Bukavu: Imfungwa zigera 20 zatorotse gereza bamwe mu bari basuye bahasiga ubuzima
Imfungwa zigera kuri 20 zari zifungiwe muri Gereza Nkuru ya Bukavu nizo zabashije gutoroka, kuri uyu wa Gatanu, itariki 28 Nyakanga, mu gihe mu gutoroka abantu batatu bahasize ubuzima abandi benshi bagakomereka. Abatangabuhamya baravuga ko humvikanye urusaku rw’amasasu muri gereza ahagana saa munani z’amanywa, ariko byose bikaba byatangiye nyuma yo guturika kwa grenade bivugwa ko […]
Karekezi Olivier yatangiranye umurindi muri Rayon Sports
Umutoza mushya w’ikipe ya Rayon Sports, Karekezi Olivier, yatangiye akazi ke k’ubutoza kuri uyu wa 28 Nyakanga, ubwo yatozaga iyi kipe mu myitozo yabereye kuri stade ya Mumena wabonaga afite ishyaka ridasanzwe, asaba abafana ba Rayon kumuha umwanya ubundi akabaha intsinzi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Imyitozo yamaze amasaha 2, abafana ba Rayon bari benshi bareba uburyo umutoza […]
Pakistan: Urukiko rw’Ikirenga rweguje Minisitiri w’Intebe Nawaz Sharif
Urukiko rw’Ikirenga muri Pakistan rwafashe icyemezo cyo kweguza Minisitiri w’Intebe, Nawaz Sharif rutegeka ko ahita ahagarika imirimo ye nk’uko byemejwe n’umuvugizi w’ibiro bya Minisitiri w’Intebe watangaje ko Sharif yemeye kwegura. Icyemezo cyo kweguza Minisitiri w’Intebe, Nawaz Sharif kije gikurikira iperereza ryakozwe ku bukire bw’umuryango we ryatangajwe mu mwaka wa 2015 mu cyiswe Panama Papers. [xyz-ihs […]
Gakenke: Dr Habineza yasezeranyije gufungura abakobwa bafungiye kuvanamo inda
Kuba abakobwa batewe inda bakazivanamo babifungirwa, ariko abazibateye bagasigara bidegembya ngo bizatuma abafungiye icyo cyaha bafungurwa. Dr Frank asobanurira itangazamakuru bimwe mu byo yavugiye mu migabo n’imigambi ye Dr Habineza yabitangarije mu Murenge wa Cyabingo mu karere ka Gakenke, kuwa Gatanu tariki ya 28 Nyakanga 2017, ubwo yari mu bukorwa byo kwiyamamaza. Nk’uko yakunze kubivuga, […]
Abagore 3 bakurikiranyweho gufata ku ngufu umupasiteri
Abagore Batatu barimo Sandra Ncube w’imyaka 21, Riamuhetsi Mlauzi w’imyaka 23 ndetse na Mongo Mpofu na we ufite imyaka 25 y’amavuko bakurikiranyweho kwihererana umukozi w’Imana mu rugo rw’umwe muri bo uturiye urusengero bakamukorera ibya mfura mbi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bagore uko ari 3, ngo baherutse gusanga umupasiteri mu rusengero rukorera mu gihugu imbere muri Zimbabwe […]
Depite Bamporiki yijeje Kagame ko Abanyarusizi batari inyuma ya Twagiramungu na Padiri Nahimana
Abaturage ba Rusizi ngo ntibari inyuma y’umusaza ushaje w’umunyapolitiki cyangwa inyuma y’umupadiri w’umunyapolitiki, ubu wabaye umupagani, baba hanze y’u Rwanda barwanya leta y’u Rwanda. Ibi akaba ari ibyo Depite Bamporiki Eduard yijeje umukandida w’ishyaka RPF-Inkotanyi, Paul Kagame ubwo yiyamamarizaga mu Karere ka Rusizi kuri uyu wa 28 Nyakanga 2017. Nubwo Depite Bamporiki atigeze atobora ngo […]
Umugabo yibyariye amazi nyuma yo kwishushanya igitsina cy’umugabo ku kaguru
Umugabo wo mu gihugu cy’u Bwongereza yikururiye ibibazo mu muryango nyuma yo gukora ibintu bikino azi ko ari gutera urwenya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo utatangajwe amazina w’imyaka 34 y’amavuko, yagerageje kwigana abandi bantu bakunze kwishushanyaho ibintu bitandukanye, aho na we yishushanyijeho igitsina cy’umugabo ku kibero cy’akaguru k’imoso hanyuma akambara ikabutura akajya gutembera. Nimugoroba atashye rero, […]
Perezida wungirije wa FIFA na UEFA yeguye ku mwanya w’ubuyobozi
Angel Maria Villar, wari umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Espanye, yeguye ku mwanya wa Perezida wungiriye w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, Fifa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muyobozi kandi yeguye no ku mwanya wa Perezida wungirije w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi, Uefa. Amakuru akaba avuga ko Angel Maria Villar n’umuhungu we, Gorka batawe muri […]
Nigeria: Igikorwa cyo kugerageza kubohoza imbohe zari zafashwe na Boko Haram cyaguyemo 30
Byibuze abantu 30 barimo abasivili n’abasirikare nibo bapfuye nyuma y’igikorwa cyo kugerageza kubohoza imbohe zo mu itsinda ry’abakozi b’ikigo gicukura peteroli bari bashimuswe na Boko Haram mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Nigeria nk’uko byatangarijwe Reuters kuri uyu wa Kane. Iri tsinda ryari riri gushakisha peteroli mu gace gakunze kuberamo imirwano ko mu mjyaruguru y’uburasirazuba bw’igihugu, ryari […]
