Abashinja Leta ya Nkurunziza ubwicanyi ngo ni abasize bagaritse imbaga bagahunga

Icyegera cya mbere cy’umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Gaston Sindimwo yatangaje ko ibibazo byose biri muri iki gihugu byatewe n’Ababiligi ndetse ko kuva mu gihe cy’ubukoloni Ababiligi ari bwo batangiye gutegura amacakubiri mu Burundi ku va Rwagasore yabasaba ubwigenge. [ad id=”44145″] Ibi Sindimwo yabivuze mu kiganiro yagiranye na radiyo y’igihugu cy’u Burundi bamubaza kubyerekeye raporo y’umuryango […]

Ushinja Mbarushimana yavuze ko ubuzima bwe bwajya mu kaga bimenyekanye ko yaje kumushinja

Kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2016, ubwo urukiko rwumvaga umutangabuhamya wa Mbarushimana Emmanuel ukurikiranyweho kugira uruhare mu iyicwa ry’Abatutsi ibihumbi 50 bari bahungiye ku gasozi ka Kabuye, uyu mutangabuhamya yavuze ko imiryango yabo ibanye neza ku buryo n’abavandimwe ba Mbarushimana baramutse bamenye ko yaje kumushinja mu rukiko ashobora kugirirwa nabi. [ad id=”44145″] Uyu mutangabuhamya wahawe […]

Burundi: Umudepite w’imyaka isaga 60 arashinjwa gusambanya umwana w’imyaka 16

Umudepite w’imyaka isaga 60 mu Burundi aravugwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 16 ababyeyi be bavuga ko uwo mudepite yitwa Kiganahe Didace wigeze kungiriza umukuru w’inteko ishinga amategeko, aba minisitiri w’ubutabera, ubu akaba yakoraga muri komisiyo ishinzwe kwunga Abarundi. Igipolisi kikaba kivuga ko uyu mugabo ari gushakishwa. [ad id=”44145″] Se w’uwo mwana w’umukobwa avuga ko umwana […]

Umusore w'imyaka 28 yishwe n’umuceri mu marushanwa yo kurya

Umusore w’imyaka 28 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’Ubuyapani utatangajwe amazina yapfiriye mu marushanwa yo kurya nyuma yo kurya umuceri mwinshi nyuma akahasiga ubuzima. [ad id=”44145″] Uyu musore yari mu marushanwa yo kurya umuceri ubwo yari amaze kurya ibirundo by’umuceri 4, ageze ku cya 5 nibwo byamugiye nabi ajyanwa kwa muganga akaba yitabye Imana nk’uko byatangajwe […]

Umusore w’imyaka 28 yishwe n’umuceri mu marushanwa yo kurya   Umusore w’imyaka 28 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’Ubuyapani utatangajwe amazina yapfiriye mu marushanwa yo kurya nyuma yo kurya umuceri mwinshi nyuma akahasiga ubuzima. [ad id=”44145″] Uyu musore yari mu marushanwa yo kurya umuceri ubwo yari amaze kurya ibirundo by’umuceri 4, ageze ku cya 5 nibwo […]

Kunyara k’umugore: Ese amatembabuzi ava mu gitsina cy’umugore hari aho ahuriye n’amavangingo?

Ubuzima bw’imyororokere, amabanga y’urugo ajyanye n’ imibonano mpuzabitsina ni bimwe mu bigirwa ibanga bikanaganirwaho mu bwiru, n’uwo ricitse ari mu bandi akumva ko akoze amahano ariko mu byukuri iyo biganiriweho bikuraho urujijo kuri bamwe baba bakitiranya ibintu. N’ufite amatsiko ashaka kumenya bimwe na bimwe kuri izi ngingo aranuma kubera isoni ariko nyamara ngo “isoni zirisha […]

Uganda: Abapolisi babiri bishwe na bagenzi babo babarashe

Ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda kiratangaza ko kiri gukurikirana amakuru y’abapolisi babiri biciwe kuri station ya Polisi ya Nalufenya muri Jinja. [ad id=”44145″] Amakuru yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri akaba avuga ko abapolisi babiri baraye barashwe mu ijoro ryakeye na bagenzi babo bo mu mutwe wa polisi ushinzwe kurwanya iterabwoba. Iki kinyamakuru […]

Machar yageze muri Ethiopia asabwa gusubira aho avuye cyangwa agashyikirizwa Salva Kiir

Dr Riek Machar, umuyobozi w’umutwe wa SPLM-IO urwanya ubutegetsi bwa perezida Salva Kiir muri Sudani y’Epfo, yafatiwe ku Kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Bole muri Ethiopia ahatirwa gufata indi ndege agasubira aho yari avuye i Johannesburg. [ad id=”44145″] Umwe mu bayobozi b’uyu mutwe utifuje ko amazina ye atangazwa, akaba yavuze ko umuyobozi mukuru wabo yari arimo […]

Ni uwuhe musaruro u Rwanda rwaba rukura muri TMEA?

