APR FC isezerewe itarenze umutaru muri Brassaville
Ikipe ya APR FC yari imaze iminsi mu irushanwa yatumiwemo mu gihugu cya Congo Brazzaville isezerewe muri iri rushanwa itabashije gutsinda umukino n’umwe muri ibiri yakinnye . Uretse kunganya nabwo igatsindirwa kuri penalite, iyi kipe ntakindi gikomeye yabashije gukora muri Brazzaville aho yari imaze iminsi igera ku cyumweru. [ad id=”44145″] Mu mukino wabanje APR FC […]
Miss Mutesi Jolly aciye agahigo mu guhagararira u Rwanda kure mu bwiza
Kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2016, Miss Rwanda, Mutesi Jolly arerekeza muri Amerika aho agiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa afatwa nk’ayambere mu bwiza ku isi. Miss Mutesi azahagararira u Rwanda mu marushanwa ya “Miss World 2016” ahatanirwa n’abakobwa bo ku isi kugirango harebwe uhiga abandi mu bwiza ku isi. [ad id=”44145″] Mu kiganiro Miss […]
Icyo Miss Colombe atangaza nyuma y’impaka k’ubwambure bwe mu marushanwa y’ubwiza
Nyuma y’impaka ndende n’ ibitekerezo bitandukanye ku mafoto y’uwahoze ari nyampinga w’u Rwanda mu 2014; Akiwacu Colombe agaragaza imiterere ye mu mwambaro umenyereweho koganwa uzwi nka ‘Bikini’; Colombe aravuga ko nta gihunga afite cyangwa ikindi kibazo ku myambarire yagaragayemo mu irushanwa rya Miss Suprenational. Ni mu gihe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki […]
Steven Gerrard yahagaritse gukina umupira
Kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2016 nibwo uwahoze ari Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza na Liverpool yatangaje ko ahagaritse gukina umupira w’amaguru nk’umukinnyi wabigize umwuga. Gerrard ahagaritse gikina afite imyaka 36, yakiniye amakipe atandukanye harimo nka Liverpool yo mu murwa mukuru w’Ubwongereza aho akomoka yakiniye imyaka 17, Gerrard yabaye Kapiteni wa Liverpool mu gihe cy’imyaka 12 […]
Ese Padiri Nahimana Thomas ariyamamariza kuba Perezida w’u Rwanda ari hanze?
Mu gihe mu Rwanda hategerejwe amatora y’umukuru w’igihugu umwaka utaha wa 2017, abanyapolitiki b’Abanyarwanda barimo Twagiramungu Faustin, Nahimana Thomas bavugaga ko biteguye kuza mu Rwanda guhangana na Perezida Kagame muri ayo matora. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Ugushyingo 2016, nibwo Abanyamakuru bo mu Rwanda bari bategerereje ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kanombe i […]
Gareth Southgate yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza
Nyuma y’aho Sam Alladyce asezeye igitaraganya ku mirimo yo gutoza ikipe y’igihugu y’ubwongereza y’umupira w’amaguru; igahabwa mu buryo bw’agateganyo Gareth Southgate wari usanzwe atoza ikipe y’abato; yamaze kwemezwa nk’umutoza mukuru akaba azatangazwa ku mugaragaro mu ntangiriro z’icyumweru gitaha. Aya makuru atangajwe nyuma y’aho kuwa mbere w’iki cyumweru, Southgate yagiranye ikiganiro n’ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu […]
Hatangiye imyiteguro ku munsi mukuru w’intwari z’igihugu uzaba umwaka utaha
