Umusore wanteye inda dufana Man.United anyigaramye ku munota wa nyuma, yanze ko tubana, ngo azatwara umwana we nakura, NKORE IKI?
Umwaka mushya kuri mwese, mu rugo ni i Nyanza nkaba ndi umufana w’ikipe ya Manchester United hamwe na Rayon Sports, ubu mbabwira nahuye n’ibizazane, umusore yanteye inda, nyuma yo kunyiyegereza buhoro buhoro kuko twafanaga ikipe imwe. Urukundo rwaduhuzaga mbere rwari rushingiye ku ikipe, nyuma twaje kuba inshuti ndetse tunisanga twanaryamanye, twari twemeranyije ko tuzajya mu […]
Perezida wa Koreya ya Ruguru aremeza ko intwaro za kirimbuzi bafite zarimbura Amerika
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jon- Un, yavuze ko igihugu cye gifite intwaro za kirimbuzi za nuclear zishobora kurasa Amerika. Perezida Kim ibi yabitangaje mu ijambo rye ry’umwaka mushyaka yavugiye kuri radiyo na televiziyo by’igihugu, ahamya ko kuba Amerika izi neza ko bafite ibitwaro bya kirimbuzi byayisenya, ari yo mpamvu nayo itatinyuka kuyigabaho ibitero. […]
Dore ingingo 20 zo kuzirikana niba ushaka kwigarurira umutima w'uwo ukunda
Ni kenshi usanga abantu barira ngo inkundo zarabananiye cyangwa se ugasanga bavuga ko batazi gutetesha abakunzi babo nyamara ari ubushake bucye baba babishyizemo, Bwiza.com twagerageje kubakusanyiriza bimwe ushobora gukoresha igihe uganiriza umukunzi wawe ukigarurira umutima we wose. [xyz-ihs snippet=”google”] 1. Mufate neza mu buryo bwose bugushobokeye 2. Fata umwanya uhagije wo kumuvugisha 3. Musangize amwe […]
Rusizi: Abikorera baranenga uburyo gare ya Rusizi itabyazwa umusaruro
Ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi buvuga ko gare ya Rusizi yatwaye akayabo ka miliyoni zirenga 600 mu kuyubaka, abikorera bo banenga uburyo yubatswemo ndetse ikaba itanabyazwa umusaruro ukwiye. Nta bikorwa remezo bigaragara biyirimo, abagabo n’abagore bahurira mu bwiherero bumwe kubera ko n’ibikorwa remezo byangiritse bitinda gusanwa, nta nyubako zihari umugenzi ashobora gufatiramo icyo akeneye cyangwa aha […]
Abahanzi Ali Kiba na Sheebah Karungi basesekaye i Kigali, biteguye gutaramira Abanyarwanda
Ali Saleh Kiba uzwi nka Ali Kiba, Sheebah Karungi, bari buririmbe mu gitaramo cya East African Party kuri uyu 01 Mutarama 2018, bose bamaze kugera mu Rwanda ndetse imyiteguro bayigeze kure mu gihe habura amasaha make ngo igitaramo gitangire. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Alikiba nushaka umwite King Kiba, ni umwe mu bahanzi bakuze mu muziki kandi akaba […]
Barahinyura yayobotse FPR-Inkotanyi kubera umujinya w’umuranduranzuzi yatewe na Leta ya Habyarimana
Ahagana mu 1990, Barahinyura Shyirambere Jean yari umwe mu ntitizi zari zizwi mu gihugu ndetse anakorana na Leta yari ihiro mu Rwanda aza kwitandukanya nayo kubera umujinya w’umuranduranzuzi yatewe nayo ubwo yamufungiraga umugore. Barahinyura yagize agahinda kenshi yatewe n’ igihano cy’ igifungo cy’ imyaka 6 Leta ya Habyarimana yakatiye umugore we, mu kugaragaza uwo mujinya […]
RDC: Abantu 8 baguye mu bikorwa by’imigaragambyo yo kwamagana perezida Kabila
Mu gitondo cyo ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 31 Ukuboza 2017, muri Republika iharanira Demokarasi ya Congo habyukiye ibikorwa by’imyigaragambyo yari igamije kwamagana perezida Joseph kabila, kugeza ubu abagera ku 8 bakaba bamaze kuyigwamo. Ibitangazamakuru bitandukanye byatangaje ko abantu 8 b’Abasivili ari bob amaze gupfa kubera ibikorwa by’urugomo biri gukorwa mu izina ry’imyigaragambyo, […]
Burera: Umushoferi yatawe muri yombi apakiye imyenda ya Caguwa yinjiye mu gihugu idasoze
Polisi ikorera mu karere ka Burera yataye muri yombi kuwa 30 Ukuboza 2017, umushoferi w’imodoka yo mu bwoko bwa Dyna ipakiye amabaro agera kuri 60 y’imyenda ya caguwa ndetse n’uwo bari kumwe bikekwa ko ari we nyiri uwo muzigo. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, Inspector of Police (IP) Innocent Gasasira yavuze ko […]
Abashaka gusenya bahoraho ariko ni ngombwa ngo bekugira icyo bageraho aho baturuka hose-Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimiye Abanyarwanda ku bufatanye bagaragaje muri uyu mwaka ushize wa 2017 mu kuzamura ubukungu no kubungabunga imibereho myiza yabo anabasaba gukomeza kuba maso no gukorera hamwe hagamijwe kwirinda uwaza ashaka guhungabanya ibyagezweho byose. Mu ijambo rye yagejeje ku banyarwanda mu muhango wo gutangiza umwaka wa 2018, perezida wa […]