Bimwe mu bintu byagufasha kumenya umukobwa cyangwa umugore uryoshya imibonano igihe utera akabariro
Ntibazakubeshye ngo abakobwa baryoshya imibonano mpuzabitsina kimwe, kuko ntibaremwe kimwe, kandi nanone abo baryohereza ntibakunda bimwe. Gusa nanone ntitwakwirengagiza ko ubumenyi nâuburambe umukobwa abifitemo bushobora kumufasha kuryoshya imibonano, kuko bitewe nâibyo ba Nyirasenge bamutoje cyangwa se niba yaraganiriye nâabakuze, cyangwa akaba asengera muri ya madini bigisha abakobwa gufata neza abagabo no kubasasira neza. Ibi bishobora […]
Ethiopia: Perezida Kagame yabonanye nâigihangange mu gusiganwa ku maguru,Haile Gebrselassie
Perezida Kagame ari kumwe na Minisitiri wâIntebe wa Ethiopa Dr.Abiy Ahmed , babonanye nâigihangange mu gusiganwa ku maguru Haile Gebrselassie wamenyekanye cyane mu mikino ya Olempike. Uhereye ibumoso: Haile Gebrselassie, Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe Dr. Abiy Ahmed Perezida Kagame uri mu ruzinduko muri Ethiopia kuva kuri uyu wagatanu kuri iki gicamunsi yavuye mu mujyi […]
Ubuholandi : Abadepite basabye ko hasesengurwa amasezerano u Rwanda rwagiranye na Arsenal
Abadepite bâUbuholandi basabye ko hakorwa ubusesenguzi ku masezerano yâubufatanye u Rwanda ruherutse kugirana nâikipe yo mu cyiciro cya mbere cyâumupira wâamaguru mu Bwongereza, Arsenal afite agaciro ka milyoni 30 z’amayelo. Inkuru dukesha  urubuga Dutchnews.nl ivuga ko izi ntumwa za rubanda zasabye Minisitiri Ushinzwe Imfashanyo, Sigrid Kaag ko yakora ubusesenguzi kuri aya masezerano yâubufatanye hagati yâu […]
Imana yakuremanye ubutware ariko ukwiriye kubukoresha neza
« Abamarayika si bo Imana yahaye gutegeka isi izabaho, iyo tuvuga » (Abaheburayo 2: 5.) Umugambi wâ Imana ku muntu ubwo yamuremaga, kwari ukugira ategeke byose (Itangiriro 2:15-20), ariko umuntu yategetse umwanya muto nyuma akoze icyaha ategekwa na byose. Imana iramubwira ngo uzategekwa nâumuruho, uzarya ututubikanye, nâinyamaswa zo mugasozi ziramuhindukirira kandi ari we wazise amazina […]
Ibyo wamenya ku ijoro ryiswe âIbyuma birebireââ Adolphe Hitler yishemo abantu benshi
Operation Hummingbird (night of long knives) cyangwa se ijoro ryâibyuma birebire , ni ijoro rikomeye ryabayeho mu mateka yâisi, ryo kuya 30/6/ kugeza 2/7/ mu mwaka wi 1934 ahishwe buri kinyabuzima cyose cyitemeraga amatwara ya Adolph hitler, bikozwe na ââ national Socialist German Workers Party [NAZI], aba bari bazwi ku kazina ka ââBrownshirtsââ kubera imyambaro […]
Rusizi: Itorero ADEPR ryagaye ku mugaragaro abapasiteri nâabandi abayoboke baryo bijanditse muri Jenoside
Muri paruwasi ya Ntura mu itorero ADEPR ni ho habereye kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe abatutsi ku rwego rwâakarere ka Rusizi muri iri torero ahunamiwe abatutsi 38 baguye mu rusengero rwâiyi paruwasi bishwe urwâagashinyaguro bigizwe mo uruhare na bamwe mu bo basenganaga. Mu kiganiro nâitangazamakuru, umushumba wâururembo rwâintara yâuburengerazuba,R Ă©v. Sebadende Emmanuel, yagaye […]
Polisi yasabye abagenzi kutarebera abashoferi babatwara bavugira kuri telefoni
Umuyobozi wâishami rya polisi yâigihugu rishinzwe umutekano wo mu muhanda, CP George Rumanzi yasabye abagenzi kwamaganira kure abashoferi babatwara mu modoka rusange bavugira kuri telefoni cyangwa bagendera ku muvuduko ukabije. Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa twitter, Polisi yâigihugu yavuze ko kwamagana abashoferi bakora aya makosa bireba buri wese kandi ko ari inshingano za buri wese […]
Ibyo wamenya ku nkomoko yâirushanwa ryâamagare rikomeye ku isi (Tour de France)
Tour de france ni irushanwa ngarukamwaka ryo gutwara amagare, ribera mu Bufaransa ndetse rikanazenguruka bimwe mu bihugu bituriye ubufaransa. Bwambere mu mateka , tour de france yabaye mu mwaka wi 1903, riza ari irushanwa ngaruka mwaka, uryitabiriye akagomba kuba yarahawe itike na UCI [union Cycliste Internationale]. Rigendrwa iminsi 21, rigakorwa umurambararo ungana nâibirometero 3,500, ryitabirwa […]
Ethiopia: Minisitiri wâintebe yahaye Perezida Kagame inka nâiyayo -AMAFOTO
Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia Dr.Abiy Ahmed yahaye  Perezida Kagame uri mu ruzinduko muri iki gihugu  inka nâiyayo  ndetse anamwizeza ubufatanye mu rwego rwo guteza imbere Afurika. Mu magambo ashimira Dr.Abiy, Perezida Kagame yavuze ko  yishimiye impano ikora ku mutima bamuhaye kubera ko inka ari akarango kâumuco ibihugu byombi bisangiye. Ati âMurakoze kâubwâimpano yâagatangaza mumpaye, ikora […]
Gicumbi: Meya wâAkarere na ba Visi Meya begujwe
Kuri uyu wa 25 Gicurasi 2018Umuyobozi wâAkarere ka Gicumbi, Mudaheranwa Juvenal na ba Visi Meya bose begujwe ku mirimo yabo . Meya Mudaheranwa yegurijwe n’umuyoboziwâakarere Wungirije ushinzwe ubukungu nâiterambere, Muhizi Jules Aimbable nâumuyoboziwâakarere Wungirije ushinzwe imibereho myiza, Benihirwe Charlotte. Perezida wa Njyanama yâAkarere ka Gicumbi, Kayombya DieudonnĂ©, yemeje ko abo bayobozi bose begujwe koko kubera […]