Isesengura : Ni izihe nyungu Guverinoma zibona mu kohereza ingabo muri Somalia ?

Kugirango umenye impamvu ibihugu byinshi biharanira kohereza ingabo mu butumwa bw’ amahoro muri Somalia ugomba gusesengura ukabanza kumenya inyungu bishobora kuhabona. Ubu butumwa bw’ amahoro muri Somalia bwahawe Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(UA) butangira muri Mogadiscio muri Werurwe 2007 bugamije kurwanya no guhashya intagondwa za  Al-Shabaab. Iki gikorwa cya gisirikare kimaze imyaka 11 kimaze guhitana […]

Gisagara: Abahinzi barahombywa n’igishanga kidatunganije!

Bamwe mu bahinga mu gishanga cya Rwamporera gihuza akarere ka Gisagara mu mirenge ya Mamba na Gikonko ndetse n’aka Nyanza mu murenge wa Ntyazo, baravuga ko baterwa igihombo no kuba iki gishanga kidatunganyije bityo bagasaba ko cyakorwa. Iki gishanga kingana na Hegitare 100, gihingwamo ibishyimbo, umuceri ndetse n’ibigori. Gikorerwamo kandi na Koperative ihinga umuceri « Coproriz […]

Musore, dore ibintu 10 bizakwereka umukobwa utagukunda, utagamije kubana nawe

Muri aka kanya, musore ushobora kuba uri mu rukundo, ushobora kuba ufite umukobwa wita Cherie na we akakitaba mu kajwi gatuje ati ‘karame cheri’, ariko hagati aho, ijwi ryiza ntabwo risobanuye ko urukundo rwashize imizi, ko umukobwa muri kumwe afite gahunda zo kubaka urugo. Bwiza.com irakugezaho bimwe mu bimenyetso uzabona ku mukobwa, ugahita umenya ko […]

Mu gusezera Radio , Umupadiri yasabye abahanzi kwigira ku rupfu rwa mugenzi wabo

Mu gitambo cya misa cyo gusezera bwa nyuma Mowzey Radio  kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Gashyantare 2018, Padiri Deogratius Kateregga Kiibi  yahamagariye abahanzi kwitwararika no kwiyubaha mu rwego rwo kurinda impano n’ ubuzima bwabo. Ati” Ibyamamare byinshi byirengagiza Imana kandi ari yo yabahaye impano bigatuma bareka inzira za kiliziya , insengero ndetse n’ […]

Dore impamvu ukwiye kumenya zituma umugore wawe atinya imibonano mpuzabitsina

Abagore benshi batinya gukora imibonano mpuzabitsina rimwe narimwe ugasanga banabikoze nabi bitewe n’ubwo baterwa nabyo gusa iyi si indwara kuko akenshi usanga abagore babyishyiramo bakarinda buzukuruza bumva bafitiye ubwoba budasanzwe imiboanano mpuzabitsina. 1.Gusakuza cyane no kuboroga biteye ubwoba nibyo biri ku isonga 2. Gukomeza umubiri mu gihe arimo gukora imibonano mpuzabitsina, aha ngo mu gikorwa […]

Opozisiyo irwanya Paul Kagame ifashe ubutegetsi ibintu byasubira irudubi -Philippe Lardinois

Kuba  opozisiyo nyarwanda ikorera muri diaspora yafata ubutegetsi igihugu cyasubira inyuma byashimangiwe na Philippe Lardinois wanditse igitabo “Paul Kagame, un de Gaulle africain” aho agereranya ibikorwa bya Perezida De Gaulle na Paul Kagame. Lardinois asanga mbere na mbere imikorere ya demokrasi igendana n’ amashyaka menshi ya politiki ndetse no kwemera ko abantu bashobora kugira ibitekerezo […]

Kuvanga cinema, muzika n' urugo ntibyoroheye Miss Shanel

Nyuma y’ igihe kinini atagaragara muri muzika , umuririmbyi w’ injyana afro R&B ubarizwa mu Bufaransa Shannel Nirere bakunga kwita Miss Shanel arateganya gukomeza muzika. Ibi byashimangiwe na Miss Shanel nyuma y’ igihe gito gishyize ashohoye indirimbo « Inkera » igakinywa ku maradio akorera hano mu gihugu. Iyi ndirimbo « Inkera »  yabanjije kwandikwa na nyakwigendera Minani Rwema muri 2008, […]

Umugabo n’umukobwa we babyaranye umwana, none bagejejwe imbere y’urukiko bashinjwa ubusambanyi

Steven Pladl w’imyaka 42 y’amavuko n’umukobwa we, Katie Pladl w’imyaka 20, babanye mu buryo butemewe babyarana umwana, nyuma yaho amakuru amenyekanye batawe muri yombi bagezwa imbere y’ubutabera bashinjwa ibyaha birimo ubusambanyi n’ubuzererezi. Mu mpera za Mutarama, nibwo batawe muri yombi na polisi muri Caroline y’Amajyaruguru. Katie Pladl  yavutse mu 1998, arererwa mu wundi muryango, mu […]

