Nasanze agakingirizo kakoreshejwe mu cyumba cy’umusore dukundana, yanze kumbwira uwo basambanye- NKORE IKI?

Ndagisha inama: Muraho, mfite umusore dukundana, njye urwo mukunda rurenze uko wenda nabibabwira ngo mubyumve ariko muri week-end naratunguwe cyane, ariko ku buryo n’ubu ntariyumvisha ibyambayeho. Ku wa Gatandatu ubwo habaga umuganda rusange, nka saa tatu nibwo nanyarutse njya kureba umukunzi wanjye, twari twasezeranye ko musura nka 14:00 ariko naricaye ndavuga nti reka ngende kare […]

Paris: Abanye-Congo bibasiye Umunyamakuru bamuziza gushimira Perezida Kagame

Nyuma y’ iminsi 2 gusa, u Rwanda rwemeye kwakira abirabura bafashwe bucakara muri Libiya, abanye-Congo batuye i Paris mu Bufaransa bibasiye umunyamakuru wa RFI, Claudy Siar bamuhora ko avuga ibigwi Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame, amushimira kuba yaremeye kubakira. Byatangiye ubwo Claudy Siar wagaragaye cyane yamagana ubugome abanyafurika bakorewe muri Libiya atumirwa na Monde/Afrique, […]

Byinshi utari uzi kuri Lionel Messi wongereye amasezerano muri FC Barcelona

Rutahizamu wa FC Barcelona ukomoka mu gihugu cya Algentine, Lionel Messi , niwe mukinnyi wenyine uvuka hanze ya Espagne umaze kuyikinira imikino irenga 600, uyu mukinnyi akaba yongereye amasezerano n’iyi kipe azamugeza 2021. Lionel Andreas Messi Cuccitini w’imyaka 30, yaboneye izuba i Rosario mu Majyaruguru ya Algentine ku wa 24 Kamena 1987, avuka kuri Jorge […]

Gisagara: Icyaro kirimo kirahinduka umujyi, mu ishusho y'ubukene bigeze hari intambwe yatewe

Akarere ka Gisagara kari kazwiho icyaro ariko kirimo kirahinduka umujyi ari nako ubuzima bw’abahatuye buhinduka bwiza umunsi ku wundi n’ubwo hari ishusho yo kuba munsi y’umurongo w’ubukene babayemo. Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare (National Institute of Statistics of Rwanda ), mu bushakashatsi cyakoze mu mwaka wa 2014, cyagaragaje ko akarere ka Gisagara kari munsi y’umurongo w’ubukene aho […]

Abarwanya Leta ya Nkurunziza barasaba Perezida Magufuli kurekura Lt Col Edouard Nshimirimana na bagenzi be

Umutwe uvuga ko urwanya Leta y’u Burundi, FPB (Forces Populaires du Burundi) urasaba Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli kurekura abayobozi bawo bafashwe n’urwego rw’ubutasi rwa Tanzania, aho bari ubu hakaba hatazwi. FPB imenya Leta ya Tanzania ko mu gihe yaba itagaragaje aho abo bayobozi bawo bari, byayigiraho ingaruka, bikagira ingaruka ku biganiro birimo guhuza […]

Benshi bibeshya ku gihe imibonano mpuzabitsina ikozwe neza igomba kumara

Abantu benshi bakunda kwibaza igihe cya nyacyo imibonano mpuzabitsina igomba kumara. Abagabo ahanini, nibo bakunda kugira impungenge z’igihe byasaba ngo bashimishe abagore babo. Mu mwaka wa 2005, nibwo Dr Irwin Goldstein yagaragaje ko iminota 7 ariyo minota nibura ihagije ngo abashakanye banyurwe n’akabariro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma yaho nibwo Dr Eric Corty yagize nawe icyo abitangazaho. […]

Abagande bakwiye gushima Imana ku bw’amahoro bafite ubu— Perezida Museveni

Ubwo bizihizaga Yubile y’imyaka 50 ya Diosezi ya Jinja iherereye mu ntara ya Tororo, Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yashimiye amadini uruhare yagize mu kugarura amahoro n’ubumwe mu gihugu cya Uganda kandi agashimangira ko Abagande bakwiye gushima Imana bikomeye cyane ku mahoro bafite ubu. Umuhango wo kwizihiza iyi yubile wabereye muri Catederali ya Mutagatifu Yozefu […]

Kunganya kwa APR FC byatumye ikomeza gutakaza umwanya wa mbere

Ubwo shampiyona y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere (Azam Rwanda Premier League) yakomezaga hakinwa umukino w’umunsi wa munani, ikipe ya APR FC yananiwe kwikura imbere ya Mukura VS binganya 1-1, ikomeza gutakaza amahirwe yo kuba yaza ku mwanya wa mbere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni umukino wakiniwe kuri sitade Amahoro i Remera, kuri iki cyumweru tariki ya […]

Uganda: Umunyarwandakazi yafatanywe ibiyobyabwenge

Umunyarwandakazi, Beatrice Isaro yafatanywe ibiyobyabwenge ku kibuga cy’ Indege cya Entebbe muri Uganda, kuri iki cyumweru tariki ya 26 Ugushyingo 2017. Polisi ishinzwe umutekano ku kibuga cy’indege cya Entebbe yatangaje ko ibi biyobyabwenge byo mu bwoko bwa Cocaine byafashwe byari bifite agaciro ka miliyoni 397 y’ amashilingi akoreshwa muri Uganda. Beatrice Isaro, usanzwe ari umuforomokazi […]

Diamond yaribye, arabengwa kubera ubukene, ubu yishimira aho ageze muri muzika

Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania, yavuze ko aho ageze ubu ahakesha Nyagasani, by’umwihariko ko atari azi ko yahagera bitewe n’ubuzima bwa gikene yabagamo mu muryango. Diamond avuga ko indirimbo ya mbere yakoze, amafaranga yishyuye muri studio yayibye, akongera agakomoza ku mateka ye mu rukundo, ko umukobwa bakundanye bwa mbere yamubenze, amuzika kuba yari umusore […]

Siriya: Indege z’intambara z’u Burusiya zarashe abantu 53

Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Ukwakira 2017, nibwo Abantu bagera kuri 53 barimo abana 21 bishwe n’indege z’intambara z’Abarusiya abandi 18 barakomereka. Aya makuru yatangajwe n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu muri Siriya ariko ukaba ufite icyicaro mu Bwongereza, ko abo bantu biciwe mu gace kagenzurwa n’imitwe ya Kisilamu mu Burasirazuba bwa Siriya. Uyu muryango […]

Rusizi: Abaturage barenga 6000 bafite ubwandu bw’agakoko gatera SIDA

Ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi, buvuga ko ubwandu bw’agakoko gatera SIDA mu mirenge ya Kamembe na Bugarama usanga bukiri hejuru cyane kubera impamvu zitandukanye, mu karere kose habarurwa abarenga 6000 bakurikiranwa n’ibigo nderabuzima n’ibitaro. Mu biganiro byahuje ubuyobozi bw’akarere n’abafite mu nshingano zabo ibijyanye no kurwanya ubwandu bw’agakoko gatera SIDA muri aka karere n’ihuriro ry’abagize inteko […]