Hibutswe abahoze ari abakozi n’abanyeshuli muri College de Rushaki bazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Mu gihe hibukwa ku nshuro ya 22 jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w’1994, ubuyobozi bw’ikigo “College Don Bosco de Rushaki” bufatanyije n’ababyeyi n’abanyeshuli; bibutse abahoze ari abakozi n’abanyeshuli muri icyo kigo bazize jenoside yakorewe Abatutsi . Muri uyu muhango wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 22 Gicurasi 2016, abanyeshuli bafatanyije n’abarezi muri College Don Bosco […]

Indege z'Abanyamerika zarashe umukuru w'Abatalebani muri Afghanistani

Inzego zishinzwe iperereza muri Afghanistani zemeje ko umukuru w’abatalibani, Mullah Akhtar Mansour yaguye mu gitero cy’indege z’abanyamerika. Mbere yaho igisirikare cya Amerika cyari cyavuze ko Mullah Akhtar Mansour ashobora kuba yishwe. Hari amakuru agenda avuguruzanya ku birebana n’ukuntu byamugendekeye ariko abategetsi ba Amerika baravuga ko bishoboka ko yishwe. Nk’uko bitangazwa na BBC, ngo indege nyinshi […]

Kenya: Imvubu yari umuciyemo kabiri akizwa n’igiti

Umugabo usanzwe ukora akazi k’uburobyi arembeye cyane mu bitaro bikuru bya St Camilus Hospital mu mujyi wa Migori (Kenya) nyuma yo kurusimbuka agiye kwicwa n’imvubu yitabaza igiti. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Gicurasi, nibwo Benard Otieno yari yirengejwe n’iyo mvubu imufatiye ku nkombi y’umugezi yarobagamo kuri Wath-Remo Beach mu gace ka Nyatike. Nk’uko […]

Ubuhamya: Abagore cyangwa abakobwa bafite ibibuno binini mu mibonano mpuzabitsina

Abenshi b’igitsina gabo bemeza ko ikibuno kinini ku muntu w’igitsina gore kimufasha kuryoshya imibonano mpuzabitsina n’ubwo bigoye kubihamya kuko abantu badateye kiwe ndetse bakaba batanakunda bimwe, ariko benshi bagaragaje ko bakunda abagore bafite ibibuno binini. Bruno ati” njye nitwa Bruno, irindi zina ndumva atari ngombwa cyane, icyo nzi cyo ni uko umuntu aryoherwa n’iki gikorwa […]

Mu iyimikwa rye, Musenyeri Anacret yatumye kuri Perezida Kagame anagaruka ku bupfubyi bwe-Amafoto

Musenyeri Mwumvaneza Anaclet wimitswe kuba umushumba wa Diyoseze ya Nyudo yabaye impfubyi ari umwana muto bituma abibonamo impuhwe za Nyagasani, aho mu butumwa bwe yagejeje ku bari muri mu muhango wo kwimikwa kwe yashimiwe na Minisitiri w’intebe ku bw’ intego yo kugira impuhwe yagize, Musenyeri Anaclet mu ijambo rye yagarutse ku buzima bwe bw’ubupfubyi yagize […]

Amafoto ya Kim Kardashian na Kanye West agaragaza ugukorana na satani

Kim Kardashian na Kanye west bashyize ku mbuga nkoranyambaga amashusho bombi baryamanye mu buriri, banahishura amwe mu mabanga yihariye y’abashakanye, ibintu bitavuzweho rumwe ndetse byanateye benshi guhererekanya aya mashusho bakoresheje imbuga za interinete ari nako bavuga ko bakorana na satani Nk’uko ikinyamakuru Enews kibitangaza, mu nkuru yacyo yo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 21 […]

Burundi: Gén.de brigade Audace Nduwumusi na mugenzi we ku rutonde rw’abashinjwa ubwicanyi

GĂ©n.de brigade Audace Nduwumusi na Capitaine Franà§ois Niyonkuru, aba ni abasirikare babiri mu gisirikare cy’u Burundi batungwa agatoki kuba inyuma y’ubwicanyi bumaze iminsi bukorwa mu gihugu ubu ngo bakaba bagiye koherezwa mu butumwa bw’amahoro bamwe bafata nk’igihembo Perezida Nkurunziza yaba abahaye nyuma yo guhangana n’abamurwanyaga kuri manda ye ya 3. GĂ©n. de brigade Audace Nduwumusi […]