Zimbabwe: Grace Mugabe yashyize igitutu ku mugabo we ngo avuge ugomba kumusimbura
Umugore wa perezida Mugabe, Grace Mugabe yasabye umugabo we kwerura akavuga uwo yumva ugomba kumusimbura ku butegetsi mu gihe azaba atakibashije kuyobora bityo ngo bikagabanya impaka zikomeje kugaragara mu ishyaka riri ku butegetsi, Zanu PF. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko perezida Mugabe w’imyaka 93 akomeje kugaragaza ubushake mu gushaka gukomeza kuyobora Zimbabwe […]
Ibintu umuntu wese wemerewe gutora akwiye kumenya mbere y’uko ajya gutora
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo Abanyarwanda bajye gutora perezida uzabayobora muri manda itaha y’imyaka 7 , ndetse no mu gihe abakandida batatu bazaba bahanganye bakomeje kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, hari ibintu buri muntu wese uzatora akwiye kumenya mbere y’uko Umunsi w’Amatora ugera nk’uko byatangajwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Amatora, Charles […]
Dr Habineza ngo yavangiwe no kwiyamamariza hafi y’aho uwo bahanganye yamamarizwaga
Umukandida w’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza aratangaza ko atishimiye kuba abayoboke b’umutwe wa Politiki bahanganye mu matora ya Perezida wa Repubulika bamwamamarizaga hafi y’aho yiyamamarije. Dr Habineza yiyamamarije mu Murenge wa Gatumba mu Karere ka Ngororero mu gitondo cyo ku wa Kane tariki ya 27 Nyakanga 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuba mu […]
Rusizi: Uko byari byifashe Paul Kagame yiyamamaza i Nyakabuye na Gihundwe- AMAFOTO
Ku munsi wa 15 w’ibikorwa byo kwiyamamaza, umukandida w’umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame yabikomereje mu karere ka Rusizi mu ntara y’Iburengerazuba. Mu masaha y’igitondo cyo ku wa 28 Nyakanga 2017, Umukandida Paul Kagame kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu yari asanzweho, yabikomoreje mu murenge wa Nyakabuye wegeranye n’uwa Bugarama, muri aka karere ka Rusizi gakora ku […]
Kuri ubu twumva ko tuzatsinda nibura kuri 65%-Dr Habineza
Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda n’umukandida wa ryo, Dr Habineza Frank baratangaza ko bafite icyizere gikomeye cyo gutsinda amatora ya Perezida wa Repubulika mu Rwanda muri uyu mwaka ku kigero cya 65%. Ari mu karere ka Ngororero, ku wa Kane tariki ya 27 Nyakanga 2017, Dr Habineza yemeje ko afite icyizere cyo gutsinda aya […]
U Bufaransa, kimwe mu bihugu bishinjwa guteza imvururu ngo bibone uko bicuruza intwaro
Igihugu cy’u Bufransa kiza ku mwanya wa 6 mu gucuruza intwaro nyinshi ku isi. Ubu bucuruzi kandi nk’uko tubikesha ikinyamakuru Jeuneafrique cyandikirwa i Paris ngo bwaba bukorwamo n’imbaga y’abakozi basaga 160.000 muri iki gihugu. Ni ubucuruzi bubarwa nk’imwe mu nkingi ya mwamba y’ubukungu bw’igihugu cy’u Bufaransa kugeza magingo aya. Ubucuruzi bw’intwaro z’u Bufaransa si ubwa […]
Abajenerali 2 b’u Burundi i Kinshasa kubera ikibazo cy’umutekano ku mipaka y’ibihugu byombi
Ikibazo cy’umutekano mucye ku mupaka wa Congo n’u Burundi cyahagurukije abajenerali babiri bakuru mu nzego z’umutekano z’u Burundi barimo minisitiri w’umutekano ndetse ufatwa nka numero ya kabiri mu butegetsi, Alain Guillaume Bunyoni, ndetse n’umuyobozi wa cabinet y’igipolisi cy’u Burundi, aho kuri uyu wa Gatatu bagiriye uruzinduko I Kinshasa, bashyiriye perezida Kabila ubutumwa bwa mugenzi we […]
Kim Kardashian na Kanye West biteguye kwakira umwana wa Gatatu
Nyuma y’aho Kim kardashian na Kanye West bumvikaniye n’umugore wagombaga gutwita umwana wa bo wa Gatatu, ibyishimo ni byose kuri bo, imyiteguro yo kwakira umwana wa bo yaratangiye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubu bwumvikane babugiranye n’uyu mugore nyuma yaho Kim abwiriwe ko inda ibyara ye ifite ikibazo ko adashobora kongera gutwita, uyu muryango ukaba warahise ushaka umuntu […]
Gikonko: Haracyari abumva ko itegeko ry’umuryango ryaje guhanganisha umugore n'umugabo
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Gikonko, mu karere ka Gisagara, mu ntara y’’Amajyepfo ntibarasobanukirwa n’itegeko ry’umuryango kuko hari abazi ko iri tegeko rije gutuma abagore bigaranzura abagabo, cyangwa babasuzugura ntibabubahe cyangwa na none ugasanga abagore barigize ibyigenge, bakikorera ibyo bishakiye. Kuba umugabo atakitwa umutware w’urugo, ibi babifata nko guhanganisha umugabo n’umugore mu rugo, […]