Kiiza Besigye yemeje itariki azarahiriraho nka Perezida wa Uganda
Ishyaka FDC ryahishuye ko umuyobozi waryo Dr. Kizza Besigye azarahirira kuba Perezida wa Uganda taliki ya 12 Gicuransi 2016,kandi bikazaba mu mucyo Ibi yabitangaje mu gihe kuri uyu wa Gatatu yari yatangaje ko we n’abamushyigikiye barimo gutegura umugambi wo kwigaragambya hagamijwe guhirika Perezida Museveni ku butegetsi. Besigye yatangaje ko agomba kuzarahira kuri iyo taliki mu […]
Niwumva ushishikajwe no gukora Imibonano mpuzabitsina, uzirinde aba bantu bakurikira:
Ibi bikurikira niba ubizi cyangwa ukaba wabibonye ku mukobwa ntuzigere wibeshya ngo uryamane nawe kuko ushobora guhuriramo n’ibibazo byinshi, ubuzima bwawe bwose bukajya mu kaga kubera uwo mukobwa. Gukora imibonano mpuzabitsina igihe cyose utarashaka ugomba kubyirinda ariko niba kwirinda bikunaniye, toranya umukobwa ukwiye. Dore abakobwa ugomba kugendera kure ugakora ibishoboka byose ukirinda kuryamana nabo: 1. […]
Ruhango:Abanyeshuri bakanguriwe gukumira no kwirinda ibyaha
Kuwa gatatu tariki ya 27 Mata, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ruhango yahaye ibiganiro abanyeshuri 850 bo mu rwunge rw’amashuri rwa Ruhango Catholique riherereye mu murenge wa Ruhango, bigishwa gukumira no kwirinda ibyaha aho biga ndetse n’aho batuye. Ibi biganiro bikaba byaratanzwe n’umupolisi ushinzwe guhuza ibikorwa bya polisi n’abaturage (DCLO) muri aka karere […]
Burundi: Abantu 5 barimo n’umusirikare barasiwe mu kabari
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane Taliki 28 Mata 2016, nibwo mu mujyi wa Bujumbura mu gace ka Masaga abantu 5 barimo umusirikare biciwe mu kabari. Mu gihe uyu musirikare yarimo asangira n’abo bari kumwe muri ako kabari, bagabweho igitero n’abantu 4 bitwaje intwaro babamishaho urusoro rw’amasasu bahita bapfa. Uretse abo 5 bapfuye barimo […]
Umutekano ni inkingi ya mwamba y’iterambere rirambye- Mukandasira Caritas
Umuyobozi w’Intara y’Uburengerazuba, Mukandasira Caritas yabwiye abatuye mu karere ka Nyabihu ko umutekano ari inkingi ya mwamba y’iterambere rirambye, bityo abasaba kugira uruhare mu kuwubungabunga. Ibi yabibakanguriwe ku itariki 27 Mata mu nama we n’abandi bayobozi b’inzego zitandukanye bagiranye n’abaturage bo mu mirenge ya Jomba, Muringa, Rurembo, Rambura, na Karago. Mukandasira yabwiye abo baturage ko […]
Amagambo y’amaganya n’agahinda Col.Kaddafi yavuze habura iminsi mike ngo yicwe
Mu gihe Muammar Gaddafi yari agezwe ku buce ahigwa ngo yicwe, yavuze amagambo akubiyemo amaganya y’akagambane yakorewe mu gihe yari agejeje Libya ku iterambere. Ubwo yari mu buhungiro yavuze byinshi asa n’usezera ku kuri Libya maze avuga urusobe rw’amagambo, Aho agira ati:” Mu izina rya Allah, Nyagasani isumba byose, ku myaka 40 ndi ku buyobozi […]
ADEPR igiye gukora ubushakashatsi kuri Jonoside yakorewe Abatutsi nkuko yabisabwe
Umuvugizi wa ADEPR w’ungirije asanga gukora ubushakashatsi kuri Jonoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ari kimwe mubizatuma ntawakongera kuryanija Abanyarwanda. Nyuma yuko Minisiteri y’Umuco na Siporo isabye ko Amadini akorera mu Rwanda yakora ubushakashatsi kuri Jonocide yakorewe abatutsi muri Mata 1994, itorero rya ADEPR naryo riravuga ko rigiye gushyira mu bikorwa ibyo ryasabwe n’ubuyobozi bw’Igihugu. […]
Umukunzi wa Jason Derulo yongeye kugaragara mu myenda igaragaza imiterere y’umubiri we- AMAFOTO
Nyuma y’iminsi mike Jason Derulo n’umukunzi Daphne bagaragaye i Miami ndetse n’amafoto yabo agakwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, kuri ubu uyu mukobwa yongeye kugaragara mu myambaro igarazaga imiterere y’umubiri we. Daphne w’imyaka 29, nawe ubwe ngo agira uruhare mu gukurura abagabo, ndetse n’amafoto ye akavugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga dore ko Derulo yamwigaruriye na 50 Cent […]
Ubufatanye bw’abikorera burashoboka
Mu nama yahuje ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere, ubw’Akarere ka Muhanga, urugaga rw’abikorera n’inzobere ziturutse mu gihugu cya Singapore, UWAMARIYA BĂ©atrice umuyobozi w’Akarere ka Muhanga yatangaje ko kuba abikorera bagiye gutangira imirimo yo kubaka isoko byerekana ko ubufatanye bw’abikorera bushoboka. Iyi nama yahuje izi nzego igamije kurebera hamwe uko amahirwe ari mu karere ka Muhanga aramutse […]
Umwana wa Brig.Gen Kararuza warashwe hicwa se nawe yitabye Imana
Kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Mata 2016, nibwo umukobwa wa Brig.Gen Kararuza yapfuye, nyuma yo kumara iminsi 4 avurirwa mu bitaro bya gisirikare bya Kamenge. Uyu mukobwa yagejejwe mu bitaro kuri uyu wa Mbere Tariki ya 25 Mata 2016, nyuma y’amasasu yarashwe mu gitero cyahitanye Se na nyina. Iki gitero cyahitanye uyu muryango, […]
Hillary Clinton ngo yaba atsindisha kuba igitsina gore
Mu Gushyingo uyu mwaka nibwo amatora ateganijwe muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump akaba ari ku isonga mu Ishyaka ahagarariye, akaba avuga ko Umukandida Hillary Clinton uhagarariye ishyaka rya abademokrate ko akangisha igitsina avuga ko ariwe mugore wa mbere ugiye kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Nk’uko ibitangazamakuru byo muri Leta Zunze Ubumwe […]
Kayonza: Abayobozi b’akagari babiri bafunzwe kakekwaho kunyereza ibya rubanda
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kayonza ifungiye kuri sitasiyo ya Rukara abayobozi babiri b’akagari bakekwaho kunyereza ibya rubanda bigizwe n’ibihumbi 165,000 by’amafaranga y’u Rwanda y’umusanzu w’ubwisungane bwo kwivuza watanzwe n’abaturage, toni n’igice y’ifumbire yo mu bwoko bwa Urea na NPK, n’ibiro 500 by’ibigori byari bigenewe guhabwa abaturage. Abakurikiranyweho iki cyaha ni Uwingeneye Agnes, akaba […]