Ubwongereza kwakuriyeho Visa igihugu cy' u Rwanda

Ubwo yari Mu Kanama gahuza abarebwa Na Dipolomasi y’Ubwongereza n’Amahanga ,uyu munsi Madame Thereza May yatangaje ko hagendewe ku bipimo byari byateganijwe u Rwanda rwaje Ku mwanya Wa 3 n’amanota 81% , Africa y’Epfo ikaza kumwanya Wa 2 n’amanota 84% naho Ibirwa bya Philippines bikaza ku mwanya Wa 1 n’impuzandengo y’amanota 92% maze rutsindira aya […]

Neymar yitangarije ko adakeneye kwitwa kapiteni w’ikipe ya Brezil

Neymar, umusore w’imyaka 24 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Brazil ubu akaba akinira ikipe FC barcelonne yo muri Espagne yateye urujijo abatari bake bibabaza impamvu yatangaje ko ataba kapiteni w’ikipe y’igihugu akomokamo (Brezil). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri mikoro za TV Globo, Neymar yatangaje ibyo ariko ntiyatangaza impamvu imubuza kuba yahagararira ikipe y’igihugu cye cy’amavuko. Yagize ati: […]

Haracyibazwa ahazaza h’abana Abanyarwandakazi babyaranye n’abanyamahanga bakabata

Hakomeje kwibazwa ahazaza h’abana Abanyarwandakazi babyaranye n’Abashinwa bakorera mu Rwanda bivugwa ko baheruka batera inda batongeye gucibwa iryera. Muri Kamena 2014, nibwo Abanyarwandakazi 8 bakiri bato bishyize hamwe bajya ahaberaga ibikorwa by’ubwubatsi bw’umuhanda bagiye gusaba umuyobozi waho kubafasha gukemura ibibazo bafite byo kubonana n’abo banyamahanga babateye inda. Bivugwa ko abakozi bateye inda aba bagore bakoreraga […]

Burundi: Hatowe imirambo 2 y’abantu bishwe baboshye

Mu gihe bikomeje kuvugwa ko umutekano ukigerwa ku mashyi mu gihugu cy’u Burundi, kuri ubu mu gace ka Gifurwe muri Komini Mbanda hatoraguwe umurambo w’abantu babiri bishwe baboheye inyuma. Nk’uko byatangajwe n’umuryango SOS/Burundi kuri iki cyumweru tariki ya 21 Kanama 2016, ngo aba bantu bishwe imyirondoro yabo ntabwo iramenyekana gusa bakaba ari abasore bari mu […]

Muhanga: Ingo 900 zikoresha amashanyarazi akomoka ku mirasire y'izuba

Ubwo hatangizwaga imurikagurisha by’ibikomoka ku mirasire y’izuba ry’iminsi ibiri, Umuyobozi mukuru w’umuryango w’iterambere w’abaholandi NSABIMANA Elie atangaza ko mu Karere ka Muhanga, ingo zigera kuri 900 ari zo zikoresha amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba. Mu ijambo rye Umuyobozi mukuru wa SNV NSABIMANA Elie, yagarutse ku kamaro ko gukoresha amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba kuko bituma […]

Umukozi wa KK Security arahigwa bukware nyuma yo gucikana akayabo

Umukozi w’ikigo cy’umutekano akomeje guhigirwa hasi kubura hejuru nyuma yo gucikana amadovize afite agaciro ka miliyoni 25 z’amashilingi ya Kenya, yari atwaye ubwo yaburiraga ku Kibuga cy’indege Jomo Kenyatta i Nairobi. Uyu mukozi yavaga ahitwa Nyali muri Mombasa agana I Nairobi mu ndege, afite amafaranga y’amanyamahanga, akaba yaragombaga kuyajyana kuri Trust Bank ubwo yaburirwaga irengero […]

