Isibo Fm yapfushije umubyeyi we [Mama] mu ijoro ryo ku wa 14 rishyira ku wa 15 Nyakanga 2024. Umubyeyi w’uyu munyamakuru akaba n’umushyushyarugamba yaguye mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal nyuma yo gufatwa n’uburwayi butunguranye. Uyu munyamakuru yabitangaje abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze aho yagize ati “Mana kubera […]
Perezida Kagame na Madamu bakiriye abahanzi, banabagabira inka – Amafoto

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye bamwe mu bahanzi basanzwe batuye mu Karumuna mu Karere ka Bugesera. Ibi byabaye ku Cyumweru tariki 14 Nyakanga 2024 mu Karere ka Bugesera, aho Perezida Kagame yakiriye aba bahanzi bakagirana ibiganiro. Abakiriwe na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame ni Butera Knowless, umugabo we Ishimwe Karake Clement, Platini […]
Argentina ya Messi yegukanye Copa America

Ikipe y’igihugu ya Argentine yari iyobowe na kizigenza Lionel Messi yegukanye igikombe cya Copa America, nyuma yo gutsinda Colombia mu minota ya Kamarampaka. Mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere itariki ya 15 Nyakanga 2024, nibwo hasojwe irushanwa na Copa America. Nubwo twe mu Rwanda byari mu rukerera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ho […]
Simba SC yanyomoje ko yahaye akazi Vice chairman wa APR FC
Ikipe ya Simba SC yanyomoje amakuru avuga ko François Régis Uwayezu wari Perezida wungirije wa APR FC yagizwe umuyobozi mukuru wayo. Ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 12 Nyakanga 2024 nibwo hamenyekanye amakuru y’uko Uwayezu François Régis yagizwe umuyobozi mukuru wa Simba SC. Amakuru yemezaga ko Simba SC yamuzanye kugira ngo ayifashe kongera […]
Kapiteni wa APR FC yavuze ubuhanga yabonye muri Rutahizamu mushya Mamadou Sy
Kapiteni w’ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, APR FC yavuze bumwe mu buhanga budasanzwe yabonye muri Rutahizamu mushya iyi kipe iherutse kugura waraye utsinze igitego. Mu ijoro ryakeye nibwo APR FC yatsindaga El Merreikh igitego kimwe ku busa cyatsinzwe na Rutahizamu Mamadou Sy mu mukino wa Kabiri wa Cecafa Kagame Cup. Ku mukino we wa mbere muri […]
Gahanga: Yaje kwamamaza Perezida Kagame yambaye ikanzu y’abageni – Amafoto

Ibikorwa byo kwamamaza biri kugana ku musozo yaba ku bari guhatanira umwanya mu nteko ishinga amategeko ndetse n’abifuza kuyobora u Rwanda. Umukandida watanzwe n’umuryango wa FPR Inkotanyi ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame arasoza kwiyamamaza kuri uyu wa Gatandatu. Kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Nyakanga 2024, ibikorwa byo kumwamamaza byabereye i Gahanga […]
Sadio Mane yishimanye n’umugore we w’imyaka 19 wasoje amashuri yisumbuye
Sadio Mane yafashije umugore we w’imyaka 19 kwishimira isozwa ry’amashuri yisumbuye yasoje muri uku kwezi. Ku wa Gatanu tariki ya 12 Nyakanga 2024 nibwo Sadio Mane yatangarije abakunzi be ko umugore we Aisha Tamba w’imyaka 19 yasoje amashuri yisumbuye. Yifashishije imbuga nkoranyambaga ze cyane cyane urubuga rwa Instagram, uyu mukinnyi yerekanye amashusho ari kumwe n’umugore […]
Ntwali Fiacre agiye gutangwaho miliyoni zirenga 400
Umunyezamu w’ikipe y’igihugu y’uRwanda “Amavubi” Ntwali Fiacle agiye kwerekeza mu ikipe ya Kaizer Chiefs avuye muri TS Galaxy yo muri Africa y’Epfo. Ku mugoroba wo ku Gatanu taliki ya 12 Nyakanga 2024 nibwo amakuru yamenyekanye ko uyu muzamu wa mbere w’ikipe y’igihugu y’uRwanda, yaba agiye kujya muri imwe mu makipe akomeye muri Africa Y’Epfo. Bitangazwa […]
APR FC itsinze undi mu kino muri CECAFA Kagame Cup
Ikipe ya APR FC itsinze umukino wayo wa kabiri muri CECAFA Kagame Cup 2024 ihita iyobora itsinda C n’amanota 6. Kuri uyu wa Gatandatu nibwo iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yakinaga umukino wayo wa Kabiri mu itsinda C aho bakinana na El El Merreikh Bentiu yo muri Sudani. Igitego kimwe cya APR FC nicyo cyatandukanyishe impande […]
Imbamutima za Mutsinzi Ange wakinnye Europa League bwa mbere
Umukinnyi ukina mu bwugarizi bw’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi”, Mutsinzi Ange Jimmy, yishimiye kuba yaraye akinnye umukino we wa Mbere muri Europa League. Ange yaraye afashije ikipe ye ya Zira FK yo mu Cyiciro cya Mbere muri Azerbaijan kubona intsinzi yayo ya mbere muri UEFA Europa League ya 2024/2025 imbere ya FC Sheriff yari mu […]
Minisitiri Dr Utumatwishima Abdallah yanyuzwe n’umuhanzi Ndandambara – Amafoto

