Iga kurema amahoro mu mutima wawe
Imigani 16:9 *Umutima w’umuntu* *utecyereza urugendo rwe,* *Ariko Uwiteka ni we uyobora intabwe ze.* Abantu benshi, barahangayitse barashaka amahoro yo mumutima ariko barayabuze kuko aho bashakira amahoro siho ari. Birashoboka ko waba utabwirwa ko usa neza, wambaye neza, uteye neza, urimwiza cyane, nyamara ibyo bikababaza umutima wawe.hora wiga kwikunda, kwibwira amagambo meza no kuyabwira abandi.Wigurire […]
Hari imishinga itegurwa nabi, ikarangira itageze ku ntego igahombya Leta- Abadepite
Inteko rusange y’Abadepite isanga hari imimshinga imwe n’imwe itegurwa nabi bityo ikarangira idashyizwe mu bikorwa kandi yaratwaye akayabo mu kuyitegura bityo bikaba ari bimwe mu bihombwa leta. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi byatangajwe mu gihe iyi aba badepite basesenguraga raporo y’ibikorwa by’urwego rw’umuvunyi y’umwaka wa 2015-2016 ndetse na gahunda y’ibikorwa by’umwaka wa 2016-2017. Muri iyi raporo, perezida […]
Nyamagabe: Abishyuzwa imitungo baragurisha bagacikishwa, naho abishyuye Gitifu akabika
Abarokotse jenoside bo murenge wa Gasaka mu karere ka Nyamagabe bari mu ruhuri rw’ibibazo bishingiye ku manza gacaca n’inka zitangwa na FARG. Abishyuzwa imitungo bangije baragurisha ubuyobozi bugasinya, nyuma bagacika, n’ubashije kwishyura kandi, Gitifu ayashyira mu mufuka. Mukankusi Phoibe warokotse jenoside we avuga ko yishyuje amafaranga ntayamuhe. Uyu Mukankusi w’imyaka 65 atuye mu mudugudu wa […]
Umupolisi yiyahuriye mu kigo cya gipolisi
Kuri uyu wa Gatatu mu kigo cya polisi mu karere ka Hoima ho mu gihugu cya Uganda habereye umubyigano ukabije ubwo umupolisi yagiraga atya akirasa agahita apfa bigatuma bamwe mu bari aho biganjemo abana bakwira imishwaro. Nk’uko abari bahari babitangaje, ngo abayobozi b’abapolisi bari muri icyo kigo bahise batangira gufata cover ubwo bumvaga urusaku rw’imbunda. […]
Ibintu 3 by'ingenzi ugomba kwitondera mbere yo gushinga urugo
Waba ushaka gushinga urugo mu gihe cya vuba cyangwa wumva ufite igitekerezo kuri iyo ngingo? Ese waba uri gushakisha uwo muzarushingana? Biragoye kuryama ukarota washinze urugo bugacya uhita ubikora. Niyo mpamvu ari ikintu cyo kwitonderwa kuko ari umushinga uzakrwa igihe kirekire bityo ukaba na wo ugomba gutegurwa igihe kirekire. Ibi ni bimwe mu bintu umuntu […]
Burundi: Udutsiko 2 tw’Imbonerakure twacakiraniye mu irondo turatemagurana
Abantu babiri bo mu ihuriro ry’urubyiruko rwo mu ishyaka CNDD riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi bakomerekejwe bikomeye n’imihoro mu ijoro ryo kuwa 12 Werurwe 2017 nyuma y’aho udutsiko 2 tw’uru rubyiruko twari mu irondo, kamwe ko muri Komini Mutimbuzi n’akandi ko muri Komini Mubimbi mu Ntara ya Bujumbura, ducakiraniye mu irondo tugahangana hakoreshejwe […]
U Bufaransa na Kiliziya Gatolika birashinjwa gukingira ikibaba abakoze Jenoside mu Rwanda
Inyandiko yashyizweho umukono n’abantu batandukanye barimo Bernard Kouchner wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga bw’u Bufaranga n’abandi batandukanye batunze agatoki Kiliziya Gatolika n’u Bufaransa by’umwihariko gukingira ikibaba abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Abashyize umukono kuri iyi nyandiko bashimangira ko abagize uruhare muri iyi Jenoside bakomeye bari ku Mugabane w’Uburayi cyane cyane mu […]
