Bimwe mu bintu byagufasha kumenya umukobwa cyangwa umugore uryoshya imibonano igihe utera akabariro

Ntibazakubeshye ngo abakobwa baryoshya imibonano mpuzabitsina kimwe, kuko ntibaremwe kimwe, kandi nanone abo baryohereza ntibakunda bimwe. Gusa nanone ntitwakwirengagiza ko ubumenyi n’uburambe umukobwa abifitemo bushobora kumufasha kuryoshya imibonano, kuko bitewe n’ibyo ba Nyirasenge bamutoje cyangwa se niba yaraganiriye n’abakuze, cyangwa akaba asengera muri ya madini bigisha abakobwa gufata neza abagabo no kubasasira neza. Ibi bishobora […]

Ethiopia: Perezida Kagame yabonanye n’igihangange mu gusiganwa ku maguru,Haile Gebrselassie

Perezida Kagame ari kumwe na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopa Dr.Abiy Ahmed , babonanye n’igihangange mu gusiganwa ku maguru Haile Gebrselassie wamenyekanye cyane mu mikino ya Olempike. Uhereye ibumoso: Haile Gebrselassie, Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe Dr.  Abiy Ahmed Perezida  Kagame uri mu ruzinduko muri Ethiopia kuva kuri uyu wagatanu kuri iki gicamunsi yavuye mu mujyi […]

Ubuholandi : Abadepite basabye ko hasesengurwa amasezerano u Rwanda rwagiranye na Arsenal

Abadepite b’Ubuholandi basabye ko hakorwa ubusesenguzi ku masezerano y’ubufatanye u Rwanda ruherutse kugirana  n’ikipe yo mu cyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Bwongereza, Arsenal afite agaciro ka milyoni 30 z’amayelo. Inkuru dukesha  urubuga Dutchnews.nl ivuga ko izi ntumwa za rubanda zasabye Minisitiri Ushinzwe Imfashanyo, Sigrid Kaag ko yakora ubusesenguzi kuri aya masezerano y’ubufatanye hagati y’u […]

Imana yakuremanye ubutware ariko ukwiriye kubukoresha neza

« Abamarayika si bo Imana yahaye gutegeka isi izabaho, iyo tuvuga » (Abaheburayo 2: 5.) Umugambi w’ Imana ku muntu ubwo yamuremaga, kwari ukugira ategeke byose (Itangiriro 2:15-20), ariko umuntu yategetse umwanya muto nyuma akoze icyaha ategekwa na byose. Imana iramubwira ngo uzategekwa n’umuruho, uzarya ututubikanye, n’inyamaswa zo mugasozi ziramuhindukirira kandi ari we wazise amazina […]

Ibyo wamenya ku ijoro ryiswe ‘Ibyuma birebire’’ Adolphe Hitler yishemo abantu benshi

Operation Hummingbird (night of long knives) cyangwa se ijoro ry’ibyuma birebire , ni ijoro rikomeye ryabayeho mu mateka y’isi, ryo kuya 30/6/ kugeza 2/7/ mu mwaka wi 1934 ahishwe buri kinyabuzima cyose cyitemeraga amatwara ya Adolph hitler, bikozwe na ‘’ national Socialist German Workers Party [NAZI], aba bari bazwi ku kazina ka ‘’Brownshirts’’ kubera imyambaro […]

Rusizi: Itorero ADEPR ryagaye ku mugaragaro abapasiteri n’abandi abayoboke baryo bijanditse muri Jenoside

Muri paruwasi ya Ntura mu itorero ADEPR ni ho habereye kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe abatutsi ku rwego rw’akarere ka Rusizi muri iri torero ahunamiwe abatutsi 38 baguye mu rusengero rw’iyi paruwasi bishwe urw’agashinyaguro bigizwe mo uruhare na bamwe mu bo basenganaga. Mu kiganiro n’itangazamakuru, umushumba w’ururembo rw’intara y’uburengerazuba,R Ă©v. Sebadende Emmanuel, yagaye […]

Polisi yasabye abagenzi kutarebera abashoferi babatwara bavugira kuri telefoni

Umuyobozi w’ishami rya polisi y’igihugu rishinzwe umutekano wo mu muhanda, CP George Rumanzi yasabye abagenzi kwamaganira kure abashoferi babatwara mu modoka rusange bavugira kuri telefoni cyangwa  bagendera ku muvuduko ukabije. Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa twitter, Polisi y’igihugu yavuze ko kwamagana abashoferi bakora aya makosa bireba buri wese kandi ko ari  inshingano za buri wese […]

Ibyo wamenya ku nkomoko y’irushanwa ry’amagare rikomeye ku isi (Tour de France)

Tour de france ni irushanwa ngarukamwaka ryo gutwara amagare, ribera mu Bufaransa ndetse rikanazenguruka bimwe mu bihugu bituriye ubufaransa. Bwambere mu mateka , tour de france yabaye mu mwaka wi 1903, riza ari irushanwa ngaruka mwaka, uryitabiriye akagomba kuba yarahawe itike na UCI [union Cycliste Internationale]. Rigendrwa iminsi 21, rigakorwa umurambararo ungana n’ibirometero 3,500, ryitabirwa […]

Ethiopia: Minisitiri w’intebe yahaye Perezida Kagame inka n’iyayo -AMAFOTO

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia Dr.Abiy Ahmed yahaye  Perezida Kagame uri mu ruzinduko muri iki gihugu  inka n’iyayo  ndetse anamwizeza ubufatanye mu rwego rwo guteza imbere Afurika. Mu magambo ashimira Dr.Abiy, Perezida Kagame yavuze ko  yishimiye impano ikora ku mutima bamuhaye  kubera ko inka ari akarango k’umuco ibihugu byombi bisangiye. Ati ”Murakoze k’ubw’impano y’agatangaza mumpaye, ikora […]

Gicumbi: Meya w’Akarere na ba Visi Meya begujwe

Kuri uyu wa 25 Gicurasi 2018Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi, Mudaheranwa Juvenal na ba Visi Meya bose begujwe ku mirimo yabo . Meya Mudaheranwa yegurijwe n’umuyoboziw’akarere Wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere, Muhizi Jules Aimbable n’umuyoboziw’akarere Wungirije ushinzwe imibereho myiza, Benihirwe Charlotte. Perezida wa Njyanama y’Akarere ka Gicumbi, Kayombya DieudonnĂ©, yemeje ko abo bayobozi bose begujwe koko kubera […]