Intimba iranshengura umutima, iyo Mama abonye umusore w’inshuti yanjye amwita agasore k’akabwa- NKORE IKI?
Aho ndi hose, abantu baba bavuga ko urukundo rujya aho rushaka kandi koko na njye ndabyemera, ariko urwo nkunda umukunzi wanjye, rwo ndabona umubyeyi mfite ashaka kuzantera kurubura cyangwa we nkamubura. Umusore twiganye kaminuza, yari umuhanga kundusha, ankunda na njye mukunda cyane, niho twakundaniye, imyaka iricuma. Tukirangiza kaminuza 2013, njye nahise mbona akazi, umukunzi wanjye […]
Burundi: Opozisiyo ishinja umuhuza Mkapa kubogamira ku ruhande rwa Leta ya Nkurunziza
Nyuma yaho abanyapolitiki bibumbiye mu mpuzamashyaka CNARED baherutse gutangaza ko batazitabira ibiganiro biteganyijwe kuzabahuza na Leta ya Nkurunziza , Umuhuza muri ikibazo cyorotse Abarundi, Benjamin Mkapa yemeza ko ibiganiro by’ amahoro biteguwe bitanga icyizere. Benjamin Mukapa wahoze uyobora Tanzania amaze iminsi atumira abatavuga rumwe ku kibazo cy’ u Burundi biganjemo abanyapolitiki bahunze Leta ya Pierre […]
Amakipe y’ibihugu azahatanira igikombe cy’isi 2018 yose yamenyekanye
Ibihugu byo ku migabane itandukanye bizitabira imikino y’ igikombe cy’isi cy’umupira w’ amaguru mu mwaka wa 2018 byamenyekanye byose, inyuma yaho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Ugushyingo 2017, igihugu cya Perou kibonye itike. Umugabane w’ i Buraya uzahagarirwa n’ibihugu 14 aribo: U Budage, u Bwongereza, u Bubirigi, Croatie, Danemark ,Espagne, u Bufaransa , […]
Uganda: Dr Kiiza Besigye yahaye uburinzi buhambaye imodoka ye
Col Dr. Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Museveni muri Uganda, yafashe icyemezo cyo guha uburinzi buhambaye imodoka ye yo mu bwoko bwa Land Cruiser mu rwego rwo kuyirinda ko yaterwa ibintu bikayangiza ibirahuri ndetse ku buryo umuntu atapfa kuyinjiramo uko yishakiye n’iyo yakoresha ingufu. Iyi modoka yibara ry’umweru ifite ibirango,UAN 661V ngo yari […]
Zimbabwe: Perezida Mugabe yagaragaye mu ruhame ari mutaraga, yahakanye kuva ku butegetsi
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Ugushyingo 2017, Perezida Mugabe wa Zimbabwe, yagaragaye mu ruhame nyuma y’iminsi ibiri adasohoka mu rugo iwe. Ku wa Gatatu tariki ya 15 Ugushyingo, nibwo amakuru yari yasakaye isi yose ko yahiritswe ku butegetsi, ndetse n’umugore we Grace ahungira mu Namibie. Mu gitondo cyo kuri uyu munsi, nibwo yagaragaye […]
Gicumbi: Abakozi bane b’akarere batawe muri yombi na polisi
Amakuru aturuka mu Karere ka Gicumbi aremeza ko abakozi bane b’akarere batawe muri yombi na Polisi bacyekwaho ibyaha birimo gutanga amasoko ya leta mu buryo bunyuranyije n’amategeko no gukoresha inyandiko mpimbano. Aya makuru yemejwe n’Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, JMV Gatabazi wavuze ko aba bakozi bose b’akarere bakurikiranweho ibyaha bifitanye isano no gukoresha nabi umutungo w’igihugu. [xyz-ihs […]
Kuki utaherekeje (Hamisa) ngo umufashe gutandukanya amaguru?- Zari atuka umufana we
Nyuma y’uruzinduko ruhenze Zari na Diamond bagiriye i London mu Bwongereza, Zari n’amagambo y’urukozasoni yihanije umufana washakaga kumuteranya n’umugabo we avuga ko azabonana na Hamisa Mobeto i Dubai bakagirana ibihe byiza. Umuhanzi Diamond Platnumz ukomoka muri Tanzaniya afite igitaramo aho agomba kuririmbira abakunzi be i Dubai kuri uyu wa Gatanu, gusa iki gitaramo cyateje urunturuntu […]
Kigali: Abanywera itabi mu ruhame bagiye gufatirwa ingamba
