Umugore wa Robert Mugabe yavunikiye mu mpanuka

Umugore wa perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe , Grace Mugabe, yakoze impanuka y’imodoka avunika akabombabari. Uyu mugore yavunikiye mu mpanuka ubwo yaganaga mu rugo umugabo we avuye kwivuza muri Singapore. Yaje kuvunika bava ku kibuga cy’indege cya Harare ku wa gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017, nkuko televiziyo y’icyo gihugu yabitangaje. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inkuru igaragara […]

Ibikorwa byo kwiyamamaza Paul Kagame yabikomereje i Gisagara- AMAFOTO

Umukandida w’umuryango FPR/Inkotanyi ubwo yari asoje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Nyaruguru, yakomereje mu karere ka Gisagara, imbaga y’abaturage yaturutse imihanda yose yaje kumwakirana urugwiro ngo abagezeho ibyo abateganyiriza kuri iyi manda y’imyaka 7 yiyamamariza. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017, ni umunsi wa kabiri wibi bikorwa, umukandida Paul Kagame wiyamamariza […]

Ibigwi by’abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda bishobora kuzashingirwaho mu kubatora

Ku wa gatanu tariki 7 Nyakanga, nibwo Komisiyo y’amatora mu Rwanda yashyize ahagaragara urutonde ntakuka rw’abakandida bemerewe guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu. Bose ni abagabo bubatse, ariko bafite ibigwi binyuranye mu buyobozi, mu bumenyi no mu mirimo. Ma bantu batandatu bari bifuje guhatana mu matora yo kuya 3 na 4 Kanama uyu mwaka, batatu muri bo […]

Kuba ababaga hanze y’u Rwanda baza guhatana mu matora ngo bikwiye gutanga ubutumwa

Umuyobozi wa Njyanama y’Akarere ka Kirehe, Rwagasana Ernest asanga u Rwanda rwarateye intambwe mu bijyanye na demokarasi ahereye ku kuba hari Abanyarwanda bavuye hanze bakaza guhatanira kwiyamamaza kuyobora u Rwanda. Yabigarutseho mu kiganiro Isesenguramakuru yagiriye kuri RBA, ku wa Gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017. Muri icyo kiganiro yari kumwe na Sembagare Samuel wahoze ari […]

Kuyobora FERWAFA: Imiryango yo gutanga kandidatire yafunzwe zitanzwe na babiri barimo De Gaulle

Ku isaha y’i saa tanu z’amanywa, ku wa Gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017, niyo yari itariki ntarengwa yo gutanga kandidatire ku bahatanira kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(FERWAFA). Iyo saha yo gufunga imiryango yegereje(saa yine n’iminota 50, 10:50am), Raoul Gisanura yaje imbere wagirango niwe ugiye gutanga kandidatire ku kanama ka Ferwafa kari gashinzwe kwakira […]

Uwitwa Choudhury yabaye Umusilamu wa mbere w’Umutinganyi wakoze ubukwe — Amafoto & Video

Umusore wo mu Bwongereza yabaye Umusilamu wa mbere washyingiranwe n’uwo bahuje igitsina ngo wamutabaye nyuma yo kwamaganwa na bagenzi be b’Abasilamu kubera gukunda abagabo bagenzi be. Uyu witwa Jahed Choudhury w’imyaka 24 wo muri West Midlands, akaba akoze agashya ko kuba umusilamu wa mbere ushyingiranwe n’uwo bahuje igitsina nyuma y’aho mu musigiti yari amaze imyaka […]

Misiri: Igitero cy'umuntu witwaje icyuma ku mazi cyahitanye ba mukerarugendo babiri

Umugabo wo mu gihugu cya Misiri yasanze ba mukerarugendo babiri b’Abadage ku nkombe z’inyanja Itukura mu Misiri abateragura icyuma kugeza bashizemo umwuka, aho bivugwa ko yabanje kuzenguruka ashakisha abanyamahanga nk’uko ubuyobozi n’ababibonye bavuga. Uyu mugabo wari witwaje icyuma akaba yishe abo ba mukerarugendo babiri b’Abadagekazi mbere yo gukomeretsa abandi ba mukerarugendo babiri bari kuri hotel […]

Rwamagana: Bubatse nta byangombwa barasenyerwa none barashinja gitifu kuba nyirabayazana

Abaturage batuye mu Kagari ka Kagezi mu Murenge wa Gahengeri mu Karere ka Rwamagana barashyira mu majwi gitifu w’akagari bamushinja kuba nyirabayazana wo kubaka ku buryo butemewe n’amategeko. Kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 13 Nyakanga mu gitondo abagore babiri aribo; Mukabugingo Louise na Mukagahigi Odette basenyewe n’ubuyobozi bw’akagari ndetse n’umukozi ushinzwe ibijyanye n’imyubakire […]

D Banj yaba ari we muhanzi ukize kurusha abandi muri Afurika na Miliyoni 100$

Umuhanzi, umushyushyarugamba, umwanditsi w’indirimbo D Banj, yatangaje ko kampani ye imaze gutera imbere ku buryo yishimira kuba ari mu bantu bafite miliyoni 100 z’amadolari. Uyu muhanzi uherutse kwibaruka umwana w’umuhungu ku mugore witwa Didi Kilgrow bashyingiranywe mw’ibanga, yashyize hanze ubuzima bwa Campany ye yitwa CREAM RECORDS yashinze mu myaka ishize, avuga ko bamaze gutera imbere […]

Burundi: Umukozi wa sosiyete sivile mu maboko ya SNR ashinjwa gushaka guhungabanya igihugu

Impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu yo muri Sosiyete Sivile y’u Burundi, iri mu maboko y’inzego z’ubutasi kuva kuri uyu wa kane ushize, aho akurikiranweho gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatanu n’igipolisi. Uyu witwa Germain Rukuki, yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuwa kane afatiwe mu gace ka Ngagara nyuma y’umukwabu ukomeye w’igipolisi […]