Umuhanzi Nsabimana Léonard wamamaye ku izina rya ‘Ndandambara’ yasusurukije abitabiriye igitaramo cy’urwenya cya GenZComedyShow. Mu ijoro ryakeye nibwo iki gitaramo cyabereye muri Camp Kigali aho cyari cyahawe umwihariko wo kwitegura amatora ateganyijwe tariki 15 Nyakanga 2024. Iki gitaramo cyabereye muri Camp Kigali mu ijoro ryo ku wa Kane, cyitabiriwe n’imbaga y’abiganjemo urubyiruko ndetse na Minisitiri […]
Umukecuru wazanye imvugo ‘Abakobwa bafite ubushyuhe’ yapfuye

Umukecuru Nyirangondo Espérance uzwi kubera imvugo ‘Abakobwa bafite ubushyuhe’, yapfuye azize uburwayi yari amaranye igihe. Uyu mukecuru wazanye iyo mvugo yifashishijwe mu ndirimbo ‘Ubushyuhe’ ya DJ Pius na Bruce Melodie, yaguye mu bitaro bya Kibirizi aho yari amaze igihe arwariye. Yapfuye saa cyenda z’urukerera rwo ku wa Kane tariki ya 11 nyakanga 2024. Amakuru y’urupfu […]
Myugariro wa Rayon Sports WFC yasezeranye mu mategeko

Myugariro w’ikipe ya Rayon Sports WFC iherutse gutwara igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu ndetse n’icya Amahoro, yasezeranye imbere y’amategeko. Mukeshimana Jeannette bakunze kwita “Kana” ukina yugarira muri Rayon Sports y’abagore, yasezeranye imbere y’amategeko. Kana yasezeranye n’umukunzi we bamaranye imyaka Nsanzabera Tharcisse. Kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Nyakanga 2024 nibwo aba bombi […]
APR FC yatomboye ikipe y’umuterankunga
Ikipe ya APR FC yatomboye Azam Fc yo muri Tanzania mu ijonjora ry’ibanze ry’imikino Nyafurika ya CAF Champions League. Kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Nyakanga 2024 nibwo habaye iyi tombora aho yabereye ku kicaro gikuru cy’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika ‘CAF’ kiri Cairo mu Misiri. APR FC yatwaye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya […]
Darwin Nuñez na bagenzi be barwanye n’abafana ba Colombia
Abakinnyi ba Uruguay bari bayobowe na Darwin Nuñez bashyamiranye n’abafana ba Colombia nyuma yo gutsindwa muri kimwe cya kabiri cya Copa America. Mu rukerera rwo kuri uyu wa wa Kane tariki ya 11 Nyakanga 2024 nibwo Colombia yatsindaga Uruguay igitego kimwe ku busa ndetse biyihesha guhita ijya ku mukino wa nyuma bazahuramo na Argentine ya […]
Abafana b’u Buholandi bagabye igitero ku Bongereza
Abafana b’ikipe y’igihugu y’u Buholandi bagabye igitero kuri Cafe yari irimo abafana b’u Bwongereza bari bari kunyweramo agakawa mbere y’uko bajya gufana ikipe yabo muri Euro2024. Ibi byabaye ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 10 Nyakanga 2024 mbere ho gato y’umukino wa 1/2 wahuje Ubwongereza n’Ubuholandi muri Euro2024. Amakuru avuga ko abafana baturutse […]
Umukongomani uje guca impaka muri Rayon Sports yageze i Kigali