Umukobwa w’imyaka 22 ushaka umukunzi

Muraho neza mwese mbanje kubasuhuza nibwo ngeze hano nkeneye kugerageza amahirwe hano! ndi umwana w’ umukobwa ufite imyaka 22 ndi muremure 1 na70 ndi nzobe bitari cyaneeeee ndabyibushye cyanee cyaneee hasi mfite ibiro75 narize ndajyiriza mu wa 3 trocome mu rugo ni Gisenyi none nkaba nkeneye umukunzi muremure 1na85 akaba ari imibiri yombi byaba byiza […]

Centrafrica: Perezida Touadera arashima ingabo z’u Rwanda ziri mu gihugu cye

Perezida wa Centrafrica, Faustin Archange Touadera, yashimiye ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cye, ku bw’uruhare rwazo mu iterambere ryacyo. Ibi akaba yabitangaje ubwo yatangizaga kuri uyu wa Gatandatu, Umunsi w’Igiti muri Centrafrica. Umunsi w’Igiti wizihijwe kuri uyu wa 20 Kanama 2016, i Bangui, mu murwa mukuru wa Centrafrica, ahari […]

Ese Gén. Evariste Ndabaneze niwe uzavuga uwishe Gen Adolphe Nshimiyimana ko abandi banumye?

Mu matora y’ishyaka CNDD FDD yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Kanama, yarangiye Géneral Evariste Ndabaneze agizwe umunyamabanga mukuru w’ishyaka, biba yari amaze iminsi mike asezeye mu gisirikare ndetse anabyemererwa na Perezida. Ugusezera mu gisirikare cy’u Burundi ndetse akanabyemererwa n’umukuru w’igihugu Petero Nkurunziza, bigaragara mu itegeko ry’umukuru w’igihugu nomero 100/157 ryo kuwa 18 […]

RDC: Batandatu bakorana na ADF bagejejwe imbere y’urukiko rwa gisirikare

Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatandatu rwatangiye kuburanisha abantu bagera muri 215 bo mu mutwe w’inyeshyamba ushinjwa kwica abasivili muri Beni ho mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’igihugu. Abantu batandatu bafite ubwenegihugu butandukanye bakorana n’umutwe wa ADF (Allied Democratic Forces) bagejejwe imbere y’urukiko kuri uyu wa gatandatu, bashinjwaga kugira uruhare […]

RDC: CENI yamaze gutangaza ko amatora ya perezida atakibaye muri uyu mwaka

Komisiyo y’igihugu y’amatora muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (CENI), kuri uyu wa Gatandatu yahishuye ko nta matora ya perezida azaba muri uyu mwaka nk’uko byari biteganyijwe ahubwo azaba muri Nyakanga umwaka utaha wa 2017. Iyi komisiyo y’amatora yigenga ikaba yasobanuye ko impamvu ari uko amafaranga yo kuzakoresha ataraboneka ndetse ngo hakaba haranabaye gutinda mu […]

Huye: Hagiye kongera gutorwa abarinzi b’igihango

Inama itegura igikorwa cyo gutoranya abarinzi b’igihango mu Karere ka Huye, yemeje ko kuwa 28 Kanama 2016, ari bwo hazaba ku rwego r’Akarere igikorwa cyo gutoranya abarinzi b’igihango. Uyu mwanzuri kimwe n’iyindi itandukanye, ni iyafatiwe mu nama yabereye mu Karere ka Huye kuri uyu wa 19 Kanama 2016, aho yari igamije kurebera hamwe uko ibikorwa […]

Afunze akurikiranyweho impapuro mpimbano yibishije amafaranga 950,000 muri banki

Ku mugoroba w’itariki ya 19 Kanama, umugore utaramenyekana umwirondoro yafatiwe mu karere ka Nyarugenge, amaze kubikuza amafaranga 750,000 kuri konti itari iye. Nk’uko bitangazwa n’umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitayezu, ngo uyu mugore yabikuje amafaranga kuri konti y’uwitwa Hakizimana Josephine , ndetse ngo bakaba batanaziranye. SP Hitayezu yagize […]