Abagenzacyaha basabwe ubuhanga mu gukusanya no kurinda ibimenyetso ku rwego mpuzamahanga
Ibi byavuzwe n’umuyobozi mukuru wungirije muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe abakozi n’imiyoborere (DIGP/AP) Juvenal Marizamunda kuri uyu wa gatatu tariki ya 15 Werurwe, ubwo yasozaga amahugurwa y’abapolisi 15 bakorera hirya no hino mu gihugu bo mu ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ubugenzacyaha (CID) bari bamazemo icyumweru, aya mahugurwa akaba yari agamije kubongerera ubumenyi mu […]
Uganda: Umudepite yasohowe mu nama kubera imyambarire idahwitse
Umudepite witwa Hatwib Katoto mu ngoro y’Inteko ishinga amategeko ya Uganda aherutse kwirukanwa muri komite ishinzwe ibijyanye n’ubukungu mu ngoro kubera ikibazo cy’imyambarire. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru daily monitor cyo muri kiriya gihugu kivuga ko uyu mugabo uhagarariye akarere ka Katerera mu nteko, akaba ari n’umwe mu bagize iriya komisiyo, yatunguye abantu ubwo yinjiraga mu nama […]
Abakomando ba UPDF nibo bahawe inshingano zo guherekeza minisitiri w’u Bwongereza muri Somalia
Umutwe w’abakomando mu ngabo za Uganda,UPDF, witwaje ibikoresho bishoboka kuri uyu wa Gatatu niwo wahawe inshingano zo guherekeza minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bwongereza, Boris Johnson ubwo yakoreraga uruzinduko rwe rwa mbere I Mogadishu mu murwa mukuru wa Somalia mu gihe hitegurwa inama mpuzamahanga kuri Somalia izabera I London kuwa 11 Gicurasi 2017. Minisitiri Boris wavanywe […]
Uganda:Umusirikare mukuru arashinja bagenzi be kumujombagura ibyuma ku gitsina
Kapiteni Bosco Alepere, umwe mu bantu 14 bashinjwa kugaba igitero ku birindiro by’ingabo za Uganda by’i Kabamba mu 2014 ,kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Werurwe,2017 yagejejwe imbere y’urukuki mu gihe cyo kwisobanura agwa hasi kubera iyica rubozo avuga ko yakorewe n’abagenzi be bamufunze harimo no kumujombagura utwuma dutyaye ku gitsina. Kapiteni Alepere ushinjwa kuba […]
Inzira y’umusaraba Abayahudi bafite inkomoko muri Afurika banyuzemo mbere yo gutaha iwabo
Niba hari ikintu gikunda guteza amakimbirane hagati y’abantu bagize sosiyeti mu mpande 4 z’isi ni ahantu hamwe usanga igice kimwe mu bantu bitwa ko bagasangiye igihugu bamwe batemera abandi aba cyangwa bariya, batemera uburenganzira bwa bagenzi babo ku gihugu cyabo basangiye! Gukimbirana ku mpamvu za politiki, ubukungu cyangwa ukundi kutumvikana kw’abasangiye igihugu ni ibintu bisa […]
Mugihe ikipe ya Mali yiteguwe i Kigali, Rayon Sports ngo irashaka kurebana n’abayiharabika
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports, Massoud yatangaje ko ikipe ya Rayon nta yandi mahitamo ifite uretse gutsinda ikipe ya Onze Createurs yo muri Mali iherutse kuyitsinda igitego kimwe ku busa ubwo yari yagiyeyo mu irushanwa rya CAF CC. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu cyumweru cyashize, nibwo ikipe ya Rayon Sports yagiye gukina umukino wa mbere n’iriya kipe […]
Satani yaratsinzwe
