Green Party ibaye iya mbere yiyamamarije muri Nyaruguru

Mu gihe icyumweru cya kabiri cyo kwiyamamaza hose mu gihugu kigana ku musozo, Akarere ka Nyaruguru niko konyine kari kataragerwamo n’umukandida n’umwe, baba abigenga cyangwa amashyaka. DGPR ibaye iya mbere mu kuhamamariza abakandida-depite bayo. Kur iuyu wa Kane tariki ya 24 Kanama 2018, Abakandida-Depite 32 b’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR), baserukiye […]

Diamond  yahishuye impamvu yahishaga Zari ko yaryamanye na Mobetto

Umuhanzi Diamond Platnumz yashize avuga impamvu atigeze abwira uwahoze ari umukunzi we Zari Hassan Tlale ko yabyaranye na  Hamisa Mobetto. Mu kiganiro na #247HHEXCL, Diamond avuga ko yanze kubwira Zari ko amuca inyuma mu rwego rwo  kurinda urukundo yamukundaga. Muri iki kiganiro agira ati” Nakomeje kubihakana mbinyujije mu biganiro n’abanyamakuru no kuri twitter mvuga ko […]

Nyamiyaga: Abatazi gusoma no kwandika bahangayikishijwe n’uburyo bazatoramo abadepite

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyamiyaga, akarere ka Gicumbi, mu ntara y’Amajyaruguru , batazi gusoma no kwandika, bahangayikishijwe no kuba batazi ibirango biranga abakandinda baziyamamariza gutorerwa kuba intumwa za rubanda. Iyo uganiriye na bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyamiyaga by’umwihariko abageze muza bukuru bakubwira ko bahangayikishijwe nuko  bazitwara mu gikorwa cyo […]

Jay Polly wakubise umugore akamukura amenyo yakatiwe igifungo cy’amezi atanu

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwakatiye umuhanzi, Tuyisenge Joshua uzwi ku izina rya Jay Polly igifungo cy’amezi atanu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umugore we. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Kanama 2018, nibwo urukiko rwakatiye Jay Polly igihano cy’amezi atanu nyuma yo guhamwa n’icyaha ashinjwa cyo ‘gukibita no gukomeretsa […]

Bukavu: Moise Katumbi, wabujijwe gusubira muri Congo, yateye inkunga imiryango iherutse kwibasirwa n’inkongi y’umuriro

Umunyapolitiki Moise Katumbi uherutse kwangirwa gusubira mu gihugu cye cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aho yifuzaga guhatana mu matora y’umukuru w’igihugu ntibimuhire, yahaye inkunga y’asaga miliyoni 80 z’Amanyarwanda ku ngo zisaga 200 ziherutse kwibasirwa n’inkongi y’umuriro mu gace ka Nyalukemba mu Mujyi wa Bukavu, ho muri Kivu y’Amajyepfo. Jolly Kamuntu Ntabunge, Umujyanama wa Moise […]

Umukobwa aragurisha ubusugi bwe kuri miliyoni zisaga 79 z’amanyarwanda

Umunyamideli wo mu gihugu cya Azerbaijan witwa Mahbuba Mammadzada w’imyaka 23 y’amavuko, yashyize ku isoko ubusugi bwe, akaba asaba ibihumbi 90 by’amadolari ku mugabo waba wifuza kuryamana na we. Uyu mukobwa uzwi cyane mu mwuga wo kumurika imideli mu gihugu cya Azerbaijan, atangaza ko yifuje kugurisha ubusugi bwe kugirango abashe kubonana amafaranga yo kunezeza nyina […]

Guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa haziyongeramo gukurikirana ukekwaho icyaha adafunzwe

Mu rwego rwo kugabanya ubucucike bw’Abantu mu magereza yo mu Rwanda, Guverinoma irateganya ko guhera muri Nzeri mu bihano bizajya bitangwa hakwiyongeramo ibihano bizajya bituma umuntu ukekwaho icyaha azajya akurikiranwa adafunzwe. Mu mavugururwa amaze iminsi ategurwa na minisiteri y’ubutabera ajyanye n’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza nshinjabyaha, hagaragaramo ibihano bishya bizajya bihabwa ukekwaho icyaha aho guhita afungwa. […]