Rutahizamu Prinsse Junior Elenga Kanga ukomoka muri Congo Brazzaville wakiniraga AS Vita Club yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yageze mu Rwanda. Uyu rutahizamu yageze mu Rwanda nyuma yo gushimwa n’ikipe ya Rayon Sports iri kwiyubaka bidasanzwe. Rutahizamu Prinsse Junior Elenga Kanga yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 10 […]
APR FC yateye gapapu Espérance de Tunis
Ikipe y’igihugu z’Igihugu, APR FC yateye gapapu Esperanse de Tunis isinyisha Mamadou Lamine Bah ukomoka muri Mali wakiniraga Olympique Béja yo muri Tunisia. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Nyakanga nibwo byamenyekanye ko APR FC yasinyishije uyu mukinnyi wari uri kwitwara neza muri Tunisia. Uyu musore yasinyiye APR FC mu ijoro ryo ku wa […]
Ani Elijah yatsinzwe igeragezwa mu Bubiligi
Rutahizamu Ani Elijah uherutse gusinyira ikipe ya Police FC wari mu igeragezwa mu gihugu cy’u Bubiligi mu ikipe ya Charleroi yamaze kugaruka mu Rwanda nyuma yo gutsindwa igeragezwa. Ku wa 21 Kamena 2024 nibwo Ani Elijah yagiye mu igeragezwa ry’icyumweru kimwe mu ikipe yo mu kiciro cya mbere mu Bubiligi. Ani Elijah yari yagiye kureba […]
Ahoyikuye Jean Paul “Mukonya” yashyinguwe mu cyubahiro

Ahoyikuye Jean Paul wari myugariro w’ibumoso muri AS Kigali yashyinguwe mu cyubahiro kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Nyakanga 2024. Ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri tariki ya 9 Nyakanga 2024 nibwo Mukonya waguye mu kibuga ku wa Gatandatu yashyinguwe. Umuhango wo kumusezeraho wabereye iwabo Kamabuye, ni uko maze misa yo kumusezeraho ibera i […]
Lamine Yamal wateruwe na Messi akivuka yashyizeho uduhigo turenga 10
Lamine Yamal wateruwe na Lionel Messi ubwo yavukaga yakoze uduhigo turenga 10 mu mukino wa EURO 2024 wahesheje ikipe y’igihugu ya Espagne itike yo kujya ku mukino wa nyuma. Amazina ye ni Lamine Yamal Nasraoui Ebana w’imyaka 16 n’iminsi 362 yafashije Espagne gusezerera u Bufaransa ku bitego 2-1. Nyuma yo gutsinda u Bufaransa, Espagne yahise […]
Perezida Kagame yafashe mu mugongo umuryango wa Senateri Jim Inhofe wapfuye

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yihanganishije umuryango wa Senateri Jim Mountain Inhofe wapfuye. Ku wa Kabiri tariki ya 9 Nyakanga 2024 nibwo hamenyekanye amakuru y’inshamugongo ko Senateri Jim Mountain ukomoka muri Amerika, wari inshuti y’u Rwanda yapfuye. Ni urupfu rwaje ruturutse ku burwayi uyu mugabo wari ugeze mu zabukuru yari amaranye iminsi. Yifashishije […]
Roberto Firmino n’umugore we basigiwe kuba abapasiteri b’itorero ryabo

Roberto Firmino wahoze akinira ikipe ya Liverpool n’ikipe y’igihugu ya Brésil yabaye umushumba mukuru w’itorero ry’ivugabutumwa yashinze i Maceio, muri Brazil. Roberto Firmino n’umugore we Larissa Pereira bashinze itorero ryabo bise Evangelical Church muri Brazil nk’uko ikinyamakuru Glob cyibitangaza. Iki kinyamakuru kivuga ko tariki ya 30 Kamena 2024 Roberto Firmino n’umugore we basigiwe kuba abashumba […]
Abantu 5 bishwe n’inkuba mu Karere ka Ngororero
Mu ijoro ryakeye mu Karere ka Ngororero abantu 5 bishwe n’inkuba mu mvura nyinshi yaguye muri ako Karere. Ibi byabaye ku wa Mbere tariki 08 Nyakanga 2024, mu masaha ya saa mbili z’ijoro nk’uko amakuru abivuga. Aya makuru yemezwa n’ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero aho buvuga ko inkuba zishe abantu bagera kuri batanu baturuka mu mirenge […]
Umunyamakuru Yago yatutse mugenzi we Pundit kuri nyina
Umunyamakuru ubifatanya n’umuziki Nyarwaya Innocent wamenyekanye nka Yago Pon Dat yatutse kuri nyina Etienne Mbarubukeye uzwi nka Pundit. Iminsi ibaye 9 shene ya YAGO TV SHOW ivuye ku muyoboro wa Youtube aho nyirubwite yemeza ko bayibye. Kwibwa kw’iyo shene, Yago yamaze kubimenyesha Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB kugira ngo arebe ko shene ye yagaruka ikuwe mu […]
Rayon Sports yumvikanye na rutahizamu barangiwe na Luvumbu
Ikipe ya Rayon Sports iri kwiyubaka bucece yamaze kumvikana n’umukinnyi ukomoka muri Congo Brazzaville barangiwe na Luvumbu. Rutahizamu w’Umunya Congo-Brazzavile Prince Junior Elenga-Kanga w’imyaka 24 yumvikanye na Rayon Sports. Amakuru avuga ko ibiganiro bye na Rayon Sports byamaze gukorwa aho igisigaye ari ugutereka umukono ku masezerano. Uyu rutahizamu ategerejwe i Kigali muri iki cyumweru aho […]
Capt Ibrahim Traoré yatsinze ibitego 2 mu mukino wo gufasha – Amafoto

