Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro Kaminuza Mpuzamahanga y'Ubuzima ya Butaro
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Mutarama 2019, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro Kaminuza Mpuzamahanga yâUbuzima ya Butaro, UGHE (University of Global Health Equity), iherereye mu karere ka Burera, Intara yâAmajyaruguru. Mu muhango wo gufungura ku mugaragaro iyi kaminuza, Perezida Kagame yashimiye abagize uruhare mu kuyubaka barimo Umuryango âPartners in Health […]
CNLG iramagana ubutumwa bw'ivangura n'amacakubiri bukomeje kugaragara kubera irushanwa rya Miss Rwanda 2019
Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG), yamaganye abantu bakomeje kunyuza ubutumwa bw’amacakubiri n’ivangura ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’ubukomeje kugaragara bufite aho buhuriye n’irushanwa rya Miss Rwanda 2019 iyi komisiyo yemeza ko ari icyaha kandi gihanwa n’amategeko y’u Rwanda nk’uko bigaragara mu itangazo yashyize aharagara kuri uyu wa Gatanu, itariki 25 Mutarama. Iri tangazo riragira riti […]
Undi munyamahanga wakoreraga MTN yirukanwe ku butaka bwa Uganda
Igipolisi cya Uganda kuri uyu wa Kane cyatangaje iyirukanwa ryâundi munyamahanga wakoreraga MTN nyuma yâiyirukanwa ryâabandi babiri barimo Umunyarwanda birukanwe mu ntangiriro zâiki cyumweru bashinjwa guhungabanya umutekano wâiki gihugu. Uwirukanwe wari umuyobozi ushinzwe ibijyanye na Mobile Money, ni Umutaliyanikazi, Elsa Mussolini, bivugwa ko nawe yirukanwe kuwa Gatatu nkâuko Umuvugizi wâIgipolisi, Fred Enanga yabitangarije AFP. Yagize […]
Gasabo: Ubushinjacyaha bukurikiranye ukekwaho kujugunya uruhinja mu musarani
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gasabo bwaregeye Urukiko dosiye yâuwitwa Jeannette Uwera ukekwaho kubyara umwana akamujugunya mu musarani ari muzima. Uwera Jeannette yari umukozi wo mu rugo mu Kagari ka Karuruma, Umurenge wa Gatsata, Akarere ka Gasabo ho mu Mujyi wa Kigali.Yaje gutwita ariko abihisha ba nyirâ urugo . Ku itariki ya 07 Mutarama 2019 […]
Kigali: Ikigo âBTCâ kigisha Camera nâibyâitangazamakuru cyatanze poromosiyo yâibyumweru 3 byâubuntu
Ikigo BTC (Belgine Training Center) gihugura kikanigisha itangazamakuru, kiratangaza ko ubu cyatanze Poromosiyo ku rubyiruko yo guhugurwa mu gihe cyâibyumweru bitatu ntacyo rwishyura. Iki kigo gikorera i Nyamirambo, mu Mujyi wa Kigali, gihugura abakigana ibirebana no gukoresha Camera, mu gofotora no gufata amashusho ndetse kikanahugura abifuza kwinjira mu mwuga wâItangazamakuru. Umuyobozi mukuru wa BTC, Bizimana […]
Zimbabwe: Hahishuwe ko kwa Mugabe hibwe hafi miliyoni yâAmadolari aho kuba 150,000$
Uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe yibwe mu rugo we hafi miliyoni yâamadolari ubwo abajura binjiraga mu rugo rwe ruherereye ahitwa Zvimba hagati yâukuboza nâintangiriro zâuyu mwaka bitandukanye nâamakuru yari yatangajwe mbere. Amakuru ya mbere yavaga mu rukiko yavugaga ko mu rugo rwa Robert Mugabe hibwe 150,000 byâAmadolari ariko amakuru mashya yavuye mu rukiko […]
Kenya: Banki irashinjwa kugira uruhare mu gitero cy'iterabwoba cyahitanye 21
Umuyobozi wâIshami rya Banki ya Diamond Trust  muri Kenya, Sophia Njoki Mbogo arashinjwa kugira uruhare mu ihererekanwa ryâamafaranga bikekwa ko yifashishijwe nâabagabye igitero cyâiterabwoba kigahitana abantu 21. Mbogo usanzwe ayobora ishami ryâiyi banki ryitwa Eastleigh ubwo yari mu rukiko kuwa Kane wâiki cyumweru yavuze ko mu gutanga amafaranga hatakoreshejwe uburyo bwa M-Pesa ko ahubwo ari […]
Nyina wa Radio yareze Weasel mu nzego zâiperereza
Nyina wa nyakwigendera Moses Ssekibogo uzwi nka Radio, Kasubo Jane yareze mu nzego zâiperereza (CID) umuhanzi Weasel ndetse nâabandi bagenzi be barindwi abashinja gucuruza ibihangano bya Radio mu buryo butemewe. Kasubo yavuze ko ibihangano byâumuhungu we byongera bigatunganywa,bikagurishwa bushya mu gihe umuryango we utabizi. Umuvugizi wa CID,  SP Henry Ssekatte  yavuze ko aba bahanzi bakwiye […]
Paris: Maingain, Gakunzi na France 3 batangiye kuburana ku birego bibashinja guharabika Nkurunziza
Umunyamategeko wâicyamamare wâUmubiligi, Bernard Maingain, Umwanditsi wâUmurundi, David Gakunzi, ndetse na Televiziyo France 3 kuri uyu wa Kane, itariki 24 Mutarama 2019 bagejejwe imbere yâurukiko rwo mu Mujyi wa Paris kubera icyaha cyo gusebanya bakurikiranweho nyuma yâinkuru bakoze ku Burundi yatambutse kuwa 13 Mutarama 2016 kuri France 3, aho bagomba gusubiza ibirego bibashinja guharabika Perezida […]
