USA: Pete Buttigieg arashaka kuba perezida wa mbere wemera ko ari umutinganyi
Umuyobozi wâumugi wa South Bend muri Indiana, Pete Buttigieg wiyemereye ko ari umutinganyi mu 2015, yatangiye kwiyamamariza umwanya wo kuba umukandida uzahagararira ishyaka ryâabademukarate mu matora yâumukuru wâigihugu yo mu 2020. Pete afite iturufu yo kuzana politiki ihabanye nâiyo umukuru wâigihugu, Donald afite yo avuga ko itakigezweho. Aramutse abaye perezida, ngo yagabanya intwaro mu baturage, […]
Kiliziya ya Notre Dame de Paris yahiye, Macron asubika gahunda ye
Kiliziya ya Notre Dame de Paris iherereye mu mugi wa Paris mu Bufaransa ifashwe nâinkongi yâumuriro ku mugoroba wâuyu wa 15 Mata, ituma Perezida Emmanuel Macron asubika imbwirwaruhame ye. Inzego zâumutekano muri uyu mugi zivuga ko iyi nkongi yaje ari impanuka(nta muntu uri inyuma yayo) ahubwo ishobora kuba yatewe nâibikorwa byo gusana iyi kiliziya. Iyi […]
Irobo rizwi nka Sophia rizitabira inama mpuzamahanga yita ku ikoranabuhanga i Kigali
Umunyamabanya wâikigo gitegura inama mpuzamahanga yita ku ikoranabuhnaga muri Afrika,Transform Afurika, yatangaje ko banejejwe no gutangaza ko irobo rimeze nkâumuntu rizwi nka Sophia rizitabira inama iteganyijwe ku wa 14 kugeza ku wa 17 Gicurasi, i Kigali. Sophia ni Robot imeze nkâumuntu neza neza. Ifite ibice byâumubiri bimeze nkâibyâumuntu. Ifite umutwe, amaso abiri,amaboko abiri,amaguru abiri,umunwa nâibindi […]
Afrika yâ Epfo: Abimukira bagabweho ibitero habura ubiryozwa
Umuryango wita ku burenganzira bwa muntu, Human Right Watch, kuri uyu wa 15 Mata 2019, wasabye Leta yâAfurika yâEpfo kugeza imbere yâubushinjacaha abagize uruhare mu bitero byagabwe ku bimukira mu byumweru bitatu byashize. Ibyo bitero bishingiye ku ivangura byasize abimukira bo muri Malawi basaga 300 bakuwe mu byabo, bihitana abimukira 6 abandi benshi barakomereka. Nkâuko […]
Ngoma: Basabwe gutanga amakuru yâahari imibiri yâabishwe muri jenoside itarashyingurwa mu cyubahiro
Ku mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 14 Mata 2019 mu Karere ka Ngoma habaye umugoroba wo kwibuka Abatutsi 25.000 bashyinguwe mu Rwibutso rwa Kibungo ruherereye mu Murenge wa Kibungo. Mu butumwa umuyobozi wâIntara yâIburasirazuba yagejeje ku baturage bitabiriye uwo mugoroba wo kwibuka yabasabye gutanga amakuru bakavuga ahari imibiri yâAbatutsi bishwe muri jenoside kugirango nayo […]
Umugore wari mu bâimbere mu myigaragambyo yahiritse Omar Bashir arahigwa bukware
Umugore wari mu bâimbere mu myigaragambyo yahiritse ubutegetsi bwa Omar El Bashir, Alaa Salah arashakiswa bikomeye nâabari bashyigikiye uyu muperezida. Mu gihe cyâimyigaragambyo karundura, Salah yagaragaye ari hejuru yâimodoka mu Mujyi wa Khartoum ari nako avuga ubutumwa bukubita ahababaza ubutegetsi bwa Bashir byâumwihariko ku ibura rya demukarasi nâimiyoborere myiza mu gihugu cye. Nyuma yâiyi myigaragambyo, […]
Amb. Eugene Gasana mu bukangurambaga bwa RNC kuva mu 2016
Ambasaderi Eugene Gasana, wahoze ahagarariye u Rwanda muri Loni mbere yo kwanga kugaruka mu gihugu asimbuwe kuri uyu mwanya mu 2016, ngo yaba yaratangiye gukorera RNC kuva icyo gihe aho agenda akora ingendo zitandukanye hirya no hino ku Isi mu bukangurambuga bwa RNC akoresheje ibyangombwa bya Uganda nyuma yo kubeshya inzego zishinzwe abinjira nâabasohoka muri […]
Kwibuka no kunamira abacu bazize Jenoside ni inshingano dufite twese nk'Abanyarwanda- Hon. Mukabalisa
