Abashinjacyaha bashya basabwe gukurikirana abakoze Jenoside barimo nâabanyamahanga
Ubwo yakiraga indahiro zâabashinjacyaha bane, minisitiri wâintebe, Murekezi Anastaze yasabye aba bashinjacyaha gushyira imbaraga mu gukurikirana abantu bose bashinjwa ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994, barimo nâabanyamahanga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Gukurikirana abakekwaho Jenoside barimo nâabanyamahanga bisabwe ubushinjacyaha mu gihe ibi byari biherutse gutangira ubwo ubushinjacyaha bwâu Rwanda bwasabaga leta yâu Bufaransa ko bwakurikirana […]
Umunyarwandakazi yatsindiye igihembo cyo guteza imbere ubuhinzi muri Afurika
Dr. Agnes Kalibata uyobora umuryango uharanira iterambere ryâamashyamba muri Afurika, AGRA (Alliance for a Green Revolution in Africa) yatsindiye igihembo cyâumugore wâumwaka wa 2016 mu buhinzi, ubucukuzi bwâamabuye yâagaciro ndetse nâubugeni muri Afurika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iki gihembo Dr Kalibata agikesha abasomyi bâurubuga rwa New African Woman Magazine, abikesha uruhare rugaragara abamutoye bavuga ko yagize mu […]
Kuba Willy Nyamitwe atarishwe ngo ni agahinda kuri Minani wo muri CNARED
Minani Jeremie ushinzwe itangazamakuru mu mpuzamashyaka CNARED, yatangaje mu izina rye ko yababajwe no kurusimbuka kwa Willy Nyamitwe, ushinzwe itangazamakuru muri perezidansi akanaba umuvugizi wa Perezida wâu Burundi, wari wishwe nâabari bamuteze ava mu kazi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, yagize ati: âmu bwenge bwanjye nâumutimanama ni gute nabasha guhangana nâigikoko nka […]
Uganda: Uwari umuyobozi wa Lord Resistant Army arashinjwa ibyaha bisaga 70
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha mu Buholandi rwatangiye kuburanisha Dominic Ongwen ufite inkomoko mu gihugu cya Uganda wahoze ari umusirikare mu ngabo zirwanya ubutegetsi bwa Uganda ziba mu mashyamba ya Kongo, aho uyu mugabo ashinjwa ibyaha bisaga 70 birimo kwica, guhohotera, gufata ku ngufu, gushyira abana mu gisirikare nâibindi mu majyaruguru ya uganda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Imbere yâubushinjacyaha, […]
Rwamagana: Abangamiwe nâabaturanyi be bamusaba kujugunya abana bafite ubumuga
Nyirabahinde Jacqueline utuye mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Nyamirama aravuga ko abangamiwe nâabaturanyi be bamuha akato kubera abana 2 yabyaye bavukanye ubumuga bwâuruhu, aba baturanyi ngo bakaba bamusaba kujugunya abo bana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore wâabana 3, babiri muri bo bafite ubumuga bwâuruhu. Avuga ko kuva yababyara abaturanyi be ndetse nâabo mu muryango […]
Ikibero no kwiyambika ubusa ku mbuga nkoranyambaga byamufashije kumenywa vuba-REBA AMAFOTO
Corazon Kwamboka, umukobwa wâimyaka 23 yâamavuk ukomoka muri Kenya, ubu umaze kumenyakana cyane mu gihugu avukamo no mu karere kâibiyaga bigali, uyu mukobwa ngo byose abikesha ikibero cye ndetse no kwiyambika ubusa ku mbuga nkoranyambaga. Nkâuko ikinyamakuru kenyalife kibitangaza, ngo uyu mukobwa we ubwe ngo yifotozaga amafoto agaragaza bimwe ku bice byâibanga byâumubiri we, yarangiza […]
âNtawabuza inyombya kuyombaâ Depite Jeanne dâArc Uwimanimpaye
Visi perezidante wâinteko ishinga amategeko yâu Rwanda yavuze ko ibyo abadepite bo mu nteko ishinga amategeko yâumuryango wâubumwe bwâuburayi bagaragaje mu myanzuro nyuma yâuruzinduko rwabo bagiriye mu Rwanda ari nko kuyomba kwâinyombya anavuga ko utabuza bene iyi nyoni kuvuga. Ibi Hon Uwimpaye yabitangarije mu kiganiro nâabanyamakuriu kigamije kugaragaza ibyagezweho nâInteko Ishinga Amategeko mu gihembwe cya […]
USA: Lady Gaga yarwaye ihungabana nyuma yo kwibuka ibyamubayeho akiri muto
Umuhanzi wâUmunyamerikakazi wo mu njyana ya Pop uzwi ku mazina ya Lady Gaga yatangaje ko afite ikibazo cyo mu mutwe yatewe no kuba yongeye gutekereza cyane ku kibazo yigeze kugira ubwo yari afite imyaka 19 yâamavuko. Uyu muhanzi yatangaje ko ubwo yari muri icyo kigero yafashwe ku ngufu ubwo yari yasuye abantu batagira aho baba […]
