Kigali : Ikipe y’ U Rwanda Amavubi yanganyije na Guinea, amahirwe akomeje kuyoyoka

Umukino wahuje ikipe y’ igihugu y’ u Rwanda na Guinnee kuri Stade Nkuru y’ I Kigali i Nyamirambo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Ukwakira 2018, warangiye amakipe yombi anganyije igitego kimwe kuri kimwe. Ikipe y’ igihugu ya Guineya yarushije cyane Amavubi mu gice cya mbere inayitsinda igitego cyinjijwemo na rutahizamu wayo Kabano. Nubwo […]

Ubusesenguzi: Politiki ya Francophonie muri Afurika iracyateye amakenga!

Nyuma yaho, I Erevan muri Armenia, Louise Mushikiwabo atorewe umwanya w’ Umunyamabanga Mukuru w’ ibihugu bikoreshe igifaransa, Prof. Ntabona asanga kuba igifaransa cyarigishijwe ku itegeko mu Bihugu biri mu biyaga Bigali, bigatuma indimi zaho zitakaza agaciro ari ikibazo gikomeye. Mu kiganiro na Iwacuburundi, Prof. Ntabona nk’ umuntu w’ inararibonye wigishije muri za kaminuza zitandukanye yagize […]

Urutonde rw'aba producers bagize uruhare rufatika muri muzika nyarwanda babikesha insengero

Abatunganya indirimbo bakunze kwitwa producers mu Rwanda bagiye bagaragaza uruhare rukomeye mu kuzamura impano z’ abahanzi ariko babikesha aho basengeraga. Abantu bazi aba baproducers bose kuva bakiri bato banakurikiranye uburyo baje gutangira uyu mwuga, bemeza ko bigiye muzika mu nsengero zitandukanye. Bwiza.com ibagejejeho urutonde rw’ aba baproducers bari basanzwe bafite impano z’ ubuhanzi ariko bagira […]

Umunyarwanda wabaye umudipolomate yavuze ku rutonde rw’uwo abona wasimbura Mushikiwabo

Nkibisanzwe ikinyamakuru bwiza.com  gitanga urubuga ku bakunzi bacyo  bagatanga ibitekerezo ku bibazo no ku nkuru zitandukanye kiba cyabagejejeho. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho igitekerezo cya Munyakayanza Samuel, wabaye umukozi muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga (MINAFET), aba umu dipolomate w’u Rwanda mu Uburusiya n’umunyamakuru kuri Radiyo y’iguhugu n’ibindi. Munyakayanza Samuel aratanga igitekerezo  cye ku nkuru twabandikiye igaragaza […]

Nyamirambo: Indirimbo yubahiriza igihugu cy’U Rwanda na Guinée yabuze kuri Sitade

Ibintu byatunguranye bikanababaza Abanyarwanda benshi ni ibura ry’indirimbo yubahiriza igihugu ya Guinée Conakry n’iy’U Rwanda, Rwanda Nziza ubwo umukino wahuzaga aya   makipe y’ibihugu mu mupira w’amaguru wari ugiye gutangira. Ibi byabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Ukwakira, 2018 kuri sitade Regionale i Nyamirambo ubwo abantu bari bitabiriye uyu mukino bahagarukaga biteguye kubahiriza […]

Ingabo z’u Rwanda n’iz’u Burundi zirarebana ay’ingwe hafi y’umugezi wa Ruhwa

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi hafi y’umupaka n’u Rwanda aravuga ko ingabo z’u Burundi n’iz’u Rwanda kuri iki cyumweru, itariki 14 Ukwakira, zarebanaga ay’ingwe ku mugezi wa Ruhwa utandukanya ibihugu byombi. Abaturage batuye mu murenge wa Camakombe muri Komini Mugina n’abo mu murenge wa Ruhwa muri Komini Rugombo kuva uwo munsi ngo bakaba bafite […]

Rusizi: Umugore yatwikishije umugabo we amazi ashyushye

Ntakirutimana Jean de Dieu utuye mu mudugudu wa Nyabiranga, akagari ka Kamanyenga mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi, avuga ko yahuye n’uruva gusenya ubwo umugore we Mukabaruta Jeanne  w’imyaka 30 yamutwikishaga amazi ashyushye agashya , akaba arembeye mu bitaro bya Gihundwe muri aka karere. Aho arembeye mu bitaro bya Gihundwe, avuga ko umugore […]

