APR FC yanyagiye Mukura ihita ikura Rayon Sports ku mwanya wa mbere

Umukino wari ufitiwe amatsiko na benshi haba ku ruhande rwa APR FC na Rayon Sports mukeaba wayo, ni umukino APR FC yari ifitanye na Mukura Victory Sports i Huye, uyu mukino ukaba waje kurangira APR itahanye intsinzi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona wabereye i Huye, kuri uyu wa Gatanu tariki ya […]

Ibibazo 10 benshi bibaza ku kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano, menya pozisiyo nziza (igice cya 5)

Iki ni igice cya 5 cy’ibibazo benshi bibaza ku kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ikibazo benshi bahuriyeho nyuma yo kubona ibindi 4 byatambutse, ni ukwibaza pozisiyo nziza bakwifashisha kugirango umugore anyare. Ubusanzwe pozisiyo nziza ni mwe (umugabo n’umugore) mwihitiramo bitewe n’uko ibanezeza, biragoye guhita ubwira umuntu uti fata iyi reka iriya, gusa benshi izo […]

Bamwe ngo ntibakimenya gutandukanya imyambaro yo mu rusengero n'iyo mu birori

Iyo wegereye abakozi b’Imana batandukanye usanga bagaruka ku myitwarire idahwitse ikomeje kugenda igaragara mu bayoboke b’amatorero atandukanye. Usanga aba bavugabutumwa bagaruka cyane ku migendere, imyambarire ndetse n’ikoranabuhanga rya za terefoni. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bakozi b’Imana usanga banenga imigenzereze ya bamwe mu bo basengana usanga akenshi bavuga ko hari abasigaye baza mu nsengero bataje kuramya no […]

Amafoto: Abayobozi bakuru b’igihugu berekeje mu Umwiherero ku nshuro ya 14

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 24 gashyantare mu masaha ya nyuma ya saa sita abayobozi bakuru muri guverinoma no mu rwego rw’abikorera berekeje mu Ntara y’Iburasirazuba aho bagiye mu Umwiherero w’Abayobozi ku nshuro ya 14. Biteganyijwe ko nk’uko bisanzwe Umwiherero uzatangira kuri uyu wa 25 ukabera mu Kigo cya Gisirikare cya Gabiro ukazasozwa kuwa 02 […]

Gatsibo:Barashinja abagabo gushukisha abana b’abakobwa inzoga yitwa umurage

Abatuye umurenge wa Kiramuruzi mu karere ka Gatsibo barashinja abagabo n’abasore gushukisha abana b’abakobwa inzoga yitwa umurage. Ibi ngo byaba binakorerwa n’abana biga mu mashuri yisumbuye. Abaturage bemeza ko iyo nzoga ubu yabaye igikoresho ku bagabo bashaka gushora abakobwa mu busambanyi. Ngo babanza kuyibagurira muri butike ziri muri ako gace bakabasindisha. Kuwa gatanu ushize, abana […]

Major Budigi, umusirikare w’u Burundi wirukanwe muri Centrafrika

Major Budigi Nicolas, umusirikare w’u Burundi wari wajyanye n’abandi mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Centrafrika, yirukanwe na Loni agaruka i Burundi kubera ibyaha ashinjwa byo guhutaza uburenganzira bw’ikiremwamuntu. Loni yafashe icyemezo cyo kwirukana Major Budigi, nyuma yaho amashyirahamwe aharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu atangarije ko ari mu bahohoteye abaturage bigaragambyaga bamagana manda ya 3 ya Perezida […]

Kicukiro: Abaturage barashinja Gitifu wa Gatenga kubarira amafaranga y'ingoboka

Abaturage biganjemo abasaza n’abakecuru bo mu murenge wa Gatenga mu karere ka Kicukiro barashinja abayobozi barimo na Gitifu w’umurenge, Emmanuel Manevure kubarira amafaranga y’ingoboka asanzwe agenerwa abatishoboye . Bamwe muri aba baturage baganiriye na Tv1 dukesha iyi nkuru bavuga ko iyo aya mafaranga abonetse bayagabana n’abayobozi bo mu murenge ndetse utagize icyo atanga agakurwa ku […]

Kuki abiyita abana ba Gen Maj Rwigema bavuga ko umugore we yashatse kubica?

