Uganda:Umusirikare yapfuye yiyahuye mu Kiyaga cya Victoria

Abaturage ndetse n’abacuruzi bo ku Cyambu cya Nakiwogo mu Karere ka Wakiso batunguwe ndetse bagwa mu nkantu nyuma yo kubona umusirikare wabarizwaga mu mutwe w’ingabo zirwanira mu Kirere mu gihugu cya Uganda yiyahura mu kiyaga cya Victoria ku mpamvu zidasobanutse ubwo yari kumwe nabo mu bwato. Abagenzi bari kumwe na Kaporali Erisa Mbisa mu bwato […]

Kirehe: Batatu bafatanywe icyuma gikoreshwa mu kuhira imyaka mu mirima

Polisi ikorera mu karere ka Kirehe ifunze abagabo batatu aribo Dushimirimana J.Baptiste w’imyaka 23 y’amavuko , Asiimwe Fred w’imyaka 37 na Niyomugabo Marcel w’imyaka 27; bafashwe nyuma y’umukwabu wakozwe na Polisi bagafatanwa icyuma cy’imashini cyari cyaribwe mu mushinga witwa “Nasho Irrigation Project II” ahakorerwa imirimo yo kuhira imyaka mu mirenge ya Nasho na Mpanga , […]

Burundi :Abayoboke 11 b’Ishyaka rya FNL batawe muri yombi

Abayoboke 11 b’Ishyaka rya FNL riyobowe na Visi Perezida wa Mbere w’Inteko Ishinga Amategeko yu Burundi,Agathon Rwasa batawe muri yombi muri Komini ya Nyanza ,mu Ntara ya Mukamba. Umudepite uhagarariye Intara ya Mukamba mu Nteko inshinga Amategeko y’u Burundi , RĂ©novat Nduwumwami avuga ko aba bayoboke batawe muri yombi n’igipolisi gifantanyije n’Urubyiruko rw’Ishyaka riri ku […]

U Bushinwa bugiye gushyira ahagaragara indege itagira umudereva itagaragara

Leta y’u Bushinwa yatangaje koi maze neza kunoza no gutangira gushyira mu bikorwa umushinga w’indege itagira umudereva izwi nka Drone, iyo ndege ikaba irimo amoko 2, aho ubwoko bumwe buzajya bubasha gukurikirana ibiguruka hejuru mu kirere kure naho ubundi bukerekana amakuru ari y’ibibera hafi y’ubutaka. Ikinyamakuru China Daily cyatangaje ko hari uruganda ruzwi nka CASIC […]

Umuhanzi Sheeba Karungi agiye gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya “Omuntu”

Umuhanzikazi wo muri Uganda Sheeba Karungi umaze kumenyekana cyane mu karere agiye gushyira hanze amashusho y’indirimbo nshya “Omuntu” yakoranye n’undi muhanzikazi na we wabiciye bigacika muri kiriya gihugu Lydia Jazmine Aba bahanzikazi bamenyekanye cyane mu ndirimbo zagiye zikora ku mitima ya benshi kubera uburyo zigaruka cyane mu buzima bwa buri munsi bw’abaturage, bari babanje gusohora […]

Imyanzuro 26 y’Umwiherero wa 14 w’abayobozi b’igihugu

Ku ya 2 Werurwe ,2017 nibwo hasojwe umwihirero w’Abayobozi bakuru mu Karere ka Gatsibo muri RDF Combat Training Center-Gabiro. Uyu mwiherero wabaye ku nshuro ya 14 ,wayobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Paul Kagame , wamaze Icyumweru ukaba watangiye ku ya 25 Gashyantare ,2017. Atangiza uyu mwiherero , Perezida Kagame yashimiye abayobozi ku ruhare bagira […]

Abakinnyi 10 bahiga abandi mu gutsinda ibitego byinshi muri shampiyona yo mu Rwanda

Nk’uko bigaragara ku rubuga rwa Federasiyo y’igihugu y’umupira w’amaguru, Usengimana Dany ukinira ikipe ya Police Fc ni we uza ku mwanya wa mbere ku rutonde n’ibitego 13 mu gihe ku mwanya wa 9 n’uwa 10 haza abakinnyi 2 banganya ibitego ari bo Moussa Camara ukinira ikipe ya Rayon Sports ndetse na Ssentongo Faruk ukinira ikipe […]

Abantu 1126 bakurikiranyweho gucunga nabi amafaranga ya leta

Inzego za leta na Sosiyete Sivile ziyemeje guhuza imbaraga mu gucunga imari ya leta. Umushinjacyaha ushinzwe gukurikirana ibyaha bimunga ubukungu bw’igihugu avuga ko hari amadosiye yamaze gushyikirizwa inkiko. Harimo abantu basaga 1126 bakurikiranyweho amafaranga y’u Rwanda miliyari 40. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Izi nzego zabigaragaje zihereye ku nyingo yakozwe n’Umuryango urwanya ruswa n’akarengane (Transparency International Rwanda-TI-Rw). Inyigo […]