Prezida wa Burkina Faso, Ibrahim Traoré yakinnye umukino wo gufasha, aho yahuriye mu kibuga n’abakinira n’abahoze bakinira ikipe y’igihugu ya Burkina Faso. Ikipe ya Perezidansi ya Burkina Faso yatsinze abakinira n’abahoze bakinira ikipe y’igihugu ya Burkina Faso ibitego bitatu kuri bibiri. Uyu mukino waba tariki ya 29 Kamena 2024 gusa leta yifuje gutangaza ibyavuye mu mukino ku […]
Dore ibyamamare nyarwanda bigiye gutora bwa mbere
Ku wa 15 Nyakanga 2024 Abanyarwanda bazaba babukereye mu matora ya Perezida wa Repubulika n’aya Badepite. Imyiteguro yayo igeze kure kuko ibikorwa byo kwiyamamariza umwanya yaba ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ndetse no kuba umudepite birarimbanyije. Muri iyi nkuru tugiye kukubwira ibyamamare 10 byo mu Rwanda bizaba bigiye gutora bwa Mbere. 1. KAMIKAZI Dorcas […]
Inkende zagabye igitero ku biro by’Akarere zihagira indiri yazo

Inkende zagabye igitero ku biro by’Akarere ka Mubende muri Uganda none zigakoresha uko zishatse. Umwe mu bayobozi muri aka Karere witwa Samuel Mayanja avuga ko inkende zihora mu biro zitera abakozi ubwoba, bityo bigatuma batanga serivisi mbi. Mayanja yagize ati: “Buri gihe dusanga izo nkende mu biro kandi iyo umuntu ari kuri mudasobwa akora akazi […]
Rayon Sports yazindutse yakira Umunyamahanga mushya

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere ikipe ya Rayon Sports yakiriye Myugariro ukomoka mu gihugu cya Sénégal, Omar Gningue. Uyu myugariro wakiniraga ikipe ya AS Pikine y’iwabo yageze i Kanombe mu rukerera rwo kuri uyu wa wa Mbere tariki ya 8 Nyakanga 2024. Omar Gningue aje gutangira imyitozo muri Rayon Sports kuko yamaze gusinyira […]
Ahoyikuye Jean Paul uzwi nka Mukonya yapfuye
Ahoyikuye Jean Paul wari myugariro w’ibumoso muri AS Kigali, yapfuye azize impanuka yo mu kibuga. Uyu musore yapfuye kuri uyu wa Gatandatu ubwo yari ari gukinira Mageragere nyuma y’uko agonganye n’umunyezamu amira ururimi, bagerageza kurugarura biranga, bazana n’abaganga biranga. Jean Paul bitaga Mukonya yari mu myitozo isanzwe n’abandi bakinnyi batabigize umwuga. Kuri ubu imurambo we […]
Paul Pogba na Diamond Platnumz barebanye umukino w’Ubufaransa na Portugal
Umuhanzi Diamond Platnumz na Paul Pogba barebanye umukino ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa yatsindaga igahita yerekeza muri ½ cy’irangiza muri EURO 2024 nyuma yo gutsinda Portugal kuri za penaliti 5-3 [0-0]. Wari umukino wa ¼ cy’irangiza mu Irushanwa rihuza Amakipe y’Ibihugu byo ku Mugabane w’u Burayi, EURO 2024 wabereye mu mujyi wa Hambourg kuri Stade Volksparkstadion, […]
Mupenzi Eto’o n’abo bafatanyije kuroga Kiyovu Sports barekuwe

Mupenzi Eto’o n’abo bafatanyije kuroga Kiyovu Sports barekuwe nyuma y’umwaka umwe urenga batawe muri yombi. Eto’o yafunganwe na bagenzi be babiri bakoranaga muri APR FC aho bakekwagaho icyaha cyo gucura umugambi wo guha abakinnyi ba Kiyovu Sports ibintu bishobora kubica cyangwa gushegesha ubuzima bwabo bafunguwe. Abafunzwe icyo gihe ni Maj Jean Paul Uwanyirimpuhwe wari Team […]