Ese Umugabo akora imibonano mpuzabitsina agamije gusohora gusa?
Mu gihe hari abagore n’abakobwa bibaza niba umugabo ashobora gusohora uwo waryamanye ntabimenye, ikinyamakuru Aufemin gitangaza ko byose bishoboka ko umugore ashobora kubimenya cyangwa ntarabukwe cyane cyane ku bagabo batera akabariro batagamije gusohora gusa. Akenshi ntibyoroha rwose kumenya niba umugabo yarangije keretse bibaye mu gihe kidasanzwe. Hari igihe umugabo arangiza umugore ntabimenye akamubaza ati”mbese warangije”. […]
Perezida Museveni ngo ntashobora gusangira ingoma nabo yandagaje mu matora
Perezida Museveni wa Uganda nyuma y’aho atsindiye kongera kuyobora iki gihugu ku myaka 71 y’amavuko, avuga ko adashobora gusangira ubuyobozi n’abo yatsinze mu matora. Museveni avuga ko atazashyiraho Guverinoma y’Ubumwe irimo n’abatavuga rumwe nawe ko uwaba abitekereza atyo yasubiza amerwe mu isaho. Mu kiganiro ikinyamakuru The New Vision cyagiranye na Maj.Gen. Benon Biraaro, Umuyobozi w’Ishyaka […]
Urupfu rwa Wema Sepetu ukiri muzima rwari rwatuye benshi mu rujijo
Nyuma y’uko umwe mu bakurikiranira hafi imikinire ya Wema Sepetu muri Cinema atangarije ko yapfuye ariko ntasobanure neza iby’urwo rupfu, byaje guteza ururondogoro ku bakunzi be. Ibi byabaye nyuma yaho Sepetu arimo kwitegura gushyira Filme hanze yise “Mtoto wa Bosi” aho agomba kugaragara muri iyo Flme yakoze impanuka y’imodoka agapfa. Mu gihe yarimo akora imyitozo […]
Neymar niyemera kujya muri Real Madrid nzacibwe ukuboko- Gerard Pique
Mu gihe amakipe menshi arwanira umukinyi Neymar, mugenzi Gerard Pique bakinana yahaye urw’amenyo abatekereza ko ashobora kujya muri Real Madrid ndetse ananatanga intego yo gucibwa akaboko. Ibi byasaga nko guhakanya umunyabigwi mu mupira w’amaguru ukomoka muri Bresil, Roberto Carlos wari watangaje ko agiye kuvana uyu musore mu ikipe ya Barcelona akamuzana mu ikipe ye yahoze […]
Perezida Habyarimana yaryohewe n’ingoma ya Franà §ois Mitterrand none bikekwa ko yamwirengeje
Umufaransa Franà §ois Mitterrand yavutse mu Ukwakira 1916 yitaba Imana muri Mutarama 1996, yabaye Perezida w’u Bufaransa mu mwaka w’ 1981-1995, muri iyi myaka 14 yamaze ku buyobozi yabanye neza na Perezida Habyarimana w’u Rwanda gusa icyaje gutangaza benshi ni uko bikekwa ko ari we waba waramurimbuye ku isi. Juvenal Habyarimana yabaye Perezida w’u Rwanda mu […]
Zari yemeye ko azajyana umukobwa we Tiffah kureba Sekuru
Nyuma y’igihe kitari gito Ise wa Diamond “Abdul” yifuza kubona umwuzukuru we ariko ntabigereho, kuri ubu umukazana we Zari yemeye kuzamumugezaho. Abdul(ubyara Diamond) acyumva ko Zari yemeye kuzamuzanira umwuzukuru ngo byamwibagije uburakari yari amaranye iminsi ubwo yangirwaga kujya mu birori byari byateguwe n’umuhungu we Diamond. Kuba Zari yari yaranze kujyana umwana kwa muzehe Abdul ngo […]
Ngororero: Abanyeshuri 1691 basobanuriwe uburenganzira bw’umwana
Mu mpera z’icyumweru gishize, abanyeshuri bagera ku 1691 biga mu rwunge rw’amashuri rwa Hindiro ruherereye mu kagari ka Gatare, mu murenge wa Hindiro, mu karere ka Ngororero, basobanuriwe uburenganzira bwabo nk’abana. Ubwo bumenyi ku burenganzira bwabo babuherewe mu kiganiro bagiranye na Inspector of Police (IP) Alexandre Minani, akaba ashinzwe imikoranire ya Polisi y’u Rwanda n’abaturage […]
Ubuhamya: Nkorera Imana ariko nsambana buri munsi!!!
