Amafoto adasanzwe yaranze iminsi 15 y'ukwezi kwa Mutarama 2017 hirya no hino muri Afurika
Hashize iminsi 15 gusa dutangiye umwaka mushya wa 2017. Mu bikorwa bitandukanye birimo iby’amatora, iby’akababaro, ibyishim, ibirori n’ibindiitandukanye hirya no hino ku mugabane w’Afurika, hegeranyijwe amwe mu mafoto yagiye aranga ikintu cyabaye mu bihugu bimwe na bimwe kitavuzweho rumwe, cyavugishije benshi cyangwa kitazibagirana mu mateka ku bagizweho ingaruka na cyo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aya ni amwe […]
Shampiyona: Etincelles FC yahagamye Rayon Sport iri kwitegura APR FC
Ikipe ya Rayon sport iyoboye urutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona ndetse iri no kwitegura umukino w’ishiraniro uzayihuza na mukeba w’ibihe byose mu mukino utaha yananiwe kwikiza ikipe ya Etincelles kuri ubu iri ku mwanya wa munani, umukino warangiye zinganya ubusa ku busa. Mu mukino wagaragaragamo guhangana no kwatakana ku mpande zombi waraje gusozwa nta kipe ibashije […]
Burundi : Abandi bantu batatu bishwe barashwe
Mu Burundi, abantu 3 barimo abagabo babiri n’umwana w’umuhungu w’imyaka 10 bishwe barashwe n’abantu batamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 14, ubu bwicanyi bukaba bwabereye mu gace ka kavumu muri komine Kanyosha. Nk’uko bitsngazwa n’ijwi ry’Amerika, ubu bwicanyi bwakozwe n’abantu bikekwa ko batunze intwaro mu buryo butemewe n’amategeko muri kariya gace, […]
Gambia : Abakuru b’ibihugu banzuye ko Nyuma yo kuwa 4 Perezida Yahya Jammeh atazaba yemewe
Inkuru ziva mu gihugu cya Senegal ziravuga ko mu gihe igihugu cya Gambia kiri mu bibazo,Perezida watowe n’abaturage Adama Barrow agiye kuguma ari impunzi mu gihugu cya Senegal kugeza umusi azashyikirizwa ubutegetsi,nkaho Yahya Jammeh we narenza kuwa 4 Tariki ya 19 ataba yemewe nk’umukuru w’igihugu. Itangazamakuru ryo muri Senegal rivuga ko prezida w’icy’ igihugu Macky […]
Umushinwa agenda ku ngurube nk'ugenda ku ifarashi (REBA VIDEO)
Reba Video y’umugabo ukomoka mu gihugu cy’Ubuhinde wafashwe amashusho agenda ku itungo ry’Ingurube ibintu bimenyerewe kokorwa ku Ifarashi cyangwa Indogobe gusa. Mu buryo bwatunguye benshi byagaragaye ko iyi Ngurube ishobora kuba yaratojwe kugenderwa ho kuko byagaragaye ko mu nzira igenda izi aho yerekeza REBA VIDEO [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe […]
Abashakishwaga kubera ubutekamutwe bafashwe bateganya guteka undi umutwe
Polisi mu Mujyi wa Kigali yataye muri yombi abagabo bane ivuga ko bari mu gatsiko k’abatekamutwe bambura abaturage. Abakekwa bafatiwe mu Karere ka Nyarugenge ahakorerwa ubucuruzi butandukanye kuri uyu wa Kane ushize nyuma y’ibirego abo bahemukiye babatanze n’amakuru y’aho babarizwa. Iperereza ry’ibanze rya polisi ryagaragaje ko abo bagabo bane batekeye umutwe abantu batandukanye bakabambura amafaranga […]
Uganda: Abapolisi bakuru 2 bakurikiranyweho kwiba imirasire y’izuba
Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi Abapolisi 2 b’Abofosiye bakurikiranyweho kugira uruhare mu iyibwa ry’imirasire y’izuba ifite agaciro ka Miliyoni 10 z’Amashilingi ya Uganda. Nk’uko bitangazwa na Daily monitor yo muri Uganda, ngo iyi mirasire y’izuba yari ahabugenewe ikaba yari ifite ubushobozi bwo gutanga ingufu zingana na megawati 10 z’umuriro wakoreshwaga n’abaturage. [xyz-ihs […]
“Ndabishimira Imana ko 2016 abadusakuriza babaye bake” Perezida Kagame
“Nta mwaka wigeze ushira tudafite abadusakuriza ariko 2016 babaye bake, ibyo nabyo ndabishimira Imana, buri wese afite amahirwe yo kuba umuyobozi ariko ntabwo abantu babiba bose icyarimwe, ubuyobozi bwose ntabwo buba bworoshye. Abagufasha bagucunaguza, bagukubita iminyafu, bakagucyurira …” byagarutsweho n’umukuru w’u Rwanda, Paul Kagame mu isengesho ryo gusengera u Rwanda. Umukuru w’igihugu yibukije abakirisitu biganjemo […]
Zimwe muri Positeri zitangaje zafatiwe mu mukino wa Polo zikomeje guca ibintu-AMAFOTO
Aya Amafoto yafotowe na mailonline agaragaza abantu batandukanye bari mu mikino ya polo(Agapira gakinwa n’abicaye ku mafarashi) bifotojo amafoto atangaje mu kwishimira aayabo bakuye muri iyi mikino ya Polo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi mikino ya Polo nimwe mu mikino ikinwa benshi bakayikuramo akayabo k’amafaranga baba bategeye. ibyishimo no kubona amafaranga menshi ava muri iyi mikino bituma […]
Turasaba abanyapolitiki bahunze ntacyo bishinja gutaha tugatangira gutegura amatora ya 2020 — Sindimwo
Visi perezida wa mbere w’u Burundi, Gaston Sindimwo yatangiye guhamagarira Abarundi bahunze igihugu badafite ibyaha bakurikiranweho gutaha bagatangira kwitegura amatora yo mu 2020, anakurira inzira ku murima abagishidikanya kuri manda ya gatatu ya perezida Nkurunziza. Ku kijyanye n’ibiganiro hagati y’abarwanya ubutegetsi ndetse na guverinoma y’u Burundi, Visi perezida Sindimwo yavuze ko ibiganiro bya Arusha bizatangira […]
Amashusho y'ubwenge y’indirimbo Ferarri ya Tom Close yashyizwe ahagaragara
 Aya mashusho y’indirimbo yari imaze iminsi isohowe n’umuhanzi Tom Close ashyizwe ahagaragara mu rwego rwo gusangiza umwaka mushya wa 2017 abakunzi be ndetse no gukuraho imvugo ivuga ko ngoyaba akunda indirimbo zitagira amashuaho (Audio) Umuhanzi Tom Close yavuze ko gushyira ahagaragra aaya mashusho ri bumwe mu buryo bwo gusangiza abakunzi be umwaka mushya ikaba […]
U Buyapani: Amafoto y'inyamaswa zivogera umujyi wa Nara yateje urujijo
Umufotozi Yoko Ishii wo mu gihugu cy’u Buyapani aherutse gushyira ahagaragara amafoto y’inyamaswa zo mu bwoko bw’Isha zivogera umujyi wa Nara, aho muri uwo mujyi nta muntu n’umwe wawurangwagamo uretse izo nyamaswa gusa zo mu bwoko bw’Isha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri aya mafoto yateje urujijo ku bantu batandukanye bayabonye bibaza aho abantu bari bagiye ubwo izi […]
Abanyarwanda 11 bafatanywe Coltan mu Burundi bakatiwe igifungo