Benedata si ugutukana ariko njye mbona Satani ari Injiji. Iyo ajyana ibirengo by’Umwana kuri Se buriya aba abona biri bwakirwe bigahabwa agaciro? None ayobewe ko Dossier yari ikubiyemo ibyo yadushinjaga uretse no kudahabwa agaciro ahubwo yabambwe kumusaraba ishyizwe kuri Kristo. *igahanagura urwandiko rw’imihango rwaturegaga, ikarudukuzaho kurubamba ku musaraba* Abakolosayi 2:14 Mpereye kuri ibyo byavuzwe haruguru […]
RDC: Leta irashinja Loni kuba nyirabayazana y’ishimutwa ry’abakozi bayo
Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yanenze cyane Umuryango w’Abibumbye awushinja kuba ari wo wagize uruhare mu ishimutwa ry’abakozi bawo baherutse gushimutirwa muri Kasai ku Cyumweru gishize, avuga ko guverinoma yabo itari yamenyeshejwe ko bari mu gihugu. Umunyamerika Micheal Sharp n’Umunyasuede, Zahida Katalin ndetse n’abakongomani bane bari babaherekeje, bashimutiwe mu Ntara ya […]
Umupasitoro akurikiranyweho gutera inda umwana muto
Umupasiteri mu itorero ry’Abangilikani mu gace ka Taita Taveta mu gihugu cya Kenya akurikiranyweho gutera inda umwana w’umunyeshuri w’imyaka 15 gusa y’amavuko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Polisi yo muri aka gace itangaza ko uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’uko ababyeyi b’uyu mwana utatangarijwe amazina baje kuyimuregera dore ko bari banamaze igihe babakeka. Uyu mupasiteri ngo yari […]
Muhanga: Umugore arakekwaho icyaha cyo kwihekura
Umugore witwa Mukamana Alphonsine wo mu Karere ka Muhanga akurikiranweho n’Ubushinjacyaha mu Rukiko rwisumbuye rw’aka karere, icyaha cyo kwihekura bikekwa ko cyakozwe kuwa 07 Werurwe 2017 ubwo uyu ngo yabyariraga mu rugo yarangiza akamwica. Ibi ngo bikaba byaraje kumenyekana bivuzwe n’umukobwa we watangaje ko yumvise umwana aririra mu cyumba, yashaka gukinguza urugi nyina akanga gukingura […]
Abanya-Sudani y’Epfo bagabye igitero muri Ethiopia gihitana 23 abandi 43 barashimutwa
Leta ya Ethiopia iratangaza ko abantu bitwaje intwaro baturutse muri Sudani y’Epfo bishe abanyagihugu 28 bagashimuta abandi 43 mu gace ka Gog na Jor guherereye muri Gambella. Amakuru akomeza avuga ko iki gitero cyagabwe n’abantu 1000 bo mu bwoko bwa ba Murle ku Cyumweru muri utu duce duhana imbibe na Sudani y’Epfo. Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza […]
Malawi: Leta ya Malawi yongeye gusabira Murekezi koherezwa mu Rwanda
Umunyarwanda, Murekezi Vincent ubarizwa mu gihugu cya Malawi akaba akekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kuri ubu ari mu rugamba rwo kureba ko atakoherezwa mu Rwanda nyuma y’uko iki gihugu kimucumbikiye kigiranye amasezerano na leta y’u Rwanda yo kohererezanya abanyabyaha bahungiye mu gihugu kimwe cyangwa ikindi. Aya masezerano atari asanzwe akaba yari yabaye imbogamizi […]
U Bwongereza bwiyemeje guhagurukira ikibazo cy’inzara muri Afurika y’Uburasirazuba
Imiryango y’abagiraneza mu gihugu cy’u Bwongereza, yatangaje ko iri gukusanya imfashanyo yo guhangana n’ikibazo cy’inzara mu karere ka Afrika y’Uburasirazuba. Ibi byatangajwe na Sir Mo, umwongereza wamenyekanye cyane mu marushanwa yo kwiruka metero 100 ukomoka mu gihugu cya Somalia, aho yatangaje ko bibabaje kumva imiryango yishwe n’inzara, kubona abana babura ibiribwa n’amazi muri Afurika, aho […]