Hatwitswe ibiyobyabwenge birimo litiro 8620 za kanyanga n'inzoga zo mu mashashi

Umuyobozi w’akarere ka Gicumbi, Mudaheranwa Juvenal yasabye abagatuye kutishora mu biyobyabwenge by’ubwoko bwose; ahubwo bakagira uruhare mu kurwanya iyinjizwa ryabyo mu gihugu n’icuruzwa ryabyo hagamijwe ubufatanye mu kurwanya ibyo byaha no gukumira ingaruka ziterwa n’ikoreshwa ryabyo. Ubu butumwa yabutanze ku wa 19 Mata uyu mwaka mu kiganiro yagiranye n’abatuye Umurenge wa Cyumba bitabiriye igikorwa cyo […]

U Rwanda mu bihugu bya Afurika byagaragaje kuzanzamuka kudasanzwe mu bukungu

U Rwanda ndetse n’ibihugu bitandatu (6) byo muri Afurika rwagaragaje kuzanzamuka bidasanzwe mu myaka ishize, aho ibi bihugu ubukungu bwabyo hagati ya 2015 na 2017 bwazamutse ku rugero rwa 5,4% nk’uko byagaragajwe na raporo nshya ya Banki y’Isi yagiye ahagaragara kuri uyu wa Gatatu. Nk’uko bigaragara muri iyo raporo, ibindi bihugu bitandatu biri kumwe n’u […]

Umuryango w’abantu 9 uri mu kato kubera indwara y’uruhu itari yamenyekana

Umuryango w’abantu 9 batuye mu karere ka Nkasi muri leta ya Tanzaniya baratangaza ko babayeho mu buzima busa n’uburi mu kato kubera indwara y’uruhu yafashe hafi umuryango wose, iyi ndwara iteye impungenge ikaba itaramenyekana ubwoko bwayo n’ikiyitera. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muryango ngo usa n’utari warigeze umenyekana ko ufite kiriya kibazo, kikaba cyaramenyekanye mu minsi micye […]

Mu gihe Amerika itunze nyina wa za bombe, u Burusiya bwo ngo butunze se wa za bombe

Mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zibitseho nyina wa za bombe (MOAB), u Burusiya bwo buravuga ko bufite se wa za bombe (FOAB) ifite ubushobozi bwikubye inshuro enye MOAB Abanyamerika baherutse kurasa muri Afghanistan. Kuwa 13 Mata 2017 nibwo igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyarashe igisasu cya bombe kingana n’ishuri bise Nyina […]

Burera: Ndumunyarwanda n’iterambere ntibishoboka abahejejwe inyuma n’amateka bagituzwa ukwabo

Mu mirenge igize akarere ka Burera hagaragara abasigajwe inyuma n’amateka benshi batujwe mu midugudu bavanze n’abandi banyarwanda. Ubuyobozi bw’aka karere buvuga ko iterambere ritagerwaho batujwe ukwabo, na Ndumunyarwanda ntiyashoboka, ahubwo ryaba ari ihezwa rikomeje kubakorerwa. Aba ni abitwaga Abatwa mu gihe u Rwanda rwari rukivuga amoko. Ni igice cy’Abanyarwanda bahabwa amazina nk’ay’inkanda ”abahejejwe inyuma n’amateka, […]

Serena Williams yashyize hanze amafoto ye atwite

Icyamamare ku isi mu mukino wa Tennis, Serena Wiliams yerekanye amafoto atwite inda aherutse guterwa n’umukunzi we Alexis Ohanian baherutse gusezerana ku mugaragaro mu Kuboza umwaka ushize wa 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore w’imyaka 35 y’amavuko yagaragaye yambaye utwenda two kogana tugaragaza neza inda ye, mu gihe anakomeje amarushanwa mu muhamagaro we dore ko muri […]

Kuwa 20/04/1994 nibwo Umwamikazi Rosalia Gicanda yishwe na EX-FAR

· Umwamikazi wa nyuma w’u Rwanda, Rosaliya Gicanda, yishwe n’abasirikare ba leta. · Mu Iseminari Nkuru ya Nyakibanda, hishwe abapadiri babatutsi, abanyeshuri babatutsi bigiraga kuba abapadiri ndetse n’impunzi z’abatutsi zari zahahungiye. Bamwe mu Bapadiri b’abahutu bagize uruhare mu kwicisha bagenzi babo. · Abatutsi bari bahungiye kuri Paruwasi Rugango, ubu habarizwa mu Karere ka Huye, barishwe […]

Rulindo: Nyuma yo gufungirwa isoko na Kongo, aborozi b'inkoko bararira ayo kwarika

Aborozi b’inkoko mu Rwanda bahangayikishijwe no kubura aho bagurisha ibikomoka ku nkoko kuko bafungiwe amasoko muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo kuva aho hamenyekanye indwara y’ibicurane by’ibiguruka mu gihugu cya Uganda. Bamwe mu borozi b’inkoko batuye mu murenge wa Mbogo mu karere ka Rulindo, intara y’Amajyaruguru, baganiriye n’ijwi ry’Amerika dukesha iyi nkuru bavuga ko bamaze […]