Urwego rwâUmuvunyi ruremeza ko hakiri imbogamizi zishingiye ku itegeko rigenga ubutaka
Ubwo rwitabaga Komisiyo ya Sena ishinzwe politiki nâimiyoborere myiza, Urwego rwâUmuvunyi rwagaragaje ko hakiri imbogamizi zishingiye ku Itegeko rigenga ubutaka harimo ukunyuranya kwâingingo zâamategeko gusa rwemeza ko ruzakomeza gusesengura imanza rwashyikirijwe zerekeye ubutaka hakurikijwe Amategeko. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Mutarama 2019, nibwo Abasenateri bagize komisiyo ya Politiki nâImiyoborere myiza bahuye nâabayobozi bâUrwego […]
APR FC igiye gucakirana na AS Kigali idafite Kapiteni wayo nâumuzamu ubanza mu kibuga
Ubwo ikipe ya APR FC izaba icakirana na AS Kigali mu mukino ufungura irushanwa ngarukamwaka ryâigikombe cyâIntwari 2019, ntabwo izaba ifite kapiteni wayo, Mugiraneza Jean Baptiste nâumuzamu wayo ubanza mu kibuga, Kimenyi Yves. Umukino ufungura iri rushanwa uraba kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 26 Mutarama 2019, Â APR FC na AS Kigali zikazakinira kuri sitade […]
Kampala: Abapolisi bakozanyijeho nâumusekirite umuntu umwe ahasiga ubuzima undi arakomereka
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, itariki 24 Mutarama, abapolisi bo kuri Station nkuru ya polisi ya Kampala mu gihugu cya Uganda bakozanyijeho nâumusekirite ukorera ikigo cy’umutekano kigenga cyitwa SWAT Security Company hakoreshejwe imbunda, umuntu umwe ahasiga ubuzima, ndetse umunyeshuri umwe wiga muri kaminuza arahakomerekera. â Guhererekanya amasasu byaje nyuma yâaho abapolisi bumvise amasasu […]
Igisubizo gikakaye cya Mourinho ku mukinnyi urusha undi ubuhanga hagati ya Crsitiano na Messi
Uwahoze ari umutoza wa Manchester United, Jose Mourinho yagize icyo avuga ku mukinnyi abonaho ubuhanga hagati ya Cristiano Ronaldo na Lionel Messi. Mu kiganiro nâikinyamakuru ‘Soccer Ladumaâ Mouriho ntiyashatse kwerura ngo agire uwo avuga ko arusha undi. Ati â Messi ahanganye na Cristiano, ni impaka zâigihe kirekire. Ntekereza ko atari ibintu byiza kubagereranya.â Uyu Munyapolotigari […]
Huye: Abumvise amasasu menshi bafite amakenga ku mubare wâabagororwa barashwe
Mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira iryo ku wa Kane tariki ya 24 Mutarama 2019, nibwo inkuru yamenyekanye ko muri gereza ya Huye abagororwa bagerageje gutoroka bararaswa, ibinyamakuru bimwe byagiye bitangaza ko ari batatu barashwe ibindi bikemeza batanu, abaturage bo bakaba bagaragaza amakenga yâiyi mibare mu gihe bavuga ko humvikanye amasasu menshi. Urwego rushinzwe […]
Misiri: Abagore bakorewe ikinini kizajya kibongerera ubushake bwo gutera akabariro
Igihugu cya Misiri cyemeje igurishwa rya Viagra yâabagore mu rwego rwo kugabanya gusenyuka kwâingo gukomeje kuba hejuru muri iki gihugu cyo mu majyaruguru ya Afurika nkâuko bitangazwa nâitangazamakuru ryaho. Minisitiri wâubuzima wa Misiri akaba yatanze uburenganzira bwo gukoresha iki kinini nyuma yâubushakashatsi bwagaragaje impamvu nyamukuru yo gutandukana kwâabashakanye mu Misiri ahanini bitewe no kutishimirana hagati […]
Hamenyekanye icyateye Perezida Tshisekedi guhagarika ijambo ryo kurahira atarirangije
Perezida mushya wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yari yateye benshi impungenge ubwo yahagarikiraga hagati indahiro ye, akaba asobanura ko byatewe nâumunaniro yari afite. Umuhango wo kurahira kwe nkâumukuru wâigihugu wabaye ku wa Kane tariki ya 24 Mutarama 2019, witabirwa nâimbara yâabantu i Kinshasa. Tshisekedi yafashwe n’uburwayi bw’akanya gato, avuga ko yari afite […]
Nyaruguru/ Kivu: Abana baracyigira hanze
Ubwo itsinda ryâAbadepite mu Nteko Ishinga amategeko ryasuraga umurenge wa Kivu mu karere ka Nyaruguru, ryatunguwe no kubona abana bigira hanze. Ku kigo cyâamashuri abanza cya Kimina (EAR) giherereye muri uyu murenge wa Kivu, abadepite basanze abana bagera kuri 90 bo mu mwaka wa mbere ubu bigira hanze kuva uyu mwaka watangira. Kubera kwitegura abashyitsi […]
Ku nshuro ya Mbere RDC ibonye Perezida utari Yozefu ntabe na Desiré
Mu mateka ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, imaze kugira abaperezida batanu. Bane babanje bari bahuriye ku mazina amwe, iyo atabaga ari DesirĂ© yabaga ari Joseph.  Tshilombo Antoine Tshisekedi Felix, abaye uwa mbere udafite rimwe muei ayo mazina yombi.  Twibukiranye uko bakurikiranye:  JOSEPH Kasavubu yayoboye RDC kuva kuwa 01/07/1960 kugeza kuwa 24/11/1965 […]