Nyuma y’ ibiganiro mpaka hagati y’ Abafatanyabikorwa mu by’ ubuzima, kuri uyu wa Kane, itariki ya 16 Ugushyingo 2017, Ubuyobozi bw’ Umujyi wa Kigali bwatangaje ko buzajya buhana bwihanukiriye umuntu uzajya ufatwa anywera itabi mu ruhame. Iki cyemezo cyafashwe kubufatanye bw’amashyirahamwe ashinzwe kubungabunga ibidukikije n’ ayandi arengera ubuzima bw’ abantu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro na […]
Mu myaka 2 gusa, umusore amaze gutera inda abakobwa 20 bo ku ishuri yigagaho
Umusore wo mu gihugu cya Cote d’Ivoire aherutse gutoroka ishuri aho yigaga mu gihugu cy’u Bufaransa nyuma y’uko hamenyekanye amakuru ko yateye inda abakobwa bagera kuri 20 bo ku kigo yigagaho. Uyu musore witwa Laurent Blesse w’imyaka 18 y’amavuko, yahise afata icyemezo cyo gusubira iwabo muri Afurika, nyuma yo gutera inda hafi ya buri mukobwa […]
Cameroun: Inteko Ishinga Amategeko yibasiwe n’inkongi y’umuriro
Amakuru aturuka mu gihugu cya Cameroun aravuga ko muri iri joro ryo kuwa kane, itariki 16 Ugushyingo, inteko ishinga amategeko y’iki gihugu yibasiwe n’inkongi y’umuriro ikangiza ibintu byinshi nk’uko byatangajwe na televiziyo y’iki gihugu. Televiziyo y’igihugu ya Cameroun, CRTV, yatangaje ko abatangabuhamya bavuze ko inkongi yibasiye etaje ya 3 n’iya 4 z’iyi nyubako ikoreramo Inteko […]
Nyamagabe: Biravugwa ko Meya Mugisha Philbert yatawe muri yombi
Amakuru agera kuri Bwiza.com, avuga ko Meya w’akarere ka Nyamagabe, Mugisha Philbert yaba yatawe muri yombi na polisi. Meya Mugisha Philbert ngo yaba yatawe muri yombi hamwe n’uwahoze ari gitifu w’akarere Nshimiyimana weguye ku mirimo, abandi bayobozi mu karere bakaba bavuga ko batazi iby’aya makuru neza. Uyu ati “ndi mu zindi nama, ayo makuru ntayo […]
France: Ubutabera bwanze gukurikirana abari abayobozi b’ingabo ku ruhare bashinjwa muri jenoside
Nyuma y’imyaka 23 jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibaye, ubutabera bw’u Bufaransa bwanze kumva abahoze ari abayobozi b’ingabo mu Bufaransa ku ruhare bashinjwa kugira mu bwicanyi bwabereye mu Bisesero, icyemezo cyahise gikuraho icyizere cya sosiyete sivile zasabaga ko aba bagezwa imbere y’ubutabera bakisobanura. Ibi bikaba bisobanuye ko Amiral (Rtd) Jacques Lanxande wari umugaba w’ingabo z’u […]
Uturere twa 'Kamonyi na Rubavu' tubonye abayobozi bashya
Uturere twa Rubavu na Kamonyi tumaze amezi asaga atatu tuyoborwa n’aba visi Meya bashinzwe ubukungu Magingo aya, amakuru Bwiza.com ifite ni uko Tuyizere Thadee (Kamonyi) na Murenzi Janvier (Rubavu) badahabwa amahirwe yo kugumana uwo mwanya bamazemo amezi asaga atatu. Mu matora arangiye mu kanya gashize, aba babiri ntibigeze baniyamamaza. Kayitesi Alice utorewe kuyobora Kamonyi ahise […]
Bangladesh: Abasilamu batwitse igiturage cyose kuko umuturage yatutse intumwa y’Imana Mohammed
Mu ntangiriro z’iki cyumweru, Abasilamu basaga ibihumbi 20 bigaragambije batwikira abaturage bo mu gace gatuwe n’abahindu mu gihugu cya Bangladesh, ibi bikaba byaratewe n’uko umwe mu basore wo muri ako gace yashinjwaga kwandika ku mbuga nkoranyambaga amagambo asebya Intumwa y’Imana Mohammed. Ikinyamakuru metro kivuga ko inzu zigera kuri 30 zagiye hasi kubera kuzitwika, abazibagamo b’Abahindu […]
Guhera mu 2018 abaturage b’ibihugu byose bazaba bemerewe visa y’iminsi 30 bakigera mu Rwanda
Urwego rw’igihugu rushinzwe abinjira n’abasohoka ruratangaza ko nyuma y’icyemezo cy’inama y’abaminisitiri yo kuwa 08 Ugushyingo 2017 cyo kugena uburyo bushya bwo gusaba visa ku bifuza kwinjira mu Rwanda, ubu abaturage bo mu bihugu bya Afurika nka Benin, Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo n’ibindi bemerewe guhabwa visa yo kumara iminsi 90 mu Rwanda nta kiguzi nk’uko […]