Burundi: Abanyarwanda 6 bari batawe muri yombi birukanwe

Kuri uyu wa kane ushize, Abanyarwanda 6 birukanwe mu gihugu cy’u Burundi, aho amakuru dukesha SOS Media ivuga ko abapolisi babakuye hagati mu gihugu mu Ntara ya Gitega bakabajyana bakabageza ku mupaka w’u Burundi n’u Rwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umujyanama mukuru w’umuyobozi bita Buramatari mu Kirundi, yatangaje ko aba Banyarwanda babaga mu Burundi nta byangombwa bibemerera […]

Mu myaka 4 iri imbere Umunyarwanda azaba yinjiza amadolari 1240 ku mwaka avuye kuri 720 — Min. Gatete

Mu myaka 4 iri imbere Umunyarwanda azaba yinjiza ku mwaka byibuze amadolari 1240 mu gihe ubu yinjiza amadolari 720 nk’uko byatangajwe na minisitiri w’imari, Claver Gatete. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Minisitiri w’imari Claver Gatete yavuze ko mu 2035 Umunyarwanda azaba yinjiza ku mwaka amadolari 4,000, naho mu 2050 akazaba yinjiza amadolari 12,000. Ibi akaba yabitangarije mu nama […]

Umuhanzi Jay Ky uzwi muri Turahitinga yagiye gukomereza amasomo mu Bubiligi

Umuhanzi w’Umunyarwanda ukiri muto uzwi ku izina rya Jay Ky kuri ubu arabarizwa ku mugabane w’u Burayi, mu gihugu cy’u Bubiligi aho yagiye gukomereza amasomo ye, aho ari kuba mu mujyi wa Anderlecht. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musore w’imyaka 18 gusa y’amavuko aganira na Bwiza.com yadutangarije ko yahagurutse i Nairobi muri Kenya aho yigaga mu ishuri […]

Ban-Ki-moon agiye kwiyamamariza kuyobora Koreya y’Epfo

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Ban Ki-moon yatangaje ko agiye guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu iwabo muri Koreya y’Epfo. Ibi akaba yabitangaje mu gihe manda ye muri Loni irangirana n’uku kwezi kw’Ukuboza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro cye cya nyuma n’itangazamakuru nk’Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Ban Ki-moon yatangaje ko namara kuruhuka azasubira mu gihugu cye akareba uko yagifasha. […]

Amafoto: Umuyobozi mushya wa Njyanama y'Akarere ka Nyarugenge yarahiye

Akarere ka Nyarugenge kabonye Umuyobozi mushya w’Inama Njyanama yako wamaze no kurahirira inshingano ze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, itariki 17 Ukuboza 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bwana Antoine Mutsinzi watowe, yari asanzwe ari umujyanama anakuriye komisiyo y’ubukungu muri iyi njyanama n’ubundi y’Akarere ka Nyarugenge, akaba yasimbuye ku buyobozi bwa Njyanama Hon. Isaac Munyakazi uherutse […]

Umwana wa Diamond umaze ibyumweru 2 avutse, afite abamukurikira basaga ibihumbi 56- REBA AMAFOTO

Prince Nillan, mi umwana wa kabiri w’umuhanzi Diamond ukomoka muri Tanzania, yabyaranye n’umuherwe Zari, uyu mwaka mu gihe amaze ibyumweru bibiri avutse amaze kwigwizaho abamukurikira (followers) basaga ibihumbi 56,756 kuri Instagram. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu gihe ibi bitangaza benshi uburyo uyu mwana yatangiye kwamamara ataranamenya ibibera kuri iyi Isi, mukuru we Princess Tiffah, amaze kugira abarenga […]

Muhanga: Umuyobozi wa gereza yibukije abahawe imbabazi kwitwararika batazongera gufungwa

Abagororwa 48 bari bafungiye muri Gereza ya Muhanga bamaze gufungurwa by’agateganyo, muri 814 bagomba gufungurwa mu gihugu hose. Iri fungurwa ryabaye nyuma y’ibyemezo by’Inama y’abaminisitiri yo ku wa 09/12/2016 yemeje iteka rya Perezida wa Repuburika mu bubasha ahabwa n’itegeko nshinga ryo gufungura abagororwa ku gice cy’igifungo bakatiwe n’inkiko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iri fungurwa kandi riri mu […]

Intambara ya M23 na Jenoside yakorewe Abatutsi, ni bimwe mu byashegeshe umujyi wa Goma

Mu mwaka w’1994 nibwo Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yabaye ariko yarateguwe mbere n’ubuyobozi bwariho mu Rwanda, abari abasirikare ndetse n’Interahamwe bafashe iya mbere bahungira muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nyuma yo kugarika imbaga. Kuba Interahamwe n’abasirikare ba Leta barahungiye muri Congo, ibi byari bifitanye isano n’ubucuti Perezida Mobutu wa Zarire yari afitanye na […]

RDC: Ibitero bya ADF birimo icyagabwe ku kigo cya gisirikare byaguyemo batatu

Kuri uyu wa Gatanu ingabo za Congo, FARDC zasubije inyuma ibitero bibiri by’inyeshyamba bikekwa ko ari izo mu mutwe wa ADF mu giturage cya Nadwi no ku kigo cya GARLIC, mu birometero byibuze 50 ugana mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’umujyi wa Beni, ho muri Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi w’ibikorwa bya Sokola 1 yavuze ko inyeshyamba 3 zishwe […]

Burundi: Hongeye kugabwa igitero cy’abitwaje intwaro

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane rishyira ku wa Gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2016, abantu 7 barimo abapolisi batatu bakomerekeye mu gitero cyagabwe mu ntara ya Bururi, muri hoteli bita “Phoenicia”. OP1 Pierre Nkurikiye, umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi, avuga ko icyo gitero cyabaye ahashyira saa munani z’ijoro abantu babiri binjira muri iyo hoteli […]

Burkina Faso: Abasirikare 12 biciwe mu gitero cyagabwe mu kigo cya gisirikare

Abasirikare 12 ba Burkina Faso bivuganwe n’intagondwa zitaramenyekana mu majyaruguru y’igihugu nk’uko bitangazwa n’inzego z’umutekano z’iki gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press, dukesha aya makuru, byatangaje ko izo ntagondwa zateye ikigo cya gisirikali mu mujyi wa Nassoumbou, hafi y’umupaka n’igihugu cya Mali zikanatwika amwe mu mazu n’amamodoka byari muri iki kigo. Nubwo nta […]

Kigali: Herekanwe abakobwa 2 bakekwaho ubujura

Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali, kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Ukuboza yeretse itangazamakuru abantu 3 bakekwaho ubujura no gukora impapuro mpimbano. Abakekwaho ubujura ni abakobwa 2 bitwa Nikuze Louange w’imyaka 22 ukomoka mu karere ka Gisagara na Twizeyimana Seraphine nawe w’imyaka 22 ukomoka mu karere ka Musanze, bari abakozi bo […]