Eddy Kenzo yatangaje ko azigaragambya kugeza igihe Bob Wine azafungurirwa

Umuhanzi wo muri Uganda, Eddy Kenzo avuga ko azakomeza gukora imyigaragambyo abinyujije mu muziki kugeza igihe Leta izafata icyemezo cyo kurekura depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bob Wine. Edrissa Musuuza uzwi nka Eddy Kenzo   avuga ko ibyo yiboneye mu rukiko ubwo yabonaga arira ku munsi w’ejo tariki ya 23 Kanama Atari ibintu byo kwihanganira. […]

Urunturuntu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Afurika y’Epfo

Ubutumwa bwa Perezida Donald Trump ku kibazo cy’ubutaka muri Afurika y’Epfo  bwateje umwuka mubi hagati y’ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe na Afurika y’Epfo, ashinjwa gushaka gucamo ibice iki gihugu. Afurika y’Epfo irarega perezida Donald Trump, wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuba ashaka guteza amacakubiri mu moko. Yasubiza ibyo Trump yanditse kuri twiter yumvikanisha ko […]

Ipirawu yari irikoze mu gihugu cya Kenya- REBA AMAFOTO

Ubwo hizihizwaga umunsi mukuru w’igitambo ( Eid al-Adha) bamwe mu baturage bo muri Kenya bakoze agashya ko gukora ibishoboka byose ngo barye ku muceri (ipirawu). Nk’uko bigaragara mu mafoto yashyizwe hanze n’ikinaymakuru sde news, abaturage buriraga ibipangu basiganwa bakagwa imbere yacyo, kugira ngo badasanga ipirawu ishize. Abababonaga ngo bikangaga ko hari icyo bahungaga cyangwa se inyamanswa […]

Itsinda Dream Boys rirashinjwa gutuburira Abanyarwanda mu ndirimbo yabo nshya Romeo na Juliet

Bamwe mu bahanzi bemerwa n’abatari bakeya mu Rwanda, Dream Boys ndetse n’Umuraperi Riderman kuri iyi nshuro batuburiye Abanyarwanda bababwira ko babazaniye indirimbo nshya bise ‘ Romeo na Juliet’ nyamara ari indirimbo imaze iminsi y’umuhanzi Beka Flavour yise ‘ Sikinai’ bagiye baterura beat yayo ndetse na Melodie. Kuwa 20 Kanama 2018 nibwo itsinda Dream Boys rifatanyije […]

Zaza: Bamwe mu baturage nta makuru ahagije bafite ku matora y’Abadepite

Mu gihe mu Rwanda  hateganyijwe  igikorwa cy’ amatora  y’abazahagararira abaturage mu nteko ishinga amategeko azaba muri nzeri 2018 bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Zaza mu ntara y’uburengerazuba nta makuru ahagije bafite y’uko bizagenda, mubyo badasobanukiwe harimo iminsi ndetse n’ibyiciro bizatorwa. Habiyakare Emmanuel, ni umugabo uri mu kigero cy’imyaka 55, yahagarutse ashaka gusobanurira abari […]

Uganda: Gen Kale Kayihura mu rukiko kuri uyu wa Gatanu nyuma y’amezi asaga 2 afunze

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu nibwo mu gihugu cya Uganda biteganyijwe ko uwahoze ari umukuru w’igipolisi, Gen Kale Kayihura agezwa imbere y’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwa Makindye bwa mbere kuva yatabwa muri yombi muri Kamena. Gen Kale Kayihura benshi babonaga nk’umuntu ushobora no kwitangira Perezida Museveni, ari bushinjwe ibyaha bifitanye isano no kwirengagiza […]

Karongi: Babiri bakurikiranweho guha umupolisi ruswa y'ibihumbi 20

Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Gashari mu murenge  wa  Gashari, mukarere ka  Karongi hafungiye abamotari babiri aribo, Mukurarinda Athanase w’imyaka 35 y’amavuko na Nshimiyimana Samuel w’imyaka 21 y’amavuko, bakekwaho guha   umupolisi  ruswa y’amafaranga ibihumbi mamkumyabiri (20 000 frw)  ngo arekure moto TVS RC 450C yafashwe itagira ibyangombwa. Iyi moto yafashwe kuwa gatatu tariki 22 Kanama […]