Rooney yagereranyijwe n’imbwa ishaje nyuma y’uko Man Utd itsindwa na Watford

Rutahizamu wa Machester United Wayne Rooney yagereranyijwe n’imbwa ishaje yurira igikuta ikagwa, nyuma yo gutsindwa na Watford ibitego 3-1 kuri icyi Cyumweru. Ibi byagarutsweho n’abafana ba Man U mu butumwa banyujije ku rubuga rwa Twitter aho bibasiye uyu mugabo ko ntacyo akora nka Capiteni w’iyi kipe ngo itange umusaruro mu maguru mashya. Uwiyita Copa 90 […]

“Abanyapolitiki bigwizaho imitungo bararye bari menge” ICC

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha(ICC) yibukije Abanyapolitiki bakigwizaho imitungo n’abagira uruhare mu iyangizwa ry’ibidukikije ko igiye gushyiramo imbaraga mu kubakurikirana. Ibi byagarutsweho nyuma y’uko hagiye hagaragara abayobozi b’ibigo bitandukanye n’Abanyapolitiki bigwizaho ubutaka babwambuye abaturage abandi bakagira uruhare mu kwangiza ibidukikije. Nyuma y’uko abacamanza b’uru rukiko basuzuma ko abaturage barenganywa n’abayobozi bamwe na bamwe babaka imitungo yiganjemo ubutaka, […]

Igitero ku birindiro by’ingabo cyishe abasirikare 17 i Kashmir

Abantu bitwaje intwaro mu gihugu cy’u Buhinde kuri iki cyumweru bateye ibirindiro by’ingabo biherereye mu gace ka Uri muri Kashmir bica abasirikare 17 abarenga 30 barakomereka. Bane muri abo barwanyi bahise bahasiga ubuzima, bakaba bari bitwaje imbunda na grenade bateye mu gace ka Uri kegeranye n’umupaka wa Pakistan banatwika amazu. Iki gitero gikomeye kibaye mu […]

Perezida Kagame mu cyumweru cy’akazi kenshi muri Leta zunze ubumwe z'Amerika

Perezida kagame n’abandi bakuru b’ibihugu bigize umuryango w’abibumbye bagiye gukoranira i New York muri leta zunze ubumwe z’Ameriak ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye (UN), mu Nteko Rusange izareba mu nguni zose z’ibibazo byugarije Isi. Biteganyijwe ko Perezida Kagame azatanga ikiganiro muri Kaminuza ya Yale kuwa Kabiri tariki 20 Nzeri. Bimwe mu bibazo byugarije isi bizigirwa muri […]

Musore, n’ubona umukobwa akugaragariza ibi bimenyetso uzamenye ko yagukunze agatinya kubikubwira

Nkuko bimenyerewe ko igitsinagore kitajya gikunda gutinyuka ngo cyerurire abagabo cyangwa abasore kibasaba urukundo, ariko hari ibimenyetso bemwe na bimwe bakunda gukora bigasimbura amagambo bari kuvuga, gusa hari abasore batajya basobanukirwa n’ibyo bimenyetso. Ibi bimenyetso n’ubitahura ku mukobwa nta gushidikanya uzamenyeko yatinye kubanza ku kubwira ko agukunda: Indoro akureba Mugihe muri ahantu hihereye, indor0 ye […]

Kabarondo:Umuryango wari waribwe umwana washimiye abagize uruhare mu kumugarurirwa

Muri iki cyumweru nibwo hamenyekanye inkuru y’umudamu witwa Mukanzabarushimana Epiphanie wibye umwana wa Nyirandikubwimana Ernestine utuye mu mudugudu w’Umucyo, akagari ka Rusera Umurenge wa Kabarondo, Akarere ka Kayonza mu Burasirazuba bw’u Rwanda bahuriye mu isoko. Uyu mugore wibye umwana yatawe muri yombi ndetse uwo mwana ashyikirizwa ababyeyi be baboneraho gushima abagize uruhare mu kumubagarurira kuko […]

Amerika yibeshye ku bitero by’indege yica abasirikare 80 ba Syria

Ingabo za leta zunze ubumwe z’Amerika ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro no kurwanya leta ya Bashir al Asade zibeshye mu kugaba ibitero by’indege kuwa Gatandatu 17 Nzeri 2016 zica abasirikare ba leta bagera kuri 80 abandi 120 barakomereka nkuko byatangajwe n’indorerezi y’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (HRW) muri iki gihugu. Aya makuru yemejwe n’ubuyobozi […]

Rubavu: Abashidukira gukora magendu n’ abasanzwe bayikora bahagurukiwe

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu iratangza ko yafashe ingamba zitandukaye zo kurwanya magendu muri aka karere ndetse n’ibindi byaha bihagaragara birimo icuruzwa ry’ibiyobyabwenge nk’urumogi, kanyanga, magendu y’ibicuruzwa bitandukanye ndetse n’abantu bava cyangwa bajya mu Rwanda no mu gihugu cy’abaturanyi cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo nta byangombwa bafite. Umuyobozi wa Polisi y’u […]

Abapolisi 200 bo mu mutwe ucuranga barangije amahugurwa

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda,IGP Emmanuel K.Gasana, ejo yashoje icyiciro cya kane cy’amahugurwa y’abapolisi 200 bo mu mutwe w’umuziki muri Polisi y’u Rwanda, ku ishuri rya Polisi ry’i Gishari mu karere ka Rwamagana. Abashoje amahugurwa y’amezi atatu bigishijwe n’abapolisi bo muri Namibiya,mu rwego rw’ubufatanye hagati ya Polisi z’ibihugu byombi. Asoza aya mahugurwa,Umuyobozi wa Polisi […]

Burundi: Abana 80.000 Ntibaziga Uyu Mwaka

Ababyeyi bo mu Burundi bahangayikishijwe n’abana babo batazajya kwiga muri uyu mwaka bitewe n’akajagari katewe ngo no kuvugurura ireme ry’uburezi cyane cyane mu mashuli yisumbuye. Ibi byatumye abanyeshuri 80.000 batazajya kwiga uyu mwaka, ibintu byateje impugenge ku babyeyi bakavuga ko abana babo bashobora kuba indaya abandi bakaba ibisambo. Umubyeyi wo muri zone ya Kanyosha mu […]