Rusizi: Ikibazo cy’imbuto ziribwa zajyaga zipfa ubusa cyatangiye kubonerwa umuti
Imirenge ya Bugarama,Muganza na Gitambi mu karere ka Rusizi ni imwe mu mirenge y’aka karere yeza imbuto nyinshi cyane ariko abahinzi bazo bagahorana ikibazo cyo kuba zera zikabapfira ubusa kubera kubura abaguzi, ubu ngo cyaba kigiye gukemuka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni kenshi cyane muri iyi mirenge hagiye humvikana ikibazo cy’imbuto nk’imyembe, marakuja, amacunga, indimu n’izindi zera […]
Nsabimana Eric ashobora kwerekeza muri Rayon Sport
Nsabimana Eric “Zidane” ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya As Kigali biravugwa ko ashobora kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sports akabisikana na Niyonzima Ally bivugwa ko na we yasinyiye iyi kipe amasezerano y’imyaka igera kuri 2. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Zidane nk’uko bakunze kumwita, ni umwe mu bakinnyi bari mu ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17 y’amavuko, […]
Uko bamwe mu banyarwanda bakiriye icyemezo cy’umujyi wa Kigali cyo guca burundu abazunguzayi
Umujyi wa Kigali umaze kurambirwa n’ikibazo cy’abazunguzayi gifatirwa ingamba ariko ntigicike. Umujyi wa Kigali uvuga ko washoye amafaranga asaga miliyoni 300 mu kubaka amasoko kugira ngo abazunguzayi babone aho bakorera, ariko baranga baguma mu muhanda. Nyuma yibwo hafashwe indi ngamba yo guca amande y’ibihumbi icumi, umuzunguzayi n’umukiriya we, nabyo ntibyabaye igisubizo kirambye. Ku wa Gatatu […]
PM Murekezi yasabye Abanyarwanda kwigira ku Banyamahanga bitabiriye imurikagurisha
Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi arasaba Abanyarwanda bamurika ibikorwa byabo mu imurikagurisha mpuzamahanga riri kubera mu Rwanda kwigira ku bishya by’abanyamahanga bakora bimwe na bo baryitabiriye. Yabitangaje uyu munsi ku wa Kane tariki ya 24 Kanama 2017, ubwo yafunguraga ku mugaragaro iri murikagurisha riri kubera i Gikondo mu mujyi wa Kigali ku nshuro ya 20. Minisitiri […]
Ese amatorero n'amadini avuga iki ku gutandukana kw'abashakanye?
Abapasiteri bavuga ko umugabo wasezeranye n’umugore we kubana akaramata imbere y’Imana gutandukana ari ikidashoboka, ariko hakurikijwe amategeko ya Leta ho birashoboka kandi biranemewe. Ibi ni ibyagarutsweho mu mahugurwa arimo kubera mu karere ka Muhanga kuva ku wa Kane tariki ya 24 Kanama 2017, yateguwe na World vision akaba agenewe abapasiteri, barasabwa kuba bafite ubumenyi ku […]
Ihene yavukanye isura nk'iy'umuntu yateye abaturage ubwoba (Amafoto)
Mu gihugu cy’u Buhinde ihene iherutse kubyara umwana ufite isura nk’iy’umuntu iriho akananwa, izuru ndetse n’umunwa n’amaso biteye nk’iby’umuntu, itungo ryateje ikibazo mu baturanyi b’uwo mworozi kuko ari ubwa mbere rihagaragaye muri ako gace. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abaturanye n’umworozi wabyaje iri tungo ridasanzwe bavuga ko ari ubwa mbere babonye ihene imeze kuriya bityo urugo rwe bakaba […]
Kamonyi: Amaso y’abarimu yaheze mu kirere bategereje agahimbazamusyi k’umwaka washize
