Kamonyi: Abajura babiri bateraga abantu ibyuma babambura bafashwe
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 27 Kanama, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kamonyi, mu murenge wa Runda, akagari ka Ruyenzi; ku bufatanye n’abaturage yafashe abajura babiri barimo umumotari witwa Ntakirutimana Elie.Aba bajura bakaba bibaga amatelefoni y’abaturage muri iyi  santeri ya Ruyenzi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, Chief Inspector of […]
Burundi: Hafashwe agatsiko k’amabandi adasanzwe yiganjemo abasirikare n'abapolisi
Minisiteri y’umutekano mu Burundi yerekanye abagize agatsiko k’abajura kabuhariwe bibisha imbunda mu mujyi wa Bujumbura. Umuvugizi w’iyi Minisiteri, Pierre Nkurikiye yatangarije abanyamakuru ko mu kwiba kwabo, biyoberanya bakigira nk’abakozi ba sosiyeti ishinzwe iby’amazi n’amashanyarazi (REGIDESO). Uyu mutwe weretswe abanyamakuru, ugizwe n’abasirikare, abapolisi, abasivile b’Abarundi n’umunyamahanga umwe. Avuga ko aba bajura bibana ubuhanga n’imbunda, ngo binjira […]
Musanze: Umupasiteri ushinjwa guha ruswa umushinjacyaha yakatiwe gufungwa iminsi 30
Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bukurikiranyeho umupasiteri witwa Bikeka Faustin kubera icyaha akekwaho cyo gutanga ruswa , maze rutegeka ko aba afunzwe by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30. Ku italiki 07 Kanama 2018, ahagana saa saba z’amanywa nibwo Pasiteri Bikeka Faustin yatawe muri yombi ku biro by’Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Musanze , ubwo […]
Reba Video: Inzoka nini yizingiye kuri moteri y’imodoka yari itwawe n’umugore
Umugore utatangajwe amazina wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ubwo yari atwaye imodoka yatunguwe no gusanga inzoka nini yizingiye kuri moteri. Uyu mugore ubwo yari atwaye imodoka, ngo yumvise irimo kugenda ku buryo budasanzwe yiyongeza umuvuduko, ukongera ukagabanuka, aza gusanga hari inzoka nini yizingiye kuri moteri. Polisi yo mu gace ka Omro, ibicishije ku […]
Aho kuzuza inshingano ze zo mu buriri, umugabo wanjye arara yikinisha – NKORE IKI?
Ndabaramukije, mbasaba n’inama; nitwa… [ryagizwe ibanga], ntuye muri Kigali, nkaba nkora akazi k’ubucuruzi. Mfite abana babiri nabyaranye n’umugabo wanjye tumaranye imyaka 6, nta kibazo tujya dukunda kugirana cyane ngo wenda kibe cyadutera gushwana bidasanzwe uretse kwakundi gacamo k’izibana zikomanya amahembe. Ntarondogoye, nifuza ko na njye mungira inama kuko umugabo wanjye ntakibasha mu buriri pe, yarahindutse, […]
Gen.Kale Kayihura yemerewe kuburana ari hanze ya gereza
Uwahoze ari Umuyobozi wa Polisi ya Uganda, Gen. Kale Edward Kayihura Muhwezi  kuri uyu wa 28 Kanama 2018 yemerewe kuburana ari hanze ya gereza. Urukiko rwa Gisirikare ruherereye Makindye mu mujyi wa Kampala rwafashe uyu mwanzuro maze rwemeza ko Kayihura aburana ari hanze nyuma yo gutanga ingwate ifite agaciro ka  miliyoni 10 z’amashilingi ya Uganda […]
KwitaIzina2018:Mafikizolo niyo izasusurutsa abazitabira umusangiro i Rubavu
Theo Kgosinkwe na Nhlanhla Nciza bagize itsinda rya Mafikizolo rikomoka mu gihugu cy’Afuka yepfo ryatumiwe mu birori byo kwita zina, ni umuhango uteganijwe tariki 2 Nzeri 2018 hano mu Rwanda mu karere ka Musanze. Nkuko bigaraga ku rukuta rwa Twitter yo KwitaIzina byemejwe ko iritsinda rizasusurutsa abazitabira umugoroba wo gusangira uzwi nka Gala Dinner uteganyijwe […]
Burundi: Karusi, umwana w’imyaka 11 yishwe akatwa igitsina, i Ngozi umusore yicwa atemagujwe imihoro