Ubuhinde: Umwarimu wakomokaga muri Congo yicishijwe amabuye

Mu mujyi wa New Delhi mu Bihinde niho umusore w’imyaka 23 y’amavuko ufite inkomoko muri RD Congo, yishwe n’abasore 3 bamuteye amabuye n’amatafari. Nk’uko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru by’Abafaransa AFP, ku wa Gatanu tariki ya 20 Gicurasi 2016, nibwo uyu musore wari n’umwarimu yiciwe mu gace ka Vasant Kunj gaherereye mu mujyi wa New Delhi, n’ubwo […]

Yinaze mu ndiri y’intare yambaye ubusa zimusamira hejuru- AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Gicurasi 2016, nibwo umusore w’imyaka 20 y’amavuko witwa Franco Luis Ferrada Roman yinaze mu ndiri y’intare nyinshi mu mujyi wa Santiago zimusamira hejuru zitangira kumutera imikaka, arusimbuka ubwo 2 muri zo zaraswaga zigapfa. Nk’uko bitangazwa n’urubuga Dailymaily, uyu musore yinaze muri iyo ndiri y’intare yambaye ubusa hasi no […]

Urubyiruko rurasabwa kwirinda inyigisho mbi zitangirwa ku ishyiga

Ku itariki 20 Gicurasi 2016 ku Mugina hibukwaga ku nshuro ya 22 by’umwihariko urubyiruko rwazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, Depite Umukobwa Justine uhagararariye Urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yasabye urubyiruko n’abana muri rusange kwamaganira kure inyigisho zuzuyemo ingengabiterezo ya Jenoside zitangirwa mu bwihisho cyane cyane ku mashyiga igihe ababyeyi baganira n’abana babo […]

Kamonyi: ACP Nkwaya yasabye abamotari gukomeza kuba abafatanyabikorwa na Polisi mu gukumira ibyaha

​Ku wa gatanu tariki ya 20 Gicurasi, umuyobozi wa Polisi mu ntara y’Amajyepfo Assistant Commissioner of Police (ACP) Francis Nkwaya yagiranye ibiganiro n’abatwara abagenzi kuri moto bakorera mu karere ka Kamonyi abasaba gukomeza kuba abafatanya bikorwa ba Polisi y’u Rwanda mu gukumira no kwirinda ibyaha, kuko aribyo bizatuma akazi bakora gatera imbere nabo bakagira imibereho […]

Ingabo z’u Burundi ziri mu mahanga zasabwe gutahuka

Itsinda Mpuzamahanga rigamije gukumira no guhosha amakimbirane (ICG: International Crisis Group), ryasohoye icyegeranyo gikubiyemo ibyo bise inkurikizi za manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza w’u Burundi bityo bakaba basabye ko ingabo z’iki gihugu zoherejwe hirya no hino mu butumwa bw’amahoro gutahuka. Iri tsinda risaba ko izo ngabo zatahuka mu gihe muri icyo cyegeranyo rigaragaraza ko […]

Perezida Bashir n’ubwo ashakishwa na ICC ashaka gusura Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Nubwo Perezida Omar al-Bashir wa Sudani ashakiswa n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), leta yatangiye kumusabira visa kugirango azitabire inama rusanga ya Loni izabera muri i New York muri Nzeli uyu mwaka. Ahmed Bilal Umuyobozi Ushinzwe itangazamakuru muri Sudan yavuze ko Ban Ki-Moon ariwe watumiye Perezida Bashir, bityo USA ngo itegetswe kumuha viza kuko ari yo yubatswemo […]

Burera: Polisi yafashe umugore winjizaga inzoga zitemewe mu Rwanda

Polisi y’u Rwanda ifite inshingano zo kurwanya abinjiza ibicuruzwa mu gihugu mu buryo bwa magendu n’abinjiza ibinyobwa bitemewe mu Rwanda, ababifatiwemo bagashyikirizwa ubutabera. Ni muri urwo rwego mu ijoro ryo ku itariki ya 20 rishyira iya 21 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera yataye muri yombi umugore witwa Murekatete Beatrice winjizaga inzoga […]