Umunyamideli Gaà«lle Garcia Diaz yikujeho umusatsi bamwe bamwita umurwayi wo mu mutwe
Umubiligikazi uzwi nka Gaà«lle Garcia Diaz yikujeho umusatsi wose ku mutwe awumaraho, abatari bacye bahora bakurikira iki cyamamare ku mbuga nkoranyambaga bahise bavuga menshi. Hamaze gutangazwa ko Gaà«lle Garcia Diaz yiyogosheje umusatsi we wose ndetse bakanabibona mu mashusho ku bushake bwa nyir’ ubwite, abatari bacye bavuze ko ashobora kuba yarwaye cyangwa se kimwe yasaze. Gaà«lle […]
Rubavu: Abahinzi bahangayikishijwe n’icyonnyi bita ‘Igishorobwa’ cyumisha icyayi
Imirima y’icyayi gihingwa mu murenge wa Nyundo na Nyamyumba mu karere ka Rubavu, mu Gishanga cya Nyamugari , yibasiwe n’ibishorobwa bimaze kwangiza hafi hegitari eshatu mu gihe gito. Nkuko bivugwa na Bisakumba Augustin, Perezida wa Koperative y’abahinzi b’icyayi ba Pfunda, yavuze ko ibi bishorobwa batangiye kubitahura mu minsi mike ishize aho byibasira igiti cy’icyayi amababi […]
Namibia nayo yiyongeye mu bazakina n'amavubi mu rwego rwo kwitegura neza CHAN 2018
Ikipe y’igihugu “Amavubi” ari mu gihugu cya Tunisia mu rwego rwo kwitegura amarushanwa ya CHAN 2018 mu gihe kingana n’iminsi 10, nyuma yaho bakerekeza mu gihugu cya Maroc ari naho iri rushanwa riteganyijwe kubera. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku wa Gatatu tariki 3 Mutarama 2018, nibwo ikipe y’igihugu Amavubi y’u Rwanda yatangiye imyitozo mu mujyi wa Sousse […]
Burundi : Agathon Rwasa yambuwe abarinzi b’abasirikare yanga ab’abapolisi
Visi Perezida Perezida w’ Umutwe w’ abadepite mu Burundi, Agathon Rwasa, ahangayikishijwe n’ icyemezo cyafashwe na Minisitiri y’ Ingabo cyo kumuhindurira abarinzi, akamburwa abasirikare agahabwa abapolisi. Hon. Agathon Rwasa yari yategujwe ko abasirikare zishinzwe kumurinda bagomba guhindurwa bitarenze ku wa 27 Ukuboza 2017 kuko aba basirikare bose bari bamaze guhabwa inyandiko zigaragaza aho bazimurirwa. Uyu […]
Umwana w’imyaka 9 yarumwe n’inzoka ya metero 2 ahita apfa adatatse-AMAFOTO
Prapawee Prawat, Umukobwa w’imyaka 9 y’amavuko wo mu gihugu cya Tailand yarumwe n’inzoka ya metero abyiri, ahita apfa. Mu ijoro ryo ku wa kabiri tariki ya 2 Mutarama 2018, ahagana saa moya n’igice z’ijoro (19:30) nibwo uyu mwana w’umukobwa wari uryamye yarumwe n’inzoka yo mu bwoko bwa Cobra. Ikinyamakuru Bangkokpost, bwiza.com ikesha iyi nkuru, gitangaza […]
DRC : Kiliziya Gatolika yamaganye ubwicanyi ingabo za Joseph Kabila zakoreye abayoboke bayo
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika muri Congo-Kinshasa, Mgr Monsengwo Pasinya yamaganye Leta ya Perezida Joseph Kabila ku bwicanyi avuga ko iherutse gukorera abalayiki ubwo bigaragambyaga bamwamagana, bamusaba kuva ku butegetsi. Mu izina ry’ akanama gakuru k’ abasaseridoti bo muri Congo-Kinshasa, Mgr. Monsengwo yasobanuye ko Kiliziya izakomeza guharanira amahoro n’ uburenganzira bw’ abayoboke bayo ndetse aniyama […]
