Numva bavuga ngo umugore arangiza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ariko njye ntabimbaho— NKORE IKI?

Muraho neza bakunzi buru rubuga duhuriyeho twese; nifuje gutanga igitecyerezo cyanjye nagisha n’inama kuko hari byinshi ntasobanukirwa byerekeranye n’amabanga y’urugo. Ndi umudamu ubyaye rimwe, mfite umwana w’imyaka itatu, nkaba maze imyaka ine mbana n’umugabo. Njya numva bavuga ngo abagore turarangiza ariko njyewe sinzi ngo bigenda bite. Nagerageje no gufata nimero yabigishaga kuri radiyo ngo nzababaze, […]

Urutonde rw’ibibuga bizakinirwaho mu mikino y’igikombe cy’isi izabera mu Burusiya – Amafoto

Igihugu cy’Uburusiya ni cyo cyatoranyirijwe kuzakira imikino y’igikombe cy’isi kizaba mu kwa Gatandatu 2018. Kizakira ibihugu 32, byo bikazakinira ku bibuga bigera kuri 12 biri mu migi itandukanye y’iki gihugu. Aha tuhafite urutonde rw’ibibuga byose uko ari 12, imigi biherereyemo, abantu byakira n’amafoto agaragaza ubwiza n’imiterere idasanzwe kandi iryoheye amaso. Aya makuru tuyakesha urubuga rwa […]

IBM igiye gushyira hanze mudasobwa irutwa n’uruheke rw’umunyu

Ikigo cy’ikoranabuhanga rishingiye kuri mudasobwa, IBM (International Business Machine), kigiye gusohora mdasobwa ntoya kurusha izindi zose zabayeho kandi ifite umumaro nk’uw’izindi zisanzwe. Mu nama ya IBM Think 2018, hari kwigwa uburyo iki gikorwa cyashyirwa mu bikorwa harimo no kuyigerageza ndetse n’imishinga y’igihe kizaza. Iyi mudasobwa iravugwaho kuba ari ntoya ku buryo yaba isumbwa n’uruheke w’umunyu […]

Xabi Alonso yasabiwe gufungwa imyaka itanu

Xabi Alonso  w’imyaka 36 y’amavuko, ukomoka mu gihugu cya Espagne, arashinjwa kunyereza imisoro bityo bikaba bishobora kumuviramo gufungwa imyaka irenga itanu. Umushinjacyaha mu mujyi wa Madrid, yasabiye Alonso igifungo cy’imyaka itanu ndetse n’amande ya miliyoni enye z’amayero. Avuga ko uyu mugabo yanyereje imisoro mu gihe cy’imyaka itatu 2010, 2011 na 2012 ubwo yakiniraga Real Madrid […]

Donald Trump yashimiye insinzi Putin banasezerana guhura vuba

Ibibazo by’ubushyamirane igihugu cy’Uburusiya kimazemo iminsi n’ibihugu byiswe ‘ Iby’uburengerazuba’( USA, Ubwongereza, Ubufaransa n’Ubudage), gishinjwa kwinjira mu matora ya USA no kuroga uwari intasi y’Uburusiya, Sergei Skripal, ntibyatumye Donald Trump atifuriza amahirwe masa Vladimir Putin nyuma yo gutsinda amatora. “Nahamagaye Putin, mwifuriza amahirwe masa kandi dusezerana ko tuzahura mu minsi ya vuba.” Aya ni amagambo […]

Nigeria: Abana b’abakobwa bari bashimuswe na Boko haram barekuwe

Umutwe w’iterabwoba wo muri Nigeriya , Boko Haram warekuye abana b’abakobwa 105 muri 110 wari washimuse mu kwezi gushize ku kigo cy’amashuri mu mujyi wa Dapchi. Abandi batanu bivugwa ko bapfuye. Umwe mu babyeyi b’abo bana witwa Kundil Bukar yabwiye BBC ko abasirikare ba Boko Haram bazanye abo bakobwa mu mudoka babashyira mu miryango yabo. […]

