Ingamba zikakaye zafashwe na bimwe mu bihugu by’Afurika n’ibindi bitazibagirana mu mwaka wa 2016

Uyu mwaka wa 2016 ugiye gusiga hari zimwe mu ngamba umuntu yakwita ko zikakaye zishyizweho mu bihugu bimwe na bimwe byo ku mugabane w’Afurika. Nubwo izo ngamba zitagiye zishyirirwaho rimwe, buri gihugu kigiye gifite umwihariko wacyo nubwo hari ibyagiye bikopera imikorere yo mu bindi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri izo ngamba harimo izabuzanyijwe ariko harimo n’izashyizweho zigomba […]

“Abashonji bafite inzara nababwira ngo nibihangane” Denise Nkurunziza

Umugora wa perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi yabajijwe niba hari ubufasha ubwo ari bwo bwose afitiye Abarundi bari mu bihe bikomeye by’inzara avuga ko kuri ubu icyo yabwira Abarundi ari ukubihanganisha no kubifuriza Noheli nziza n’umwaka mwiza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro yagiranye na radio VOA, Denise Nkurunziza ati “Nababwira ngo nibihangane kuko ibihe nk’ibi hakunda […]

Ibintu 5 wamenya ku mujyi wa Beterehemu uvugwa muri Bibiliya

Umujyi wa Beterehemu, ni umwe mu mijyi mikuru ivugwa muri Bibiliya. Uyu mujyi wamenyekanye cyane nk’umujyi Yesu kirisitu yavukiyemo. Uyu mujyi uherereye mu gice cy’u Burengerazubwa bwa Palestine. Ni akajyi gato kiganjemo abayoboke b’amadini ya gikirisitu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mujyi abawutuye hafi ya bose bizera ko yesu uvugwa muri Bibiliya nk’umwana w’Imana ariho yavukiye, ibi […]

Busingye ati “Noheli itugendekeye nabi twagize ibyago”, Gereza ya 1930 yibasiwe n'inkongi (AMAFOTO)

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 25 Ukuboza 2016 (Noheli), gereza ya 1930 ifatwa nk’inkuru mu zo mu Rwanda iherereye mu karere ka Nyarugenge yafashwe n’inkongi y’umuriro, bamwe mu bagororwa bageragezaga no kurira ibikuta bya gereza bagarurwa n’amasasu y’abacungagereza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Icyateje iyi nkongi y’umuriro ntikiramenyekana icyakora nk’uko byasobanuwe ACP John Baptist Seminega, umuyobozi ushinzwe […]

Umwami Kigeli V Ndahindurwa yahawe igihembo na Obama atakiriho

Mbere gato yo gutanga, nyakwigendera Umwami Kigeli V Ndahindurwa hari ibihembo yari yagenewe ariko atanga bitaramushyikirizwa, aho muri ibyo bihembo harimo icyo yahawe na perezida Obama kiswe mu Cyongereza President’s Volunteer Service Award na none kizwi nka Lifetime Achievement kubera ibikorwa yakoreye muri Amerika atagamije inyungu. Ikindi gihembo yahawe na Kaminuza ya Albizu yo muri […]

Ubukonje bwatumye Umwamikazi w’Ubwongereza asubika igikorwa cya Noheli kimaze imyaka 28

Kuri uyu wa 25 Ukuboza 2016 Umwamikazi w’Ubwongereza kuri ubu utameze neza bitewe n’uburwayi bivugwa ko yakururiwe n’imbeho ikomeye iri muri iki gihugu muri ibi bihe yategetswe guhagarika umugambi wo gukomeza igikorwa we n’umugabo we bamaze imyaka 28 badasiba gukora kuri buri Noheli [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru cyitwa Buckingham cy’i bwami mu Bwongereza kwa Queen Elizabeth […]

