Burundi :Umuvugizi wa CNARED yandagaje ishyaka CNDD FDD na Perezida Nkurunziza

Umuvugizi wa CNARED ( Conseil National Pour le respect de l’accord d’Arusha pour la Paix et la Reconciliation au Burundi et la restauration d’un etat de droit) Pancreas Cimpaye yongeye kwifata ku gahanga ashinja ishyaka riri ku butegetsi ndetse na Perezida Nkurunziza kuba inyuma y’ubwicanyi n’umutekano muke mu Burundi. Ibi yabitangaje ubwo yari mu kiganiro […]

John Terry yemeje ko Chelsea itagitsindwa kuva aho Mourinho yirukaniwe

Ni mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 4 Werurwe 2016, aho Kapiteni wa Chelsea John Terry yemeje ko kuva uwahoze ari umutoza wayo Jose Mourinho yirukaniwe Chelsea ntawe ukiyihangara. Ibi yabivuze abisanishije n’umwanya Chelsea yari iriho mu mpera z’umwaka wa 2015 aho yari mu makipe ya nyuma mu irushanwa rya Premier League, aho byagiye bivugwa […]

Byatahuwe ko Col.Kadhafi yatobagujwe ibyuma mbere yo kuraswa

Nyuma y’aho Col Muammar Gaddafi apfiriye, byamenyekanye ko yishwe afite ibikomere by’abamuteye ibyuma umubiri wose mbere yo kumurasa. Mu iperereza umuryango w’abibumbye wakoze ngo haba hari ibimenyetso bimaze gukusanywa byemeza ko uyu mugabo yishwe mu gihe yari ahunze avuye mu rugo iwe, ari nabwo yafashwe n’umwe wo mu mitwe ya gisirikare yamuhigaga babanza kumutera ibyuma […]

Abafana ba Arsenal n'aba Tottenham barwanye bamwe bamenwa impanga- REBA AMAFOTO

Ni umukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Werurwe 2016, aho abafana b’amakipe Arsenal Vs Tottenham bakozanyijeho bapfa gufana bitandukanye, bamwe muri bo bakaba bakomerekejwe. Nk’uko bitangazwa na Mirror dukesha iyi nkuru, ni uko aba bafana barwaniye mu muhanda uri hafi ya stade “White Hart Lane” y’ikipe ya Tottenham umukono wabereyeho. Polisi yahosheje […]

Walikale: FDLR iratungwa agatoki ko yishe abantu 5 ibatemesheje imihoro

Ni muri teritwari ya Walikale, segiteri ya Wanyanga aho bivugwa ko inyeshyamba za FDLR zivuganye abantu 5 zibatemesheje imihoro. Amakuru yatangajwe n’ubuyobozi bwa Monusco hamwe n’ubw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, ni uko ari abantu 6 bishwe ndetse hanatwikwa inzu 8 muri Bulindu. Radiyo Okapi ikaba yatangaje ko muri aba bantu 6 bishwe, harimo n’abayobozi 2 bo […]

Miss Rwanda 2016 yabeshye amanota yagize mu kizamini cya Leta

Ubwo yari mu marushanwa ya Miss Rwanda 2016, yabeshye amanota yagize mu bizamini bya leta bisoza amashuri yisumbuye agamije kugaragaza ubuhanga adafite kugira ngo agaragaze ko ariwe muhanga urusha abandi ba nyampinga bari kumwe. Ibi ni ibyatangajwe na Niyonzima Elier Sando wari Manager wa Miss2016 Mutesi Jolly ubwo bari bootcamp. Sando avuga ko ikinyoma cyo […]

Ibimenyetso 6 bizakwereka umukobwa urimo gukora imibonano mpuzabitsina afite ubwoba

N’ubwo benshi bemeza ko mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina ariho bakura ibyishimo bidasanzwe, hari n’abayikora ku bw’ibyo ariko bakabikorana ubwoba bwinshi rimwe na rimwe bakarangwa n’ibi bimenyetso bikurikira. 1.Gusakuza cyane no kuboroga biteye ubwoba nibyo biri ku isonga 2.Gukomeza umubiri mu gihe arimo gukora imibonano mpuzabitsina : Aha ngo mugikorwa nyakuri ashyiramo umugaga. 3.Kuzamuka mubushyuhe bw’umubiri […]