Afurika y'Epfo igiye guha Viza Abanyarwanda nyuma y’imyaka 4 umubano utameze neza

Igihugu cya Afurika y’Epfo kigiye gusubizaho Viza ku banyarwanda nyuma y’uko hari hashize imyaka 4 umubano utifashe neza hagati y’ibihugu byombi. Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, ari mu Rwanda aho yitabiriye inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bya Afurika . Ubwo yabazwaga ikibazo cy’ijyanye n’ingendo hagati y’u Rwanda na Afurika y’Epfo na Afurika muri rusange, ko […]

World Vision yiyemeje gushora akayabo mu bikorwa by’isuku n’isukura mu Rwanda

Umuyobozi w’umushinga  ‘World Vision’ ku isi, Richard Stearns ubwo yakirwaga na Minisitiri w’Intebe, Dr.  Ngirente Edouard, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 21 Werurwe 2018, yatangaje ko bateganya gushora asaga miliyoni 40 z’amadorali y’Amerika mu bikorwa by’isuku n’isukura hibandwa mu gukwirakwiza amazi meza ku baturage basaga miliyoni imwe mu Rwanda mu myaka ine iri imbere. […]

Hamissa Mobeto akurikiye Diamond muri Kenya

Nyuma yaho Diamond afunguriye studio ya Wasafi i Nairobi muri Kenya, n’umunyamideli, Hamisa Mobetto yahafunguye iduka ricuruza amavuta n’ibindi abakobwa bisiga ku mubiri. Diamond yari amaze iminsi akora ibitaramo muri Kenya, anahafungura studio izafasha abahanzi bo muri iki gihugu kwagura impano zabo muri muzika. Umunyamideli Hamisa babyaranye, na we akaba yahise atangizayo ishoramari, bamwe bakaba […]

Kayonza: Guverineri Mufulukye arasaba abaturage gukoresha ubutaka icyo bwagenewe

Guverineri Mufulukye Fred w’Intara y’i Burasirazuba, arasaba abaturage gukoresha ubutaka icyo bwagenewe mu rwego rwo kurushaho kububyaza umusaruro. Ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri tariki ya 20 Werurwe 2018, ubwo Guverineri Mufulukye yifatanyaga n’abaturage bo mu murenge wa Ndego uri mu karere ka Kayonza, mu nteko rusange baganira kuri gahunda z’iterambere hanakemurwa ibibazo by’abaturage, yabasabye […]

Centrafrika: Abasirikare ba Loni barimo umurundi bakomerekeye mu mirwano

Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 19 Werurwe 2018, abasirikare ba Loni barimo ukomoka mu Burundi n’undi wo muri Gabon bakomerekejwe n’amasasu, aho bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Centrafrika. Radiyo Ijwi rya Amerika itangaza ko imirwano yabereye mu gace ka Alindao kari mu birometero 50 uvuye mu murwa mukuru i Bangui, […]

Umutoza w’abatarengeje imyaka 20 yahamagaye abakinnyi 30 mu kwitegura umukino u Rwanda ruzakina na Kenya

Nyuma yo kwemezwa nk’umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka 20, Mashami Vincent yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 30 batangira imyitozo kuri uyu wa Gatatu mu rwego rwo kwitegura umukino uzabahuza n’ikipe y’igihugu ya Kenya mu kwezi gutaha.   Uyu mukino ni mu rwego rwo guhatanira itike yo kwerekeza mu mikino y’igikombe cya Afurika  cy’abatarengeje imyaka […]

Muhanga: Havugimana Vincent wishe murumuna we yahanishijwe igifungo cya burundu

Urukiko ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga rwasomeye mu ruhame aho icyaha cyakorewe  mu kagari ka Gihara  urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo Havugimana Vincent, icyaha cy’ubwicanyi yakoreye murumuna we.  Rwamuhamije icyo cyaha  ,  maze rumuhanisha  igihano cy’igifungo cya burundu nk’uko ubushinjacyaha bwari bwacyimusabiye. Ku wa 27 Gashyantare 2018  Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye  rwa Muhanga rwasabiye igahano cy’igifungo […]