2018 : Perezida Kagame ku buyobozi bw’ Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(UA)
Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame yatangiye imirimo ye yo kuba Perezida w’ Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(UA) kuva ku itariki ya 1 Mutarama 2018. Kuva muri Nyakanga 2016, ubwo i Kigali haberaga inama rusange ya UA, Paul Kagame yagiye agaragaza uruhare runini mu kuvugurura imikorere y’ uyu muryango ariko by’ umwihariko yibanda ku micungire […]
Perezida Museveni yahawe ubuhangange n’ ibihugu bikomeye birimo na Amerika
Iyi Ntero ivuga ko ibihugu by’ ibihangange ari byo biha ingufu Yoweri Museveni yashimangiwe na Helen Epstein mu nyandiko yise “Les Etats-Unis, l’Ouganda et la lutte contre le terrorisme” yerekana uburyo Yoweri Museveni afatawa nk’ umunyeshuri mwiza wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu rwego rwo kurwanya iterabwoba. Umushakashatsi akaba n’ umunyamakuru , Helen Epstein […]
Itandukaniro riri hagati y'abagore bafite ikibuno kinini n'abafite igito mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina
Mu nzira, mu tubari, mu kazi, mu mihanda n’ahandi hantu hensi hakunda guhurira abantu benshi, baba bahuje umubambi cyangwa batawuhuje usanga hari byinshi bagenda bagarukaho cyane cyane amafaranga,ubuzima,politike,ubukungu,… gusa ntibanashobora kwirengagiza urukundo, urukundo rero rujyana n’impaka nyinshi bamwe bahita bitsa kubijyanye n’ubuzima bw’imyororokere ndetse yewe ntibasiga n’ibijyanye no gutera akabariro, iyo bigeze kuri iyi ngingo […]
Rwamagana: Abagabo bagira ipfunwe ryo kuvuga ko bakubiswe n'abagore babo
Abagabo bo mu karere ka Rwamagana baterwa ipfunwe no kugaragaza ihohoterwa bakorerwa n’abagore babo, batinya ko bakwitwa inganzwa na bagenzi babo. Umuturage utuye mu murenge wa Kigabiro ahamya ko abagabo bahohoterwa mu ngo zabo, bagakubitwa n’abagore babo, ariko kubera kwanga guhabwa urw’amenyo bagahitamo kuryumaho. Agira ati “hari abagore bakubita abagabo, turabazi, nko mu mudugudu wacu […]
Ese icyifuzo cya Senderi cyo gusubizwa muri Guma Guma kizahabwa agaciro?
Umuhanzi Senderi International Hit kuri ubu kwifata byamunaniye agira icyo asaba abashinzwe gutegura amarushanwa ya PGGSS (Primus Guma Guma Super Stars) ko yahabwa andi mahirwe yo kurisubiramo. Senderi atangaje ibi nyuma y’amabwiriza yashyizweho ko umuhanzi urengeje imyaka y’amavuko 35 atemerewe kwitabira iri rushanwa, kandi we akaba yarayirengeje. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram, […]
Gen. Prime Niyongabo arashyirwa mu majwi ko afasha Kayumba Nyamwasa mu mugambi wo gutera u Rwanda
Leta y’u Burundi irashyirwa mu majwi ko ifatanya n’iya Uganda mu gutera inkunga ishyaka RNC riyobowe na Kayumba Nyamwasa, mu gutoza urubyiruko rwo mu nkambi z’impunzi z’Abanyarwanda ziri muri Uganda, kuba abanyamuryango bashya baryo mu mugambi wo kubuza umudendezo u Rwanda. Ikinyamakuru Virungapost dukesha iyi nkuru, gitangaza ko hamaze iminsi hatangijwe inkambi nshya ya RNC […]