Louise Mushikiwabo yahawe umudali w’ishimwe na Leta y’u Butaliyani

Kubera imbaraga ashyira mu kunoza umubano w’ibihugu byombi (Rwanda&Ubutaliyani), Leta y’u Butaliyani yahaye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo umudali w’ishimwe. Yawuhawe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Werurwe, ubwo yakiraga mu biro bye Ambasaderi w’icyo gihugu mu Rwanda, Domenico Fornara. Ni umudali witwa “Ordine della Stella d’ltalia” wagenekereza mu Kinyarwanda “Umudali w’Inyenyeri […]

Weasel yibasiriye Bobi Wine amushinja gukorana n’imbaraga za shitani

Weasel ubarizwa mu itsinda Goodlife yatangaje ko Bobi Wine nta kintu kizima akora ahubwo ko akorana na Shitani ya Baringa (Illuminat). Uyu musore yabivuze ashaka kumenyekanisha ko Bobi Wine nta ndirimbo zikunzwe agira nk’izo we na mugenzi we Radio bakora zikabahesha amafaranga atubutse. Weasel akomeza avuga ko mu myaka yashize uyu musore yajyaga agerageza gukora […]

Mugabe yakanze uwamubajije igihe azavira ku buyobozi “naguhanura kuri iyi gorofa”

Ubwo Perezida Mugabe yagiranaga ikiganiro n’umunyamakuru wa Televiziyo ya Leta ya Zimbabwe, yamubajije igihe azavira ku buyobozi amusubizanya iterabwoba amubwira ko yamuhanura ku igorofa (floor). Ubwo umunyamakuru yamubazaga gahunda yaba afite zo kuva ku buyobozi ndetse n’uzamusimbura, Mugabe yamusubije muri aya magambo: “ urashaka ko nguhanura muri iyi gorofa (floor) kugirango ubone ko nkiriho ”. […]

Uganda: Urubanza rw’intsinzi ya Museveni rugiye guhanganisha abanyametegeko 112

Ikinyamakuru The Dairy Monitor cyandikirwa muri Uganda kiravuga ko ishyaka NRM riri ku butegetsi muri Uganda ryagennye abavoka 36 bazahangana n’abavoka 60 mu rubanza abatavuga rumwe n’ubutegetsi barezemo iri shyaka bavuga ryibye amajwi kugira ngo Perezida Museveni yongere gutorerwa indi manda yo gutegeka Uganda. Ku ruhande rw’ishyaka riri ku butegetsi NRM ruhagarariwe n’abavoka 36 bayobowe […]

Ni mpamvu ki abantu bavuga ko bahisemo nabi mu rukundo?

Hari igihe ukunda umuntu byaba bigeze kure uwo wizeraga akaguhinduka maze bigatuma unamutekerezaho cyane ko atagukwiriye, ukibwira ko wahisemo nabi, wahaswe kumukunda cyangwa nta gihe wafashe cyo kubitekerezaho. Aha, hari ubwo ufata n’ icyemezo cyo kumwanga utamugishije inama cyangwa utanamubwiye. Hakaba n’ ubwo ukunda umuntu mu gihe gito ukabona ko mudashokanye bityo bigatuma mutana mutanasezeranyeho. […]

Umuhanzi Seleman yashyize hanze Video y’indirimbo “Pommes”: REBA VIDEO

Seleman ni umuhanzi w’umunyarwanda ukorera umuziki mu gihugu cy’u Bubiligi, uyu musore akaba akomeje kugaragaza imbaraga muri muzika, kuri ubu yashyize hanze amashusho y’indirimbo “Pommes”. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, avuga ko yafashe igihe gihagije ategura neza amashusho y’iyi ndirimbo yahaye izina rya Pommes, nyuma yaho bigaragaye ko audio yayo yakunzwe n’abafana benshi. Ku bwe, […]

Abanyamakuru bagiye gutemberezwa igihugu bareba ko amatora yanyuze mu mucyo-Amafoto