Joseph Kony yaba afite abagore hafi 100 n’abana 50! Bimwe mu bintu utari umuziho

Hashize imyaka igera kuri 30 Umuyobozi w’inyeshyamba, Joseph Kony n’umutwe ayoboye, Lord Resistance Army (LRA), bica, bafata ku ngufu, bakura mu byabo abasivili muri Afurika yo hagati no mu burasirazuba, aho bivugwa ko ashimuta abana b’abasore akaboza mu bwonko akabahinduramo indwanyi, naho abakobwa akabahindura abacakara b’imibonano mpuzabitsina. Dore ibintu bigera ku munani ushobora kuba utazi […]

Rayon Sport ikomeje kuyobora shampiyona, uko indi mikino yose yagenze

Ikipe ya rayo Sport ikomeje kuyobora irushwanwa mu mupira w’amaguru, aho kuri uyu wa 24 Ukuboza 2016 yihereranye Musanze Fc n’ibitego 4 kuri kimwe mu irushanwa rya Azam Premier league. Mu yindi mikino yabaye guhera mu ri iki cyumweru turi gusoza, dore uko amakipe yagiye ahura ndetse n’uko yatsindanye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuwa Gatanu tariki 23 […]

Umwami Kigeli V Ndahindurwa yahawe igihembo na Obama atakiriho

Mbere gato yo gutanga, nyakwigendera Umwami Kigeli V Ndahindurwa hari ibihembo yari yagenewe ariko atanga bitaramushyikirizwa, aho muri ibyo bihembo harimo icyo yahawe na perezida Obama kiswe mu Cyongereza President’s Volunteer Service Award na none kizwi nka Lifetime Achievement kubera ibikorwa yakoreye muri Amerika atagamije inyungu. Ikindi gihembo yahawe na Kaminuza ya Albizu yo muri […]

OMS Iravuga ko Abanyafurika bari mu kaga gakomeye, benshi ngo bazapfa bizize

Ubushakashatsi bw’umuryango w’abibumbye ishami ryita ku buzima (OMS) bugaragaza ko abantu abaturage bo ku mugabane w’ Afurika bafite buri wese impamvu byibuze imwe ikomeye yatuma apfa mu gihe cya vuba nyamara kandi ngo uyu muntu anashobora kwirinda ubwe atiriwe akenera imiti y’abaganga. Byinshi muri ibyo bintu bizahitana Abanyafurika ni indwara nk’iz’umutima, Kanseri na Diyabete gusa […]

Israel yahagaritse inkunga yahaga Senegal nyuma yo gushyigikira umwanzuro itishimiye

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yatangaje ko igihugu cye kitazubahiriza ibyo isabwa n’ingingo y’Akanama k’Umutekano ka Loni isaba Israel guhagarika kwubaka ku butaka bwa palestina yigaruriye, yavuze ko iteye isoni. Igihugu cya Israel kikaba cyatumyeho abagihagarariye mu bihugu bya Nouvelle Zelande na Senegal bivugwa ko ari byo byateguye iyo ngingo, ndetse gihita gifata icyemezo […]

Kwizihiza iminsi mikuru, gusesagura imitungo n’ubuzima

Mu Rwanda kimwe n’ahandi hirya no hino ku isi bizihiza umunsi mukuru wa Noheli ushushanya kuvuka kwa Yesu. Uyu munsi ukaba wizihizwa ku itariki ya 25 Ukuboza buri mwaka ndetse n’umunzi mukuru w’Ubunani uba mu ntangiriro za buri mwaka ku itariki ya mbere Mutarama. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri iyi minsi, usanga abantu benshi bakubiranye abandi bahuze […]

Umurenge wa Remera niwo wahize indi mu bukangurambaga bw’isuku n’umutekano – Amafoto

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 24 Ukuboza 2016, kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo habereye umuhango wo gusoza icyiciro cya 6 cy’ubukangurambaga n’ubufatanye ku mutekano n’isuku, hagati ya Polisi y’u Rwanda n’umujyi wa Kigali bwari bumaze amezi 6, hanahembwa abababaye indashyikirwa mu bikorwa byo guharanira isuku ndetse no kubungabunga umutekano. Minisitiri w’umutungo kamere, Vincent […]

Turkiya: Hatangiye gukekwa abandi bantu bari inyuma y’iyicwa rya ambasaderi w’u Burusiya

