Nyamasheke: Abaturage biteze byinshi ku ntumwa batoreye kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko

Ahagana saa kumi n’imwe n’igice z’igitondo zo kuri uyu wa 3 Nzeri  2018, benshi mu batuye akarere ka Nyamasheke bari bamaze kugera kuri site z’itora aho bategereje i saa moya z’igitondo nyuma yo kurahira kw’abakorerabushake ba komisiyo y’igihugu y’amatora no gosobanurirwa imigendekere y’amatora hakurikiraho kwitorera abadepite bazabahagararira mu nteko ishinga amategeko. Icyagaragaye cyane aho Bwiza.com […]

Rwamagana: Abakozi b’ibitaro, abarwayi n’abarwaza bishimiye ko begerejwe site y’itora

Abakozi, abarwayi ndetse n’abarwaza b’ibitaro bya Rwamagana biherereye mu karere ka Rwamagana, intara y’Iburasirazuba, barishimira kuba begerejwe site y’itora muri aya matora y’abadepite. Mu kiganiro bagiranye na Bwiza.com, Kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Nzeri 2018, ubwo batoraga abazabahagararira mu Nteko Nshingamategeko, bavuze ko batoreye kuri site y’itora yahashyizwe by’umwihariko bakishimira ko batoreye hafi […]

Guverineri Gatabazi yasuye umubyeyi wabyaye abana Batatu avuye gutora

Umugore witwa Maniraguha Claudine wo mu Kagari ka Nyagahinga mu Murenge wa Cyanika muri Burera, wabyariye mu nzira abana batatu b’impanga ubwo yavaga gutora Abadepite yasuwe na Guverineri w’Intara y’amajyaruguru amushyira igikoma cy’ubyeyi. Mu kiganiro Guverineri w’Intara y’amajyaruguru Gatabazi JMV, yagiranye n’umunyamakuru wa bwiza.com yavuze ko yagiye gusura uyu mubyeyi mu rwego rwo kumutabara , […]

Muhanga: Mgr Simargde yifuza ko abadepite batowe bashyiraho umurongo uhamye w'uburezi

Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi Mgr Simargde Mbonyintege, nyuma yo kwitabira amatora y’abadepite kuri uyu wa mbere tariki 3 nzeri, 2018, yavuze ko icyo yifuza ku badepite bagiye kujya mu nteko ishingamategeko ari uko bakwita ku iterambere muri rusange kuko rikirimo ihuzagurika , guha umurongo uburezi kuko abona bukirimo ikibazo kinini . Ati” icyo mbifuzaho […]

Iyicarubozo ryakorewe Bobi Wine rishobora gushyira mu mazi abira Leta ya Museveni

Hashize iminsi mike  depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine hamwe na bagenzi be bafashwe bagafungwa nyuma bagakorerwa iyicarubozo. Ibi bamwe mu bavuga rikijyana bo mu turere twa Mbarara na Kabale bavuga ko bishobora gutuma Leta ya Uganda ijya mu kaga.   Mu kiganiro kirambuye Bwiza.com yagiranye n’ aba baturage  bemeza ko ibyabaye ku […]

Si nzongera kuririmbira mu ruhame kugeza ubwo nzisubiraho -Bebe Cool

Umuhanzi Bebe Cool ukomoka mu gihugu cya Uganda yatangaje ko atazongera kuririmba ahariho hose kugeza ubwo we ubwe azatangariza impamvu yabimuteye. Ibi bije nyuma yaho ubwo yari mu gitaramo cyabaye ku wagatanu  tariki 31 Kanama 2018 kikabera ahazwi nka Lugogo Cricket Oval hagaragaye imvururu n’imirwano ubwo Bebe Cool yageraga imbere y’abafana bakamuteragura amacupa arimo inzoga […]

Twizeye kubona imyanya irenze  icumi y’abadepite- Dr. Frank Habineza

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda(DGPR), Dr. Frank Habineza yatangaje ko ishyaka rye ryizeye kubona imyanya irenze icumi  mu nteko ishinga amategeko ashingiye k’ubwitabire babonye mu gihe biyamamazaga. Ibi uyu muyobozi yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Nzeri 2018 ubwo yari amaze gutora mu Karere ka Gasabo kuri site y’itora […]

Bobi Wine wivuriza muri Amerika yiteguye gutangaza ibyamubayeho byose

Bobi Wine, umuhanzi mu njyana ya pop akaba na Depite muri Uganda, yageze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Gatandatu tariki ya 1 Nzeri 2018, agiye kwivuza nyuma y’ibirego by’uko yaba yarakorewe iyicarubozo akanakubitwa ubwo yari mu maboko y’igisirikare cya Uganda. Mbere, Wine yari yangiwe kuva muri Uganda ariko ku wa Gatanu tariki […]

Uko umuhango w'amatora y'Abadepite urimo kugenda hirya no hino mu gihugu-AMAFOTO

Kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Nzeri 2018, Abanyarwanda bari hirya no hino mu gihugu bazindukiye kuri site z’amatora kwitorera abagomba kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko. Amatora y’abadepite mu Rwanda yatangiye ejo hashize, ku Cyumweru tariki ya 2 Nzeri 2018, ku banyarwanda baba mu mahanga ndetse n’umudepite uhagarariye abafite ubumuga, aho […]

Libya: Imfungwa zigera kuri 400 ziganjemo abashyigikiye Kadhafi zatorotse gereza

Kuri iki cyumweru, itariki 02 Nzeri, imfungwa zigera kuri 400 zatorotse gereza iherereye mu nkengero z’amajyepfo y’umurwa mukuru wa Libya, Tripoli, ahamaze iminsi imirwano nk’uko Igipolisi cyabitangaje. Igipolisi cya Libya kivuga ko aba banyururu babashije kwica imiryango mbere yo gutoroka Gereza ya Ain Zara iherereye mu majyepfo ya Tripoli. Cyongeyeho ko abari bashinzwe kurinda gereza […]

Abapolisi b’ u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bitabiriye amatora y’abadepite

Kimwe n’abandi banyarwanda bari mu mahanga (Diaspora), taliki ya 2 Nzeri 2018, abapolisi b’u Rwanda aho bari hanze y’igihugu mu butumwa bwo kubungabunga amahoro babyukiye mu gikorwa cyo gutora aba depite nk’uko byari biteganyijwe ku ndangabihe ya Komisiyo y’Igihugu ishinzwe amatora. Kugeza ubu Polisi y’ u Rwanda ifite abapolisi 1200 bari mu butumwa bwo kubungabunga […]