Rio Ferdinand wahagaritse guconga ruhago, yerekeje mu iteramakofi
Uwakanyujijeho muri ruhago, Rio Ferdinand, yatangaje ku mugaragaro ko nyuma yo guhagarika gukina umupira wâamaguru, akomereje mu mukino wâiteramakofi nkâuwabigize umwuga. Uyu mugabo wâimyaka 38, yahagaritse gukina umupira wâamaguru mu myaka 2 ishize, ni umwe mu bakinnyi babaye inkingi za mwamba mu ikipe ya Manchester United nâikipe yâigihugu yâUbwongereza, yasezeye muri ruhago muri 2015 ubwo […]
Ni igihe kingana gute umugore yakoreraho imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara?
Abantu benshi bajya bibaza rimwe bakabanza gutegereza ariko batazi igihe kiza umuntu agomba kumara, cyangwa abandi bo ntibanabyiteho bumva ko nta ngaruka igihe bumva ntaho bababara.Abaganga batangaza ko ubusanzwe umugore umaze kubyara ari byiza gutegereza ibyumweru bitandatu kugirango abone gukora imibonano mpuzabitsina. Niba umaze kubyara , gukora imibonano mpuzabitsina si cyo cya mbere ukwiye gukora.Kuko […]
Rwamagana: Abagore baboha uduseke bavuga uburyo Abayapani bashatse kubajyana iwabo bakanga
Abagore bakora umwuga wâubukorikori bushingiye ku muco nyarwanda bibumbiye muri koperative âAgaseke kâurukundoâ bavuga ko bakora ubukorikori bushingiye ku muco kandi bakabukora ku buryo bugezweho ku buryo agaseke bakora kakunzwe nâabanyamahanga barimo Abayapani bashatse kubajyana mu buyapani gukorerayo ubukorikori bwo kuboha Agaseke ndetse no kwigisha Abayapani baranga. Abayapani ngo bagerarageje gusaba aba bagore kubigisha uko […]
Muhanga: Uwubatse mu buryo bwâakajagari wese azasenyerwa- Meya Uwamariya BĂ©atrice
Ubuyobozi bwâakarere ka Muhanga buvuga ko butazihanganira na gato umuntu uzubaka mu kajagari ko bibangamira ishyirwamubikorwa ryâigishushanyo mbonera cyâumujyi wa Muhanga. Mu nama yagiranye nâabaturage ku wa 19 Nzeri 2017, kuri sitade ya Muhanga, umuyobozi wâakarere ka Muhanga, Uwamariya BĂ©atrice nibwo yavugiye imbere yâimbaga yâabaturage b’aka karere ko uzubaka wese adafite ibyangombwa azaba ashaka kubaka […]
Zidane yasinye amasezerano yo gukomeza gutoza Real Madrid
Zinedine Zidane, Umufaransa utoza ikipe ya Real Madrid yo mu gihugu cya Espagne yatangaje ko yongereye amasezerano yo gutoza iyi kipe. Iyi nkuru yatangajwe na nyiri ubwite nubwo Real Madrid yo ntacyo irabivugaho. Gusa ikizwi nâuko amasezerano ye yaganaga ku musozo kuko yari yasinye gutoza iyi kipe imyaka ibiri ubwo yayijyaga mo umwaka ushize nkuko […]
Sinzi mama na data, na mabuja ageze aho kumeshesha amakariso ye ngo muve mu maso anyambure- Nkore iki?