Perezida wâInteko Nshingamategeko, umutwe wâAbadepite, Mukabalisa Donatile avuga ko kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi ari ugusubiza abambuwe agaciro kabo ubwo bicwaga, bityo ko ntawe ukwiye kubiharirwa ahubwo ko ari ibyâAbanyarwanda bose. Yabitangarije i Nyamata mu Karere ka Bugesera, ahabereye umuhango wo Kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 biciwe muri aka Karere. Akavuga ko n’ubwo hari […]
Nyamasheke: Abarokotse Jenoside bashimiye umupasiteri wabarokoye
Kwibuka abari abashumba bâamaparuwasi, nâabandi bayoboke  bâitorero ADEPR ku rwego rwâakarere ka Nyamasheke bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi byaranzwe no gushimira byâumwihariko RĂ©v.pasiteri Nzabagurira Fabien, umushumba wa paruwasi ya Buhinga warokoye abagera ku 10 barimo abo mu muryango wâumushumba wari umwungirije, bayoboranaga muri Paruwasi ya Korwe, mu murenge wa Kanjongo wâubum RĂ©v.pasiteri Murekezi Thomas. Nkâuko […]
Burundi: Umuturage wari uvuye gusura umugore we mu bitaro yagizwe intere nâImbonerakure
Umuturage witwa Gatera Ernest wo mu gace ka Kavugangoma, Komini Mwakiro, Intara ya Muyinga, arembye bikomeye nyuma yo gukubitwa akagirwa intere nâImbonerakure zigizwe nâurubyiruko rwâIshyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi. Gatera Ernest yakubiswe ku wa Gatanu tariki ya 12 Mata 2019, ubwo yari avuye ku kigo nderabuzima cya Rugabano, gusura umugore we wari ku […]
Iburasirazuba: Abayobozi basabwe kwirinda kuvangura abo bayobora bakababonamo ubunyarwanda
Mu muhango wo kwibuka abari abakozi nâabayobozi ba perefegitura nâamasuperefegitura, Umuyobozi wâIntara yâIburasirazuba yasabye abayobozi nâabakozi kwirinda ivangura abo bayobora bakababonamo ubunyarwanda aho kubabonamo amoko . Guverineri Mufulukye Fred yabwiye abayobozi ko bakwiye gutandukana nâabayobozi ba mbere ya jenoside baranzwe nâamacakubiri bakica abo bakoranaga ndetse nâabaturage bari bashinzwe kuyobora. Yagize ati: âHari generation yaranzwe nâivangura iza […]
U Bufaransa bwafatiriye imitungo yâabantu bane begereye ubutegetsi mu Burundi
U Bufaransa bwatangaje ko bwafatiriye imitungo yâabayobozi bane bâu Burundi bushinja kubangamira demokarasi cyangwa uruhare mu bikorwa byâubugizi bwa nabi byakozwe mu 2015 nyuma yâaho Perezida Nkurunziza atangarije ko aziyamamariza iyi manda yenda gusoza nkâuko iteka ryagiye ahagaragara kuri iki Cyumweru, itariki 14 Mata mu Igazeti ya Leta rivuga. Abantu imitungo yabo iri mu Bufaransa […]
Sudani: Abari bagize Guverinoma ya Omar Al-Bashir batawe muri yombi
Abari bagize guverinoma ya Perezida Omar Al-Bashir uherutse guhirikwa ku gitutu cy’abigaragambya muri Sudani, batawe muri yombi nâAkanama k’inzibacyuho ka gisirikare kayoboye igihugu Aka kanama kanasezeranyije ko nta uzongera gutatanya abigaragambya. Umuvugizi w’aka kanama yasabye abo ku ruhande rutavuga rumwe na Leta guhitamo Minisitiri w’intebe kandi ko bazubahiriza ibyifuzo byabo. Kuva mu kwa 12 umwaka […]
Karongi: Baragaya abiyitaga abakozi b'Imana bijanditse muri Jenoside
Ubuyobozi nâabakristo bâitorero ADEPR mu karere ka Karongi  bagaya byimazeyo abiyitaga abakozi bâImana bijanditse muri Jenoside yakorewe abatutsi bakica abo basenganaga nâababayoboraga muri uwo murimo. Babigaragaje mu muhango wo kwibuka abari abapasiteri, abadiyakoni nâabandi bakristo bâiri torero bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi, abamaze kumenyekana ubu bakaba ari 703, amazina yabo yanditse ku kimenyetso cyâamateka ya […]
