Burera : Rwanda na Uganda biri kuganira uko byarinda abaturage ibiza bavuga ko bibateye inzara

Abaturage bo mu bice bitandukanye byo mu Murenge wa Kivuye mu karere ka Burera barasaba ko bafashwa kubona ibiribwa bibafasha guhangana n’inzara batewe n’ibiza byabereye muri aka gace bikangiza ubutaka bwa hegitari 65 bwariho imyaka y’abaturage. Iyo myaka yari yiganjemo ibishyimbo ibirayi n’ibijumba. Bagasaba ko bafashwa no kubona imbuto ndetse no gucukurirwa imiringoti n’imiyoboro y’amazi […]

Mu Rwanda hadutse imideli mishya ikunzwe n'abagabo cyane

Ubu mu Rwanda hadutse uburyo bushya bwo kwerekana imideli nyuma y’iminsi micye umuhanzikazi Oda Paccy ashyize hanze ifoto yifotoje yamabye ubusa yikingirije ikoma agatangaza ko biri muri gahunda yo kwamamaza indirimbo ye nshya yiteguraga gusohora gusa akongeraho ko ari no muburyo bwo guteza imbere made in Rwanda(ibyakorewe mu Rwanda) kurubu byabaye nk’umuco aho bamwe mu […]

Rubavu: Abarimu barasaba ko hanozwa amategeko agenga uburezi

Abarimu bo mubigo by’amashuri yisumbuye, abanza ndetse n’ayincuke bavuye mu mirenge yose igize akarere ka Rubavu bahuriye mu mujyi wa Gisenyi mu birori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umwarimu, basaba ko hanozwa neza amategeko agenga uburezi. Ni umunsi ngarukamwaka wa mwarimu wizihizwa ku itariki ya 5 Ukwakira, abo muri Rubavu bagiye bahabwa ijambo muri ibyo birori, […]

Padiri yafotowe asangira inzoga n'ababikira mu kabari- REBA AMAFOTO

Ku mbuga nkoranyambaga hirya no hino, amafoto akomeje guca ibintu agaragaza Umupadiri ari kumwe n’Abandi bihaye Imana b’igitsina gore bazwi nk’Ababikira bari kwifata neza imbere y’agahiye. Ikinyamakuru cyo muri Nigeria kivuga ko aba bakozi b’Imana mu bishura bya bo bimwe byeruruka abandi mu by’ubururu barimo banywa inzoga nyuma y’akazi. Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse […]

Dore ibimenyetso bizakubwira ko umukobwa/umugore yaryoshya imibonano mpuzabitsina

Abantu benshi batinya kugira ibiganiro bagira ku ikorwa ry’imibonano mpuzabitsina ariko kandi ugasanga iyi ngingo isenyera benshi kubera kutamenya byinshi kuri yo cyangwa gutinya kubivugaho ngo ni ibishitani cyangwa ni ingeso mbi. Aha, turagaruka ku uburyo umukobwa cga umugore ashobora kunezeza umugabo mu gitanda, cyangwa se umugabo akumva amwishimiye, bwiza.com yakubwira ko bitandukanye na babandi […]

Nyamagabe: Kabeba Joel ushinjwa kwica umugore wamuhungiyeho muri Jenoside yakatiwe gufungwa burundu

Mu mpera z’ukwezi gushize, ni bwo urukiko rw’Ibanze rwa Kaduha rwasomeye imbere y’imbaga y’abaturage urubanza Ubushinjacyaha bwarezemo Kabera Joel, icyaha cya Jenoside , rwemeza ko ikirego cy’Ubushinjacyaha gifite ishingiro, ndetse rumukatira igihano cy’igifungo cya Burundu y’umwihariko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu mpera z’umwaka ushize wa 2016, ni bwo hamenyekanaye amakuru y’uko uwitwa Kabeba Joel yishe umugore witwaga […]

Ishyari ryiza ryatumye zimwe mu mpunzi z’Abanyarwanda zari mu Congo zitaha

Amakuru yagiye agera kuri bamwe mu mpunzi z’abanyarwanda zari zikiri muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, niyo yagiye akora ku mitima yazo, bityo abagera kuri 52 bataha i Rwanda. Ku wa 3 Ukwakira 2017, nibwo Monusco yacyuye abari abarwanyi ba FDLR 13 ndetse n’imiryango yabo igizwe n’abantu 39, bakavuga ko ari bagenzi babo batashye mbere […]

Ese iyo Leta imenye ibi ikora iki?-Amafoto

Nubwo Ikinyamakuru Bwiza.com kitabasha kugera mu gihugu hose, iyi nkuru mu mafoto irerekana ko hari aho umuntu agera akibaza niba ari mu Rwanda. Abayobozi mu nzego zose, ba minisitiri bashinzwe uturere ndetse n’imiryango itari iya Leta, hari icyo bashobora gukora, aba banyarwanda nabo bakabona ku byiza by’urwababyaye. Hakorimana Jean, utuye mu Karere ka Nyanza ,umurenge […]

Inzoka ya metero hafi 8 yaciye umuntu akaboko, abaturage bahita bayirya (Amafoto)

Inzoka yo mu bwoko bw’uruziramire yabaye ifunguro ry’abaturage batari bacye bo mu gace ka Batang Gansal muri Indoneziya nyuma yo gushaka kwivugana umuntu ikamuhusha ikamuca akaboko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibitangazamakuru bitandukanye bivuga ko uwitwa Robert Nababan yahuye n’iyo nzoka mu ishyamba ry’ibiti by’imingazi riri hafi y’umuhanda ubwo yageragezaga kurwana na yo ariko bikarangira abaturage bamutabaye bagafatanya […]

Afurika y’Epfo: Abagore n’abakobwa 8 bo mu muryango umwe bishwe barashwe

Abakobwa 6 n’abagore 2 bo mu muryango umwe muri leya y’Afurika y’Epfo bitabye Imana barashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4, inzego z’umutekano zikaba zivuga ko impamvu yo kuraswa itaramenyekana. Polisi y’Afurika y’Epfo yavuze ko aba bantu bose b’igitsinagore bo mu muryango umwe barashwe n’abantu batazwi babazanze mu nzu babagamo ndetse […]

Gicumbi: Bamwe bavuga ko batazi ibijyanye na gahunda ya Guverinoma y’imyaka 7

Abaturage bo mu murenge wa Manyagiro mu karere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru bemeza ko biteguye ndetse ko banakomeje gutanga umusanzu wabo mu iterambere ry’igihugu, ariko ngo babigeraho neza mu gihe basobanukiwe gahunda y’imyaka 7 ya Guverinoma. Bamwe iyo ugerageje kubabwira ko yatambutse kuri radio no mu bindi binyamakuru ubwo Minisitiri w’Intebe yayigezaga ku bagize […]

Abasirikare b’Amerika n’aba Niger bishwe abandi baburirwa irengero muri Niger

Abasirikare b’Amerika bacunganga umutekano muri Nigeri hamwe n’abo muri kiriya gihugu bataramenyekana umubare bagabweho igitero barahatikirira abandi baburirwa irengero. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru jeunafrique kivuga ko aba basirikare barimo bacunga umutekano mu gace ka Tongo Tongo gahana imbibi na Mali ubwo bagabwagaho igitero gikomeye cy’abitwaje imbunda nyinshi kandi zikaze bakabanyanyagizamo amasasu kugeza ubu umubare w’abaguye muri […]