Abashinjacyaha bashya basabwe gukurikirana abakoze Jenoside barimo n’abanyamahanga

Ubwo yakiraga indahiro z’abashinjacyaha bane, minisitiri w’intebe, Murekezi Anastaze yasabye aba bashinjacyaha gushyira imbaraga mu gukurikirana abantu bose bashinjwa ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994, barimo n’abanyamahanga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Gukurikirana abakekwaho Jenoside barimo n’abanyamahanga bisabwe ubushinjacyaha mu gihe ibi byari biherutse gutangira ubwo ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabaga leta y’u Bufaransa ko bwakurikirana […]

Umunyarwandakazi yatsindiye igihembo cyo guteza imbere ubuhinzi muri Afurika

Dr. Agnes Kalibata uyobora umuryango uharanira iterambere ry’amashyamba muri Afurika, AGRA (Alliance for a Green Revolution in Africa) yatsindiye igihembo cy’umugore w’umwaka wa 2016 mu buhinzi, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ndetse n’ubugeni muri Afurika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iki gihembo Dr Kalibata agikesha abasomyi b’urubuga rwa New African Woman Magazine, abikesha uruhare rugaragara abamutoye bavuga ko yagize mu […]

Kuba Willy Nyamitwe atarishwe ngo ni agahinda kuri Minani wo muri CNARED

Minani Jeremie ushinzwe itangazamakuru mu mpuzamashyaka CNARED, yatangaje mu izina rye ko yababajwe no kurusimbuka kwa Willy Nyamitwe, ushinzwe itangazamakuru muri perezidansi akanaba umuvugizi wa Perezida w’u Burundi, wari wishwe n’abari bamuteze ava mu kazi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, yagize ati: “mu bwenge bwanjye n’umutimanama ni gute nabasha guhangana n’igikoko nka […]

Uganda: Uwari umuyobozi wa Lord Resistant Army arashinjwa ibyaha bisaga 70

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha mu Buholandi rwatangiye kuburanisha Dominic Ongwen ufite inkomoko mu gihugu cya Uganda wahoze ari umusirikare mu ngabo zirwanya ubutegetsi bwa Uganda ziba mu mashyamba ya Kongo, aho uyu mugabo ashinjwa ibyaha bisaga 70 birimo kwica, guhohotera, gufata ku ngufu, gushyira abana mu gisirikare n’ibindi mu majyaruguru ya uganda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Imbere y’ubushinjacyaha, […]

Rwamagana: Abangamiwe n’abaturanyi be bamusaba kujugunya abana bafite ubumuga

Nyirabahinde Jacqueline utuye mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Nyamirama aravuga ko abangamiwe n’abaturanyi be bamuha akato kubera abana 2 yabyaye bavukanye ubumuga bw’uruhu, aba baturanyi ngo bakaba bamusaba kujugunya abo bana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore w’abana 3, babiri muri bo bafite ubumuga bw’uruhu. Avuga ko kuva yababyara abaturanyi be ndetse n’abo mu muryango […]

Ikibero no kwiyambika ubusa ku mbuga nkoranyambaga byamufashije kumenywa vuba-REBA AMAFOTO

Corazon Kwamboka, umukobwa w’imyaka 23 y’amavuk ukomoka muri Kenya, ubu umaze kumenyakana cyane mu gihugu avukamo no mu karere k’ibiyaga bigali, uyu mukobwa ngo byose abikesha ikibero cye ndetse no kwiyambika ubusa ku mbuga nkoranyambaga. Nk’uko ikinyamakuru kenyalife kibitangaza, ngo uyu mukobwa we ubwe ngo yifotozaga amafoto agaragaza bimwe ku bice by’ibanga by’umubiri we, yarangiza […]

“Ntawabuza inyombya kuyomba” Depite Jeanne d’Arc Uwimanimpaye

Visi perezidante w’inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yavuze ko ibyo abadepite bo mu nteko ishinga amategeko y’umuryango w’ubumwe bw’uburayi bagaragaje mu myanzuro nyuma y’uruzinduko rwabo bagiriye mu Rwanda ari nko kuyomba kw’inyombya anavuga ko utabuza bene iyi nyoni kuvuga. Ibi Hon Uwimpaye yabitangarije mu kiganiro n’abanyamakuriu kigamije kugaragaza ibyagezweho n’Inteko Ishinga Amategeko mu gihembwe cya […]

USA: Lady Gaga yarwaye ihungabana nyuma yo kwibuka ibyamubayeho akiri muto

Umuhanzi w’Umunyamerikakazi wo mu njyana ya Pop uzwi ku mazina ya Lady Gaga yatangaje ko afite ikibazo cyo mu mutwe yatewe no kuba yongeye gutekereza cyane ku kibazo yigeze kugira ubwo yari afite imyaka 19 y’amavuko. Uyu muhanzi yatangaje ko ubwo yari muri icyo kigero yafashwe ku ngufu ubwo yari yasuye abantu batagira aho baba […]