Tariki ya 01 Gashyantare buri mwaka, u Rwanda rwizihizwa umunsi mukuru w’intwari z’igihugu, ukaba umwanya wo kuzirikana ibikorwa by’ikirenga Intwari zakoze, no gushishikariza Abanyarwanda bose cyane cyane urubyiruko kugera ikirenge mu cy’Intwari z’Igihugu. Imyiteguro y’Umunsi Mukuru w’Intwari z’Igihugu 2017 ikaba yatangijwe n’inama yahuje Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe n’inzego zitandukanye zigira uruhare muri […]
Ngoma: Nzabonimana yarashwe n’umupolisi arapfa
Kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2016, Nzabonimana Jean de Dieu wari ufite imyaka 21 y’ubukuru ukomoka mu Karere ka Ngoma yishwe n’isasu yarashwe n’umupolisi ubwo yageragezaga kumurwanya nyuma y’uko yari yafatanywe mudasobwa 7 yibye mu rwunge rw’amashuri ya Gahima [ad id=”44145″] Nzobonimana bivugwa ko yari asanzwe ari umujuru yagiye ufungwa na polisi y’u Rwanda mu […]
Menya icyo Kiliziya isabwa kugirango ihabwe imbabazi
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yashyize ahagaragara itangazo rishimira intambwe yatewe na Kiliziya Gatulika mu gusabira imbabazi bamwe mu bari abihaye Imana bayo bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi gusa iyi minisiteri yanenze imiterere y’izi mbabazi zasabwe Ibintu bigera kuri bitatu nibyo bigaragara mu itangazo rya MINALOC nk’inkomyi mu isaba imbabazi rya Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku […]
‘Nk’uko nta muntu uri hejuru y’amategeko; ni na ko nta wemerewe kwihanira’ -ACP Theos Badege
Mu gihe hari bamwe mu baturage bakigaragaza umuco wo kwihanira mu gihe hari abo bakekaho ibyaha bitandukanye n’andi makimbirane, polisi y’u Rwanda irakangurira abaturage ko kwihanira nacyo ubwacyo ari icyaha gihanirwa n’amategeko kuko cyongera ibibazo aho kubikemura. Ubusanzwe Inkiko ni zo zihamya umuntu icyaha. Ni na zo kandi zifite ububasha bwo kumuha igihano igihe […]
Ni iki kizahuza abacururiza mu mujyi wa Kigali n’ubuyobozi bwawo?
Bamwe mu bacuruzi bacururizaga mu mujyi wa Kigali baravuga ko bimwe mu byemezo ubuyobozi bubafatira bibabuza epfo na ruguru ku buryo kugira icyo ukorera muri Kigali bisa nk’ibyahariwe abakire gusa. Ibi aba bacuruzi babitangaje nyuma y’aho ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwafashe icyemezo cyo kwirukana abacururizaga ku mabaraza (ku miryango y’amazu) yo mu mujyi, [ad id=”44145″] […]
Burundi: Col. Dushimagize ushinjwa gushaka gukora ubwicanyi yajyanywe muri gereza nkuru
Col. Dieudonné Dushimagize, umusirikare w’u Burundi yavanwe aho yari afungiye ajyanwa muri gereza nkuru ya Mpimba kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Ugushingo 2016. Uyu musirikare mbere yo kujyanwa muri gereza ya Mpimba avanwe muri gereza y’urwego rushinzwe iperereza, yabanje kugezwa imbere y’ubushinjacyaha bwa Bujumbura. Mu cyumweru gishize nibwo Col. Dieudonné Dushimagize yatawe muri […]
Abayobozi muri Burera na Gicumbi bahagurukiye kurwanya ibiyobyabwenge
Mu nteko rusange yahuje abaturage b’uturere twa Gicumbi na Burera yateranye kuwa kabiri tariki ya 22 Ugushyingo, abaturage bayitabiriye basabwe gushyira hamwe imbaraga, bakarwanya ibiyobyabwenge bigaragara mu mirenge yabo byiganjemo Kanyanga, Blue Sky, Chief waragi n’izindi… kuko bihungabanya umutekano. Iyi nteko yabereye mu kagari ka Remera, umurenge wa Manyagiro mu karere ka Gicumbi, ariko ihuza […]