Abarimu bo mu karere ka Kamonyi baravuga ko hari amafaranga (Bonus) bemerewe n’akarere ariko bakaba batayabona uko bikwiye kandi baba barageze ku ntego z’ibyo basabwe kuzuza. Aya mafaranga yiswe bonus cyangwa agahimbazamusyi, abarimu bavuga ko batangiye kuyahabwa guhera muri uyu mwaka ariko bagahabwa ayo mu mwaka washize kuko abagena imishyirirwe mu bikorwa y’imihigo aba barimu […]
Guverinoma nshya: Hakenewe ivugurwa rya bimwe mu bigo na Minisiteri
Harebewe ku musaruro ibigo na za Minisiteri byagezeho mu myaka yatambutse; ku ngengo y’imari no ku bushobozi igihugu gifite, hari ibigo na Minisiteri bikeneye: guseswa, kugabanyirizwa inshingano n’ingengo y’imari ndetse no kuvangwa. Ibyo byafasha mu gushyigikira gahunda u Rwanda rwihaye zo kuba igihugu gifite ubukungu buciriritse mu mwaka wa 2020 (Middle Income Country), no gukomeza […]
Urukuta rwa Twitter rw'ikipe FC Barcelone rwinjiriwe n’abahise baha ikaze Di Maria
Urukuta rwa Twitter rw’ikipe FC Barcelona rwibwe n’abantu bataramenyekana (hackers), bahita batangira kwandika bamenyesha abakunzi b’iyi kipe ko umukinnyi Di Maria ahawe ikaze muri iyi kipe. Byatangiye gucyekwa ko uru rukuta rwibwe mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Kanama, nyuma y’aho aba bajura bashyiriyeho ubutumwa buha ikaze mu ikipe umukinnyi w’ikipe ya Paris Saint […]
Uganda: Amacumbi y’abapolisi yahiye, abanyamakuru bahahurira n’urw’imbwa yaboneye ku iriba
Inzu zibamo abapolisi ziherereye mu gace ka Katwe muri Uganda zibasiwe n’inkongi y’umuriro guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Kanama 2017 zirakongoka, abanyamakuru bagiye gutarayo amakuru polisi ibatera amabuye. Inzego zishinzwe ubutabazi muri Uganda zavuze ko iyi nkongi yaba yatewe n’amasinga y’amashanyarazi yakoranyeho, iyi nkongi ikaba yateje igihombo cy’abarirwa muri […]
King James aranengwa gutererana abana yari yemereye gufasha
Abana bafite impano mu muziki bari bizeye ubufasha bwa King James, baramunenga kubatererana bari bamwizeye, imyaka ibiri ikaba ishize amaso yaraheze mu kirere. Muri Kanama mu 2015, nibwo King James yakoresheje amarushanwa agamije gushaka abahanzi bafite impano yo kuririmba ngo abafashe kuzamuka, bamwe mu bayatsinze baramunenga kubatererana. Aya marushanwa yateguwe na King James, yitabiriwe […]
Nyamasheke: Nyirasangwa w’imyaka 42 ntatewe ipfunwe no kwigana n’abana abyaye
Nyirasangwa Espérance w’imyaka 42 y’amavuko, utuye mu mudugudu wa Rubyiruko, akagari ka Rushyarara, umurenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke, yiga mu mwaka wa 2 w’amashuri abanza, avuga ko adatewe ipfunwe no kwigana n’abana abyaye. Nyirasangwa Espérance yiga mu mwaka wa 2 w’amashuri abanza, avuga ko yafashe icyemezo cyo kwiga igihe cyose azaba akiriho, kuzageza […]
Menya igice cy'ingenzi ku gitsina cy'umugore nk'isoko y'ibyishimo mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina
Rugongo(clitoris) ni kimwe mu bice bigaragara inyuma bigize igitsina cy’umugore kikaba kigira akamaro gakomeye mu mibereho y’umugore kandi kikaba nanone gishobora kwangirika biturutse kuri nyiracyo cyane cyane bitewe n’uburyo akora imibonano mpuzabitsina. Iki gice cy’umubiri ni ngombwa cyane ko umugore atacyangiza kuko bishobora kumuviramo ingaruka zikomeye. Rugongo igaragaza igice gito cyayo inyuma ku gitsina cy’umugore […]
Ibyo u Buhinde bwemereye u rwanda bigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa
Igihugu cy’u Buhinde kigiye gutangira kubaka inganda n’ibigo mu Rwanda byo guteza imbere ikoranabuhanga n’ibindi, mu rwego rwo kunoza amasezerano igihugu cy’u Buhinde cyagiranye n’u rwanda mu ntangiriro z’uyu mwaka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri Gashyantare uyu mwaka, ni bwo visi perezida w’u Buhinde, Hamid Ansari yari yasuye u Rwanda ubwo yizezaga ko urubyiruko rw’Abahinde bagera kuri […]
Lilian Mbabazi ukorera umuziki Uganda arimo gukora Album y’indirimbo z’Ikinyarwanda
Umuhanzi Lilian Mbabazi wo mu gihugu cya Uganda, yatangaje ko ari kwita cyane kuri Album yahimbiye abafana be b’Abanyarwanda izaba iriho indirimbo ziririmbye mu rurimi rw’Ikinyarwanda gusa. Mu kiganiro na Bwiza.com, Lilian Mbabazi yadutangarije ko indirimbo ye nshya yise ‘Ndabivuze;, ari imwe mu zizaba ziri kuri Album ye azashyira hanze mu minsi iri imbere. Yagize […]
Burundi: Umurambo w’umukobwa wasanzwe imbere y’igitanda cy’umusore bakundanaga
Umurambo wa Ndimurukundo Amissa, umukobwa w’imyaka 24 uvuka muri Nyakabiga wasanzwe mu cyumba cy’umusore bakundanaga muri Zone ya Jabe. Mu gihe bikekwa ko urupfu rw’uyu mukobwa umusore bakundanaga witwa Claude ukomoka mu Buyenzi yaba yarugizemo uruhare, abo mu muryango w’umukobwa bavuga ko basanze umurambo we imbere y’igitanda cy’uwo musore. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Batangaje kandi ko Claude […]
Sudan :Uwabaye Ambasaderi w’u Burusiya mu Rwanda yasanzwe yapfiriye mu bwogero
Uwari Ambasaderi w’u Burusiya muri Sudani, Mirgaà¯as Chirinski yasanzwe yapfiriye mu bwogero bunini(piscine) bwo nyubako yabagamo mu murwa mukuru Khartoum. Uyu mugabo wabaye ambasaderi w’u Burusiya mu Rwanda kuva mu mwaka wa 2006 kugeza 2013 aho yavuye ajya muri Sudani, yapfuye ku wa gatatu w ‘icyi cyumweru, tariki ya 23 Kanama 2017. Polisi yatangaje ko […]
Kanombe: Ibitaro bya gisirikare byungutse imashini yifashishwa mu gusuzuma no kuvura kanseri
Umurwayi azajya apimwa ahabwe ibisubizo mu minsi 5 mu gihe yabihabwaga mu minsi 15, ubu buryo bwihuse bubonetse nyuma yaho ibitaro bya gisirikare by’u Rwanda biri i Kanombe byungutse imashini yifashishwa mu gusuzuma no kuvura indwara ya kanseri. Ni imashini iri mu bwoko bwa scanner ifite ikoranabuhanga rihambaye ku buryo ibizamini biba byafashwe bishyirwamo mu […]
Wayne Rooney yasezeye gukinira u Bwongereza
Umwongereza wari rutahizamu, Wayne Rooney watsindiye iki gihugu ibitego byinshi kurusha abandi bakinnyi bose muri iki gihugu, yasezeye kugikinira ku myaka 31 y’amavuko. Uyu mukinnyi yari yanze kujya mu ikipe y’igihugu izakina amajonjora y’igikombe cy’isi mu kwezi gutaha, dore ko yari asigaye ashyirwa gake mu kibuga. Rutahizamu Rooney ukinira ikipe ya Everton, yari yasabwe […]
Denmark: Hatoraguwe umurambo w’Umunyamakuru w'Umunyasuwedekazi waciwe umutwe
Umunyamakuru Kim Wall ukomoka muri Suede yabonetse yaraciwe umutwe, utaraboneka kugeza ubu, igihimba cye kiri mu mazi mu gihugu cya Danemark. Ubuyobozi bw a polisi ya Denmark yatoraguye icyo gihimba yemeza ko ari icya Kim Wall, wari waraburiwe irengero kuva tariki 10 Kanama 2017. Mbere yuko aburirwa irengero, Kim Wall yakoraga ubushakashatsi ku nkuru ndende […]