Abanyamakuru bo mu Rwanda bagiye kuzengurutswa igihugu bareba hirya no hino uko amatora yagenze ndetse harebwe niba koko abaturage baratoye abo bashaka ntagahato karimo, ndetse nabo ubwabo barusheho kumenya no kunoza ubunyamwuga mu bihe by’amatora. kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Werurwe 2016 abanyamakuru bahuriye mu mahugurwa y’umunsi umwe yateguwe n’Inama Nkuru y’Itangazamakuru(MHC) ifatanyije […]

ONU:FARDC ku isonga mu gufata abagore ku ngufu,RDF irabyamagana

Bari mu butumwa bw’amahoro ariko isura basize yatumye izi ngabo za ONU zitongera kugirirwa icyizere. Ibyaha 69 byo gufata ku ngufu n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina nibyo biregwa abasirikare ba ONU bari mu butumwa bw’amahoro umwaka ushize. Ibi bikaza bisanga ibindi 52 byakozwe mu 2014. Raporo yakozwe na ONU ikaba yashyize ku rutonde ibihugu uko bikurikirana […]

Kwibagisha ikibuno n’amabere ntaho bitaniye no kwisiga amavuta- Chloe Kardashian

Chloe Kardishian umuvandimwe wa Kim Kardashian yemeje ko kuba abagore bamwe bibagisha amabere n’ikibuno cyangwa ibindi bice by’umubiri nta kibazo kibirimo ahubwo ko ari nko kwisiga amavuta cyangwa andi marangi yisigwa ku mubiri. Aganira na Cosmopotalian, Chloe yavuze ko atigeze yibagisha bimwe muri ibyo bice by’umubiri ariko kandi ntiyatera ibuye uwabyibagishije kuko nabyo biri mu […]

Burundi: Mu gace ka Musaga hongeye kunuka urunturuntu

Mu gihe agahenge kari kamaze iminsi mu mujyi wa Bujumbura, kuri ubu mu gace ka Musaga hongeye kugaragara inzego z’umutekano zivanze n’Imbonerakure mu bikorwa byo guta muri yombi urubyiruko. Ni muri urwo rwego mu ijoro ryo ku wa Gatatu ahashyira saa yine z’ijoro(22:00) abasore 4 bashimushwe na Polisi ibashinjwa kuba mu mitwe y’abigometse kuri Leta […]

Bitunguranye abamalaika bagose abakristo bari guhimbaza-REBA VIDEO

Abantu batandukanye bakomeje kwibaza uburyo abamalaika bashobora kuza mu materaniro maze abantu bose bari mu materaniro bakababona n’amaso y’umubiri. Mu materaniro yayoborwaga n’uwitwa umuhanuzi Shepherd Bushiri ubwo bari bari guhimbaza no kuranya mu materaniro bisanzwe, abantu bose batwawe, igihe cyarageze prophet Bushiri abwira abari baje mu materaniro ngo barebe abamalaika, mu gutungurwa n’ayo mashusho bamwe […]

Police FC yatsinze Musanze ku mukino w'ikirarane

Ku mukino w’ikirarane wahuzaga ikipe ya Police FC na Musanze , ikipe ya Police FC yatahanye amanota 3 itsinze Musanze ibitego 2-1. Umukino wabaye Police FC idafite zimwe mu nkingi za mwamba nka Danny Usengimana, Mushimiyimana Mouhamed ndetse n’umuzamu Mvuyekure Emery. Ikipe ya Police FC yatangiranye ishyaka ryinshi ubona ko ikeneye amanota atatu, ku munota […]

Uwari meya wa Rulindo yagizwe umuhuzabikorwa w’ihuriro ry’urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha

​Kongere ya mbere y’ihuriro ry’urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha (Youth Volunteers in Community Policing) tariki ya 4 Werurwe yateraniye kuri sitade nto i Remera ikaba yatoye Kangwagye Justus kuba umuhuzabikorwa w’iri huriro ryabo. Muri iyi nama hashyizweho ubuyobozi bw’iri huriro bukuriwe na Kangwagye Justus naho Assistant Commissioner of Police (ACP) Damas Gatare atorerwa […]