Yasambanyije ku ngufu umukozi wo mu rugo w’imyaka 15 umugore avuze aramwica

Igipolisi muri Entebbe mu gihugu cya Uganda kiri guhiga umugabo wakubise umugore we ikintu mu mutwe agahita apfa nyuma yo kuvugana nabi bapfa ko yasambanyije ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka 15 wabakoreraga mu rugo. Uyu mugabo ushakishwa ni uwitwa Lukanga Chraish utuye Nsagu muri Entebbe ukurikiranweho kwica umugore we, Zuraikah Nalubega nk’uko iyi nkuru dukesha […]

Nyarugenge: Abaturage barashinja umurenge kubambura ishuri biyubakiye

Abatuye mu mudugudu wa Muganza wo mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge, baravuga ko ubuyobozi bw’uyu murenge bwabambuye ishuri biyubakiye mu mafaranga y’akagoroba k’ababyeyi none ngo kuri ubu iyo hagize ubaza iki kibazo ahita afungwa. Ubuyobozi bw’umurenge wa Kigali buvuga ko bwahinduye ubuyobozi bw’iri shuri bitewe n’impungenge bagaragarijwe na bamwe mu baturage ku […]

U Bubiligi: Se wa Vincent Kompany yabaye umwirabura wa mbere ubaye meya

Se wa Vincent Kompany, umukinnyi mpuzamahanga w’umupira w’amaguru ukina mu Bwongereza, yatorewe kuyobora akarere mu gihugu cy’u Bubiligi ahita aba umwirabura wa mbere uhawe umwanya nk’uyu. Pierre Kompany yaje imbere mu majwi mu gace ka Ganshoren ko mu murwa mukuru Buruseli, bimuhesha kuba umuyobozi w’akarere. Bwana Pierre Kompany ( uri ku ifoto n’umuhungu we ateruye […]

Ihene yabyaye igisa n’umuntu- AMAFOTO

Abaturage bo mu gace ka Ogotun Ekiti gaherereye mu Burengerazuba bw’Amajyepfo ya Nigeria, batewe impungenge no kubona ihene y’umuturanyi wabo ibyaye umwana ugiye kumera nk’umuntu. Nk’uko bitangazwa na The Sun, ngo uyu mwana w’ihene, yavukanye ibiganza bibiri, umusatsi, umutwe uteye nk’uw’abantu, igitsina na cyo giteye nk’icy’umuntu,… ukaba warapfuye nyuma y’amasaha make uvutse ngo bitewe n’uko […]

Leta yemerewe kwica — AIGP Asuman Mugenyi

Umuyobozi wungirije w’igipolisi cya Uganda ushinzwe ibikorwa byacyo, AIGP Asuman Mugenyi mu cyumweru gishize yibukije abaturage bijandika mu bugizi bwa nabi bushingiye kuri politiki ko baba bafite ibyago byinshi byo kuraswa ndetse ntiyahisha ko leta yemerewe kwica. AIGP Mugenyi avuga ko ari yo mpamvu igipolisi n’igisirikare byoherezwa aho gukorera byitwaje intwaro. Ibi yabitangarije mu nama […]

Kim Kardarshian arashinjwa kuroga umugabo we

Umukinnyi wa filimi, umubyinnyi akaba n’umuririmbyi, Columbus Short Jr. avuga ko umunyamideli Kim Kardashian akoresha uburozi mu rwego rwo kwigarurira umutima w’umugabo we, Kanye  West uzwi nka Ye. Abinyujije  ku rukuta rwe rwa instagram, Columbus yashyize hanze ifoto ya Kim na Kanye maze akurikizaho ubutumwa bugira buti” Nshyize iyi foto hanze ku bw’impamvu imwe rukumbi. […]

RDC: Inyeshyamba zirimo inkuru yitwa Shitani zishyize mu maboko ya FARDC

Ingabo za Leta ya Congo (FARDC) ku wa Mbere tariki ya 15 Ukwakira 2018, zatangaje ko abarwanyi babarirwa mu majana ba Maà¯-Ma௠n’iyindi mitwe, zabishyize mu maboko. Izi nyeshyamba zimaze kwishyira mu maboko ya Leta, ngo zigera muri 300, zimwe ni izabarizwaga mu mutwe wa Maà¯-Ma௠itsinda rizwi nka Shetani, n’umuyobozi wazo, Mapela David uzwi […]