Mu mpera z’icyumweru gishize mu bice bitandukanye by’u Burundi hagiye hagaragara ubwicanyi ndengakamere bwakorewe abantu babiri barimo umwana w’imyaka 11 wanaciwe igitsina. Umwana witwaga Nsengiyumva Eric wari ufite imyaka 11 y’amavuko, ababyeyi be batuye ku musozi wa Kayange, Komini Buhiga, mu ntara ya Karusi yishwe n’umugabo wafashwe, arangije anamuca ubugabo. Igipolisi cy’u Burundi gitangaza ko […]
Ngizi ingeso zizakwereka umukobwa utashinga urugo ngo rukomere
Nkuko bisanzwe Bwiza.com tubagezaho zimwe mu nkuru zitandukanye z’urukundo abagisha inama,abashaka abakunzi,ndetse n’izijyanye n’ubuzima bw’imyororokere. uyu munsi rero twagerageje kubakusanyiriza bimwe mubintu byingenzi bikunzwe kugarukwaho biranga umukobwa udafite gahunda yogushinga urugo ngo rukomere 1. Akabya gukunda gusenga Uyu azi imirongo ya Bibiliya yose mu mutwe we, avuga Imana buri kanya, arakureba ikijisho niwibeshya ugakora mu […]
Nyamasheke: Kurwanya imirire mibi mu bana bizitirwa n’uburangare bw’ababyeyi
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke buvuga ko nubwo bukora ibishoboka byose ngo buhangane n’ikibazo cy’imirre mibi mu bana bari munsi y’imyaka itanu, iki kibazo kidashobora gukemuka burundu igihe bamwe mu babyeyi batabishyizemo ingufu. Ni bimwe mu byo umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Mukamana Claudette yatangarije Bwiza.com ubwo bamwe mu barebwa n’iki kibazo bari […]
Umuhanzi Trey Songz yarezwe mu nkiko ashinjwa kwambika ubusa umugore
Umuhanzi Trey Songz yarezwe mu nkiko n’umugore witwa Andrea Buera amushinja kumukubita no kumwambika ubusa mu kwezi kwa Mutarama uyu mwaka mu birori bayabereye Hollywood mu mujyi wa Los Angeles. Inyandiko zikubiye mu kirego cy’uyu mugore zabonywe n’ikinyamakuru TMZ zivuga ko Trey Songz yirukanse kuri Andrea Buera  amukubita ibipfunsi byinshi mu maso amuryoza kuba  yari […]
Inteko Nshingamategeko irasaba Perezida Museveni guhana abahohoteye Bobi Wine na bagenzi be
Inteko Nshingamategeko ya Uganda yandikiye Perezida Museveni imusaba gutanga itegeko rifata abashinzwe kumurinda n’abandi bo mu nzego z’umutekano bakoreye iyicarubozo Abadepite barimo Bobi Wine n’abanyamakuru. Mu ibaruwa yashyizweho umukono ku wa 27 Kanama 2018, n’umuvugizi w’Inteko Nshingamategeko, Rebecca Kadaga, yasabye Perezida Museveni gutanga itegeko abahohoteye Abadepite n’abanyamakuru, mu myigaragambyo yabereye i Arua, bagafatwa bakanashyikirizwa inkiko. […]
Amakimbirane hagati ya Birdman na Lil Wayne yashyizweho akadomo
Umuraperi Birdman yashyize akadomo ku mubano mubi umaze igihe hagati ye na Lil Wayne nyuma yo gusaba imbabazi ku mugaragaro mu mujyi wa Orleans. Ibi Birdman yabikoze mu mpera z’cyumweru gishize mu gitaramo Weezyana Fest 2018 maze agira ati” Mumbabarire, nari nziko umunsi nk’uyu uzagera gusa sinari nzi igihe kizagera” Urwangano hagati na Lil Wayne […]
Zakia Hussen yabaye umugore wa mbere wambitswe ipeti rya Brig.General muri Somalia- AMAFOTO
Col. Zakia Hussen Ahmed yazamuwe mu ntera yambikwa ipeti rya burigadiye jenerali (Brig.General) mu gipolisi cya Somalia, aba umugore wa mbere mu mateka y’iki gihugu ugeze kuri uru rwego. Mu muhango uyu mugire yambikiwemo iri peti, Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, Hassan Ali Khayre yatangaje ko abagore bafite ubushobozi n’uburenganzira mu gihugu cyabo bwo kugaragaza ubushobozi […]
Rwamagana: Abayobozi ba ADEPR barasabwa gutanga inyigisho zo kurwanya ihohoterwa
Abayobozi bagera kuri 300 baturutse mu  midugudu kugera ku rwego rwa Paruwasi mu itorero rya ADEPR, guhera tariki 23 kugeza tariki 26 Kanama bahawe amahugurwa agamije kurwanya amakimbirane abera mu miryango.Ni amahugurwa yari afite insanganyamatsiko igira iti”Kubabarira no kwirinda amakimbirane mu miryango”. Muri ayo mahugurwa Polisi y’u Rwanda ikaba yaratumiwe gutangamo ikiganiro kigamije kurwanya ihohoterwa […]