Iyicwa rya ambasaderi w’u Burusiya uherutse kwicirwa muri Turkiya ngo ryari ryarateguwe neza kandi ni ubwicanyi bwakozwe byatekerejweho nk’uko minisitiri w’umutekano wa Turkiya yabitangarije itangazamakuru, aho yavuze ko uwishe yari yatumwe bitari ukwihorera gusa. Ambasaderi Andrey Karlov yishwe arashwe ubwo yari ari kugeza ijambo ku bari bitabiriye imurikagurisha ryiswe Russia in the Eyes of Turks […]

The Ben aremera amakosa ko we na Meddy batorotse ubwo bageraga Amerika

Nyuma y’uko umuhanzi nyarwanda The Ben wari umaze igihe ku mugabane w’Amerika yagarutse mu Rwanda kuri uyu wa gatandatu tariki ya 24 Ukuboza 2016, yemeye amakuru avuga ko batorotse bagahitamo gusigara abo bari bajyanye bo bakagaruka mu Rwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro uyu muhanzi yagiranye n’itangazamakuru ubwo yabazwaga kuri iki kibazo, The Ben yavuze ko […]

Rwamagana: Imfubyi yarokotse jenoside yashyikirijwe inzu yubakiwe na GIP

Mu Mudugudu wa Muhumuro, Akagari ka Binunga, Umurenge wa Munyiginya ho mu Karere ka Rwamagana, Hatashywe ku mugaragaro Inzu yubakiwe Hitiyaremye Didas, Umwana w’imfubyi yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Iyi nzu yubatswe ku bufatanye bw’ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana n’ ishuli rikuru ry’ubumenyingiro rya Polisi riherereye mu Murenge wa Gishali ( Gishali Integrated Polytechnic […]

Umuryango wa Perezida Kagame wakwifurije umunsi mukuru mwiza

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, umufasha we ndetse n’umuryango we wose bifurije abantu bose kugira umunsi mukuru wa Noheli mwiza . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko Perezida Kagame yabyanditse kuri Twitter ye yagize ati “Jeanette, umuryango na njye tubifurije mwese umunsi mukuru mwiza kandi w’amahoro…. Hamwe n’abo mukunda!!” Perezida Kagame […]

Indege y’igisirikare cy’u Burusiya yaburiwe irengero irimo abantu 91

Indege ya gisirikare y’u Burusiya yari irimo abantu 91 yaburiwe irengero ari bwo igihaguruka ahitwa Sochi nk’uko bitangazwa na minisiteri y’ingabo y’u Burusiya. Ibiro ntaramakuru bitandukanye biravuga ko iyi ndege ya gisirikare yaburiwe irengero kuri iki Cyumweru nyuma y’akanya gato ihagurutse ahitwa Sochi, umujyi w’u burusiya wubatse mu Nyanja y’Umukara, ahantu hakunze kubera Imikino yo […]

Rwamagana: Imfubyi yarokotse jenoside yashyikirijwe inzu yubakiwe na GIP

Mu Mudugudu wa Muhumuro, Akagari ka Binunga, Umurenge wa Munyiginya ho mu Karere ka Rwamagana, Hatashywe ku mugaragaro Inzu yubakiwe Hitiyaremye Didas, Umwana w’imfubyi yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Iyi nzu yubatswe ku bufatanye bw’ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana n’ ishuli rikuru ry’ubumenyingiro rya Polisi riherereye mu Murenge wa Gishali ( Gishali Integrated Polytechnic […]

Abaturage ba Rulindo bakoze urugendo rwo kwamagana ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Mu rwego rwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana, ku itariki ya 20 Ukuboza 2016, abaturage b’akarere ka Rulindo bakoze urugendo rwo gusoza iminsi 16 yo kwamagana ihohoterwa rishingiye ku gitsina, urugendo rwanitabiriwe n’abahagarariye Polisi y’u Rwanda muri ako karere, abayobozi b’inzego z’ibanze, abayobozi b’imiryango itegamiye kuri Leta n’abandi. Uru rugendo rwatangiriye ahitwa ku […]