Ku bufatanye n’abaturage, batatu bafatanywe ibiyobyabwenge

Ku bufatanye n’abaturage, Polisi ikorera mu turere twa Nyamagabe na Gatsibo, mu bihe bitandukanye, yafashe ibiyobyabwenge birimo urumogi n’inzoga zitemewe kuri uyu wa kabiri taliki ya 18 Mata. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, Chief Inspector of Police(CIP) Andre Hakizimana yavuze ko Ndayisaba Tharcisse w’imyaka 31 y’amavuko utuye mu kagari ka Mukungu, umurenge wa Kitabi […]

Mu Burundi barahakana ko hari ibyo kurya byavuye mu Rwanda bigiye gufasha abashonje

Nyuma y’amakuru amaze iminsi avuga ko hari ibyo kurya ishami ry’Umuryango wita ku Biribwa (PAM) ryaguze mu Rwanda ngo bijye guhabwa abaturage bigarijwe n’inzara mu Burundi, amakuru ava muri iki gihugu yo aravuga ko nta biryo byaguzwe mu Rwanda ngo bijyanwe mu Burundi. Ikinyamakuru cyo mu Burundi dukesha iyi nkuru kivuga ko hari amakuru yari […]

Kisangani : Amateka y’intambara ikaze y’iminsi 6 hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda

Dutegura kwandika iyi nkuru ku makimbirane yahanganishije Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda mu mujyi wa Kisangani, twabanje gusa n’abumva dufite umususu mu biganza kubera ukuntu bitari bikwiye ko ibihugu nkibi by’ibivandimwe nk’u Rwanda na Uganda byatana mu mitwe rukambikana. Niko byagakwiye kumvikana ko ibihugu bituranyi ndetse bihuriye ku mateka amwe n’amwe umwe wese atapfa kwakira […]

U Burusiya ngo bushobora kugira impfabusa za missiles, amato n’indege by’Abanyamerika

U Burusiya buratangaza ko bufite ubushobozi bwo kugira ubusa igisirikare cyo mu kirere cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bukoresheje ikoranabuhanga rya elegitoronike bwatuma ibikoresho by’umwanzi bidakora . Amakuru aturuka muri iki gihugu cyane cyane mu binyamakuru bya leta aravuga ko iryo koranabuhanga rishobora gutuma indege z’intambara, amato ndetse za missiles, bidakora. Umwe mu basomyi […]

Uganda: Abavugabutumwa bo mu mihanda bagiye kujya bafungwa

Ubuyobozi bw’umujyi wa Kampala muri Uganda, bwatangaje ko abantu bagenda babwiriza ijambo ry’Imana mu mihanda hirya no hino mu mujyi, ari bamwe mu bateza urusaku bityo zimwe mu ngamba bafatiwe hakaba harimo no kubafunga kugira ngo bacike burundu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubu buyobozi mu itangazo bwasohoye, bwatangaje ko aba bantu bari mu bateza akavuyo bityo bakaba […]

Kigali: Basubijwe uburenganzira ku byabo nyuma y’aho RSSB ibabariye ikananirwa kwishyura

Abaturage bo mu Murenge wa Kigali, mu Karere ka Nyarugenge bongeye guhabwa uburenganzira bwo kugira icyo bakora mu butaka bwabo nyuma y’igihe kirekire batemerewe bitewe nuko babariwe na RSBB bagiye kwimurwa ariko ariko bakaba barategereje ko bishyurwa bagaheba. Kuri ubu ngo igisubizo aba baturage bahawe n’akarere ni u gukomeza ibikorwa byabo nk’ibisanzwe, ushoboye gusana arabyemerewe […]

Burundi: Umwana w’umukobwa w’imyaka 13 yishwe na se umubyara

Joseph Niyonzima ni umugabo utuye muri Komini Ngozi, mu ntara ya Ngozi, yishe umwana we witwaga Pascasie Ncutinamagara, amuzika ko yamwishyuzaga amafaranga ye yari amufitiye, aramukubita kugeza ashizemo umwuka. Uyu mwana yishyuzaga se amafaranga ibihumbi bitatu na magana atanu (3.500) y’amarundi, akaba yaracunze amaze kugurisha isambu uyu mwana w’umukobwa aramwishyuza, se aho kumuha ibye amuhata […]

Ubwicanyi bukabije bwabaye kuwa 19/4/1994 nuko ingabo za RPA zarokoye Abatutsi

· Muri Komine, Taba yayoborwaga na Jean Paul Akayesu, wabaye uwa mbere wahamwe n’icyaha cya jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda; hari higanje amashyaka nka MRD, MRND na PSD. Jenoside yabanjirijwe n’amakimbirane hagati ya MDR na MRND, icyo gihe ibikorwa by’iterabwoba byakorwaga ku manywa y’ihangu. Interahamwe zitangira kwitoza zateraga ama gerenade muri Nyabarongo zirushamwa kumasha imvubu. […]