Maj Gen Fred Gisa Rwigema yatabarutse mu Ukwakira 1990, ku rugamba rwo kubohora igihugu, yatabarutse asize abana babiri (Eric Gisa Rwigema na Teta Gisa Rwigema) yabyaranye n’umugore we Janet Rwigema. Mu 2013, nibwo hagaragaye umwana w’umuhungu witwa Alfred Gisa, icyo gihe yari afite imyaka 24 y’amavuko avuga ko Rwigema ari we se, ko yitabye Imana […]

FARDC iravuga ko yivuganye abarwanyi ba M23 bagera kuri 16 igata muri yombi 5

Uganda iravuga ko ifite abarwanyi ba M23 basaga 40 baherutse guhunga imirwano yongeye kubura muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo muri iki cyumweru nk’uko igisirikare cya Uganda cyabitangaje kuri uyu wa Kane. Umuvugizi w’igisirikare, Richard Karemire, yabwiye Reuters dukesha iyi nkuru ko abarwanyi 44 ba M23 bafungiye mu kigo kiri mu majyepfo y’uburengerazuba bwa Kisoro, […]

Amafoto y’inkoko y’umukara, igira inyama z’umukara, amagi y’umukara idapfa kuboneka

Ubusanzwe ntibyari bimenyerewe kubona inkoko ifite umwihariko nk’uyu ndetse no mu bigitika muri rusange. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Igenzura ryakorewe mu bijyanye n’ubworozi hirya o hino ku isi, bwerekana ko mu gihugu cya Indoneziya ari ho honyine habasha kuboneka ubu bwoko bw’inkoko y’umukara atari ukuyireba inyuma gusa ahubwo n’ibice bigize umubiri wayo byaba iby’imbere n’ibigaragarira amaso bikaba […]

Malawi: Havuyeho imbogamizi zatumaga Murekezi atohererezwa u Rwanda

U Rwanda na Malawi byamaze gushyira umukono ku masezerano yo guhererekanya abanyabyaha, amasezerano yari yabaye imbogamizi ku iyoherezwa ry’Umunyarwanda, Vincent Murekezi ushakishwa n’ubutabera bw’u Rwanda akaba amaze igihe yihishe muri iki gihugu. Mu minsi ishize nibwo umucamanza mu rukiko rukuru rwa Lilongwe yafashe icyemezo cyo kutohereza mu Rwanda Murekezi kuko nta masezerano ibihugu byombi byari […]

Uganda: Uwari umugaba mukuru w’ingabo yagizwe minisitiri

Gen. Edward Katumba Wamala wahoze ari umugaba mukuru w’ingabo za Uganda kuri uyu wa kane yarahiriye imirimo mishya nk’umunyamabanga wa leta muri minisitiri w’umurimo no gutwara ibintu n’abantu. Ni umuhango wabereye mu ngoro y’umukuru w’igihugu I Entebbe hari umuryango we na perezida Museveni. Kuwa 09 Mutarama, nibwo Gen Katumba yakuwe ku nshingano ze nk’umugaba mukuru […]

Rusizi: Ruswa, umwanda, ikimenyane n’ibindi, biravuza ubuhuha mu bitaro bya Gihundwe

Abaturage bagana ibitaro by’akarere ka Rusizi bya Gihundwe baravuga ko bigoye kubona umuganga ukuvura muri biriya bitaro mu gihe nta muntu ufiteyo muziranye. Bavuga ko uko ibi bitaro bigaragara inyuma atari ko bigaragara ubigezemo imbere bitewe n’imitangirwe mibi ya serivisi zitangirwamo. Aba baturage bavuga ko umuco wo kuvurwa n’uwo muziranye muri biriya bitaro wamaze gushinga […]

M23 irashinja abasirikare ba Leta kuyirasaho kandi yari itashye imbokoboko

Hashize iminsi havugwa intambara mu bice bitandukanye bya Congo, bigatangazwa ko ari M23 n’abasirikare ba Leta ya Congo (FARDC). Ku ruhande rwa M23 bo barashinja FARDC kubagabaho ibitero kandi mu by’ukuri bari batashye mu gihugu cyabo amahoro nta n’intwaro bafite. Mu itangazo bashyize hanze ku wa 22 Gashyantare 2017, aba barwanyi batangaje ko nta mugambi […]

Polisi z’u Rwanda na Uganda zakoranye inama yo gukomeza ubufatanye hagati yazo

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Emmanuel K Gasana yakiriye mugenzi we wo muri Uganda, Gen. Kale Kayihura n’itsinda yari ayoboye baje mu nama yahuje impande zombi ku italiki ya 23 Gashyantare , ikaba yari iyo kurebera hamwe aho ubufatanye bugeze mu rwego rwo gushyira mu bikorwa imyanzuro n’inama yabereye i Mbarara mu Kwakira […]