Ubuhamya bwa Munyanshoza Dieudonné wajombywe icumu mu rubavu anajugunywa muri Nyabarongo
Munyanshoza DieudonnĂ© warokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, atanga ubuhamya bwâibihe bigoye yanyuzemo muri jenoside, avuga ko yamugizeho ingaruka mu buryo butandukanye burimo kuba yarabuze bamwe bo mu muryango we, kutiga kandi yari afite ubwenge nâibindi bikomere bitandukanye. Ni umugabo, arubatse, afite abana nâumugore, akaba atuye mu Kagari ka Rutonde, Umurenge wa Shyorongi, […]
Libya: Loni iratabariza abimukira nâimpunzi bafunze mu gihe imirwano ikomeje gufata intera
Amashami yâUmuryango wâAbibumbye ashinzwe ubutabazi aratabariza ibihumbi byâimpunzi nâabimukira bafungiwe mu magereza yo muri Libiya ari hafi yâahabera imirwano, aho ubuzima bwabo busa nâuburi mu kaga. Mu gihe umutekano mu murwa mukuru Tripoli ukomeje kugenda wangirika kubera imirwano irimo kubera mu nkengero zawo isatira mu mujyi rwagati, Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku buzima, OMS, riratangaza […]
Uyu munsi iyo umenya ibyaguhesha amahoro!
Musomyi wa Bwiza.com urahiriwe ku bwâiyi nkuru igusaba kumenya ibyaguhesha amahoro cyane cyane muri kino gihe wugarijwe nâibibazo ukaba warabuze epfo na ruguru. Ibibazo urimo byaguteye intimba, agahinda nâamarira adakama bityo ukaba ufite kwiheba kurenze. Reka nkubwire nâushake urire kuko muri kamere muntu ibyo bibaho, na Yesu ubwe mu mateka ye Bibliya itwereka ko nawe […]
Musanze: Inka zâabayobozi bakomeye ziragirwa mu birayi byâabaturage uvuze agakubitwa
Abaturage bo mu Murenge wa Cyuve barataka ihohoterwa bakorerwa nâabashumba biyita abâabayobozi bakomeye baragira inka mu birayi byabo, bagira icyo bavuga bagakubitwa. Bamwe muri aba baturage babwiye RBA dukesha iyi nkuru bavuze ko aba bashumba bavuga ko ibyo bakora nta kibazo kirimo kuko ngo abo ba Afande bahemba abadaso icumi ku munsi naho âhome guardsâbagahemba […]
Namaze amasaha abiri nseka- Mushiki wa Diamond amaze kubona indirimbo ya se
Mushiki wâumuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania, Queen Darleen avuga ko yamaze amasaha abiri arimo guseka nyuma yo kubona indirimbo se, Mzee Juma, yaririmbyemo. Juma yakoranye indirimbo nâabahanzi bo muri Tanzania, Sungura Madini na  Blod Gaza, bise âUmenikamataâ, Darleen avuga ko iteye ibitwenge. Queen Darleen avuga ko amaze kuyibona, yasetse cyane kugera ubwo umutwe umurya, […]
Kunanirwa kwihangana ni ko gutsindwa intambara- Gandhi
Nkâuko twabibizeje gukomeza tubagezaho amagambo atagira uko asa yavuze nâimpirimbanyi yâamahoro wagejeje u Buhundi ku ubwigenge bigobotora ingoma yâubukoloni yâAbongereza , intambara Gandhi yarwanye ntiyigeze irangwamo ibikorwa byâurugomo nko kumena amaraso ahubwo yahamagariraga abene gihugu kutumvira no kutubaha ubutegetsi bwâubukoloni. Ubu buryo bwatumye bagera ku ntsinzi kandi ibihugu bitari bike ku isi byigana ubu buryo […]
Umusirikare wa FARDC ushinjwa kwica umunyeshuri yakatiwe igihano cyâurupfu
Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yakatiwe igihano cyâurupfu nâurukiko rwa gisirikare, ashinjwa kwica umunyeshuri wigaga muri Kaminuza. Uyu musirikare yakatiwe nâurukiko ku wa Gatanu tariki ya 12 Mata 2019, nâurukiko rwa gisirikare rwa Butembo muri Teritwari ya Beni, nyuma yo guhamwa nâicyaha cyo kwica umunyeshuri wo muri kaminuza ya Butembo, mu Ntara […]