TMEA (Trade Mark East Africa) ni umuryango nyafurika wigenga ufite guteza imbere ubucuruzi mu bihugu bigize Afurika yunze Ubumwe y’Iburasirazuba. Uyu muryango ukorera muri ibi bihugu ndetse ukanashoramo imari hagamijwe guteza imbere ubuhahirane ndetse no gushyiraho amabwiriza ngenderwaho agenga ibyinjira n’ibisohoka muri buri gihugu. [ad id=”44145″] U Rwanda nka kimwe mu bihugu bigize uyu muryango […]

Padiri Nahimana ushaka guhatana na Perezida Kagame mu matora ashobora kwisanga mu mazi abira

Padiri Nahimana Thomas yatangaje ko agera ku kibuga cy’indege cya Kanombe kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2016, akaba agarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka 10 aruvuyemo, aje azanye ishaka rya politiki ‘Ishema ry’u Rwanda’ afite gahunda yo kwiyamamariza ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora azaba muri 2017 agahangana na Perezida Kagame. Nahimana yavuze ko azaza mu […]

Gakenke: Abaturage 500 bishyuriwe ubwisungane mu kwivuza na Diaspora Nyarwanda

Abanyarwanda baba hanze y’igihugu bibumbiye muri diaspora nyarwanda bise Isango, mu mpera z’icyumweru gishize bishyuriye ubwisungane mu kwivuza abaturage 500 mu Karere ka Gakenke bagizweho ingaruka n’ibiza byabibasiye kuwa 07-08 Gicurasi 2016. Iyo nkunga yagejejwe ku baturage ku wa gatanu ushize, itariki 18 Ugushyingo 2016, n’umunyamabanga mukuru w’iyi diaspora, Rugira Jean Nicholas irabarirwa muri miliyoni […]

ADEPR: Ese ubuyobozi bugarura mu murimo w’Imana abo bwashinjaga ibyaha, byo byaba bisobanura iki?

Kuri ubu buyobozi buriho mu itorero rya pantecote mu Rwanda (ADEPR) hagiye humvikana inkubiri n’amatiku mu buyobozi ndetse bamwe bakanavaho bubashinja amakosa runaka, nyuma bakongera kugaragara bari mu mirimo, ibi nibyo benshi mu bakiristo baba bibaza bikabatera urujijo. Umwaka wa 2012 ushyira uwa 2013, isa nkaho ari yo myaka yatangiye kugaragaramo inkubiri y’amakimbirane no kutumvikana […]

Burundi: Umva bituga ukwaha perezida Nkurunziza yatanze ngo agume ku butegetsi

Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza, aravugwaho guhemba abacamanza bo mu rukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga rwamuhaye uburenganzira bwo kwiyamamariza iyi manda ya gatatu ari kuyobora. Uwigeze kuba umucamanza muri uru rukiko akaba yavuze uko Nkurunziza yabigenje kugirango kandidatire ye yemerwe. [ad id=”44145″] Biravugwa ko Charles Ndagijimana, perezida w’Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko nshinga, ari nawe perezida […]

Kenya: Abadepite 2, uw’umugore n’umugabo barwaniye mu biro bya Minisitiri w’Umutekano

Ku munsi w’ejo tariki ya 21 Ugushyingo 2016, Abadepite 2 bo mu Nteko Ishinga Amategeko ya Kenya barwaniye mu biro bya Minisitiri w’Umutekano mu gihugu, ubwo bari batumiwe ngo bungurane ibitekerezo ku buryo umutekano wakazwa mu karere bahagarariye mu Nteko, ubwo bananirwaga kumvikana bagahana inshyi. [ad id=”44145″] Inkuru dukesha dailynation yo muri iki gihugu, ivuga […]

Umuraperi Kanye West mu bitaro nyuma yo gusubika tour

Umuraperi w’icyamamare wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kanye West, yajyanywe mu bitaro ikubagahu kuri uyu wa Mbere nyuma yo gusubika tour ye, na nyuma y’iminsi 2 na none yibasiye inshuti ze, Jay-Z na Beyonce abanengera kuri stage. [ad id=”44145″] Ibitaramo byo kuzenguruka bya Kanye West yise Saint Pablo Tour byari biteganyijwe ko bizakomeza […]

Sudani y’Epfo: U Buyapani bwohereje ingabo zifite ububasha bwo gukoresha ingufu mu butumwa bwa Loni

Igihugu cy’u Buyapani cyamaze kohereza ingabo zacyo mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo. izi ngabo zikaba zahawe ububasha bwo gukoresha ingufu mu kurinda abaturage mu gihe byaba ngombwa mu gihe izari zisanzwe zari zemerewe kuzikoresha zirwanaho gusa. [ad id=”44145″] Abasilikali b’iki gihugu 350 boherejwe bagiye gusimbura abandi bari bahasanzwe […]

Mugimba Jean Baptiste na Iyamuremye Jean Claude bahakanye ibyaha baregwa

Imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Nyarugunga, Mugimba Jean Baptiste na Iyamuremye Jean Claude bose baregwa ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bateye utwatsi ibyaha baregwa. Mu rubanza ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo rwabaye kuri uyu wa 21 Ugushyingo 2016, ubushinjacyaha bwatangaje ibyaha byose aba bagabo baregwa bahita batangaza ko batabyemera mu gihe ababunganira mu […]

Polisi y’u Rwanda imaze kugaruza asaga Miliyoni 400 yari yaranyerejwe mu misoro

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe kurwanya magendu n’inyerezwa ry’imisoro iratangaza ko guhera mu mezi 4 ashize imaze kugaruza amafaranga y’u Rwanda asaga Miliyoni 400, ibi bikaba byarakozwe hakurikijwe amasezerano yasinywe na Polisi y’u Rwanda ndetse n’ikigo cy’igihugu gishinzwe kwegeranya imisoro n’amahoro RRA kuwa 31 Kanama 2012. Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe […]