Iyo umuturage arangirijwe urubanza nibwo aba abonye ubutabera bwuzuye- Min. Busingye
Minisitiri wâUbutabera Johnston Busingye avuga ko umuturage ahabwa ubutabera bwuzuye mu gihe urubanza rwe ruba rwarangijwe. Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Ukwakira 2018, ubwo yari amaze kwakira indahiro z’Abahesha b’Inkiko batari ab’umwuga bazajya barangiza imanza na ba Noteri. Minisitiri Busingye yabasabye kwirinda gusiragiza abaturage mu gihe cyose babagannye babashakaho ubutabera. Ati âMugomba […]
Bobi Wine umaze iminsi mu bizazane, agiye gutaramira abafana be
Umunyapolitiki akaba nâumunyamuziki mu gihugu cya Uganda, Bobi Wine yatangaje ko agiye gutaramira abafana be mu minsi ya vuba. Uyu muhanzi wâumunyapolitiki, ufite intebe mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, avuga ko igitaramo cye kizabera kuri sitade yitiriwe Mandela âMandela National Stadiumâ ikaba inazwi ku izina rya Namboole. Nkâuko ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda kibitangaza, […]
Uburyo ASP Kirumira yishwe
 Umugabo wâimyaka 28 Muzamir yatangarije inzego zâubutasi bwa gisirikare bwa Uganda (CMI) uburyo Uwari Umuyobozi wa polisi mu gace ka Buyende,ASP Muhammad Kirumira yishwe. Abantu bahafi bo muri CMI batangarije Spyreports dukesha iyi nkuru ko muzamir wari umaze iminsi yihishe mu Karere ka Yumbe yavuze ibyâurupfu rwa Kirumira. Aba batangaje ko Muzamir yatawe muri yombi […]
Chris Brown afite icyizere cyo kongera gukundana na Rihanna
Umuhanzi Chris Brown avuga ko agifite icyizere cyo kuzasubirana nâuwo bahoze bakundana ari we, Rihanna nyuma yâimyaka itanu batandukanye. Inshuti ya hafi ya Chris Brown ivuga ko Chris agowe no kuba Rihanna atakiri inshuti ye nkâuko inkuru dukesha Holywoodlife ibitangaza. Yagize itiâ Chris ntashobora kwikuramo Rihanna nyuma yâiyi myaka yose. Uretse kuba hashize igihe batandukanye, […]
RGB yasohoye icyegeranyo cyâibipimo byâimiyoborere mu Rwanda
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Ukwakira 2018, Ikigo cyâIgihugu gishinzwe imiyoborere (RGB) cyatangaje ku ncuro ya Gatanu ibipimo byâimiyoborere mu Rwanda bizwi mu rurimi rwâIcyongereza nka âRwanda Governance Scorecardâ. Ubuyobozi bwa RGB butangaza ko iki cyegeranyo cyâibipimo byâImiyoborere mu Rwanda gikorwa hagamijwe kugaragaza ishusho yâuko imiyoborere ihagaze mu gihugu mu byiciro bitandukanye no […]
Rusizi: Ushinjwa gusambanya abana babiri arahigwa bukware
Amakuru aturuka mu kagari ka Kigenge, umurenge wa Nzahaha, mu karere ka Rusizi, avuga ko abaturage ku bufatanye nâinzego zâumutekano bahagurukiye gushakisha umugabo witwa  Murwanashyaka Gaspard  wâimyaka 47 yâamavuko nyuma yâiminsi 2 acitse, akekwaho gusambanya abana be babiri. Nkâuko Bwiza.com yabitangarijwe nâumunyamabanga nshingwabikorwa wâakagari ka Kigenge, Munezero Rita ngo ubuyobozi nâinzego zâumutekano bumaze iminsi 2 […]
Umugore yafashwe agerageza kugurisha umwana we kuri miliyoni 11
Mu gace ka Bepanda, kari mu mujyi wa Douala  muri Cameroun, hafashwe umugore wari ugiye kugurisha umwana we wâamezi atatu nyuma yo kunananirwa kubarere ari babiri yabyaranye nâabagabo batandukanye. Nyuma yo kubona ko atabashije kubarera ari babiri, ngo yari yafashe icyemezo cyo kugurisha umuto wâamezi atatu, agasigara arera mukuru we wâimyaka itatu. Uyu mwana yari […]
2018/2019: Abemerewe inguzanyo yo kwiga muri Kaminuza y'u Rwanda baragabanutse