Urukiko rwo mu Ntara ya kayanza mu gihugu cy’u Burundi kuri uyu wa Gatanu rwakatiye igifungo cy’imyaka 15 Abanyarwanda babiri bafatanywe coltan, naho Abandi bafatanywe bakatirwa gufungwa imyaka 7 n’amezi 6. Mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa gatanu, nibwo abantu 11 bafashwe n’abashinzwe umutekano mu majyaruguru y’u Burundi. Abafashwe barimo Abanyarwanda 10 n’Umurundi umwe. […]
Imihango yo gutabariza umwami Kigeli V Ndahindurwa (AMAFOTO)
Umusezero wa Kigeli V Ndahirwa uherereye iruhande rwa mukuru we Mutara III Rudahigwa. Umwami Kigeli V Ndahindurwa wategetse u Rwanda bwa nyuma ruhita rusezera ku ngoma ya cyami ruyoboka Repubulika yatanze ku wa 16 Ukwakira 2016. Kuri uyu wa 15 Mutarama 2017 nibwo uyu mugabo wari ufite imyaka 80 y’amavuko, kuko yavutse ku wa 29 […]
Bamako: Perezida Kagame na Hollande w’Ubufaransa bahanzwe amaso, Hollande abigira rusange
Mu buryo bwatunguye benshi umukuru w’Ubufaransa n’u Rwanda bahuriye mu nama ya Africa-France ku nshuro ya 27, ni inama yibanze ku cyo Ubufaransa bwitegura gukora mu kuvura ibikomere by’ibyaha bwakoreye mu bihugu byo kuri uyu mugabane mbere y’uko Francois Hollande ava ku butegetsi Hollande usigaje amezi ane gusa kugirango ave ku butegetsi mu bufaransa yari […]
Burundi: Igipolisi kiremera ko abapolisi bacyo bashimuta abantu mu nyungu zabo
Umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi Nkurikiye Pierre yatangaje ko ikibazo cy’abantu bashimutwa hirya no hino mu gihugu gikomeje gufata indi ntera guhera mu mwaka wa 2015, ibi ngo bikaba bigaragara umunsi ku wundi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro uyu muvugizi wa Polisi aherutse kugirana n’itangazamakuru I Bujumbura, yavuze ko iki kibazo cyo gushimuta kiri kugaragara cyane mu […]
Sudani y’Epfo: Norvege yahakanye umugambi wo gushaka kwivugana umugaba w’ingabo
Guverinoma ya Norvege irahakana uruhare mu mugambi wo gushaka kwivugana umugaba mukuru w’ingabo za Sudani y’Epfo. “Ibi ni ibirego bitari byo no kwifuza kugaragaza nabi politiki ya Norvege, yakunze igihe kirekire kwibanda ku gutanga umusanzu ku mahoro n’iterambere muri Sudani y’Epfo no ku baturage bayo”, aya akaba ari amwe mu magambo usanga mu itangazo ryashyizwe […]
Polisi irasaba abantu bibwe kujya kureba ibikoresho byabo mubyo yafashe
Polisi y’u Rwanda irasaba abaturage cyane cyane abo mu Mujyi wa Kigali bibwe ibikoresho byabo bitandukanye, kujya ku cyicaro cya Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali i Remera mu karere ka Gasabo kureba ko ibikoresho byabo byaba biri mu byo Polisi imaze iminsi ifashe. Kubisura bizatangira ku wambere birangire kuwa kana taliki ya […]
Pasteur Dukuzumuremyi Regis tuzahora tukwibuka
Umushumba wari uyoboye akanahagararira itorero rizwi ku izina rya Patmos Healing’s Ministries mu ntara y’Amajyepho yavuye mu mubiri tariki ya 3 Mutarama 2017. Pasteur Dukuzumuremyi Regis yavutse tariki ya 1 Mutarama 1983, akaba yaratabarutse tariki ya 3 Mutarama 2017, yavukiye mu kagari ka Gitarama, umurenge wa Nyamabuye, akarere ka Muhanga, intara y’amajyepfo. Umushumba Dukuzumuremyi Regis […]