Ikipe ya Chapecoense FC yahawe igikombe cya South American Cup idakinnye
Ikipe yâumupira wâamaguru ya Chapecoense FC yahawe igikombe gikinirwa nâamakipe yo muri Amerika yâAmajyepfo (South American Cup) idakinnye nyuma yâuko iyi kipe yari yakoze impanuka yâindege abakinnyi nâabandi bantu bayo 73 bakahasiga ubuzima. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa mbere, tariki ya 05 Ukuboza 2016 nibwo ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru muri Amerika yâAmajyepfo ryatangaje ko ikipe ya […]
Uburengerazuba: Guverineri Alphonse Munyantwari yatorewe kuyobora umuryango FPR
Muri iki cyumweru Guverineri wâintara yâUburengerazuba Alphonse Munyantwari yashikirijwe ibitabo bikubiyemo amabwiriza nâibikorwa by’umuryango FPR Inkotanyi wagehezeho mu myaka yashize, ndetse anasabwa gukomerezaho agafatanya nâabaturage guhashya ubukene. [ad id=”44145″] Bimwe mu byo Guverineri Alphonse yazabwe kuzageraho, harimo kwihutisha ibikorwa byâiterambere yibanda ku buhinzi nâubworozi ndetse no gukwirakwiza ibikorwa birimo umuriro nâamazi ku baturage ayobora. Mu […]
Rwamagana: Abaturage bahakanye ko batazahinga ibigori bategetswe na Leta
Abanyamuryango ba koperative âIsuka irakizaâ yari isanzwe ikorera ubuhinzi bwâumuceri mu gishanga cya Kavura giherereye mu murenge wa Muhazi, Akarere ka Rwamagana; baretse guhinga icyo gishanga nyuma yuko ubuyobozi bwa koperative burangajwe imbere na Ngabonziza Egide bubategetse gusimbuza ibigori umuceri, bigaragara ko bitapfa gushoboka kubera amazi menshi ari muri icyo gishanga. Iyo ugeze muri icyo […]
Abikorera bateye inkunga gahunda ya Girinka, banasaba Perezida Kagame ko umusoro utakongerwa
Kuri uyu wa 05 Ukuboza 2016, abikorera barenga 2000 bagiranye ibiganiro nâumukuru wâigihugu cyâu Rwanda mu rwego rwo kurebera hamwe ibyagezweho nâuru rwego ndetse no kugirango bagaragarize umukuru wâigihugu zimwe mu mbogamizi bahura nazo kugirango harebwe uko zakurwaho. Abacuruzi bibumbiye mu rugaga rwâabikorera bateye inkunga gahunda ya Girinka munyarwanda yatangijwe na Perezida Kagame, ingana na […]
RDC: Abantu 31 baguye mu mirwano ishingiye ku moko yo mu miryango
Mu ntangiriro zâiki cyumweru ndetse no mu mpera z’icyumweru gitambutse, abasaga 30 barimo abasirikare n’abashinzwe umutekano basize ubuzima mu mirwano yatewe nâumwana na nyirarume bashakaga gusimburana ku butegetsi. [ad id=”44145″] Iyi mirwano yabereye mu ntara ya Kasai rwagati, yaguyemo abasirikare bo ku ruhande rwa leta bagera kuri 18 ndetse nâabashinzwe kurinda umutekano muri kariya gace […]
Urukiko rwa gisirikare rwa Nyamirambo rwanzuye ko Seyoboka aba afunzwe
Umunyarwanda, Henri Jean Claude Seyoboka uherutse koherezwa kuburanira mu Rwanda kubyaha bya Jenoside akurikiweho yamaze gukatirwa nâurukiko gufungwa iminsi mirongo itatu yâagateganyo mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha byose aregwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Seyoboka woherejwe nâigihugu cya Canada akurikiranweho ibyaha yakoze muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 ubwo yari umusirikare mu ngabo zâicyo gihe. […]
Umukwabu wa Polisi wafashe 3 bafite ibiyobyabwenge bitandukanye
Mu ntangiriro zâiki cyumweru, mu mukwabu Polisi yâu Rwanda yakoreye mu turere twa Gasabo, Gicumbi na Rwamagana yayifatiyemo abagabo batatu bafite ibiyobyabwenge byâubwoko butandukanye birimo nâurumogi. [ad id=”44145″] Muri Nyarugenge hafatiwe uwitwa Hakizimana Janvier afite bule 2900 zâurumogi, afatiwe mu murenge wa Nyamirambo. Naho mu murenge wa Nyankenke ho mu karere ka Gicumbi hafatiwe uwitwa […]
Urubyiruko rurakangurirwa kwirinda ruswa ishingiye ku gitsina
Urubyiruko nka bamwe mu banyarwanda baba bashakisha uburyo batera imbere ku buryo bwihuse kandi banashakisha imibereho ya buri munsi, ngo ni bamwe mu bahura nâibibazo bitandukanye bya ruswa ahanini ishingiye ku gitsina bityo ugasanga ari zimwe mu ngorane bahura nazo ndetse bakaba bakangurirwa kuyirwanya. [ad id=”44145″] Ibi ni ibyatangajwe nâUmunyamabanga uhoraho mu rwego rwâUmuvunyi Mbarubukeye […]