U Burundi burashinja u Rwanda kwica umuturage wabwo rukamujugunya mu Kanyaru

Polisi yo mu Burundi yatangaje ko hari umurambo w’Umurundi witwa Niyonkuru Sylvestre w’imyaka 46 y’amavuko, watoraguwe mu ruzi rw’Akanyaru, ikaba ihamya ko yajugunywemo amaze kwicirwa mu Rwanda. Babicishije ku rukuta rwabo rwa Twitter, polisi y’i Burundi yagize iti “Umurambo wa Niyonkuru Sylvestre w’imyaka 46 y’amavuko wabonywe ureremba mu mazi y’uruzi rw’Akanyaru  muri Kidobori (Busiga, mu […]

Goodlyfe iracyahari, ndakomeye kandi nzakomeza nkore njyenyine-Weasel Manizo

Nyuma y’inkuru y’incamugongo yamenyekanye mu rukerera rwo kuwa 01, Gashyantare, 2018 y’urupfu rw’icyamamare muri muzika ya Uganda, Radio Mowzey waririmbanaga na Weasel mu itsinda rya Goodlyfe kuri ubu mugenzi we Weasel, aratangaza ko Goodlyfe igihari kandi adafita gahunda yo gusimbuza Radio mu itsinda.   Ibi yabitangaje nyuma y’umunsi umwe umuhanzi Radio amaze ashyinguwe ubwo yaganiraga […]

U Bufaransa: Dosiye ya Dr. Charles Twagira ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yubuwe

Nyuma yaho bivugiwe ko  Dr. Charles Twagira ushinjwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yongeye guhabwa akazi mu Bitaro bya Liancourt  mu Bufaransa, dosiye ye yongeye gutangira kuvugwaho byinshi. Nyuma  y’ inkuru yasohotse mu Kinyamakuru « Oise Hebdo » ivuga ko  Dr. Charles Twagira ushinjwa uruhare muri jenoside, wahoze ari umuyobozi mukuru w’ ibitaro bya […]

Ucyekwaho kwica Mowzey Radio yatawe muri yombi

Mu ijoro ryo ku wa 4 Gashyantare 2018, nibwo Polisi yo mu gihugu cya Uganda yataye muri yombi umugabo ucyekwaho kwica abigambiriye umuhanzi Radio waririmbaga mu itsinda Goodlyfe. Ni umugabo witwa Godfrey Wamala bakunda kwita Troy, ubwo Radio yakubitirwaga mu kabari ka De Bar gaherereye i Entebbe, barasangiraga. Ngo akimara kubona ko ubuzima bwa Radio […]

Burundi :Abantu basaga 500 nibo bishwe muri 2017

Uyu mubare watangajwe n’ Umuryango Uharanira Uburenganzira bwa Muntu, Aprodh wari usanzwe uyoborwa na Pierre-Claver Mbonimpa, wari ugiye kwicwa muri 2015. Uratangaza ko mu mwaka wa 2017 mu Burundi hishwe abantu basaga 500. Ihohoterwa n’ ubwicanyi bikomeje gufata intera ndende mu Burundi mu gihe bivugwa ko hari imitwe itandukanye yitwara gisirikare imwe ishyigikiwe na Leta […]

Umugore yabyaye abana batatu abita Jérusalem, Capitale na Palestine

Ubwo abandi baturage bo muri Palestine bigaragambyaga mu mihanda bamagana icyifuzo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ko JĂ©rusalem iba umurwa mukuru wa Israel, umugore wabyaye abana batatu muri icyo gihe yahise abaha amazina ya   JĂ©rusalem, Capitale na Palestine. Nk’uko 7sur7 ibitangaza, Umusilamu , Al-Sukili w’imyaka 25 y’amavuko, wabyariye rimwe abana batatu […]

Ruhango: Inzego z’ibanze ziravugwaho uburangare mu gukemura ibibazo y’abaturage

Ikibazo cyo kurangaranwa kw’abaturage n’abakabakemuriye ibibazo, kigarukwaho na bamwe mu baturage ndetse kigashimangirwa n’urwego rw’umuvunyi. Nyirandinkabandi Antonia, na Mukamugema Ewonia, batuye mu karere ka Ruhango, umurenge wa Ruhango, bavuga ko  bafite ibibazo ahanini bigendanye no kurangaranwa n’ubuyobozi ntibubibakemurire , aho bavuga ko bimaze imyaka irenga 4. Mukamugema ngo yatsindiye isambu, ubuyobozi ntibwamufasha kuyihabwa, naho Nyirandinkabandi […]