Gishari: Abapolisikazi barasabwa kuba intangarugero mu kazi kabo

Ministre Johnston Busingye arasaba abapolisi b’abagore guhora baba intangarugero mu mwuga wabo kugira ngo Abanyarwanda n’abanyamahanga bakomeze kubagirira icyizere. Ibi yabitangarije i Gishari mu Karere ka Rwamagana, ubwo yatangizaga Ihuriro rya 8 ry’abapolisi b’abagore, ihuriro riganirirwamo ibijyanye no kunoza umwuga wabo no kwimakaza ihame ry’uburinganire. Abapolisi bagera kuri 800 ni bo bitabiriye iri huriro ngarukamwaka […]

Abagande 2 biciwe muri Sudani y’Epfo

Abacuruzi b’Abagande 2 bishwe n’abantu bataramenyekana bitwaje intwaro ku mu handa uva I Nimule werekeza Juba muri Sudani y’Epfo. Ibi bikaba byarabaye ejo ku wa Kane tariki ya 9 Werurwe ,2017 nk’uko bikubiye mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuyobozi wungirije wa Polisi ya Uganda akaba n’umuvugizi wayo, Andrew Felix Kaweesi. Iryo tangazo rigira riti “Ejo ku […]

Burundi: Abanyeshuri 4 bafunzwe bazira ko batembereye mu Rwanda

Polisi yo mu karere ka Busiga, intara ya Ngozi mu gihugu cy’u Burundi yataye muri yombi abanyeshuri 4 bo muri kiriya gihugu ikaba ibamaranye iminsi 5 bazira ko baje mu butembere mu Rwanda. Amakuru atangwa na RPA Ngozi yo mu Burundi aravuga ko imiryango y’aba banyeshuri ihangayikishijwe no kuba itazi aho abana babo baherereye gusa […]

Mbarushimana yavuze ko yavukijwe uburenganzira bwe

Umucamanza mu rukiko rukuru mu Rwanda yanze icyifuzo cya bwana Emmanuel Mbarushimana cyo gusubika urubanza mu gihe cy’amezi abiri. Uregwa aravuga ko ari bwo buryo bwiza bwo gutegura imyireguriye ye. Umucamanza yavuze ko ubusabe bwe nta shingiro bufite. Uru rubanza rurabura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo rugere ku musozo. Mbarushimana araburana n’ubushinjacyaha bw’u Rwanda ibyaha […]

Papa Francis yavuze ko abantu barongoye bashobora guhugurwa bakaba abapadiri

Umushumba mukuru wa kiliziya Gatulika ku isi, Papa Francis yatangaje ko abagabo bakuze bashobora kuba abapadiri mu gihe biyemeje kuyoboka inshingano za Kiliziya, ibi bigakorwa cyane ahantu hakiri ikibazo cy’abapadiri bacye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru dukesha yahoo.com avuga ko ibi yabitangaje kuri uyu wa kane tariki ya 9 Werurwe 2017, mu kiganiro yagiranye n’abakirisitu bo mu […]

Igisirikare cya Uganda cyafatiye M23 ibyemezo bikakaye

Mu gihe hari amakuru amaze iminsi acicikana mu binyamakuru hibazwa umukino Leta ya Uganda yaba irimo gukina n’abarwanyi ba M23 bajya guhungabanya umutekano muri Congo bakagaruka muri Uganda, igisirikare cya Uganda cyatangaje ko kitazihanganira aba barwanyi mu gihe bazaba bagarutse. Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Gen David Muhoozi, avuga ko umurwanyi wese wa M23 watorotse […]

Nigeria: Perezida Buhari yanze gutangaza uko ubuzima bwe buhagaze mbere yo kugaruka

Nyuma y’uko Perezida wa Nigeria Muhamadu Buhari agiye kwivuza mu gihugu cy’u Bwongereza guhera mu kwezi kwashize, biteganyijwe ko ari bugaruke mu gihugu cye ariko akaba yirinze gutangaza uko ubuzima bwe buhagaze nyuma y’igihe gisaga ukwezi mu gihe yari yagiye ateganya ko azamarayo iminsi 10 gusa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu butumwa bwatanzwe mu buryo bw’inyandiko binyujijwe […]

Dr.Kizza Besigye yifatanyije n’abagore barwanya Perezida Trump

Ku wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe,2017 ubwo Isi yose yizihazaga umunsi wahariwe abagore ,Dr.Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Museveni , yifatanyije n’abagore barwanya Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika , Donald Trump mu myigaragambyo yabereye mu mujyi wa New York . Dr.Besigye akaba yaragaragaye yambaye umupira utukura nk’umwambaro warangaga abigaragambya ndetse abicishije […]

Polisi irakangurira abatunze imbwa kuzitaho kugira ngo zidateza umutekano mucye

Polisi y’u Rwanda irasaba abatunze inyamaswa zororerwa mu rugo cyane cyane imbwa, kuzitaho bakamenya ubuzima bwazo bwa buri munsi, zikaguma aho ziri, igihe zirwaye zikavurwa ndetse zikanakingizwa, kuko iyo bitagenze gutyo ziteza ibibazo bitandukanye. Ubu ni ubutumwa butangwa n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitayezu, nyuma y’uko […]