Impapuro 45,000,000 za gacaca zimaze kubikwa mu buryo bw'ikoranabuhanga – CNLG

Nk’uko biteganywa n’itegeko N°09/2007 ryo kuwa 16/02/2007, rigena inshingano, imiterere n’imikorere bya Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG), CNLG igomba gushyikiriza buri mwaka, Inteko Ishinga Mategeko mitwe yombi, raporo y’ibikorwa byayo ndetse na gahunda y’ibikorwa by’umwaka ukurikiyeho. Ni muri urwo rwego tariki ya 15 Ukwakira 2018, CNLG yashyikirije Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi,  raporo y’ibikorwa by’umwaka […]

Burundi: Urushyi nyina wa Rwagasore yakubise umukoloni ni icyemeza ko Abarundi bazi uwabahekuye

Nyuma y’aho u Burundi bushinje Ubwami bw’U Bubiligi kuba inyuma y’iyicwa ry’Igikomangoma Louis Rwagasore waharaniye ubwigenge bw’iki gihugu ariko agapfa atakibonye kigenga, u Bubiligi nabwo bwatangaje ko bwiteguye ko hongera kurebwa ibyaranze icyo gihe cya gikoloni birimo ibikorwa bibabaje byakozwe nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa minisiteri y’ububanyi n’amahanga uvuga ariko ko aya mateka adakwiye kwitwazwa. Ubwo […]

Iyo u Rwanda rutegereza ko hari ab’ahandi bagomba kurukorera, ntiruba rugeze aho ruri— Min Kaboneka

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kaboneka Francis avuga ko iyo u Rwanda rutegereza abazaturuka ahandi kuza kurukorera, aho rugeze ubu, ruba rutarahagera. Ibi yabitangaje ku wa Mbere tariki ya 15 Ukwakira 2018, mu kiganiro yagiranye n’abavuga rikumvikana bo mu Karere ka Nyagatare, gaherereye mu Ntara y’Iburasirazuba. Muri uru ruzinduko Min Kaboneka yagiriye muri aka karere, yabanje kuganira […]

Amafoto y'umukobwa bivugwa ko ari mu rukundo na Diamond Platnumz

Umukobwa umenyerewe mu ndirimbo z’amashusho mu gihugu cya Tanzaniya, Lilian Kessy uzwi nka  Kim nana aravugwaho kuba ari we wigaruriye umutima w’umuhanzi Diamond Platnumz muri iyi minsi. N’ubwo bitarashyirwa ku mugararagaro n’aba bombi, ababikurikiranira hafi bahamya ko uyu mukobwa amaze iminsi agaragara hafi ya Diamond kurusha undi muntu wese w’igitsinagore kandi akaba ari umwe mu […]

USA: Sen. Warren ukekwaho kuzahatana mu matora ya 2020 yipimishije ADN ngo yemeze Trump

Umusenaterikazi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ufite izina rikomeye mu ishyaka ry’Abademokarate, yashyize ahagaragara ibyavuye mu bizamini yakoresheje kuri ADN bigaragaza inkomoko ye yo mu Bahinde b’Abanyamerika (Amérindindien) nyuma yo kwibasirwa na Perezida Donald Trump amushinja kwitwaza ko akomoka muri ba nyamucye mu nyungu za politiki. Perezida Donald Trump ashinja Senateri Elisabeth Warren, […]

Uganda: Kanye West n’umugore we biswe amazina y’amagande

Ibiro bya Perezida Yoweri Museveni wa uganda, bivuga ko yahaye umuraperi Kanye West uheruka kwiyita ‘Ye’ mu kwezi guheze, izina ry’ikigande, Kanyesigye bisobanura “Ndizeye”. Perezida Museveni yahaye n’umugore we, Kim Kardashian, izina Kemigisha, bisobanura “ufite imigisha y’Imana”. Uyu muryango wa Kanye West wishimiye aya mazina wiswe na Perezida Museveni, ubwo yabakiriraga mu biro bye ndetse […]

Nyanza: Babiri bafashwe batetse kanyanga

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyanza mu murenge wa Kigoma, ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage ku Cyumweru Tariki ya 14 Ukwakira 2018, yafashe abagabo babiri  batekaga ikiyobyabwenge cya Kanyanga. Abafashwe ni  Ntaganira Theoneste w’imyaka 32 na Kamanzi Jonathan w’imyaka 42,aba bombi bafatiwe mu cyuho bamaze guteka litiro 43 za  Kanyanga. Umuvugizi wa Polisi […]