Ikipe ya Chapecoense FC yahawe igikombe cya South American Cup idakinnye

Ikipe y’umupira w’amaguru ya Chapecoense FC yahawe igikombe gikinirwa n’amakipe yo muri Amerika y’Amajyepfo (South American Cup) idakinnye nyuma y’uko iyi kipe yari yakoze impanuka y’indege abakinnyi n’abandi bantu bayo 73 bakahasiga ubuzima. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa mbere, tariki ya 05 Ukuboza 2016 nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Amerika y’Amajyepfo ryatangaje ko ikipe ya […]

Uburengerazuba: Guverineri Alphonse Munyantwari yatorewe kuyobora umuryango FPR

Muri iki cyumweru Guverineri w’intara y’Uburengerazuba Alphonse Munyantwari yashikirijwe ibitabo bikubiyemo amabwiriza n’ibikorwa by’umuryango FPR Inkotanyi wagehezeho mu myaka yashize, ndetse anasabwa gukomerezaho agafatanya n’abaturage guhashya ubukene. [ad id=”44145″] Bimwe mu byo Guverineri Alphonse yazabwe kuzageraho, harimo kwihutisha ibikorwa by’iterambere yibanda ku buhinzi n’ubworozi ndetse no gukwirakwiza ibikorwa birimo umuriro n’amazi ku baturage ayobora. Mu […]

Rwamagana: Abaturage bahakanye ko batazahinga ibigori bategetswe na Leta

Abanyamuryango ba koperative ‘Isuka irakiza’ yari isanzwe ikorera ubuhinzi bw’umuceri mu gishanga cya Kavura giherereye mu murenge wa Muhazi, Akarere ka Rwamagana; baretse guhinga icyo gishanga nyuma yuko ubuyobozi bwa koperative burangajwe imbere na Ngabonziza Egide bubategetse gusimbuza ibigori umuceri, bigaragara ko bitapfa gushoboka kubera amazi menshi ari muri icyo gishanga. Iyo ugeze muri icyo […]

Abikorera bateye inkunga gahunda ya Girinka, banasaba Perezida Kagame ko umusoro utakongerwa

Kuri uyu wa 05 Ukuboza 2016, abikorera barenga 2000 bagiranye ibiganiro n’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda mu rwego rwo kurebera hamwe ibyagezweho n’uru rwego ndetse no kugirango bagaragarize umukuru w’igihugu zimwe mu mbogamizi bahura nazo kugirango harebwe uko zakurwaho. Abacuruzi bibumbiye mu rugaga rw’abikorera bateye inkunga gahunda ya Girinka munyarwanda yatangijwe na Perezida Kagame, ingana na […]

RDC: Abantu 31 baguye mu mirwano ishingiye ku moko yo mu miryango

Mu ntangiriro z’iki cyumweru ndetse no mu mpera z’icyumweru gitambutse, abasaga 30 barimo abasirikare n’abashinzwe umutekano basize ubuzima mu mirwano yatewe n’umwana na nyirarume bashakaga gusimburana ku butegetsi. [ad id=”44145″] Iyi mirwano yabereye mu ntara ya Kasai rwagati, yaguyemo abasirikare bo ku ruhande rwa leta bagera kuri 18 ndetse n’abashinzwe kurinda umutekano muri kariya gace […]

Urukiko rwa gisirikare rwa Nyamirambo rwanzuye ko Seyoboka aba afunzwe

Umunyarwanda, Henri Jean Claude Seyoboka uherutse koherezwa kuburanira mu Rwanda kubyaha bya Jenoside akurikiweho yamaze gukatirwa n’urukiko gufungwa iminsi mirongo itatu y’agateganyo mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha byose aregwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Seyoboka woherejwe n’igihugu cya Canada akurikiranweho ibyaha yakoze muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 ubwo yari umusirikare mu ngabo z’icyo gihe. […]

Umukwabu wa Polisi wafashe 3 bafite ibiyobyabwenge bitandukanye

Mu ntangiriro z’iki cyumweru, mu mukwabu Polisi y’u Rwanda yakoreye mu turere twa Gasabo, Gicumbi na Rwamagana yayifatiyemo abagabo batatu bafite ibiyobyabwenge by’ubwoko butandukanye birimo n’urumogi. [ad id=”44145″] Muri Nyarugenge hafatiwe uwitwa Hakizimana Janvier afite bule 2900 z’urumogi, afatiwe mu murenge wa Nyamirambo. Naho mu murenge wa Nyankenke ho mu karere ka Gicumbi hafatiwe uwitwa […]

Urubyiruko rurakangurirwa kwirinda ruswa ishingiye ku gitsina

Urubyiruko nka bamwe mu banyarwanda baba bashakisha uburyo batera imbere ku buryo bwihuse kandi banashakisha imibereho ya buri munsi, ngo ni bamwe mu bahura n’ibibazo bitandukanye bya ruswa ahanini ishingiye ku gitsina bityo ugasanga ari zimwe mu ngorane bahura nazo ndetse bakaba bakangurirwa kuyirwanya. [ad id=”44145″] Ibi ni ibyatangajwe n’Umunyamabanga uhoraho mu rwego rw’Umuvunyi Mbarubukeye […]