Nitwa Mugisha, mfite imyaka 23, nkora akazi ko mu rugo mu mujyi wa Kigali ariko mabuja amaze kunjyamo amezi 9, ku kwezi nkorera ibihumbi 14, Twari tumaranye imyaka 3 dukorana kandi akananyishyura, najyaga mubeshya ko mfite ababyeyi, ko iwacu ari ku Gikongoro, aho amenyeye ko ndi nyakamwe, nta mama, nta data, nibwo yatangiye kutanyishyura. Yabuze […]
Kenya: Urukiko rwâikirenga rwahishuye icyatumye amatora azasubirwamo
-Kumenyesha Kenyatta ko yatsinze nibyo byatumye amatora asubirwamo-Urukiko rwâikirenga Urukiko rwâIkirenga muri Kenya rwikomye komisiyo ishinzwe gutegura amatora IEBC, ku ngingo yafashe yo kugira impfabusa amatora yarasubije ku butegetsi Uhuru Kenyatta muri manda ya kabiri. Abacamanza bavuze ko amatora yabaye tariki ya 8 Kanama 2017 “atakozwe ku mugaragaro kandi ko atashobora kugenzurwa”. Umuyobozi mukuru wungirije […]
Rusizi: Imvura ivanze nâumuyaga ukabije byangije inzu 267
Imvura ivanze nâumuyaga ukabije byangije inzu 267 zâabaturage,uruganda rutunganya imifuka,abasirikare 5 inkuba irabakubita babiri bahita bajyanwa kwa muganga. Amakuru aturuka mu buyobozi bwâakarere ka Rusizi avuga ko imvura nyinshi ivanze nâumuyaga mwinshi irimo nâinkuba nyinshi yangije ibintu byinshi birimo imyaka yâabaturage,inzu zigera kuri 267,uruganda rutunganya imifuka rwari rwuzuye mu murenge wa Mururu nâibindi,abaturage bakaba basabwe […]
Charli na Nina bagiye kwerekeza muri Canada
Nyuma yâibihe byiza bagiriye mu ruzinduko baherutsemo muri Uganda, abahanzi bagize itsinda âCharli na Ninaâ bagiye kwereka mu gihugu cya Canada mu bitaramo. Ubwo batugezagaho indirimbo yabo nshya bise âZahabuâ, Charli na Nina baboneyeho kudutangariza ko iyi ndirimbo ije mu gihe kiza kuko ngo bari bakeneye indirimbo nshya bazifashisha mu bitaramo byâinkurikirane bafite mu mpera […]
U Rwanda rwabaye rubi ariko kuri ubu rwerekana ibyiza umuntu yakora-Perezida Kagame
Mu bikorwa byâinama yâinteko rusange ya Loni ikomeje kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida Kagame yagiye yitabira inama zitandukanye, agaragazamo uko u Rwanda ruhagaze muri iyi minsi kuri politiki mpuzamahanga zitandukanye n’ibindi. Ku munsi wâejo hashize, ku wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri 2017, yitabiriye Inama yâakanama gashinzwe iterambere ryâubucuruzi nâishoramari hagati yâAmerika […]
Rayon Sports yabonye umuterankunga mushya uzajya uyiha akayabo
Rayon Sports Fc yabonye umuterankunga mushya uzajya uyiha akayabo ka miliyoni 237 mu myaka ine n’uduhimbazamushyi dutandukanye. Ni nyuma yâamasezerano iyi sosiyete ya Fezabet ikora ibijyanye nâimikino yâamahirwe yagiranye na Rayon Spots ku wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri 2017. Aya mafaranga azatangwa mu byiciro bikurikira nkuko bigaragara ku rubuga rwa Rayon Sports. Umwaka wa […]
Amerika: Perezida Kagame yasubije uburyo yatsinze amatora ku kigero cyo hejuru
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatanze ikiganiro mu kanama ka Leta Zunze Ubumwe za Amerika gashinzwe ububanyi nâamahanga(Council on foreign relations), abazwa uburyo yatsinze amatora ku kigero cyo hejuru, abereka uburyo yayatsinze. Umukuru wâu Rwanda ari muri iki gihugu aho yitabiriye imirimo yâinteko rusange ya Loni iri kuba ku nshuro ya 72, aho i New […]
Kuki impunzi 39 zâAbarundi muri Congo zishwe n'abashinzwe umutekano?
Ku wa Gatanu tariki ya 15 Nzeri 2017, nibwo impunzi zâAbarundi ziri mu nkambi ya Kamanyola muri Congo zarashwemo urufaya rwâamasasu nâinzego zishinzwe umutekano muri icyo gihugu, 39 muri zo zihasiga ubuzima. Urujijo ruracyari rwose mu makuru atangwa nâinzego zitandukanye, havugwa ko inzego zâumutekano zarashe izo mpunzi na zo zitabara, Leta ya Congo ikavuga ko […]