Ese kwikinisha niryo banga ry’abasore ryo kugira igitsina kikini, byamufasha iki mu gutera akabariro?
enshi bakunze kwibaza byinshi ku buzima bw’imyororokere, aha ari naho usanga abasore bishora mu ngeso mbi nk’iyo kwikinisha bibwira ko bishobora kubafasha kongera ingano y’igitsina cyabo ndetse banibwira ko byabafasha kunoza neza igikorwa cy’akabariro. Nkuko bigaragara ku rubuga topsante, igitsina cy’umugabo ngo gishobora kongera umubyimba n’uburebure igihe habayeho imikurire myiza y’umwana ujya mu bugimbi. Ibi […]
Kayonza: Amazi y’ibiziba bayasangira n’inka kubera kubura amazi meza
Mu gihe hirya no hino mu mujyin wa Kigali hagaragara ikibazo cy’ibura ry’amazi ,Abaturage bo mu murenge wa Ndego mu karere ka Kayonza, baratakamba kubera ibura ry’amazi kuko ubu bakoresha amazi y’ikiyaga cya Kibare, yanduye cyane kuko ngo aba arimo ico riva mu myenda baba bameseyemo, ndetse n’inka zayashotsemo. Aya mazi abaturage bemeza ko aba […]
Urupfu rwa Gen. Adolphe wafatwaga nk’igihangage ngo ni ikimenyetso cy’uko CNDD FDD biyirangiranye
Kuva mu mwaka wa 2005 ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi, izina Gen Adolphe Nshimiyimana ngo niryo ryazaga cyane mu mazina yavugwaga muri iri shyaka haba mu bibi ndetse no mu byiza. Isesengura ryakozwe n’ ikinyamakuru cy’i Burundi RPA (Radio Publique Africaine), bagaragaza uburyo urupfu rwa Adolphe ari ikimenyetso cy’uko ishyaka […]
Burundi: Bitarenze icyumweru ,Perezida Nkurunziza araba yavuye ku butegetsi
Inama y’igihugu cy’u Burundi ishinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’Arusha yo kugarura amahoro n’ubwiyunge muri iki gihugu (CNARED), yahaye Perezida Pierre Nkurunziza itariki ntarengwa yo kuba yamaze kwegura ku mwanya w’umukuru w’igihugu Tariki y 26 Kanama uyu mwaka ngo niyo tariki ntarengwa Perezida Nkurunziza agomba kuba yamaze kuva ku buyobozi bw’igihugu. Mu nama iherutse […]
Gisagara: Abaturage barashima gahunda y’imihigo y’Ingo ko ibagejeje kuri byinshi
Mu gihe mu ntangiriro z’umwaka w’imihigo uturere twose dusinya amasezerano y’imihigo ku rwego rw’igihugu,kuri ubu gahunda y’imihigo y’ingo imaze gukwira hose mu ntara z’igihugu irashimwa cyane mu karere ka Gisagara kubera intambwe imaze kugeza ku baturage . Mu ntara zitandukanye z’igihugu iyo umwaka w’imihigo utangiye imiryango nayo isinyana imihigo ku rwego rw’umudugudu ituyemo,byemezwa ko iyo […]
Umuhungu wa Rwigara Assinapol yasohoye ibaruwa avuga ku rupfu rwa se no ku muturirwa wabo ugiye gushyirwa hasi
Mu gihe bikiri urujijo ku rupfu rw’umushoramari Rwigara Assinapol , wapfuye mu ijoro ryo kuwa 04 Gashyantare 2015, urupfu polisi y’igihugu yavuze ko ari impanuka y’imodoka, umuhungu we Aristide Rwigara yatoboye avuga akamuri ku mutima ko se yagambaniwe anavuga byinshi ku nyubako yabo igiye gusenywa. Ibyo, Aristide Rwigara umuhungu wa Assinapol yabigaragaje mu ibaruwa ndende […]
CIMERWA ni gihamya nziza dukesha imiyoborere myiza ya Perezida Paul Kagame-Minisitiri Anastase Murekezi
Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi arakangurira abanya-Rusizi gushora imari zabo muri aka Karere kiganjemo ubukerarugendo, ibi yabitangaje kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Kanama 2015 ubwo yatahaga ku mugaragaro uruganda rwa CIMERWA ruherereye muri Bugarama ho mu Karere ka Rusizi. Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yashimiye abashoramari babashije gushora imari zabo bakabasha kubaka uruganda CIMERWA, avuga […]
Urutonde rw’ibyamamare 10 byo muri Uganda bivugwaho gukorana n’amashitani, hazamo n’ abapasiteri
Mu gihe bimaze kugaragara ko benshi mu byamamare byo ku isi, nta rindi banga bikoresha kugirango byigarurire imitima y’abafana ritari iryo kwishingikiriza imbaraga za shitani, no mu gihugu cya Uganda ngo izo mbaraga nizo zikoreshwa mu bahanzi n’abandi bashoramari by’umwihariko mu rutonde rw’abantu 10 hazamo abapasiteri. 1.Dr Jose Chemeleone: Ni umuhanzi wigaruriye imitima y’abatari bake […]
Museveni yatangiye kwamaganwa hifashishijwe ingurube
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni batangiye kumwamagana bifashishije ingurube zoherejwe mu nteko mu rwego rwo kuvuga ko batamwifuza. Muri iki gitondo iruhande rw’inzu ikoreramo inteko ishinga amategeko ya Uganda hagaragaye ingurube zifite ibara rijya gusa n’umuhondo zajugunywemo n’umuntu utabashije kumenyekana ubu akaba ashakishwa na Police ya Uganda. Izi ngurube zagaragaye […]
Umugore arihamiriza ko yasambanye n’abantu barenga 10,000
Umusambanyikazi w’umunya australia Gwynet Montenegro yatangaje ko kuva yabaho amaze kuryamana n’abagabo 10.091 bikaba byatangaje abatari bake dore ko bitari bisanzwe ko umuntu umwe yaryamana n’abantu bangana gutyo. Bikaba bitangaje cyane kuko uyu mugore ubusanzwe yari amaze imyaka isaga 15 ari umu securite muri Australia. uyu mukozi wa Satani aka kazi k’ubusambanyi yagafatanya n’akubusekirite agamije […]