Ibikorerwa mu Rwanda bizafasha kugabanya icyuho kigaragara mu ngengo y’imari

Guverineri wa banki nkuru y’igihugu (BNR) John Rwangombwa yatangaje ko guverinoma ishyize imbaraga mu guteza imbere ibikorerwa mu gihugu kugirango bahangane n’ikibazo cy’ibyoherezwa mu mahanga bikiri bicye ugereranyije n’ibitumizwa hanze. Yabitangaje ubwo hashyiraga ahagaragara politike y’ifaranga. Yagaragaje ko isoko ry’u Rwanda ibitumizwa hanze bikiri byinshi ugereranyije n’ibyo u Rwanda rwohereza hanze bikagira ingaruka ku ifaranga […]

Ndi mu rukundo na Padiri ,iyo mubwiye ngo tubihagarike avuga ko aziyahura!Nkore iki?

“Mfite imyaka 34 y’amavuko nta mugabo mfite, ariko maranye umwaka urenga n’umupadiri turi mu rukundo ndetse anavuga ko agiye guhagarika iby’ubupadiri akaza tukabana, ariko uko turushaho kumarana igihe niko ndushaho kugira urwikekwe rw’uko yabivamo ari njye ubiteye nkagirana urubanza n’Imana ku bw’uruhare rwange mu gutuma abivamo.” “Iyo mfashe umwanya ngo muganirize mwumvisha ko dukwiye guhagarika […]

Gakenke: Hagiye guhembwa abarimu b’indashyikirwa mu kugaragaza imfashanyigisho

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 24 Kanama 2016, ku biro by’Akarere ka Gakenke habereye igikorwa cyo gutoranya abarimu b’indashyikirwa 2016 mu kugaragaza imfashanyigisho zabo. Mu guhitamo abarimu b’indashyikirwa buri kigo cy’ishuri kibarizwa muri buri murenge cyahisemo umuntu umwe bahuriye ku murenge, maze Umurenge uhitamo babiri, abo babiri bavuye kuri buri murenge nibo boherejwe ku […]

Umusore yafashwe na se ubwo yasambanaga na nyina

Ibi byabereye mu nkengero z’umugi wa LomĂ© muri Togo, aho umugabo yashatse kumenya ukuri mu gihe hari amakuru yamugeragaho ko umuhungu we yaba asambana n’umugore we akanaba nyina w’uwo musore basambanaga. Mu gitondo cyo ku wa 11 Kanama, ahagana saa kumi n’ebyiri za mugitondo nibwo habayeho aya mahano, umugabo akaba yaraguye gitumo uwo musore na […]

Abadepite bo muri Uganda bacucuriwe muri Afurika y’Epfo

Abadepite bo muri Uganda mu ijoro ryakeye basesekaye ku Kibuga cy’indege cya Entebbe imbokoboko nyuma y’aho baterewe n’abajura bitwaje intwaro muri Afurika y’Epfo bakabacucura. Amakuru aravuga ko aba bagizi ba nabi babibye na za passports zabo ndetse n’ibindi bintu byabo. Umwe muri aba badepite byavuzwe ko yibiwe mu bujura bwabereye kuri KariBou-Inn Guest House iherereye […]

Ibintu 10 byafasha umuryango kubaho neza mu munezero

Uretse no kuba Imana ikunda umuryango, abagize umuryango (umugabo,umugore n’abana) hari ibyo baba bagombwa kugirango umuryango ubeho neza, ukure kandi unatere imbere uzira urwango rushingiye ku makimbirane. Ibyo bintu 10 ni ibi bikurikira: 1.Ukuri mu muryango: Mu gihe hagaragara amacenga cyangwa amanyanga y’umugabo,umugore cyangwa se umwana atabasha kubwira ababyeyi ukuri, umugore ahora abeshya umugabo cyangwa […]

Ikibazo cy’ubujura bw’amatungo muri Gatsibo cyarahagurukiwe

Ikibazo cy’ubujura bw’amatungo nicyo cyagairiweho mu nama yahuje Guverineri w’intara y’iburasirazuba Uwamariya Odette n’abaturage batuye iyi ntara hagamijwe gukaza umutekano. Iyi nama yabereye mu Mudugudu wa Kageyo, Akagari ka Gitoki, Umurenge wa Gatsibo, Akarere ka Gatsibo baganira ingamba zafatwa mu kwirindira umutekano wabo n’ibyabo. Iyi nama kandi yari yitabiriwe n’inzego z’umutekano harimo n’umuyobozi wa polisi […]