Inama Nkuru yâAmashuri Makuru na Kaminuza, HEC, yatangaje urutonde rwâabanyeshuri bashya bemerewe inguzanyo yo kwiga muri Kaminuza yâu Rwanda (UR) no mu mashuri makuru yâimyuga nâubumenyingiro (IPRCs) mu mwaka wâamashuri wa 2018/19 rugaragaza ko abasaga 5,314 batemerewe inguzanyo. Mu itangazo HEC yasohoye kuri uyu wa Kabiri, rigaragaza ko mu banyeshuri 13 792 bari basabye inguzanyio, abayemerewe […]
Ndifuza ko ikipe yacu ariyo ihinduka iyâigihugu -Visi Perezida wa Rayon Sports
Ku cyumweru dusoje tariki 30 Nzeri 2018 nibwo Mugisha Francois bakunda kwita Master ukinira ikipe ya Rayon Sport bakunze kwita Gikundiro yatsinze igitego mucyeba w’ibihe byose APR FC ku mukino wa nyuma w’irushanwa ry’agaciro kinatuma Rayon Sports yegukana igikombe. Maitre Muhirwa Freddy usanzwe ari Visi Perezida wa Rayon Sports aganira n’abakinnyi mu muhango wo kubakira […]
 Kigali: Ikirayi kirarya umugabo kigasiba undi
Abaturage batuye mu turere tugize umujyi wa Kigali bavuga ko batakirya ibirayi bitewe n’uburyo bihenze muri iyi minsi. Abaturage bavuga ko ibiciro Minisiteri ifite ubucuruzi mu nshingano zayo yashyizeho atari byo bikurikizwa ku masoko bityo kwigondera iki kiribwa bikaba atari ibyâubonetse wese. Umwe mu baturage bâakarere ka Gasabo, Divine Nikuze yatangarije TNT ko we nâumuryango […]
Danny Valens, umuhanzi mushya mu ruhando rwa muzika Nyarwanda
Uyu musore wâimyaka 25 yâamavuko, ukomoka mu Murenge wa Ruli, Akarere ka Gakenke, Intara yâAmajyaruguru, avuga ko kuva mu bwana bwe umuziki yawiyumvagamo ariko ubwo yari arangije amashuri yisumbuye aribwo yabonye akanya nâubushobozi bwo kuba yasohora indirimbo ye ya mbere. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Valens agira ati âindirimbo zanjye zikubiyemo ubutumwa bwigisha, nashatse kwigisha […]
Kigali: Perezida Kagame yakiriye umuyobozi wâIntara ya Rhineland-Palatinate
Ku wa Kabiri tariki ya 2 Ukwakira 2018, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yakiriye mu biro bye i Kigali, Umuyobozi wâIntara ya Rhineland-Palatinate yo mu Budagi,  Malu Dreyer, wasuye u Rwanda ayoboye itsinda ry’abandi bayobozi 30. Min.Malu Dreyer ari mu Rwanda ari kumwe nâitsinda ryâabayobozi 30 yaje ayoboye bo mu nzego zitandukanye barimo; Minisitiri wâImari […]
Ku myaka 75, Perezida Buhari yongeye kwiyamamariza kuyobora Nigeria
Ishyaka riri ku butegetsi muri Nigeria ryagennye Perezida Muhammadu Buhari ko ari we uzarihagararira mu matora yâumukuru wâigihugu azaba muri Gashyantare 2018. Yagenwe nyuma yâamatora yâibanze yabaye mu cyumweru gishize aho nta wundi mukandida mu ishyaka âAll Progressives Congressâ Â wahiganwaga na Buhari wâimyaka 75 yâamavuko. VOA itangaza ko abayobozi bakuru bâamashyaka 39 yemewe muri Nigeria, […]
Buri munsi mbaho nk'aho ari bwo bwa nyuma- Bobi Wine
Depite  wo mu gace kâIburasirazuba ka Kyadondo muri Uganda, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine avuga ko umuryango we uhora mu bwoba bwâibishobora kumubaho nâubwo azi neza ko ibyo akora ari ibntu bikwiriye. Bobi Wine mu kiganiro yagiranye na NTV mu gihugu cya Kenya mu ijoro ryo ku wa 2 Ukwakira 2018, yavuze ko kugira […]
Batanu bahoze ari abakozi bâibitaro bya Gahini bahamwe nâicyaha cyo kunyereza umutungo
Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rwafashe umwanzuro rwasomye mu ruhame maze rwemeza ko abakozi batanu mu bahoze ari abakozi bâibitaro bya Gahini hamwe na ba rwiyemezamirimo babafashije , bahamwe nâibyaha birimo icyo kurigisa umutungo wa Leta, bahanishwa ibihano byâigifungo, ihazabu ndetse no kugarura umutungo wa Leta bafatanyije kurigisa ungana na 374.703.987frw. Urukiko rwemeje ko byarakozwe ku […]