Yagize ati: “Mbanje kubasuhuza nshuti dusangiye urugendo rwo kujya mu ijuru mungire inama. Ndi umukobwa w’imyaka 24, niga muri kaminuza mu mwaka wa 3. Nkundana n’umusore wimyaka 30 arankunda kandi nanjye ndamukunda cyane pe! Duteganya kurushinga umwaka utaha, twembi kandi turasenga ariko iyo turi kumwe akenshi twisanga twakoze imibonano mpuzabitsina. Tugerageza kubireka tukanabiganiraho tukumva tugiye […]
RDC: Inyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda zirashinjwa kwica abantu 12 zibatemaguye
Abantu byibura cumi na babiri bishwe batemaguwe n’abantu bakekwa kuba ari inyeshyamba z’abagande mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Nk’uko bitangazwa na BBC dukesha iyi nkuru, Abategetsi ba Congo barashinja inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF ubwo bwicanyi bwabereye mu mirenge itatu iri hafi y’umujyi wa Beni mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, zikaba […]
U Busuwisi: Umunyarwanda yagiriwe icyizere ashyirwa muri Njyanama ya Komini
Murangira Cesar, ni umunyarwanda ubarizwa mu gihugu cy’Ubusuwisi akaba yatorewe kujya muri komite Njyanama ya komini Marly muri Leta ya Fribourg ku itariki ya 28 gashyantare uyu mwaka. Uyu munyarwanda uzwi ku izina rya Murangira Cesar ni umunyamuryango w’ishyaka riharanira kubungabunga ibidukikije “Les Verts” akaba yariyamamaje mu bakandida batandatu iryo shyaka ryari ryatanze hagombaga gutoranywamo […]
Abasirikare b'u Rwanda boherejwe gusimbura bagenzi babo muri Centrafrique
Ingabo z’u Rwanda zatangiye gusimbuza abasirikare bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye i Bangui muri Central Africa (MINUSCA). Umutwe w’abasirikare 150 bagize Batayo ya 3 y’Ingabo z’u Rwanda zigiye mu butumwa i Bangui wahagurutse i Kigali ku wa Mbere tariki 29 Gashyantare 2016 batwawe na RwandAir. Batayo ya 3 igiye iyobowe na Lt Col Claver […]
AY yashyize ahishura icyatumye atandukana na Amani wahoze ari umukunzi we
Ambwene Yessaya uzwi ku izina rya AY yamaze guhishura impamvu yatumye atandukana n’uwahoze ari umukunzi we Cecilia Wairemu (Amani) bakundanye igihe cy’imyaka 2. Nk’uko yari yarasezeranyije abakunzi be ko igihe nikigera azababwira icyo yapfuye na Amani, AY yabwiye ibinyamakuru byo muri Tanzania impamvu nyamukuru ko ari ukutumvikana. Yagize ati “nahuye na Amani muri 2005 tuba […]
Ubuyobozi bw’Intara bwahumurije abahahamuwe n’imvubu yananiranye
Uwamariya Odette, umuyobozi w’Intara y’Uburasirazuba yahumurije abaturage bo mu murenge wa Kabare mu karere ka Kayonza bamaze iminsi batabaza ko babangamiwe n’imvubu iri mu mazi y’idamu ya Kabare ikomeje kubangiriza, abizeza ko ubuyobozi bugiye gushaka umuti urambye w’iki kibazo. Nk’uko bivugwa na Bagambake J. Claude utuye muri uyu murenge, ngo iyi mvubu yahahamuye benshi kandi […]
Kicukiro:Umuyobozi mushya w'akarere yabwiye abaturage ko imibereho myiza n’iterambere bishingira ku mutekano
Umuyobozi w’akarere ka Kicukiro, Dr Nyirahabimana Jeanne yabwiye abatuye mu kagari ka Nyakabanda, ho mu murenge wa Niboyi bagera kuri 700 ko iterambere n’imibereho myiza bishingira ku mutekano urambye, maze abasaba kwirinda no kurwanya ikintu cyose gishobora kuwuhungabanya. Ibi yabibabwiye ku itariki 27 Gashyantare mu nama yagiranye na bo, akaba yari hamwe n’umuyobozi wa Polisi […]
Burundi: Hatahuwe icyobo cyahambwemo abantu 30 bishwe bahambwa mu mifuka
Mu gihe Ishyirahamwe mpuzamahanga riharanira uburenganizra bwa muntu Amnesty International rishinja Leta y’u Burundi mu bwicanyi bumaze iminsi buba kuva muri Mata umwaka ushize, kuri ubu hatahuwe icyobo cyahambwemo abantu basaga 30. Icyo cyobo cyabonetse ahazwi nko ku ibarabara rya 9 muri Mutakura zone ya Cibitoke iherereye mu mujyi wa Bujumbura. Fred Mbonimpa umuyobozi w’umujyi […]
Umwanzi w’Izina Yesu amaze gushinga amatorero ya gikristo 50
Mu gihugu cy’Ubuhinde, umuganga wahoze ari umuyoboke w’idini ya Isilamu utarigeze na rimwe yifuza kumva umuntu uvuga izina rya Yesu, yahuye nawe amwakira nk’Umwami n’Umukiza w’ubugingo, aza no guhashinga amatorero agera kuri 50. Christian Today yatangaje iyi nkuru mu mpera z’icyumweru gishuze, yavuze ko Dr Sanjay wakuriye mu gace kiganjemo abayoboke b’idini ya Isilamu, yari […]
Komiseri wa Polisi Munyambo yatangiye imirimo yo kuyobora Polisi ya Loni muri Sudani y’Epfo
​Nyuma y’uko agizwe umuyobozi wa Polisi(D2) mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri Sudani y’Epfo (UNMISS), Commissioner of Police(CP) Bruce Munyambo, yatangiye imirimo mishya yo kuyobora Polisi ya Loni muri iki gihugu kuri uyu wa mbere tariki ya 29 Gashyantare. Yasimbuye kuri uwo mwanya Assistant Inspector General of Police Frederick Yiga wo mu gihugu cya Uganda […]