Diamond Platnumz yitangarije ko umugore we Zari ari umunyeshyari

Icyamamare Diamond Platnumz, nyuma yo kujarajara mu bagore nyuma akaza guhitamo kwihebera Zari Hussein, yitangarije ko uyu mugore we ari umunyeshyari riziguye kuko ngo iyo arigize ahita abigaragaza ntabihishe ngo nyuma aze kubivugira mu matamatama. Ibi yabitangaje ubwo yagiranaga ikiganiro na E!VIP Tv, aho yavuze ko uyu mugore arangwa n’ishyari by’umwihariko igihe yasohoye amashusho yiganjemo […]

Cibitoke: Ubuyobozi bwaciye filimi zisobanuye mu Kinyarwanda zizwi nk’Udusobanuye

Amakuru aturuka mu Burundi kuri ubu aravuga ko ubuyobozi bwa Komini Rugombo mu Ntara ya Cibitoke bwafashe icyemezo cyo gufunga amazu yerekanirwamo filimi. Ibi ngo bikaba biri mu rwego rwo guca filimi zisobanuwe mu Kinyarwanda zizwi nk’ “Udusobanuye”. Abakoraga ubu bucuruzi bwo kwerekana filimi ariko baravuga ko ibi bitari ubutabera kuko ngo imirimo yabo ntaho […]

CNLG irashima kuba Loni yamaganye amagambo apfobya jenoside yatangajwe na CNDD-FDD

Nyuma y’amagambo apfobya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda aherutse gutangazwa n’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, akaza kwamaganwa n’Umuryango w’Abibumbye, Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside nayo yayamaganye yivuye inyuma. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’iyi Komisiyo Dr Bizimana Jean Damascene avuga ko kuba Umuryango w’Abibumbye wafashe intambwe ya mbere yo gutangaza aho uhagaze kuri iri tangazo ry’u […]

Thierry Henry yagizwe umutoza wungirije w’ikipe y’igihugu y’Ububiligi

Amakuru yatangiye gucicikana mu bitangazamakuru bitandukanye aravuga ko Thierry Henry wahoze akinira ikipe ya Arsenal yagizwe umutoza wungirije w’ikipe y’igihugu y’Ububiligi. Uyu musore utari usanzwe afite uburambe mu gutoza amakipe, agizwe umutoza muri iyi kipe nyuma yo kunugwanugwa ko ashobora kuba umwe mu bazunganira Arsene Wenger muri Arsnal ariko bikaba birangiye agiye mu Bubiligi. Roberto […]

Amafoto agaragaza uko Dr Riek Machar yavanwe muri Congo ajya muri Sudani yashyizwe ahagaragara

Uwahoze ari visi perezida wa Sudani y’Epfo, Dr. Riek Machar ari kwivuza igikomere giteye ubwoba yagize ku kirenge nyuma yo kumara iminsi 40 mu mashyamba ya Congo ahunga igihugu cye. Amafoto yashyizwe ahagaragara Chimpreports dukesha iyi nkuru yabashije kubona, agaragaza Machar avanwa muri aya mashyamba yegereye umupaka wa Congo na Sudani y’Epfo n’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye. […]

Dore ibyiza byo gusohokana n’umukunzi wawe ari kumwe n’inshuti ze

Uko isi igenda itera imbere ni nako abantu bahindura imibereho, imyumvire n´imitekerereze itandukanye n’iyo hambere ugasanga bihinduye byinshi. Turebeye hamwe ibijyanye n’urukundo, hari byinshi usanga abasore n’abakobwa bakora mu rwego rwo kurubagarira bikaba byashimangira umubano wabo mu buryo busesuye. Bimwe muri ibyo birungo by’urukundo harimo kuba umusore cyangwa umukobwa yasohokana mugenzi we ariko by’umwihariko igihe […]

Hari abarokotse jenoside bagerwaho n'inkunga bagenerwa itinze cyane

Kuva tariki ya 23 kugeza ku ya 25/8/2016, abakozi ba Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside bane bari mu Turere twa Rutsiro na Ngororero two mu Ntara y’Iburasirazuba. Ni mu rwego rwo kumenya ibibazo abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bafite kugira ngo bakorerwe ubuvugizi. Imwe mu nshingano za Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside nu ugukorera ubuvugizi abarokotse. […]

Kirehe: Abamotari bafatanye mugenzi wabo ibiro 10 by'urumogi

Ku italiki ya 23 Kanama, abamotari bo mu Karere ka Kirehe, bifatiye umwe muri bo , bamufatanye ibiro 10 by’urumogi. Habumugisha Emmanuel niwe wafashwe na bagenzi be bakorera mu murenge wa Nyamugari, bakaba baramukurikiye bamufatira mu mudugudu Kanyabihara, akagari ka Gatarama ho mu murenge wa Kigina. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, Inspector of Police […]